{"id":53625,"date":"2022-11-18T10:00:00","date_gmt":"2022-11-18T10:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/11\/18\/martha-yabaye-igitaramo-nyuma-yo-gufatirwa-mu-cyuho-n-umugabo-we-asambana-na\/"},"modified":"2022-11-18T10:00:00","modified_gmt":"2022-11-18T10:00:00","slug":"martha-yabaye-igitaramo-nyuma-yo-gufatirwa-mu-cyuho-n-umugabo-we-asambana-na","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625","title":{"rendered":"Martha yabaye igitaramo nyuma yo gufatirwa mu cyuho n&#8217;umugabo we asambana na Pasiteri wo muri RDC"},"content":{"rendered":"<p><strong>Niba ukoresha cyane imbuga nkoranyambaga nk&#8217;urwa Twitter, biragoye ko waba utaramenya inkuru ya Martha wamaze kwiharira ibiganiro bya benshi mu bakoresha uru rubuga nyuma yo kugwa gitumo n&#8217;umugabo we amuca inyuma.<\/strong><\/p>\n<p>Amashusho y&#8217;uyu mugore bivugwa ko ari uwo mu gihugu cya Zambia, akomeje gukwirakwizwa ku mbuga zikoranya imbaga.<\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/5RF-xVOqSR0\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p>Ni amashusho bivugwa ko yafashwe n&#8217;umugabo we, nyuma yo kumufatira mu cyuho asambana n&#8217;undi mugabo wiyita umukozi w&#8217;Imana bivugwa ko ari uwo muri Congo Kinshasa.<\/p>\n<p>Muri aya mashusho, Martha agaragara yambaye uko yavutse; mu gihe Pasiteri nyuma yo kugubwa gitumo we ayagaragaramo yambaye akambaro k&#8217;imbere.<\/p>\n<p>Nyamugabo wabaguye gitumo mu mashusho yumvikana abwira umugore we bigaragara ko yashakaga kumwegera ngo amusabe imbabazi kudahirahira ngo ave aho ari.<\/p>\n<p>Uyu mugabo wumvikana mu ijwi ryuje agahinda kenshi, yumvikana abaza umugore we impamvu yatinyutse gukora ikosa ryo kuzana undi mugabo mu buriri bwe.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Wiva aho uri! Winyegera. Martha, mu buriri bwanjye koko? Martha koko mu buriri bwanjye? Ibi ni ibiki mu nzu yanjye?&#8221;<\/p>\n<p>Hagati aho Martha uko aba ahatwa ibibazo n&#8217;uwo bashakanye, ni ko we ahita atangira gusuka amarira nyuma yo gukorwa n&#8217;ikimwaro.<\/p>\n<p>Ibinyamakuru byo muri Zambia byatangaje ko mbere y&#8217;uko Martha afatirwa mu cyuho n&#8217;umugabo we yari yabanje kumubeshya ko yagiye gusura inshuti ye ahitwa Kitwe, gusa nyamugabo wari utari imuhira nyuma yo kugera iwe asanga rwahanye inkoyoyo.<\/p>\n<p>Mbere y&#8217;uko Pasiteri ajya mu gikorwa n&#8217;uriya mugore wari utwite kandi bivugwa ko yabanje gutaka icyumba barimo akoresheje za buji n&#8217;indabo ku buryo n&#8217;imbeba itari butinyuke kucyinjiramo, ariko ntibyabujije nyirurugo kubagwa hejuru.<\/p>\n<p>Amashusho ya Martha bivugwa ko yari yazanye uriya mupasiteri kumukorera imihango imutegurira kubyara neza [kuko atwite] kuri ubu ari gukwirakwizwa cyane ku mbuga nkoranyambaga, ari na ko abazikoresha bamuha urw&#8217;amenyo.<\/p>\n<p>Ni amashusho yatumye ab&#8217;igitsina gabo by&#8217;umwihariko bifashisha uriya mugore, nk&#8217;urugero mu kugaragaza ko abagore b&#8217;abizerwa muri iki gihe basigaye ari mbarwa.<\/p>\n<p>Bamwe bati: &#8220;Abagore b&#8217;iki gihe basigaye ari inyamaswa&#8221;, abandi bati: &#8220;Nyuma yo gutinya Imana uzakurikizeho umugore.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Niba ukoresha cyane imbuga nkoranyambaga nk&#8217;urwa Twitter, biragoye ko waba utaramenya inkuru ya Martha wamaze kwiharira ibiganiro bya benshi mu bakoresha uru rubuga nyuma yo kugwa gitumo n&#8217;umugabo we amuca inyuma. Amashusho y&#8217;uyu mugore bivugwa ko ari uwo mu gihugu cya Zambia, akomeje gukwirakwizwa ku mbuga zikoranya imbaga. Ni amashusho bivugwa ko yafashwe n&#8217;umugabo we, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-53625","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Martha yabaye igitaramo nyuma yo gufatirwa mu cyuho n&#039;umugabo we asambana na Pasiteri wo muri RDC - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Martha yabaye igitaramo nyuma yo gufatirwa mu cyuho n&#039;umugabo we asambana na Pasiteri wo muri RDC - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Niba ukoresha cyane imbuga nkoranyambaga nk&#8217;urwa Twitter, biragoye ko waba utaramenya inkuru ya Martha wamaze kwiharira ibiganiro bya benshi mu bakoresha uru rubuga nyuma yo kugwa gitumo n&#8217;umugabo we amuca inyuma. Amashusho y&#8217;uyu mugore bivugwa ko ari uwo mu gihugu cya Zambia, akomeje gukwirakwizwa ku mbuga zikoranya imbaga. Ni amashusho bivugwa ko yafashwe n&#8217;umugabo we, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-11-18T10:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53625#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53625\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Martha yabaye igitaramo nyuma yo gufatirwa mu cyuho n&#8217;umugabo we asambana na Pasiteri wo muri RDC\",\"datePublished\":\"2022-11-18T10:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53625\"},\"wordCount\":351,\"commentCount\":8,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53625#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53625\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53625\",\"name\":\"Martha yabaye igitaramo nyuma yo gufatirwa mu cyuho n'umugabo we asambana na Pasiteri wo muri RDC - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-11-18T10:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53625#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53625\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=53625#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Martha yabaye igitaramo nyuma yo gufatirwa mu cyuho n&#8217;umugabo we asambana na Pasiteri wo muri RDC\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Martha yabaye igitaramo nyuma yo gufatirwa mu cyuho n'umugabo we asambana na Pasiteri wo muri RDC - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Martha yabaye igitaramo nyuma yo gufatirwa mu cyuho n'umugabo we asambana na Pasiteri wo muri RDC - BWIZA","og_description":"Niba ukoresha cyane imbuga nkoranyambaga nk&#8217;urwa Twitter, biragoye ko waba utaramenya inkuru ya Martha wamaze kwiharira ibiganiro bya benshi mu bakoresha uru rubuga nyuma yo kugwa gitumo n&#8217;umugabo we amuca inyuma. Amashusho y&#8217;uyu mugore bivugwa ko ari uwo mu gihugu cya Zambia, akomeje gukwirakwizwa ku mbuga zikoranya imbaga. Ni amashusho bivugwa ko yafashwe n&#8217;umugabo we, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-11-18T10:00:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Martha yabaye igitaramo nyuma yo gufatirwa mu cyuho n&#8217;umugabo we asambana na Pasiteri wo muri RDC","datePublished":"2022-11-18T10:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625"},"wordCount":351,"commentCount":8,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=53625#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625","name":"Martha yabaye igitaramo nyuma yo gufatirwa mu cyuho n'umugabo we asambana na Pasiteri wo muri RDC - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-11-18T10:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=53625"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=53625#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Martha yabaye igitaramo nyuma yo gufatirwa mu cyuho n&#8217;umugabo we asambana na Pasiteri wo muri RDC"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/53625","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=53625"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/53625\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=53625"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=53625"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=53625"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}