{"id":54161,"date":"2022-12-05T15:01:50","date_gmt":"2022-12-05T15:01:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/12\/05\/u-rwanda-na-congo-bishobora-kurwana-kuko-buri-gihe-bitangira-ari-amagambo\/"},"modified":"2022-12-05T15:01:50","modified_gmt":"2022-12-05T15:01:50","slug":"u-rwanda-na-congo-bishobora-kurwana-kuko-buri-gihe-bitangira-ari-amagambo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161","title":{"rendered":"U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umusesenguzi wa politiki mu karere k\u2019ibiyaga bigari mu kigo international crisis group (ICG), Onesphore Sematumba, avuga ko Congo n&#8217;u Rwanda bishoboka ko byarwana intambara y&#8217;amasasu nyuma y&#8217;icyo yise amagambo atwika\u201d buri gihe byagaragaye ko ariyo abanziriza imirwano.<em><\/h2>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/DeF2tF2VOw8\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame  tariki 30 Ugushyingo, ari mu nteko ishingamategeko y\u2019u Rwanda yashinje mugenzi we wa DR Congo ko atatsinze amatora aheruka kandi ashaka impamvu yo gusubika ayo mu mwaka utaha ashinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23. <\/p>\n<p>Nyuma y\u2019iminsi itatu, Perezida Felix Tshisekedi nawe yumvikanye asubiza mugenzi we Kagame amwita \u201cumuyobozi gashozantambara wagombye kugira isoni\u201d, ndetse avuga ko abanyecongo n\u2019isi yose bagombye gufasha abanyarwanda \u201ckwibohora\u201d ubutegetsi bwa Kagame. <\/p>\n<p>WASOMA: https:\/\/bwiza.com\/?Abanyarwanda-bakeneye-ubufasha-bwacu-kugira-ngo-bibohore-Kagame-n-ubutegetsi<\/p>\n<p>Onesphore Sematumba wa ICG yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko \u201ciyi ntambara y\u2019amagambo iteye ubwoba\u201d kuko ije mugihe hari icyizere cy\u2019umuhate wo guhosha amakimbirane w\u2019abakuru b\u2019ibihugu bigize umuryango wa Africa y\u2019iburasirazuba(EAC), ndetse n\u2019uwa Perezida Jo\u00e3o Louren\u00e7o wa Angola ukuriye ihuriro mpuzamahanga ry\u2019akarere k&#8217;ibiyaga bigari (CIRGL\/ICGLR). <\/p>\n<p>Sematumba ati: \u201c Ni ukuvuga ko bariya bategetsi bombi, imyifatire berekanye basohora ziriya mvugo zikarishye yerekana ko biriya byavugiwe i Luanda &#8211; ko intambara igiye gushyira, ko bagiye gutangiza inzira iganisha ku kuboneza umubano wa Kigali na Kinshasa &#8211; ko ibyo byose ntacyo bibabwiye mbese.\u201d<\/p>\n<p>Sematumba avuga ko amagambo y\u2019aba bakuru b\u2019ibihugu aje mu gihe i Nairobi hari ibiganiro bya leta ya Kinshasa n\u2019imitwe yitwaje intwaro, ibiganiro bitatumiwemo M23, mu gihe kandi muri Congo imirwano igikomeje aho \u201cM23 ubu igenda igana mu burengerazuba za Masisi\u201d. <\/p>\n<p>Avuga ko ubwicanyi buheruka kuvugwa ahitwa Kishishe muri Rutshuru leta ya Kinshasa ikabushinja M23 ifatanyije n\u2019u Rwanda ibyo byatumye \u201cibintu bitutumba bimera nabi\u201d.  <\/p>\n<p>Ati: \u201cKuba bariya bakuru b\u2019ibihugu nabo bagenda bazamura imvugo nka ziriya zo gutukana mu ruhame ntabwo bifasha.\u201d<\/p>\n<p>Yongeraho ati: \u201cInzira y\u2019amahoro ntabwo iba yoroshye cyane cyane guhuza ibihugu cyangwa abantu bamaze iminsi bashyamiranye, ubwo rero bariya bihaye izo ntego zo kumvikanisha bariya bagabo babiri, Perezida Laurenco, Uhuru Kenyatta na William Ruto bagombye gukoresha ubushobozi bwose bafite. <\/p>\n<p>\u201cAbo bategetsi bose bagomba gushyira imbaraga zabo za politiki hamwe bagashaka uko bavugisha bariya bagabo bombi bakareka gukomeza gucocera amagambo atwika.   <\/p>\n<p>\u201cNaho ubundi imvugo nka ziriya zitangira ari intambara y\u2019amagambo ariko badafatiwe mu maguru mashya byahinduka intambara nyayo, kandi ntabayikeneye muri aka karere.\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umusesenguzi wa politiki mu karere k\u2019ibiyaga bigari mu kigo international crisis group (ICG), Onesphore Sematumba, avuga ko Congo n&#8217;u Rwanda bishoboka ko byarwana intambara y&#8217;amasasu nyuma y&#8217;icyo yise amagambo atwika\u201d buri gihe byagaragaye ko ariyo abanziriza imirwano. Perezida Paul Kagame tariki 30 Ugushyingo, ari mu nteko ishingamategeko y\u2019u Rwanda yashinje mugenzi we wa DR Congo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-54161","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umusesenguzi wa politiki mu karere k\u2019ibiyaga bigari mu kigo international crisis group (ICG), Onesphore Sematumba, avuga ko Congo n&#8217;u Rwanda bishoboka ko byarwana intambara y&#8217;amasasu nyuma y&#8217;icyo yise amagambo atwika\u201d buri gihe byagaragaye ko ariyo abanziriza imirwano. Perezida Paul Kagame tariki 30 Ugushyingo, ari mu nteko ishingamategeko y\u2019u Rwanda yashinje mugenzi we wa DR Congo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-12-05T15:01:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54161#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54161\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG\",\"datePublished\":\"2022-12-05T15:01:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54161\"},\"wordCount\":401,\"commentCount\":14,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54161#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54161\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54161\",\"name\":\"U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-12-05T15:01:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54161#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54161\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54161#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG - BWIZA","og_description":"Umusesenguzi wa politiki mu karere k\u2019ibiyaga bigari mu kigo international crisis group (ICG), Onesphore Sematumba, avuga ko Congo n&#8217;u Rwanda bishoboka ko byarwana intambara y&#8217;amasasu nyuma y&#8217;icyo yise amagambo atwika\u201d buri gihe byagaragaye ko ariyo abanziriza imirwano. Perezida Paul Kagame tariki 30 Ugushyingo, ari mu nteko ishingamategeko y\u2019u Rwanda yashinje mugenzi we wa DR Congo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-12-05T15:01:50+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG","datePublished":"2022-12-05T15:01:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161"},"wordCount":401,"commentCount":14,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54161#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161","name":"U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-12-05T15:01:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54161"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54161#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda na Congo bishobora kurwana kuko buri gihe bitangira ari amagambo- Umuryango ICG"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54161","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=54161"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54161\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=54161"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=54161"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=54161"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}