{"id":54283,"date":"2022-12-10T06:50:00","date_gmt":"2022-12-10T06:50:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/12\/10\/umusore-yibye-frw-miliyoni-ebyiri-i-kinyinya-ahita-akodesha-inzu-i-nduba\/"},"modified":"2022-12-10T06:50:00","modified_gmt":"2022-12-10T06:50:00","slug":"umusore-yibye-frw-miliyoni-ebyiri-i-kinyinya-ahita-akodesha-inzu-i-nduba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283","title":{"rendered":"Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya"},"content":{"rendered":"<p><strong>Polisi y\u2019 u Rwanda ifatanyije n\u2019inzego z\u2019ibanze mu Karere ka Gasabo, ku wa Kane tariki ya 08 Ukuboza, yagaruje amafaranga y\u2019u Rwanda miliyoni 1 n\u2019ibihumbi 600 agize amwe mu mafaranga yari yibwe, hafatwa umusore w\u2019imyaka 29 wari umukozi wo mu rugo rwibwemo ayo mafaranga.<em><\/h2>\n<p>Uwafashwe ni uwitwa Sibomana Aimable, wafatiwe mu mudugudu wa Nyarubande mu Kagari ka Gasanze mu murenge wa Nduba aho bivugwa ko yahise ahungira nyuma yo kwiba shebuja utuye mu murenge wa Kinyinya.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Chief Inspector of Police (CIP) Sylvestre Twajamahoro, yavuze ko yafashwe biturutse ku makuru yatanzwe n\u2019uwibwe nk&#8217;uko urubuga rwa polisi dukesha iyi nkuru rwabitangaje.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8221; Twakiriye telefone y\u2019umuturage utuye mu mudugudu wa Kiya, akagari ka Gacuriro mu murenge wa Kinyinya ku wa Kabiri, avuga ko arebye aho yabikaga amafaranga mu cyumba araramo angana na miliyoni 2 n\u2019ibihumbi 500Frw arayabura akaba acyeka ko yatwawe n\u2019umukozi we wo mu rugo wari wamaze no gutoroka.<\/p>\n<p>Hahise hatangira ibikorwa byo kumushakisha ku bufatanye n\u2019abaturage biza kugaragara ko aherereye mu murenge wa Nduba aho yari yamaze no gukodesha inzu, nibwo abapolisi bagiyeyo, bamusatse basanga mu gikapu cye harimo amafaranga miliyoni 1 n\u2019ibihumbi 600 Frw ahita atabwa muri yombi.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati:\u201dAkimara gufatwa, yiyemereye ko ari ayo yibye umukoresha we, aciye mu idirishya ry\u2019icyumba yararagamo ubwo atari ahari, amwe muri  yo akaba yari yamaze kuyakodeshamo inzu no kugura ibikoresho byo mu nzu birimo matola n\u2019amasafuriya.\u201d<\/p>\n<p>CIP Twajamahoro yashimiye uwibwe watanze amakuru yatumye ucyekwa afatwa, yihanangiriza abantu bose bihesha iby\u2019abandi, kuko ari icyaha gihanwa n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Yasabye abaturage muri rusange kureka kubika amafaranga menshi mu ngo aho batuye ahubwo bakajya bayabika mu bigo by\u2019imari mu rwego rwo kuyarinda kwibwa.<\/p>\n<p>Uwafashwe n\u2019ibyo yafatanywe yashyikirijwe urwego rw\u2019igihugu rw\u2019ubugenzacyaha (RIB) kuri sitasiyo ya Kinyinya kugira ngo hakorwe dosiye izashyikirizwa Ubushinjacyaha.<\/p>\n<p>Ingingo ya 166 mu itegeko riteganya ibyaha n\u2019ibihano muri rusange ivuga ko umuntu wese uhamijwe n\u2019urukiko icyaha cyo kwiba, ahanishwa igifungo kitari munsi y\u2019umwaka umwe (1) ariko kitarenze imyaka ibiri (2) ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda atari munsi ya miliyoni imwe (1.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni ebyiri (2.000.000 FRW), imirimo y\u2019inyungu rusange mu gihe cy\u2019amezi atandatu (6) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.<\/p>\n<p>Mu ngingo ya 167 havuga ko ibihano ku cyaha cyo kwiba byikuba kabiri iyo uwibye yakoresheje guca icyuho, kurira cyangwa yakoresheje igikoresho icyo aricyo cyose gifungura aho utemerewe kwinjira.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019 u Rwanda ifatanyije n\u2019inzego z\u2019ibanze mu Karere ka Gasabo, ku wa Kane tariki ya 08 Ukuboza, yagaruje amafaranga y\u2019u Rwanda miliyoni 1 n\u2019ibihumbi 600 agize amwe mu mafaranga yari yibwe, hafatwa umusore w\u2019imyaka 29 wari umukozi wo mu rugo rwibwemo ayo mafaranga. Uwafashwe ni uwitwa Sibomana Aimable, wafatiwe mu mudugudu wa Nyarubande mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-54283","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019 u Rwanda ifatanyije n\u2019inzego z\u2019ibanze mu Karere ka Gasabo, ku wa Kane tariki ya 08 Ukuboza, yagaruje amafaranga y\u2019u Rwanda miliyoni 1 n\u2019ibihumbi 600 agize amwe mu mafaranga yari yibwe, hafatwa umusore w\u2019imyaka 29 wari umukozi wo mu rugo rwibwemo ayo mafaranga. Uwafashwe ni uwitwa Sibomana Aimable, wafatiwe mu mudugudu wa Nyarubande mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-12-10T06:50:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54283#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54283\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya\",\"datePublished\":\"2022-12-10T06:50:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54283\"},\"wordCount\":411,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54283#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54283\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54283\",\"name\":\"Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-12-10T06:50:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54283#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54283\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54283#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019 u Rwanda ifatanyije n\u2019inzego z\u2019ibanze mu Karere ka Gasabo, ku wa Kane tariki ya 08 Ukuboza, yagaruje amafaranga y\u2019u Rwanda miliyoni 1 n\u2019ibihumbi 600 agize amwe mu mafaranga yari yibwe, hafatwa umusore w\u2019imyaka 29 wari umukozi wo mu rugo rwibwemo ayo mafaranga. Uwafashwe ni uwitwa Sibomana Aimable, wafatiwe mu mudugudu wa Nyarubande mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2022-12-10T06:50:00+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya","datePublished":"2022-12-10T06:50:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283"},"wordCount":411,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54283#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283","name":"Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-12-10T06:50:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54283"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54283#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umusore yibye Frw miliyoni ebyiri i Kinyinya ahita akodesha inzu i Nduba yigurira amasafuriya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54283","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=54283"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54283\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=54283"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=54283"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=54283"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}