{"id":54304,"date":"2022-12-10T12:00:00","date_gmt":"2022-12-10T12:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/12\/10\/ibintu-9-byafasha-ababihirwa-n-imibonano-mpuzabitsina-kongera-kumva-icyanga\/"},"modified":"2022-12-10T12:00:00","modified_gmt":"2022-12-10T12:00:00","slug":"ibintu-9-byafasha-ababihirwa-n-imibonano-mpuzabitsina-kongera-kumva-icyanga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304","title":{"rendered":"Ibintu 9 byafasha ababihirwa n&#8217;imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo"},"content":{"rendered":"<p><strong>Imibonano mpuzabitsina ku bakundana cyangwa abashakanye ni igikorwa cy&#8217;ingenzi cyane, ku buryo kitagenze neza gishobora kuba intandaro w&#8217;isenyuka ry&#8217;umubano mwiza buri umwe aba yifuza ku wundi.<\/strong><\/p>\n<p>Mu bishobora gutuma iki gikorwa kitagenda neza uko bikwiye harimo kuba abashakanye bafite umwana muto, cyangwa se akazi umwe muri bo akora gashobora gutuma ataha ananiwe cyane. <\/p>\n<p>Harimo kandi kuba ubushake ku mugore ahanini bugengwa n\u2019imisemburo afite, bityo ugasanga hari igihe afite ubushake bwinshi nko mu gihe cy\u2019uburumbuke, cyangwa atwite hakaba n\u2019igihe aba nta bushake na mba.<\/p>\n<p>Nubwo bamwe babikosoza kujya ahandi (gucana inyuma) bikaba byakurura ibindi bibazo mu muryango bishobora kuba zimwe mu ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina, hari uburyo bwafasha ababana kuba umwe yaryohera undi mu gihe bari mu gikorwa cy&#8217;abakuze.<\/p>\n<p><strong>Ibintu 9 bituma imibonano mpuzabitsina iryohera abayikora<\/strong><\/p>\n<p><strong>Ahantu hari umwijima<\/strong><\/p>\n<p>Urubuga Umutihealth.com ruvuga ko n&#8217;ubwo kuri bamwe bishimira imibonano iyo bayikoreye ahari urumuri ruhagije ndetse banarebana, nyamara mu gihe imibonano itakibaryohera kuyikorera mu mwijima byongera uburyohe.<\/p>\n<p>Uru rubuga ruvuga ko bizwi ko iyo ibice bimwe by\u2019umubiri bitari gukora (Urugero: amaso) ubwonko busigara bukora cyane. Uko umukorakora atazi ngo ugiye gukora hehe, uko ushakisha umunwa ugiye kumusoma, ibi byose bituma ubwonko burushaho gutekereza ku gikorwa muri kwitegura bityo mukaza kujya kubikora mwese ubushake ari bwose nuko mukaryoherwa.<\/p>\n<p>Niba bidashoboka ko muba ahantu hatari urumuri mushobora kwipfuka udutambaro mu maso, kandi nyuma muzumva bibaryoheye.<\/p>\n<p>Gusa mu gukoranaho mwirinde kwibanda ahantu no kuhatinda kuko iyo uhatinze umubiri uhita ubimenyera, bikaba nk\u2019ibisanzwe<\/p>\n<p><strong>Kuba umwarimu n\u2019umunyeshuri icyarimwe<\/strong><\/p>\n<p>Abantu benshi usanga biyemera bakavuga ko bazi gushimisha abafasha babo ku buryo bwose bushoboka, nyamara burya no mu ba mbere 5 habonekamo uwa nyuma. Rero wikumva ko byose ubizi, gusa nanone ntiwipfobye kuko uko byamera kose hari icyo ushoboye.<\/p>\n<p>Icyo usabwa ni ukuganiriza uwo muri kumwe ku buryo runaka utaragerageza gukora, ubwo wumvise abandi bavuga ko buryoshye, bityo muze gufatanya gufata umwanzuro w\u2019icyo gukora mwacyumvikanyeho.<\/p>\n<p><strong>Kugerageza massage<\/strong><\/p>\n<p>Massage ubusanzwe ni uburyo bwo kunanura ingingo n\u2019imitsi nyamara hari uburyo bumwe buzwi nka erotic massage, aho ituma ubushake bwo gukora imibonano buzamuka. <\/p>\n<p>Iyi massage yibanda ahanini ku myanya ndangagitsina haba ku mugabo n\u2019umugore, amabere ku mugore, mu misaya no mu bitugu ndetse no ku bibero no mu mayasha. Kuko ushobora kuza gukora no mu gitsina imbere ni byiza gukoresha amavuta yabigenewe atarimo peteroli, niyo yaba glycerine isanzwe nta kibazo.<\/p>\n<p>Uko ukora massage kandi ube unamuganiriza utugambo twiza. Iyi massage ikorwa mu buryo bwa caresse gusa nanone ugashyiramo akabaraga gahoro kugirango umubiri ube uruhutse ariko nanone ubushake bwazamutse.<\/p>\n<p><strong>Guhindura imyambarire<\/strong><\/p>\n<p>Ibi ahanini bireba abagore kuko uburyo wambayemo bushobora gukurura umugabo cyangwa bukamwigizayo. Hari abagore bamwe usanga bambara imyambaro ikurura abagabo mu gihe bagiye mu kazi, nuko yagera mu rugo agahita yambara ipantalo cyangwa agakenyera igitenge kugeza bageze mu buriri. Aha rero uba wabicuritse kuko wiyeretse abadakwiye, wihisha ukwiye.<\/p>\n<p>Imyenda ikurura umugabo niyo ukwiye kwambara muri kumwe.<\/p>\n<p>Niba muri mu cyumba, gerageza kwambara ku buryo umugabo ari bukurangarire, niba ari n\u2019ikariso nshya waguze atari azi uyambare yonyine cyangwa uyigere muri kumwe umubaze niba abona ari nziza. Ntabwo azareba iyo kariso gusa ahubwo azaboneraho akanya ko kureba uko uteye, nuko amaso apfumure ikariso arebe ibiri imbere yayo. Bizatuma atangira kwitegura igikorwa hakiri kare.<\/p>\n<p><strong>Kuganira ku bintu bitangaje<\/strong><\/p>\n<p>Kuganira ku bintu byabayeho ariko biteye amatsiko kandi bitangaje bituma uwo muri kumwe atekereza kuri wowe, noneho iyo ikiganiro ugenda ucyerekeza ku mibonano bituma ubwonko bwa mugenzi wawe burushaho gufungukira igikorwa muri kwitegura. <\/p>\n<p>Gusa wirinde kumubwira inkuru zerekeye abantu azi, cyangwa se ngo uvuge ibikwerekeye. Gusa ushobora no gushyiramo amakabyankuru kugirango inkuru irusheho kumukurura.<\/p>\n<p><strong>Gukina udukino<\/strong><\/p>\n<p>Imikino imwe n\u2019imwe ishobora kubafasha kwitegura neza igikorwa. <\/p>\n<p>Umukino w\u2019amakarita ni rumwe mu ngero z\u2019iyo mikino. Mushobora gushyiraho amategeko y\u2019umukino, muti wenda, utsinzwe azajya akuramo umwenda umwe, cyangwa se uti igitego kirajyana no gusomana, gutyo gutyo. <\/p>\n<p>Ntimushobora gukina inshuro zirenze 4 mutaratangira kugira ubushake. Ibi bizatuma na cya kindi ukunda gukorerwa ubona uburyo bwo kugikorerwa bitagoranye nuko ibyishimo bizamuke.<\/p>\n<p><strong>Kuganira ku byerekeye ibitsina<\/strong><\/p>\n<p>Ibi biganiro bamwe bakunze kwita ibishegu, bituma murushaho gutekereza ku bijyanye n\u2019imibonano kandi ikaza kubaryohera. Ushobora gutangira umubwira ibyo ukunda kuri we, uko igitsina cye giteye, uko amabere ye uyakunda, uko yaciye imyeyo, uko azi gusomana, ukuntu yikatishije neza, gutyo gutyo,\u2026<\/p>\n<p>Iyo utabimenyereye usanga bigutonda ndetse bikaba byanagutera isoni ariko uko ugenda ubimenyera usanga nta n\u2019ikiganiro kiryoshye nka byo. Gusa wirinde gukabya cyane ngo unakoreshe imvugo twita iya gishumba, ahubwo ukoreshe amagambo asanzwe kandi amenyerewe.<\/p>\n<p>Unakoreshe amagambo y\u2019imitoma amabere uyite imitemeri, igitsina cy\u2019umugabo ucyite ukundi ushaka, gutyo gutyo.<\/p>\n<p><strong>Kugerageza guhindura uburyo<\/strong><\/p>\n<p>Uburyo imibonano ikorwamo nabwo bugira uruhare mu kuryoha kwayo. Niba hari uburyo mwari mumenyereye noneho muhindure ubundi gusa ni byiza kubanza kubiganiraho. <\/p>\n<p>Mushobora kubikora muhagaze, mwicaye, muryamye mureba hamwe, cyangwa se murebana, umugore hejuru, umugabo hejuru, umugabo apfukamye, n\u2019ubundi bunyuranye mushobora no kwihimbira.<\/p>\n<p><strong>Guhindura ahantu<\/strong><\/p>\n<p>Ibintu byose iyo bibaye bishya, birushaho kuba byiza no kuryoha. <\/p>\n<p>Niba mwari mumenyereye kubikorera mu cyumba muraramo, mushobora gutembera mukaba mwafata icyumba mu icumbi ry\u2019abagenzi, cyangwa mukanasura umuntu w\u2019inshuti, umwe muri mwe abiziranyeho nawe nuko mukabikorera iwe, ariko we yigendeye. <\/p>\n<p>Mbese ahantu namwe mubona ko ari hashyashya kuri mwe. Niyo mwakimukira mu cyumba cy\u2019abashyitsi, mukabikorera se mu gikoni cyangwa mu gashyamba mwizeye umutekano, birushaho kongera uburyohe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imibonano mpuzabitsina ku bakundana cyangwa abashakanye ni igikorwa cy&#8217;ingenzi cyane, ku buryo kitagenze neza gishobora kuba intandaro w&#8217;isenyuka ry&#8217;umubano mwiza buri umwe aba yifuza ku wundi. Mu bishobora gutuma iki gikorwa kitagenda neza uko bikwiye harimo kuba abashakanye bafite umwana muto, cyangwa se akazi umwe muri bo akora gashobora gutuma ataha ananiwe cyane. Harimo kandi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-54304","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibintu 9 byafasha ababihirwa n&#039;imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibintu 9 byafasha ababihirwa n&#039;imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Imibonano mpuzabitsina ku bakundana cyangwa abashakanye ni igikorwa cy&#8217;ingenzi cyane, ku buryo kitagenze neza gishobora kuba intandaro w&#8217;isenyuka ry&#8217;umubano mwiza buri umwe aba yifuza ku wundi. Mu bishobora gutuma iki gikorwa kitagenda neza uko bikwiye harimo kuba abashakanye bafite umwana muto, cyangwa se akazi umwe muri bo akora gashobora gutuma ataha ananiwe cyane. Harimo kandi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-12-10T12:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54304#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54304\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Ibintu 9 byafasha ababihirwa n&#8217;imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo\",\"datePublished\":\"2022-12-10T12:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54304\"},\"wordCount\":879,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54304#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54304\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54304\",\"name\":\"Ibintu 9 byafasha ababihirwa n'imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-12-10T12:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54304#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54304\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54304#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibintu 9 byafasha ababihirwa n&#8217;imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibintu 9 byafasha ababihirwa n'imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibintu 9 byafasha ababihirwa n'imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo - BWIZA","og_description":"Imibonano mpuzabitsina ku bakundana cyangwa abashakanye ni igikorwa cy&#8217;ingenzi cyane, ku buryo kitagenze neza gishobora kuba intandaro w&#8217;isenyuka ry&#8217;umubano mwiza buri umwe aba yifuza ku wundi. Mu bishobora gutuma iki gikorwa kitagenda neza uko bikwiye harimo kuba abashakanye bafite umwana muto, cyangwa se akazi umwe muri bo akora gashobora gutuma ataha ananiwe cyane. Harimo kandi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-12-10T12:00:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Ibintu 9 byafasha ababihirwa n&#8217;imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo","datePublished":"2022-12-10T12:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304"},"wordCount":879,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54304#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304","name":"Ibintu 9 byafasha ababihirwa n'imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-12-10T12:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54304"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54304#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibintu 9 byafasha ababihirwa n&#8217;imibonano mpuzabitsina kongera kumva icyanga cyayo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54304","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=54304"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54304\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=54304"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=54304"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=54304"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}