{"id":5397,"date":"2017-03-16T14:09:04","date_gmt":"2017-03-16T14:09:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/16\/u-bufaransa-na-kiliziya-gatolika-birashinjwa-gukingira-ikibaba-abakoze-jenoside\/"},"modified":"2025-02-12T16:53:59","modified_gmt":"2025-02-12T14:53:59","slug":"u-bufaransa-na-kiliziya-gatolika-birashinjwa-gukingira-ikibaba-abakoze-jenoside","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397","title":{"rendered":"U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Inyandiko yashyizweho  umukono  n&#8217;abantu batandukanye barimo Bernard Kouchner wabaye Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga bw\u2019u Bufaranga  n\u2019abandi batandukanye batunze agatoki Kiliziya Gatolika n\u2019u Bufaransa by\u2019umwihariko gukingira ikibaba abagize uruhare  muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda  mu 1994.<\/strong> <\/em><br \/>\nAbashyize umukono kuri iyi nyandiko bashimangira ko abagize uruhare muri iyi  Jenoside bakomeye bari  ku Mugabane w\u2019Uburayi cyane cyane mu Bufaransa bityo bakaba basaba ko kubakingira ikibaba byahagarara aho kubanza guhagurutsa  ubutabera.<br \/>\nBungamo ko abihishe ku mugabane w\u2019Uburayi  batakoze Jenoside ko batasahuye, bagakora iyica  rubozo, gufata abagore ku ngufu cyangwa kwica  gusa ahubwo  ko banayiteguye, bagakangurira abantu kuyikora, bakabigisha ndetse bakayishyira mu bikorwa nk\u2019uko bitangazwa n\u2019Ikinyamakuru Lemonde.<br \/>\nBakomeza bavuga ko  abari  i Burayi aribo banyirabayazana bati &#8221; <em>Ni benshi  ku buryo baba barashyiriweho impapuro mpuzamahanga zibata muri yombi cyangwa se  bakaba  barahawe ibihano bikakaye  bikozwe n\u2019ubutabera bw\u2019u Rwanda kubera uruhare bagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda 1994\u2019\u2019.<\/em><br \/>\nBagaruka ku ruhare rwa Kiliziya Gatolika  mu gukingira ikibaba  abakoze Jenoside, abashyize umukoni kuri iyi  nyandiko bagira bati &#8221; <em>Imyaka irenga 20 irashize  Kiliziya Gatolika ikingira bamwe ikibaba aho yagize uruhare  mu kubacikisha, kubahisha ndetse  ko  cyane cyane  muri Paruwasi zo mu mijyi no mu byaro by\u2019u Bufaransa usanga  aba bicanyi aribo bayoboye\u2019\u2019.<\/em><br \/>\nBakomeza bavuga ko  abagize uruhare rukomeye muri Jenoside  bibereye mu Bufaransa aho ubutabera bwabarengeje ingohe ndetse ko batari muri iki guhugu ku bw\u2019amahirwe ahubwo  ari abasirikare  b\u2019Abafaransa babacikisheje kandi aribo  bateguye ndetse bagashyira mu bikorwa  Jenoside yahitanye  Abatutsi  basaga Miliyoni.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nBungamo ko  hari imikoranire ikomeye  hagati y\u2019u Bufaransa  na Leta yashyize mu bikorwa Jenoside  haba mbere, ndetse na nyuma y\u2019uko ikozwe cyane cyane ko wasangaga abayobozi bakuru b\u2019u Bufaransa aribo batanga amabwiriza.<br \/>\nBakomeza bashimangira ko uku kudahana  abakoze Jenoside  biri mu nyungu zabo n\u2019ababafashije  ndetse ngo ubu  ikibazo  cy\u2019ubutabera kuri iyi Jenoside  gisa  n\u2019ikititaweho.<br \/>\nUyu muco wo kudahana ngo ukaba  ukomeretsa kurushaho abarokotse iyi Jenoside  ndetse bikabera inzitisi  urubyiruko rw\u2019u Rwanda n\u2019urw\u2019u Burayi  mu gutegura ahazaza basangiye ndetse ko  uyu  muco wo kubera utagomba kubabarirwa ko ugomba guhagarara kandi vuba.<br \/>\nAbashyize umukono kuri iyi nyandiko bakaba basoza  bagira bati &#8221; <em>Icyo dusaba  kiroroshye, ni ug<\/em>  <em>uhagarika umuco wo kudahana  ku bakoze Jenoside n\u2019abo bafatanyije\u2019<\/em>  <strong>\u2019<\/strong><br \/>\nBashimangira kandi ko  igihe kigeze ngo ibihugu birebwa n\u2019iki kibazo  cyane cyane u Bufaransa ko byakohereza mu Rwanda abakoze Jenoside  cyangwa bakaburanishirizwa aho batuye  hatibagiranye n\u2019ababafashije.<br \/>\nBahamya ko guca umuco wo kudahana ari inshingano z\u2019urungano rwabo kugira ngo  ibisekuru  bizakurikiraho bizagire ahazaza heza.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <em> <strong>Gabriel Habineza\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inyandiko yashyizweho umukono n&#8217;abantu batandukanye barimo Bernard Kouchner wabaye Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga bw\u2019u Bufaranga n\u2019abandi batandukanye batunze agatoki Kiliziya Gatolika n\u2019u Bufaransa by\u2019umwihariko gukingira ikibaba abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Abashyize umukono kuri iyi nyandiko bashimangira ko abagize uruhare muri iyi Jenoside bakomeye bari ku Mugabane w\u2019Uburayi cyane cyane mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5397","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inyandiko yashyizweho umukono n&#8217;abantu batandukanye barimo Bernard Kouchner wabaye Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga bw\u2019u Bufaranga n\u2019abandi batandukanye batunze agatoki Kiliziya Gatolika n\u2019u Bufaransa by\u2019umwihariko gukingira ikibaba abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Abashyize umukono kuri iyi nyandiko bashimangira ko abagize uruhare muri iyi Jenoside bakomeye bari ku Mugabane w\u2019Uburayi cyane cyane mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-16T14:09:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:53:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5397#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5397\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda\",\"datePublished\":\"2017-03-16T14:09:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:53:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5397\"},\"wordCount\":449,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5397#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5397\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5397\",\"name\":\"U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-16T14:09:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:53:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5397#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5397\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5397#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda - BWIZA","og_description":"Inyandiko yashyizweho umukono n&#8217;abantu batandukanye barimo Bernard Kouchner wabaye Minisitiri w\u2019Ububanyi n\u2019Amahanga bw\u2019u Bufaranga n\u2019abandi batandukanye batunze agatoki Kiliziya Gatolika n\u2019u Bufaransa by\u2019umwihariko gukingira ikibaba abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Abashyize umukono kuri iyi nyandiko bashimangira ko abagize uruhare muri iyi Jenoside bakomeye bari ku Mugabane w\u2019Uburayi cyane cyane mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-16T14:09:04+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:53:59+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda","datePublished":"2017-03-16T14:09:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:53:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397"},"wordCount":449,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5397#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397","name":"U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-16T14:09:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:53:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5397"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5397#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Bufaransa na Kiliziya Gatolika birashinjwa gukingira ikibaba abakoze Jenoside mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5397","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5397"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5397\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5397"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5397"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5397"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}