{"id":54033,"date":"2022-12-01T08:20:51","date_gmt":"2022-12-01T08:20:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/12\/01\/perezida-kagame-yavuze-impamvu-ibihugu-bikomeye-bikomeje-kwifatanya-na-rdc-mu\/"},"modified":"2022-12-01T08:20:51","modified_gmt":"2022-12-01T08:20:51","slug":"perezida-kagame-yavuze-impamvu-ibihugu-bikomeye-bikomeje-kwifatanya-na-rdc-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033","title":{"rendered":"Perezida Kagame yavuze impamvu ibihugu bikomeye bikomeje kwifatanya na RDC mu birego byayo ku Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida Paul Kagame yasobanuye ko kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hari byinshi iha ibihugu bikomeye biruta iby&#8217;u Rwanda, ari byo bituma ibyo bihugu byifatanya na yo mu gushyigikira ibirego ishyira ku Rwanda.<\/strong><\/p>\n<p>Umukuru w\u2019Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Ugushyingo, ubwo yakiraga indahiro za Dr Sabin Nsanzimana wagizwe Minisitiri w\u2019Ubuzima na Dr Yvan Butera wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri iyi minisiteri.<\/p>\n<p>Ni umuhango wabereye mu Ngoro y\u2019Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura.<\/p>\n<p>Wabaye mu gihe hashize igihe kitari gito u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo badacana uwaka, ku mpamvu z\u2019ibirego bishingiye ku mutwe wa M23 Leta ya Congo imaze ishyira ku Rwanda.<\/p>\n<p>Kinshasa imaze igihe ishinja Kigali kuba ari yo ifasha uyu mutwe; ibirego byahawe umugisha n&#8217;ibihugu bikomeye nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bwongereza, u Bubiligi ndetse n&#8217;Inteko Ishinga Amategeko y&#8217;ibihugu byo ku mugabane w&#8217;u Burayi.<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame yasobanuye ko impamvu biriya bihugu byahisemo kujya ku ruhande rwa Congo; ari uko ibyo biyikuraho biruta ibyo bikura ku Rwanda.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nk&#8217;uko nahoze mbivuga, ntidufite ubutunzi ariko difite uburyo. Ni yo mpamvura uramutse ukoze igereranya, hari itandukaniro rinini cyane. Congo iha aba bantu kurusha u Rwanda. Bivuze ngo aba bantu bakwiye kwitwararika cyane iyo bigeze ku bibazo bya Congo. Bagomba yemwe no gufasha Congo mu kuyigabanyiriza ububabare bashyira mu majwi uko babishoboye kose u Rwanda.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Kagame yifashishije umugani w&#8217;Igiswahili uvuga ko insina ngufi ari yo bacaho urukoma; agaragaza ko biriya bihugu bikomeye bitekereza ko u Rwanda rwaba ari insina ngufi bitewe n&#8217;aho ruherereye ndetse no kuba ari agahugu gato.<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Ikindi nta mutungo kamere dufite, bariya bo bafite mwinshi; bivuze ngo bazajya ku ruhande rw&#8217;ababaha byinshi.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Kagame cyakora cyo yavuze ko biriya bihugu byibeshya cyane, kuko u Rwanda mu bugufi bwarwo n&#8217;ubwo budafite uwo mutungo rufite ubundi buryo burufasha gutuma abarutuye babaho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Paul Kagame yasobanuye ko kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hari byinshi iha ibihugu bikomeye biruta iby&#8217;u Rwanda, ari byo bituma ibyo bihugu byifatanya na yo mu gushyigikira ibirego ishyira ku Rwanda. Umukuru w\u2019Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Ugushyingo, ubwo yakiraga indahiro za Dr Sabin Nsanzimana wagizwe Minisitiri w\u2019Ubuzima na [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-54033","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame yavuze impamvu ibihugu bikomeye bikomeje kwifatanya na RDC mu birego byayo ku Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame yavuze impamvu ibihugu bikomeye bikomeje kwifatanya na RDC mu birego byayo ku Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Paul Kagame yasobanuye ko kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hari byinshi iha ibihugu bikomeye biruta iby&#8217;u Rwanda, ari byo bituma ibyo bihugu byifatanya na yo mu gushyigikira ibirego ishyira ku Rwanda. Umukuru w\u2019Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Ugushyingo, ubwo yakiraga indahiro za Dr Sabin Nsanzimana wagizwe Minisitiri w\u2019Ubuzima na [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-12-01T08:20:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54033#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54033\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Perezida Kagame yavuze impamvu ibihugu bikomeye bikomeje kwifatanya na RDC mu birego byayo ku Rwanda\",\"datePublished\":\"2022-12-01T08:20:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54033\"},\"wordCount\":329,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54033#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54033\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54033\",\"name\":\"Perezida Kagame yavuze impamvu ibihugu bikomeye bikomeje kwifatanya na RDC mu birego byayo ku Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-12-01T08:20:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54033#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54033\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54033#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame yavuze impamvu ibihugu bikomeye bikomeje kwifatanya na RDC mu birego byayo ku Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame yavuze impamvu ibihugu bikomeye bikomeje kwifatanya na RDC mu birego byayo ku Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame yavuze impamvu ibihugu bikomeye bikomeje kwifatanya na RDC mu birego byayo ku Rwanda - BWIZA","og_description":"Perezida Paul Kagame yasobanuye ko kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hari byinshi iha ibihugu bikomeye biruta iby&#8217;u Rwanda, ari byo bituma ibyo bihugu byifatanya na yo mu gushyigikira ibirego ishyira ku Rwanda. Umukuru w\u2019Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Ugushyingo, ubwo yakiraga indahiro za Dr Sabin Nsanzimana wagizwe Minisitiri w\u2019Ubuzima na [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-12-01T08:20:51+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Perezida Kagame yavuze impamvu ibihugu bikomeye bikomeje kwifatanya na RDC mu birego byayo ku Rwanda","datePublished":"2022-12-01T08:20:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033"},"wordCount":329,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54033#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033","name":"Perezida Kagame yavuze impamvu ibihugu bikomeye bikomeje kwifatanya na RDC mu birego byayo ku Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-12-01T08:20:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54033"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54033#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame yavuze impamvu ibihugu bikomeye bikomeje kwifatanya na RDC mu birego byayo ku Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54033","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=54033"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54033\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=54033"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=54033"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=54033"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}