{"id":5432,"date":"2017-03-18T22:46:43","date_gmt":"2017-03-18T22:46:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/18\/akamaro-ko-gukorakora-umugore-umubiri-wose-mbere-y-imibonano-mpuzabitsina\/"},"modified":"2025-07-01T19:53:46","modified_gmt":"2025-07-01T17:53:46","slug":"akamaro-ko-gukorakora-umugore-umubiri-wose-mbere-y-imibonano-mpuzabitsina","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432","title":{"rendered":"Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y\u2019imibonano mpuzabitsina"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, ntabwo ari byiza ko umugabo aza ahita atera akabariro, ahubwo ni ngombwa ko afata akanya agategura umugore we, akamukorakora umubiri wose, akamusoma ari nako amurata ubwiza.<br \/>\nIbi bimwinjira mu mubiri ku buryo abasha kugera kuri wa munezero udasanzwe amaherezo akarangiza, umugore utateguwe neza mbere hari igihe no kurangiza bimunanira pe.<br \/>\n1.Bimufasha kurangiza neza<br \/>\nKu bagabo ikintu cy\u2019ingenzi bakagombye kwitaho cyane ni uko umugore agera aho yumva uburyohe burenze atari uko bahatirije nkuko bikunze kugenda ku bagabo muri rusange. Biroroha cyane ku bagabo kugira ngo arangize iyo akora imibonano mpuzabitsina kabone niyo yaba adakunda uwo barimo bayikorana. Niyo mpamvu aba agomba gutegura umugore<br \/>\nMu miterere y\u2019abagore siko bameze kuko kugira ngo bibeho bisaba ko umugore yumva ari mu gihe cyiza, agiye kubikorana n\u2019uwo yiyumvamo, kuba yumva ashakwa kandi akunzwe no kuba azi ko uwo bagiye kuryamana afite ubumenyi buhagije bwo kugira ngo aryoherwe.<br \/>\nMugabo aho uri hose, niba mu buriri udashobora guha umukunzi wawe ibyiza nk\u2019ibi maze kuvuga haruguru, ntuzoroherwa no gutuma aryoherwa akaba yanarangiza, ibi kandi bikunze kubyara ibibazo byinshi ntiriwe mvuga. Uku kumufasha kuryoherwa birenze, akaba aribyo bikuraza inshinga nibyo bizatuma abasha kurangiza mu gihe cyose utegereje wihanganye.<br \/>\numugabo, ni byiza guhora wibuka ko gushyira igitsina cyawe mu cy\u2019umugore bitamutera kuba yakumva ubwo buryohe burenze. Ibishobora gukorwa muri iki gihe kugira ngo bigerweho ni byinshi.<\/p>\n<ol start=\"2\">\n<li>kunyara<\/li>\n<\/ol>\n<p>Dukoresheje iyi mvugo kunyara, aribyo kuzana amavangingo k\u2019umugore cyangwa kunyara ku mugore mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, hari abagabo benshi usanga batazi kurangiza k\u2019umugore, ibi ni ibintu 2 bitandukanye.<br \/>\nUmugore ashobora kunyara pe, akazana amavangingo amashuka akayatosa ariko bikarangira atabashije kurangiza [kugera ku ndunduro y\u2019ibishimo].<br \/>\nIyo wateguye umugore neza rero, abasha kuzana aya mavangingo kuko umubiri we uba wumva witeguye umugabo neza, umugabo akajya kwinjiza igitsina cye mu cy\u2019umugore umubobere ari bwose, n\u2019ayo mazi agahita aza nta mananiza.<br \/>\n3. Uko ukorakora umugore niko agenda akwiyumvamo cyane, urukundo rukiyongera, aho yumva agushaka, mbese ni isoko y&#8217;urukundo. Umugabo utagukunda ntabwo yafata igihe ngo agutere karese (caresse) ni ukuza ahita arangiza gahunda ubundi akaryama akigaramira hariya kuko we aba arangije mu minota 2.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>Dore ibice wakwibandaho ukoraho<\/strong><br \/>\nIbi bice bigira ibyiyumviro cyane ku buryo ubikoraho umugore akumva ryohewe cyaneeeee.<\/p>\n<ol>\n<li> <strong> Hagati y\u2019 ibibero byombi :<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Umukirigise , umushimashima , cyangwa umurigase n\u2019 ururimi. Ariko wiride ku murya inzara kuko harababaza cyane.<\/p>\n<ol start=\"2\">\n<li> <strong> Mu ntege :<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Uhamukirigise ,uharigase cyangwa ugasa n\u2019 uhamushinga amenyo buhoro buhoro utagamije kumubabaza ahubwo mu buryo bwa caresse, ukirinda gukoresha imbaraga.<\/p>\n<ol start=\"3\">\n<li> <strong> Amabuno :<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Ushobora kumukorakora ku mabuno , kuyakandakanda, kumukubitaho udushyi dutoduto, kubarigata ku mabuno,kumera nk\u2019 unyunguta amabuno bituma yishima cyane .<\/p>\n<ol start=\"4\">\n<li> <strong> Ku ijosi :<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Kuhamurigata cyangwa ukamera nk\u2019 umushinga utwinyo , ushobora no gukoresha intoki ,umukorakoramu misatsi ye buhoro bohoro ariko ukirinda kuyisandaguza cyane . Iki gice cy\u2019 umubili w\u2019 umugore ni ahantu heza watangirira caresse kuko biragoye ko yakwihagarara ho.<\/p>\n<ol start=\"5\">\n<li> <strong> Amatwi :<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Tangira umwongorera utuntu tw\u2019 urukundo, murigate ku matwi, musome ku matwi , sa n\u2019uyanuguna.<\/p>\n<ol start=\"6\">\n<li> <strong> Ibirenge :<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Abagore benshi bakunda ko abagabo babakorakora munsi y\u2019 ibirenge, ku mano , ku gatsinsino ,hari n\u2019 abanezezwa n\u2019 uko ubarigase ku birenge, utamiye amano ukayanuguna ,cyangwa ugasoma ibirenge bye.Hano wite ku isuku !<\/p>\n<ol start=\"7\">\n<li> <strong> Mu bujana :<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Abagore benshi bashimishwa n\u2019 uko abakunzi babo babasoma mu bujana, sa n\u2019 umushinga amenyo ufata agahu gato gato ariko ku buryo butamubabaza , sa n\u2019 umubyiringira mu bujana gahoro gahoro murebana mu maso umanura uzamura.<\/p>\n<ol start=\"8\">\n<li> <strong> Amabere ( imoko ) :<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Mukorakore ku mabere , sa n\u2019uyakandakanda gahoro gahoro ,rigata ndetse unase n\u2019 uwonka imoko bimutera ibyishimo bidasanzwe .<\/p>\n<ol start=\"9\">\n<li> <strong> Igitsina nyirizina<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Ushobora gukangura rugongo ukoresheje urutoki , ururimi cyangwa byombi binezeza umugore cyane , hari igihe umugore ashobora kuguha igipimo (rhythm) ugenderaho bitewe n\u2019 ibimushimisha . Imbere mu gitsina ( inda ibyara) naho habamo agace kazwi cyane mu guha umugore ibyishimo ndashyikwa iyo umugabo agarageje kugakangura (stimulation) ako gace kirwa G-spot.<\/p>\n<ol start=\"10\">\n<li> <strong> Iminwa (levres ) :<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Abagore benshi bakunda gusomana n\u2019 abagabo mu gihe bitegura gutera akabariro , musome usa n\u2019unuguna iminwa ye (uwo hasi n\u2019 uwo hejuru ),sa n\u2019 urigata iminwa ye ,sa n\u2019 umuruma iminwa ariko buhoro buhoro atababara. Ibyo byose ushobora kubikora ukoresheje ururimi, iminwa yawe cyangwa amenyo yawe.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>Gentille Kamikazi\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, ntabwo ari byiza ko umugabo aza ahita atera akabariro, ahubwo ni ngombwa ko afata akanya agategura umugore we, akamukorakora umubiri wose, akamusoma ari nako amurata ubwiza. Ibi bimwinjira mu mubiri ku buryo abasha kugera kuri wa munezero udasanzwe amaherezo akarangiza, umugore utateguwe neza mbere hari igihe no kurangiza bimunanira pe. 1.Bimufasha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-5432","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, ntabwo ari byiza ko umugabo aza ahita atera akabariro, ahubwo ni ngombwa ko afata akanya agategura umugore we, akamukorakora umubiri wose, akamusoma ari nako amurata ubwiza. Ibi bimwinjira mu mubiri ku buryo abasha kugera kuri wa munezero udasanzwe amaherezo akarangiza, umugore utateguwe neza mbere hari igihe no kurangiza bimunanira pe. 1.Bimufasha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-18T22:46:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-01T17:53:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5432#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5432\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y\u2019imibonano mpuzabitsina\",\"datePublished\":\"2017-03-18T22:46:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5432\"},\"wordCount\":691,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5432#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5432\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5432\",\"name\":\"Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-18T22:46:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5432#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5432\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5432#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y\u2019imibonano mpuzabitsina\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA","og_description":"Mu gihe cy\u2019imibonano mpuzabitsina, ntabwo ari byiza ko umugabo aza ahita atera akabariro, ahubwo ni ngombwa ko afata akanya agategura umugore we, akamukorakora umubiri wose, akamusoma ari nako amurata ubwiza. Ibi bimwinjira mu mubiri ku buryo abasha kugera kuri wa munezero udasanzwe amaherezo akarangiza, umugore utateguwe neza mbere hari igihe no kurangiza bimunanira pe. 1.Bimufasha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-18T22:46:43+00:00","article_modified_time":"2025-07-01T17:53:46+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y\u2019imibonano mpuzabitsina","datePublished":"2017-03-18T22:46:43+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432"},"wordCount":691,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5432#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432","name":"Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y\u2019imibonano mpuzabitsina - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-18T22:46:43+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5432"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5432#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Akamaro ko gukorakora umugore umubiri wose mbere y\u2019imibonano mpuzabitsina"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5432","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5432"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5432\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5432"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5432"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5432"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}