{"id":53353,"date":"2022-11-10T06:30:54","date_gmt":"2022-11-10T06:30:54","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/11\/10\/rutsiro-abari-bujuje-ibyangombwa-byo-gucukura-kariyeri-bimwe-impushya-zihabwa\/"},"modified":"2022-11-10T06:30:54","modified_gmt":"2022-11-10T06:30:54","slug":"rutsiro-abari-bujuje-ibyangombwa-byo-gucukura-kariyeri-bimwe-impushya-zihabwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353","title":{"rendered":"Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Abaturage bari batse ibyangombwa bibemerera gucukura kariyeri mu Karere ka Rutsiro bavuga ko batunguwe no kutabihabwa nyamara bujuje ibisabwa ahubwo bigahabwa abandi, none basaba ubuyobozi gucukumbura ibibyihishe inyuma kuko bakeka ko habayemo uburiganya na ruswa.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Muri za kariyeri zicukurwamo umucanga n&#8217;urusekabuye mu mugezi wa Bihongora, mu Murenge wa Nyabirasi, mu Karere ka Rutsiro, abahakoreraga mu mwaka ushize, bavuga ko basabye ubuyobozi ibyangombwa bibemerera kuhakorera, nyuma y&#8217;uko ibyo bari bafite birangiye, ngo babwiwe gusaba ibindi, barabikora gusa ariko ntibasubijwe ahubwo batunguwe no kumva ibyangombwa byarahawe abandi, batazi n&#8217;igihe byatangiwe.<\/p>\n<p>Aba ngo basanga uburyo ibyangombwa byatanzwemo bitarakozwe mu mucyo, bagakeka ko mu kubitanga hashobora kuba harajemo uburiganya na ruswa.<\/p>\n<p>Inama njyanama y&#8217;Akarere mu isuzuma yakoze, yasanze koko ubuyobozi bw\u2019Akarere bwaratanze impushya zo gucukura kariyeri mu buryo bunyuranije n\u2019amategeko kandi na komite nyobozi y\u2019Akarere irabyemera. <\/p>\n<p>Abayobozi basanzwe &#8220;Amakosa yabayeho ngo yatewe n\u2019abatekinisiye&#8221; nk&#8217;uko bigarukwaho na Murekatete Triphose umuyobozi w\u2019akarere.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019inama njyanama y\u2019Akarere ka Rutsiro Nyirakamineza M.Chantal avuga ko iki kibazo cyashyikirijwe inzego zibishinzwe kugirango abo bizagaragara ko babigizemo uruhare babiryozwe.<\/p>\n<p>Ubugenzuzi bw&#8217;Inama njyanama y\u2019Akarere ka Rutsiro bwasanze impushya z\u2019ibyangomba zirindwi zaratanzwe mu buryo budakurikije amategeko.<\/p>\n<p>Ku bw&#8217;ibyo yahise isaba ko ubugenzuzi bwimbitse bucukumbura iby&#8217; impushya 38 zatanzwe mu karere kose. Ku bibazo nk&#8217;ibi kandi umwanzuro w\u2019ubuyobozi bw\u2019Intara y\u2019Iburengerazuba, bwasabye inzego zirebwa n\u2019iki kibazo gucukumbura ibibazo biri mu bucukuzi bwa kariyeri muri Rutsiro na Rubavu mu migezi ya Sebeya na Bihongora.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bari batse ibyangombwa bibemerera gucukura kariyeri mu Karere ka Rutsiro bavuga ko batunguwe no kutabihabwa nyamara bujuje ibisabwa ahubwo bigahabwa abandi, none basaba ubuyobozi gucukumbura ibibyihishe inyuma kuko bakeka ko habayemo uburiganya na ruswa. Muri za kariyeri zicukurwamo umucanga n&#8217;urusekabuye mu mugezi wa Bihongora, mu Murenge wa Nyabirasi, mu Karere ka Rutsiro, abahakoreraga mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-53353","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bari batse ibyangombwa bibemerera gucukura kariyeri mu Karere ka Rutsiro bavuga ko batunguwe no kutabihabwa nyamara bujuje ibisabwa ahubwo bigahabwa abandi, none basaba ubuyobozi gucukumbura ibibyihishe inyuma kuko bakeka ko habayemo uburiganya na ruswa. Muri za kariyeri zicukurwamo umucanga n&#8217;urusekabuye mu mugezi wa Bihongora, mu Murenge wa Nyabirasi, mu Karere ka Rutsiro, abahakoreraga mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-11-10T06:30:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53353#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53353\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi\",\"datePublished\":\"2022-11-10T06:30:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53353\"},\"wordCount\":260,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53353#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53353\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53353\",\"name\":\"Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-11-10T06:30:54+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53353#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53353\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53353#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi - BWIZA","og_description":"Abaturage bari batse ibyangombwa bibemerera gucukura kariyeri mu Karere ka Rutsiro bavuga ko batunguwe no kutabihabwa nyamara bujuje ibisabwa ahubwo bigahabwa abandi, none basaba ubuyobozi gucukumbura ibibyihishe inyuma kuko bakeka ko habayemo uburiganya na ruswa. Muri za kariyeri zicukurwamo umucanga n&#8217;urusekabuye mu mugezi wa Bihongora, mu Murenge wa Nyabirasi, mu Karere ka Rutsiro, abahakoreraga mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-11-10T06:30:54+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi","datePublished":"2022-11-10T06:30:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353"},"wordCount":260,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=53353#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353","name":"Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-11-10T06:30:54+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=53353"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53353#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rutsiro: Abari bujuje ibyangombwa byo gucukura kariyeri bimwe impushya zihabwa abandi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/53353","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=53353"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/53353\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=53353"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=53353"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=53353"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}