{"id":5315,"date":"2017-03-11T12:43:46","date_gmt":"2017-03-11T12:43:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/11\/komisiyo-nzahuratorero-ishinjwa-gukora-kinyeshyamba-no-kugambanira-ubuyobozi\/"},"modified":"2025-02-25T14:19:21","modified_gmt":"2025-02-25T12:19:21","slug":"komisiyo-nzahuratorero-ishinjwa-gukora-kinyeshyamba-no-kugambanira-ubuyobozi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315","title":{"rendered":"Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR"},"content":{"rendered":"<p>Abakirisito 3 bo mu itorero rya pentekote mu Rwanda (ADEPR) batangaje ko bitandukanyije na komisiyo Nzahuratorero bo bita ko nta kiza basanze igamije uretse gushaka kwangisha abakiristo ubuyobozi bafite.<br \/>\nBavuga ko iyo basubije inyuma amaso, basanga nta mpamvu ifatika yari yatumye bajya muri iyi Komisiyo. Binjiyemo babwirwa ko hari ibitagenda mu itorero kubera abayobozi bakuru barigize nk\u2019akarima kabo, gusa ubu ngo baje gusanga iyi komisiyo ifite gahunda zo gusenya bahitamo kuyivamo.<br \/>\n <strong>Uko binjijwe muri Komisiyo Nzahuratorero <\/strong><br \/>\nMu kiganiro kirambuye cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Werurwe 2017, Bwiza.com yagiranye na Musorukeye Protais, umwe mu bakiristo bitandukanyije n\u2019iyi komisiyo, yabanje kugaragaza ko ubundi bazahura icyazahaye, ariko we ngo na bagenzi baricaye barasesengura basanga ADEPR itarazahaye.<br \/>\nAti: \u201cUbusanzwe ndi umudiyakoni, ubundi ubusanzwe twebwe turi abantu bakunze kwegera abantu b\u2019abakiristo batandukanye kubera ko turayobora amateraniro, turayobora ibyumba by&#8217;amasengesho tukigisha n\u2019ibindi tuvuga ubutumwa bwiza.<br \/>\nUyu mutwe wa Komisiyo Nzahuratorero ijya kuvuka, harimo abapasiteri babanjemo bwa mbere [ <em>muri ADEPR<\/em> ] nyuma rero baza kudushaka batwereka , nubwo turi mu itorero, nubwo dukora umurimo w\u2019Imana ko hari ibibazo byinshi cyane kandi bikururwa n\u2019ubuyobozi bwa ADEPR.<br \/>\nBakomeje kubidusobanurira ndetse batwereka ko hari komisiyo igiye kubaho yitwa komisiyo Nzahuratorero, badukumbuza kuba twaza tugafatikanya ko twese twahamagariwe gukorera Imana, ko barebaga hari ibitagenda muri ADEPR, turangije rero twaraje tujyamo dutangira gukorana. Mu byo twagiye dukorana, hari amabaruwa twagiye twandikira ubuyobozi bw\u2019igihugu tugaragaza ikibazo cy\u2019ubuyobozi bwa ADEPR ko bubangamye, mbese ko abakiristo batisanzuye, n\u2019ibindi byinshi cyane\u201d.<br \/>\n<figure id=\"attachment_59003\" aria-describedby=\"caption-attachment-59003\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Protais.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-59003 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Protais.jpg\" alt=\"protais\" width=\"640\" height=\"427\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-59003\" class=\"wp-caption-text\"><em>Musorukeye Protais, umwe mu bitandukanyije na Komisiyo Nzahuratorero<\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nUyu mugabo, Protais avuga ko we yari yaragiriwe ikizere muri iyo komisiyo hamwe na bagenzi be, we yari yarahawe guhagararira akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali.<br \/>\nAti: \u201cAhanini twari dushinzwe kumenya abakiristo baba bagize ikibazo, ubuyobozi bw\u2019itorero bwaba bwahagaritse no gukora uburyo tugomba kwinjiza mu bakiristo imyumvire yo kwanga  ubuyobozi bw\u2019itorero rya ADEPR kugirango mu bakirisito hazavemo urusaku, abakirisito nibasakuza basaba ko bayoboye nabi bizatume ubuyobozi bwite bwa Leta bumanuka bukinjira mu kibazo&#8221;.<br \/>\nYakomeje agira ati: \u201cbijya gutangira, batangiye batwereka ko inyubako ya ADEPR (Dove hotel) iri ku Gisozi, batwereka ko abayobozi ari ibisambo iyo nzu bamaze kuyigurisha. N&#8217;ubundi ntabwo twigeze tuva mu itorero kuko twabaga muri iyo komisiyo mu ibanga. Twakomeje kubaza abayobozi bacu tuza gusanga byose ari ibinyoma\u201d.<br \/>\n <strong>Komisiyo Nzahuratorero ikora kinyeshyamba <\/strong><br \/>\nProtais aragira ati: <strong> \u201c<\/strong> Ubundi uyu ni umutwe ukora kinyeshyamba ntabwo ari umutwe wemewe, nta byangombwa ugira, dukora kinyeshyamba, niko twakoraga, n\u2019ubundi niko twabikoraga kandi turi mu itorero.<br \/>\nTwagiye dukorana utunama muri bar, mu tubari na hotel, tukicara tukanywa icyari, ntabwo twahicaraga tuje kunywa inzoga. Twaricaraga tugakoreramo akanama. Nyuma twagiye tumenya ko bakoze izindi nama tutatumiwemo, dusesenguye dusanga iherezo rizaba ribi tubivamo\u201d.<br \/>\n <strong>Ubutumwa atanga ku bakiristo ba ADEPR<\/strong><br \/>\nProtais arakomeza, ati: \u201cicyo nabwira abakirisito bo mu itorero rya ADEPR, no mu rwandiko twanditse twabigaragajemo, nuko batatega amatwi ababoshya babashuka ko bazahaye, itorero ni irya kiristo ntacyo rishobora kuba, kuba itorero ari irya kiristo ntabwo umuntu ari we warizahura.<br \/>\nNakangurira abakiristo ba ADEPR, abababeshya bababwira ko bazahaye, bazahajwe n\u2019ubuyobozi bw\u2019itorero rya ADEPR, ahubwo ko bakora umurimo w\u2019Imana neza n\u2019ibindi byangombwa byose umukiristo asabwa mu itorero&#8221;.<br \/>\nKu bwe, akomeza avuga ko amaze igihe kirekire muri ADEPR ariko ko nta bundi buyobozi yabonye bwabashije kwesa umuhigo nk\u2019uburiho, bakagira igikorwa nk\u2019icya Dove Hotel baherutse gutaha ku mugaragaro, radio n&#8217;ibindi.<br \/>\nKuba ngo barababeshyaga ko iyi Hotel Dove yagurishijwe, umunsi Minisitiri w\u2019Intebe, Anastase Murekezi, yazaga kuyifungura ku mugaragaro n\u2019abakiristo baturutse hirya no hino, ibi byababereye ikimenyetso cy\u2019uko iri mu maboko y\u2019itorero. Ikindi kandi ngo byatumye bizere kurushaho ubuyobozi bwa ADEPR ni nako gufata iya mbere bitandukanya na komisiyo Nzahuratorero.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmuhuzabikorwa wa Komisiyo Nzahuratorero, Dr Jean de Dieu Basabose, mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, yabanje guhakana ko nta nzego bafite mu turere, ati: \u201cNta turere dufite dufitemo abantu baduhagarariye, nta nzego dufite ni nayo mpamvu twanze kugira byinshi tubivugaho&#8221;.<br \/>\nAha yihakanye aba bagabo avuga ko atabazi mu gihe bo bavuga ko n\u2019ikimenyimenyi hari impapuro bagiye basinyaho zoherejwe mu buyobozi bwa Leta, bakongeraho ko hari n\u2019inama bagiye bitabira ziyobowe nawe [Basabose].<br \/>\nAmaze kwihakana aba bagabo, umunyamakuru yamubajije ati &#8220;nta hantu na hamwe mwigeze gukorera inama nabo bayitumiwemo\u201d?.<br \/>\nDr Jean de Dieu Basabose, yasubije agira ati: \u201cTuvuge niba duhuye, duhuriye nko ku rusengero hakagira umuntu winjiramo tutamuzi, afite ibindi bimugenza ni urugero, abashyigikiye Komisiyo ngahuratorero ni benshi\u201d.<br \/>\nAbajijwe ku byo bashinjwa ko bibasira abayobozi ba ADEPR babangisha abakiristo ndetse bakaba bakora kinyeshyamba, yasubije agira ati: \u201cbiterwa n\u2019icyo umuntu yita kinyeshyamba, turi Abanyarwanda, twandikiye inzego, turatuye, turi abakiristo mu itorero(\u2026) ntabwo turi inyeshyamba, turi abantu bazwi kandi basobanutse, nta muyobozi twibasira ku giti cye, ni ubuyobozi, byose bikubiye muri declaration\u201d.<br \/>\nInama baba bakora rwihishwa nazo yazivuzeho, aragira ati: \u201cntabwo twari twabasha gukora bene izo nama nini zisaba ibyo [uburenganzira muri Leta], erega abantu bahurira henshi, bashobora guhurira ahantu basangira, bashobora guhurira ku rusengero,\u2026 &#8220;.<br \/>\nUmuyobozi w&#8217;ishami ry&#8217;Ivugabutumwa n&#8217;ubuzima bw&#8217;Itorero muri ADEPR, Pasiteri Niyitanga Salton, yatangarije Bwiza.com ko aba bakiristo basanzwe bazwi nk\u2019ab\u2019itorero ADEPR, by\u2019umwihariko ku midugudu aho basengeraga bakaba bari basanzwe bazi ko bari muri Komisiyo Nzahuratorero, ndetse ko kuba bagarutse babonye ko bari bayobye ari ngombwa kubafasha kubabanisha neza n\u2019abandi.<br \/>\nAti: \u201cKu midugudu yabo basengeraho bari babizi,  ubuyobozi buzakomeza kubabanisha neza n\u2019abakristo bagenzi babo\u201d.<br \/>\nAkomeza asaba abakiristo kwima amatwi ababashuka, ati: &#8220;Tugiye gukomeza gusobanurira abakristo ibikorwa byiza Itorero ryagezeho, no gukomeza kubashishikariza gukorera Imana badaciwe intege n&#8217;abantu. Abo biyise Komisiyo ntaho izwi mu nzego z&#8217; Itorero&#8221;.<br \/>\nUmuvugizi mukuru w&#8217;Itorero rya ADEPR, Bishop Jean Sibomana, aherutse gutangariza itangazamakuru ko itorero ritigeze rizahara, ko ribaye ryarazahaye ibikorwa by&#8217;iterambere bakora biba bitarageze ku ntego.<br \/>\nAti: &#8220;Umuntu yakwibaza ati \u2018Ese Itorero ryarazahaye?\u2019 Ryazahaye rite? Umutungo se baravuga ngo tuwukoresha nabi, bigeze baza kudukorera igenzura basanga twarawukoresheje nabi&#8221;?<br \/>\nUbu abitandukanyije na Komisiyo Nzahuratorero, ni uyu Musorukeye Protais uvuga ko yari ayihagarariye muri Gasabo, Mugabonake Schadrack wari uyihagarariye muri Kicukiro ndetse na Mr.Usengimana Ildefonse wari uyihagarariye muri Nyarugenge.<br \/>\nUko ari 3 banditse ibaruwa bayitanga mu nzego zitandukanye bwite za leta bagaragaza ibyo bita ibinyoma iyi komisiyo ngo ishingiyeho, isebya abayobozi ba ADEPR, kopi banayishyikiriza ubuyobozi bwa ADEPR.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><br \/>\n <strong> <em>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abakirisito 3 bo mu itorero rya pentekote mu Rwanda (ADEPR) batangaje ko bitandukanyije na komisiyo Nzahuratorero bo bita ko nta kiza basanze igamije uretse gushaka kwangisha abakiristo ubuyobozi bafite. Bavuga ko iyo basubije inyuma amaso, basanga nta mpamvu ifatika yari yatumye bajya muri iyi Komisiyo. Binjiyemo babwirwa ko hari ibitagenda mu itorero kubera abayobozi bakuru [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-5315","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abakirisito 3 bo mu itorero rya pentekote mu Rwanda (ADEPR) batangaje ko bitandukanyije na komisiyo Nzahuratorero bo bita ko nta kiza basanze igamije uretse gushaka kwangisha abakiristo ubuyobozi bafite. Bavuga ko iyo basubije inyuma amaso, basanga nta mpamvu ifatika yari yatumye bajya muri iyi Komisiyo. Binjiyemo babwirwa ko hari ibitagenda mu itorero kubera abayobozi bakuru [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-11T12:43:46+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:19:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Protais.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR\",\"datePublished\":\"2017-03-11T12:43:46+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:19:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315\"},\"wordCount\":1058,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/03\\\/Protais.jpg\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315\",\"name\":\"Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/03\\\/Protais.jpg\",\"datePublished\":\"2017-03-11T12:43:46+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:19:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/03\\\/Protais.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/03\\\/Protais.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5315#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR - BWIZA","og_description":"Abakirisito 3 bo mu itorero rya pentekote mu Rwanda (ADEPR) batangaje ko bitandukanyije na komisiyo Nzahuratorero bo bita ko nta kiza basanze igamije uretse gushaka kwangisha abakiristo ubuyobozi bafite. Bavuga ko iyo basubije inyuma amaso, basanga nta mpamvu ifatika yari yatumye bajya muri iyi Komisiyo. Binjiyemo babwirwa ko hari ibitagenda mu itorero kubera abayobozi bakuru [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-11T12:43:46+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:19:21+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Protais.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR","datePublished":"2017-03-11T12:43:46+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:19:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315"},"wordCount":1058,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Protais.jpg","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5315#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315","name":"Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Protais.jpg","datePublished":"2017-03-11T12:43:46+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:19:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5315"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Protais.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/03\/Protais.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5315#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Komisiyo Nzahuratorero ishinjwa gukora kinyeshyamba no kugambanira ubuyobozi bwa ADEPR"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5315","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5315"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5315\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5315"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5315"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5315"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}