{"id":5377,"date":"2017-03-15T12:50:51","date_gmt":"2017-03-15T12:50:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/15\/ibibazo-10-benshi-bibaza-ese-umugore-asabwa-iki-ngo-anyazwe-neza-mu-gihe-cy\/"},"modified":"2025-07-01T19:53:47","modified_gmt":"2025-07-01T17:53:47","slug":"ibibazo-10-benshi-bibaza-ese-umugore-asabwa-iki-ngo-anyazwe-neza-mu-gihe-cy","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377","title":{"rendered":"Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina (igice cya 7)"},"content":{"rendered":"<p>Mu bice 6 byatambutse hagaragajwe igisobanuro cyo kunyaza umugore, uko bikorwa akamaro kabyo n\u2019ibindi. Kuri ubu ikibazo abagore benshi bagiye batubaza, baragira bati: \u201cUmugore utanyara mu gihe cy\u2019imibonano yakora iki ngo nawe agere kuri ibyo byishimo\u201d.<br \/>\nKuri iki kibazo wabanza ukareba ku mpande eshatu, iya mbere umugabo ashobora kuba atazi uburyo bikorwamo mbese ari muri ba bagabo bavuga gusa ariko batazi gushyira mu bikorwa, aha dushatse kuvuga ko aba atazi gushakisha ayo mazi y\u2019umugore we (amavangingo).<br \/>\nUrundi ruhande, umugore ashobora kuba afite amavangingo make, umugabo akaba azi kuyashaka pe, azi kunyaza, ariko yanyaza ntayabone akaba yavuga ati umugore wanjye nta mavangingo agira yewe n\u2019umugore hari igihe aba azana make ariko ntamenye ko ayafite. Nk\u2019uko bitangazwa ko nta mugore utagira amavangingo, ahubwo uburyo bwo gutuma aza niibwo bugoye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIkindi cya gatatu gishoboka, ni ukwo mwese mushobora kuba nta nyigisho mufite kuri iyi ngingo yo kunyaza, umugore akaba afite amavangingo menshi pe, umugabo akaba atazi iyo biva naho bigana. Iyo umugore amuciye inyuma gato agakubitana n\u2019inzobere, kaba kabaye, ahita anodoka.<br \/>\nKu kibazo cyabajijwe na benshi, icyo umugore yakora ngo anyazwe neza! Niba koko umugabo wawe umwizeye ko azi gukorogoshora agashakisha ayo mazi ariko wowe ukaba uzana duke cyangwa natwo wari wabona n\u2019umunsi n\u2019umwe, dore icyo wakora:<br \/>\n1.Mugore wikumva ko ari umugabo wawe ugomba kugutegura wowe wibereye mu ntekerezo zawe, mufatanye gutegurana<br \/>\n2.Mugore niba mwakoresheje pozisiyo yo kugarama, garama wifungure ku buryo umugabo agera ku bice biryoherwa by&#8217;umugore bitamugoye. Twabyita kumutegera amaguru neza.<br \/>\n3.Mubwire aho wumva uburyohe buherereye neza, mbese ukamubwira inguni akomeza guhataho, kandi mubwire na pozisiyo nziza wumva ukuajyanamo neza.<br \/>\n4.Wigarama nk\u2019umutumba, cyangwa ngo wicecekere nk\u2019intama, komeza umuganirize umubwira utugambo tw\u2019urukundo<br \/>\n5.Menya ko nubwo warya ibi cyangwa biriya, ntiwanyazwa n\u2019umugabo wawe mutari mu bihe byiza byanyu, ngo mube munezerewe hagati yanyu. Hari nababanza kunywa inzoga ngo wenda byacamo, aha ni ukwibeshya ntabwo byahira buri wese.<br \/>\n6.Mugore menya ko guca imyeyo biri mu biryoshya imibonano kandi bikanafasha umugore kunyara mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina<br \/>\n7.Fata igitsina cy\u2019umugabo mu gihe wumva ari ngombwa, nawe ukikoreze aho wumva biryoshye\u2026. Cyane cyane yikube kuri rugongo, umanure uzamura inshuro nyinshi. mu gihe unaniwe umugabo aragufasha ariko umweretse urugero.<br \/>\n8.Mugore banza utegure ahantu mugiye gukorera ayo mabanga y\u2019urugo, wizere ko abana basinziriye batari bubavane muri mood, ufunge telefone zanyu cga ibindi byabarogoya. Iyo hari igikomye nubwo ya mazi atangiye kuza ahita yikupa.<br \/>\n9.Mugore ita ku isuku y\u2019imyanya myibarukiro kuko buriya n\u2019amavangingo ashobora kutaza bitewe n\u2019indwara umugore ashobora kuba afite imbere muri iyi myanya, rimwe na rimwe zatewe n\u2019umwanda.<br \/>\n10.Mugore menya ko niba umugabo wawe atakunyaje uyu munsi kandi wumva ubishaka, wikwumva ko igikuba gicitse, n\u2019ejo byakunda cyangwa ejobundi. Ku bw\u2019urukundo mufitanye muraganira mukigishanya uko byashoboka, niba ari umuti wabafasha mukawushaka. Niwibeshya ukamuca inyuma ni nako nawe uba ugiye kwikururira ibindi byago. Urukundo mbere ya byose.<br \/>\nNB: Izi nyigisho zigenewe abashakanye n\u2019abari mu nzira yo ku rushinga, rubyiruko mwirinde kwishora mu bikorwa by\u2019ubusambanyi kuko ushobora kuvanamo uburwayi nka VIH\/SIDA, gutwara inda itateguwe.<br \/>\nTanga igitekerezo cyawe niwa wumva ko hari icyo cyamarira abasomyi, cyangwa utwandikire kuri <a href=\"mailto:Gentillekamikazi@gmail.com\">Gentillekamikazi@gmail.com<\/a>, Watsapp 0785058200<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em>@Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu bice 6 byatambutse hagaragajwe igisobanuro cyo kunyaza umugore, uko bikorwa akamaro kabyo n\u2019ibindi. Kuri ubu ikibazo abagore benshi bagiye batubaza, baragira bati: \u201cUmugore utanyara mu gihe cy\u2019imibonano yakora iki ngo nawe agere kuri ibyo byishimo\u201d. Kuri iki kibazo wabanza ukareba ku mpande eshatu, iya mbere umugabo ashobora kuba atazi uburyo bikorwamo mbese ari muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-5377","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina (igice cya 7) - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina (igice cya 7) - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu bice 6 byatambutse hagaragajwe igisobanuro cyo kunyaza umugore, uko bikorwa akamaro kabyo n\u2019ibindi. Kuri ubu ikibazo abagore benshi bagiye batubaza, baragira bati: \u201cUmugore utanyara mu gihe cy\u2019imibonano yakora iki ngo nawe agere kuri ibyo byishimo\u201d. Kuri iki kibazo wabanza ukareba ku mpande eshatu, iya mbere umugabo ashobora kuba atazi uburyo bikorwamo mbese ari muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-15T12:50:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-01T17:53:47+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5377#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5377\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina (igice cya 7)\",\"datePublished\":\"2017-03-15T12:50:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5377\"},\"wordCount\":560,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5377#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5377\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5377\",\"name\":\"Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina (igice cya 7) - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-15T12:50:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5377#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5377\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5377#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina (igice cya 7)\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina (igice cya 7) - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina (igice cya 7) - BWIZA","og_description":"Mu bice 6 byatambutse hagaragajwe igisobanuro cyo kunyaza umugore, uko bikorwa akamaro kabyo n\u2019ibindi. Kuri ubu ikibazo abagore benshi bagiye batubaza, baragira bati: \u201cUmugore utanyara mu gihe cy\u2019imibonano yakora iki ngo nawe agere kuri ibyo byishimo\u201d. Kuri iki kibazo wabanza ukareba ku mpande eshatu, iya mbere umugabo ashobora kuba atazi uburyo bikorwamo mbese ari muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-15T12:50:51+00:00","article_modified_time":"2025-07-01T17:53:47+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina (igice cya 7)","datePublished":"2017-03-15T12:50:51+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377"},"wordCount":560,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5377#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377","name":"Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina (igice cya 7) - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-15T12:50:51+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5377"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5377#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibibazo 10 benshi bibaza, ese umugore asabwa iki ngo anyazwe neza mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina (igice cya 7)"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5377","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5377"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5377\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5377"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5377"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5377"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}