{"id":54282,"date":"2022-12-09T21:26:13","date_gmt":"2022-12-09T21:26:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/12\/09\/rubavu-umurwayi-yapfiriye-mu-kigo-nderabuzima-nyuma-y-umwanya-munini-yabuze\/"},"modified":"2022-12-09T21:26:13","modified_gmt":"2022-12-09T21:26:13","slug":"rubavu-umurwayi-yapfiriye-mu-kigo-nderabuzima-nyuma-y-umwanya-munini-yabuze","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282","title":{"rendered":"Rubavu: Umurwayi yapfiriye mu kigo nderabuzima nyuma y\u2019umwanya munini yabuze uwamufasha"},"content":{"rendered":"<p><strong>Mu kigo nderabuzima cya Gisenyi giherereye mu karere ka Rubavu hapfiriye umurwayi witwa Ntayazi Polisi wari urembye, abari bahari bakavuga ko yari amaze umwanya munini yabuze umuforomo umufasha.<\/strong><\/p>\n<p>Amakuru yageze kuri BWIZA avuga ko uyu musore wavutse mu mwaka w\u20191988 yageze kuri iki kigo nderabuzima mu masaa kumi n\u2019ebyiri y\u2019igitondo cy&#8217;uyu wa 9 Ukuboza 2022, amara amasaha agera kuri atatu ategereje uwamufasha, ariko aramubura kugeza apfuye.<\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/dXdEvV2NC78\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p>Umuturage wari wagiye gusaba serivisi kuri iki kigo nderabuzima, uhamya ko ibyabaye byose yabibonye, yatangaje ati: &#8220;Tuhageze, twahasanze umuhungu. Ni umumotari wamuzanye, amushyira hariya hirya, aryama mu rucaca, abaganga niba bari bagiye mu nama ahantu, abamugezeho mbere baramwegura, bamushyira aho bajya bakingirira, ubona ameze nabi cyane cyane, kuko n\u2019abaganga batambukaga bari kumureba.\u201d<\/p>\n<p>Uyu akomeze agira ati: &#8220;Ubwo habonetse umumama wari uhetse umwana mutoya, aramwiyegamiza, amusaba ko amugurira icyayi, umuhungu avuga ko atagishoboye kuko yari ari kuribwa mu nda. Umuhungu akomeza arigaragura, abaganga baratambuka, nta n\u2019umuganga wigeze amuhereza ubufasha, na Titulaire aratambuka.\u201d<\/p>\n<p>Abagana iki kigo nderabuzima barashinja abaforomo baho uburangare, kuko ngo muri uwo mwanya banze gufasha umwana wari ufite umuriro mwinshi ubwo umubyeyi we yamusabiraga ibinini byo kuwugabanya, banga gufasha umwana warukaga bikabije ndetse n\u2019umugore waribwaga mu mugongo. Umutangabuhamya ati: \u201cNjyewe ibyo byose byabaye mpibereye.\u201d<\/p>\n<p>Amakuru BWIZA yamenye ni uko muri uwo mwanya abaforomo bari mu nama yari iyobowe n\u2019umuyobozi w\u2019ikigo nderabuzima (Titulaire), Mwubahimana Joselyne, bari basize abimenyereza umwuga mu kazi.<\/p>\n<p>Ubuyobozi bw\u2019ibitaro bya Gisenyi bigenzura imikorere y\u2019iki kigo nderabuzima bwatangarije ku rubuga rwa Twitter ko abaforomo batarangaranye uyu murwayi, kuko ngo yapfuye bamaze kumwakira.<\/p>\n<p>Bwagize buti: &#8220;Ntabwo umurwayi yarangaranywe kuko yageze ku Kigo Nderabuzima arembye arakirwa afatirwa ibipimo ndetse anahabwa imiti y&#8217;ibanze.Yahamagarijwe imbangukiragutabara ihageze isanga amaze kwitaba Imana. Umuryango wamenyeshejwe kandi wamaze gutwara umurambo ngo ushyingurwe.\u201d<\/p>\n<p>Umurambo wa Ntayazi wakuwe kuri iki kigo nderabuzima n\u2019umuryango we kugira ngo ujye kuwushyingura. Umwe mu bari bagiye kwivuza avuga ko ari we wawumenyesheje ikibazo akoresheje umurongo wa telefone, nyuma yo kumusaka akabona urupapuro rwanditseho nimero y&#8217;iwabo.<br \/>\n<figure id=\"attachment_54281\" aria-describedby=\"caption-attachment-54281\" style=\"width: 794px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-54281\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png\" alt=\"Umurambo wa nyakwigendera washyirwaga mu modoka\" title=\"Umurambo wa nyakwigendera washyirwaga mu modoka\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"794\" height=\"446\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png 794w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka-300x169.png 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka-768x431.png 768w\" sizes=\"(max-width: 794px) 100vw, 794px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-54281\" class=\"wp-caption-text\">Umurambo wa nyakwigendera washyirwaga mu modoka<\/figcaption><\/figure><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu kigo nderabuzima cya Gisenyi giherereye mu karere ka Rubavu hapfiriye umurwayi witwa Ntayazi Polisi wari urembye, abari bahari bakavuga ko yari amaze umwanya munini yabuze umuforomo umufasha. Amakuru yageze kuri BWIZA avuga ko uyu musore wavutse mu mwaka w\u20191988 yageze kuri iki kigo nderabuzima mu masaa kumi n\u2019ebyiri y\u2019igitondo cy&#8217;uyu wa 9 Ukuboza 2022, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":54281,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-54282","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Umurwayi yapfiriye mu kigo nderabuzima nyuma y\u2019umwanya munini yabuze uwamufasha - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Umurwayi yapfiriye mu kigo nderabuzima nyuma y\u2019umwanya munini yabuze uwamufasha - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu kigo nderabuzima cya Gisenyi giherereye mu karere ka Rubavu hapfiriye umurwayi witwa Ntayazi Polisi wari urembye, abari bahari bakavuga ko yari amaze umwanya munini yabuze umuforomo umufasha. Amakuru yageze kuri BWIZA avuga ko uyu musore wavutse mu mwaka w\u20191988 yageze kuri iki kigo nderabuzima mu masaa kumi n\u2019ebyiri y\u2019igitondo cy&#8217;uyu wa 9 Ukuboza 2022, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-12-09T21:26:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"794\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"446\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Rubavu: Umurwayi yapfiriye mu kigo nderabuzima nyuma y\u2019umwanya munini yabuze uwamufasha\",\"datePublished\":\"2022-12-09T21:26:13+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282\"},\"wordCount\":357,\"commentCount\":10,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/12\\\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png\",\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282\",\"name\":\"Rubavu: Umurwayi yapfiriye mu kigo nderabuzima nyuma y\u2019umwanya munini yabuze uwamufasha - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/12\\\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png\",\"datePublished\":\"2022-12-09T21:26:13+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/12\\\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2022\\\/12\\\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png\",\"width\":794,\"height\":446,\"caption\":\"Umurambo wa nyakwigendera washyirwaga mu modoka\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54282#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Umurwayi yapfiriye mu kigo nderabuzima nyuma y\u2019umwanya munini yabuze uwamufasha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Umurwayi yapfiriye mu kigo nderabuzima nyuma y\u2019umwanya munini yabuze uwamufasha - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Umurwayi yapfiriye mu kigo nderabuzima nyuma y\u2019umwanya munini yabuze uwamufasha - BWIZA","og_description":"Mu kigo nderabuzima cya Gisenyi giherereye mu karere ka Rubavu hapfiriye umurwayi witwa Ntayazi Polisi wari urembye, abari bahari bakavuga ko yari amaze umwanya munini yabuze umuforomo umufasha. Amakuru yageze kuri BWIZA avuga ko uyu musore wavutse mu mwaka w\u20191988 yageze kuri iki kigo nderabuzima mu masaa kumi n\u2019ebyiri y\u2019igitondo cy&#8217;uyu wa 9 Ukuboza 2022, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-12-09T21:26:13+00:00","og_image":[{"width":794,"height":446,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png","type":"image\/png"}],"author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Rubavu: Umurwayi yapfiriye mu kigo nderabuzima nyuma y\u2019umwanya munini yabuze uwamufasha","datePublished":"2022-12-09T21:26:13+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282"},"wordCount":357,"commentCount":10,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png","keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54282#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282","name":"Rubavu: Umurwayi yapfiriye mu kigo nderabuzima nyuma y\u2019umwanya munini yabuze uwamufasha - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png","datePublished":"2022-12-09T21:26:13+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54282"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2022\/12\/umurambo_wa_nyakwigendera_washyirwaga_mu_modoka.png","width":794,"height":446,"caption":"Umurambo wa nyakwigendera washyirwaga mu modoka"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54282#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Umurwayi yapfiriye mu kigo nderabuzima nyuma y\u2019umwanya munini yabuze uwamufasha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54282","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=54282"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54282\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/54281"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=54282"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=54282"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=54282"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}