{"id":5376,"date":"2017-03-15T12:02:28","date_gmt":"2017-03-15T12:02:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/15\/rwanda-haracyari-icyuho-mu-mitangire-ya-serivisi-zihabwa-abaturage\/"},"modified":"2025-02-12T16:54:17","modified_gmt":"2025-02-12T14:54:17","slug":"rwanda-haracyari-icyuho-mu-mitangire-ya-serivisi-zihabwa-abaturage","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376","title":{"rendered":"Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Agaruka  ku bijyane n\u2019imitangire ya Serivisi zihabwa abaturage , Umuyobozi w\u2019ikigo cy&#8217;igihugu gishinzwe imiyoborere myiza mu Rwanda, Prof.Shyaka Anastase  yavuze ko  ari kimwe  mu byibanzweho  mu mwiherero w\u2019abayobozi bakuru b\u2019igihugu 2017, aho byagaragaye ko hakirimo ikibazo mu byiciro bitandukanye.<\/strong><br \/>\nProf.Shyaka  mu Kiganiro n\u2019abanyamakuru ku wa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017,   yashimangiye ko  muri uyu mwiherero buri Minisiteri yagaragaje uko ihagaze n\u2019ibyo iteganya gukora  mu rwego rwo gukomeza  kuzuza inshingano ariko ko hagiye hagaragara ibyuho.<br \/>\nAkomeza  avuga ko abayobozi barangajwe imbere na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame bafashe umwanzuro ku bintu byo  gukurikirana no gufata ibyemezo mu maguru mashya ndetse abayobozi bakareka kurebera.<br \/>\nKu rundi ruhande ngo igipimo kijyanye n\u2019imitangire ya Serivisi, n\u2019ibipimo bijyanye n\u2019urwego rw\u2019ubukungu  biracyafite imbogamizi zitandukanye ati &#8221; <em>Haba n\u2019igipimo kijyanye n\u2019uko tunoza za gahunda ziganisha ku kunoza imibereho myiza y\u2019abaturage  hari ahagaragara intege nke<\/em> \u2019\u2019.<br \/>\nYungamo  ko iyo urebye  ibyo abaturage bagaragaza  cyane cyane nka za njyanama, uburyo zibafashe mu kugira uruhare  muri gahunda za Leta zishyirwa mu bikorwa  nabyo biganisha kuri ya mitangire ya Serivisi usanga imbaraga zikiri nkeya ari nayo mpamvu umwiherero wavuze ko bikwiye  kongerwamo imbaraga mu buryo bufatika.<br \/>\nIkindi abaturage batagiramo uruhare ni itegurwa ry\u2019ingengo y\u2019Imari z\u2019uturere twabo  na gahunda y\u2019Imihigo duhiga.<br \/>\nIkindi kizashyirwamo imbaraga  harimo kurwanya ruswa n\u2019akarengane no kugerageza gukemura ibibazo by\u2019abaturage  kandi  bigakorwa ku gihe.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nProf.Shyaka  kandi avuga ko  ku bijyanye n\u2019amazi hagaragayemo ibibazo ariko ko harigukorwa ibishoboka kugira ngo iyi serivisi nayo inogere abaturage kurushaho.<br \/>\n <strong>Kunoza Serivise ntabwo ari  ukwakira abantu duseka ahubwo ni ukuzuza inshingano:<\/strong><br \/>\n <strong> <\/strong> Akomeza avuga ko nubwo usanga abantu bavuga amazi cyangwa amashanyarazi  byose ari imitangire ya Serevisi ati &#8221; <em>Uburyo dukora ni uburyo duha Abanyarwanda ibyo bakeneye\u2019\u2019.<\/em><br \/>\nProf. Shyaka ashimangira  ko ari nabwo buryo abayobozi  basubiza amaso inyuma bakareba ibyo bakora  bakabikosora ari nayo mpamvu  imyanzuro yose y\u2019Umwiherero 2017 iganira  ku kurushaho gutanga serivisi no gukorosa ibikosamye mu mikorere y\u2019abayobozi.<br \/>\nProf.Shyaka kandi yashimangiye ko muri rusange hagiye hagaragaramo ibyuho muri Serivisi zitandukanye ati <strong> &#8220;<\/strong>  <em>Harimo kurebera, icya kabiri  harimo kudafata ibyemezo mu buryo  bwihuse  igihe bigaragara\u2019\u2019.<\/em><br \/>\nUbuhinzi n\u2019ubworozi  nabyo ni bimwe mu byagarutsweho muri uyu Mwiherero gusa ubushakashatsi  bwa RGB ku miyoborere (Scorecard 2016) bukaba bwaragaragaje ko serivisi zihabwa abahinzi arizo ziri ku mwanya wa nyuma mu Rwanda.<br \/>\nKu ya 2 Werurwe ,2017 nibwo  hasojwe  umwihirero w\u2019Abayobozi bakuru mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro. Nyuma y\u2019ibiganiro no kungurana ibitekerezo hakaba harafashwe imyanzuro 26 igomba gushyirwa mu bikorwa.<br \/>\nUmwanzuro wa 13  ugira uti&#8221; <strong>Kunoza imitangire ya serivisi mu Nzego za Leta hitawe ku bipimo bigaragazwa n\u2019inzego zibishinzwe no kongera umubare wa serivisi zitangwa hakoreshejwe ikoranabuhanga (Rwanda online services).<\/strong><br \/>\nNaho uwa 16 ugira uti&#8221; <strong>Kunoza imitangire ya serivisi mu mavuriro ya Leta, amavuriro y\u2019abikorera n\u2019ibigo by\u2019ubwishingizi bw\u2019indwara&#8221;.<\/strong><br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/imyanzuro-26-yumwiherero-wa-14-wabayobozi-bigihugu\/\">Kanda hano usome imyanzuro y&#8217;Umwiherero 2017:<\/a><br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Gabriel Habineza\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Agaruka ku bijyane n\u2019imitangire ya Serivisi zihabwa abaturage , Umuyobozi w\u2019ikigo cy&#8217;igihugu gishinzwe imiyoborere myiza mu Rwanda, Prof.Shyaka Anastase yavuze ko ari kimwe mu byibanzweho mu mwiherero w\u2019abayobozi bakuru b\u2019igihugu 2017, aho byagaragaye ko hakirimo ikibazo mu byiciro bitandukanye. Prof.Shyaka mu Kiganiro n\u2019abanyamakuru ku wa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017, yashimangiye ko muri uyu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5376","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Agaruka ku bijyane n\u2019imitangire ya Serivisi zihabwa abaturage , Umuyobozi w\u2019ikigo cy&#8217;igihugu gishinzwe imiyoborere myiza mu Rwanda, Prof.Shyaka Anastase yavuze ko ari kimwe mu byibanzweho mu mwiherero w\u2019abayobozi bakuru b\u2019igihugu 2017, aho byagaragaye ko hakirimo ikibazo mu byiciro bitandukanye. Prof.Shyaka mu Kiganiro n\u2019abanyamakuru ku wa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017, yashimangiye ko muri uyu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-15T12:02:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:54:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5376#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5376\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage\",\"datePublished\":\"2017-03-15T12:02:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:54:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5376\"},\"wordCount\":501,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5376#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5376\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5376\",\"name\":\"Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-15T12:02:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:54:17+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5376#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5376\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5376#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage - BWIZA","og_description":"Agaruka ku bijyane n\u2019imitangire ya Serivisi zihabwa abaturage , Umuyobozi w\u2019ikigo cy&#8217;igihugu gishinzwe imiyoborere myiza mu Rwanda, Prof.Shyaka Anastase yavuze ko ari kimwe mu byibanzweho mu mwiherero w\u2019abayobozi bakuru b\u2019igihugu 2017, aho byagaragaye ko hakirimo ikibazo mu byiciro bitandukanye. Prof.Shyaka mu Kiganiro n\u2019abanyamakuru ku wa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017, yashimangiye ko muri uyu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-15T12:02:28+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:54:17+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage","datePublished":"2017-03-15T12:02:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:54:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376"},"wordCount":501,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5376#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376","name":"Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-15T12:02:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:54:17+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5376"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5376#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwanda: Haracyari icyuho mu mitangire ya Serivisi zihabwa abaturage"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5376","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5376"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5376\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5376"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5376"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5376"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}