{"id":5443,"date":"2017-03-19T13:49:13","date_gmt":"2017-03-19T13:49:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/19\/bugesera-nta-gikozwe-mu-maguru-mashya-imibiri-ishyinguye-mu-rwibutso\/"},"modified":"2025-02-12T16:53:17","modified_gmt":"2025-02-12T14:53:17","slug":"bugesera-nta-gikozwe-mu-maguru-mashya-imibiri-ishyinguye-mu-rwibutso","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443","title":{"rendered":"Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Urwibutso rwa Jenoside rwo mu ntara y\u2019Uburasirazuba mu karere ka Bugesera rushyinguyemo abasaga ibihumbi 40. Gusa hari impungenge ko mu gihe nta gikozwe, iyi mibiri ishobora kwangirika igashira kuko n&#8217;ubundi byatangiye.<\/em> <\/strong><br \/>\nIri yangirika ry\u2019imiriri ishyinguye muri uru rwibutso rikaba ryaratewe kutitabwaho kwayo, aho ubukonje ndetse n&#8217;ubuhehere bukabije ari bimwe mu biyangiza bityo hakaba hari impungenge ko mu gihe nta gikozwe yakomeza kugenda ikendera kandi ari hamwe mu habitse amateka ya Jenoside muri kariya karere.<br \/>\nIyi mibiri ishyinguye mu rwibutso ubundi rwahoze ari ikiliziya. Gusa iyi kiliziya yari iherereye mu murenge wa Nyamata ikaba yaraje guhindurwa urwibutso guhera ku itariki ya 11 Mata 1994, bitewe n\u2019inzirakarenganze zapfiriye muri icyo kiliziya zishwe n\u2019abari bitwaje intwaro n\u2019abasivili bibasiraga Abatutsi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKT Press dukesha iyi nkuru ivuga ko IBUKA itangaza ko uru rwibutso rwaje kuba urw\u2019amateka y\u2019ubwicanyi bw\u2019indengakamere bwakorewe muri kariya gace, aho rwari rushyinguyemo ababarirwa mu bihumbi 45,308 ariko kugeza ubu imibiri myinshi ikaba yarangiritse ndetse ikaba ishobora no gushira burundu  bityo hakaba hakenewe ubufasha mu guhangana n\u2019iki kibazo.<br \/>\nNi muri urwo rwego, kuri uyu wa Gatandatu, urubyiruko rw\u2019abacitse ku icumu rwibumbiye miryango ya AERG ndetse na GAERG rwasuye uru rwibutso mu bikorwa byo gusukura iyi mibiri ndetse no kurebera hamwe uburyo bwo gukomeza kwishakamo ibisubizo.<br \/>\nRutayisire Jackson, umuyobozi wungirije wa Ibuka mu Karere ka Bugesera yasabye uru rubyiruko gukomeza ibikorwa by\u2019ubutwari ndetse anarusaba kuzagaruka kunoza iki kigokorwa mu gihe gategerejwe kwinjira muri gahunda y\u2019icyunamo mu kwezi gutaha.<br \/>\nYagize ati\u201d abacu twakundaga benshi bashyinguye muri uru rwibutso, niyo mpamvu guhera ku itariki ya 7 Mata hagomba kuba hatunganyijwe mu rwego rwo gukomeza guha agaciro abacu.\u201d<br \/>\nMu mpera z\u2019umwaka washize wa 2016, nibwo Komisiyo y\u2019ighugu ishinzwe Kurwanya Jenocide (CNLG) yatangaje ko hariho gahunda yo gusana inzibutso mu gihugu hose ndetse no kubaka izindi nshyashya zigezweho nk\u2019uko biba biteganywa na Minisiteri ishinzwe imyubakire mu Rwanda, aha kandi CNLG ivugako bateganya kwimurira Imibiri y\u2019Abazize Jenocide yakorewe Abatutsi mu Nzibutso nshyashya zirimo kuzura ndetse n\u2019iziri kumara kuvugururwa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKugeza ubu, mu Rwanda ikibazo cyo gusana inzibutso gisa n\u2019ikitarashyirwa mu bikorwa neza, bitewe no kuba ahanini hari inzibutso zishingiye ku bigo, amashuri n\u2019ibindi bityo ugasanga kuzihuriza hamwe n\u2019izigengwa na leta bitoroshye.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n<a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urwibutso rwa Jenoside rwo mu ntara y\u2019Uburasirazuba mu karere ka Bugesera rushyinguyemo abasaga ibihumbi 40. Gusa hari impungenge ko mu gihe nta gikozwe, iyi mibiri ishobora kwangirika igashira kuko n&#8217;ubundi byatangiye. Iri yangirika ry\u2019imiriri ishyinguye muri uru rwibutso rikaba ryaratewe kutitabwaho kwayo, aho ubukonje ndetse n&#8217;ubuhehere bukabije ari bimwe mu biyangiza bityo hakaba hari impungenge [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5443","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urwibutso rwa Jenoside rwo mu ntara y\u2019Uburasirazuba mu karere ka Bugesera rushyinguyemo abasaga ibihumbi 40. Gusa hari impungenge ko mu gihe nta gikozwe, iyi mibiri ishobora kwangirika igashira kuko n&#8217;ubundi byatangiye. Iri yangirika ry\u2019imiriri ishyinguye muri uru rwibutso rikaba ryaratewe kutitabwaho kwayo, aho ubukonje ndetse n&#8217;ubuhehere bukabije ari bimwe mu biyangiza bityo hakaba hari impungenge [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-19T13:49:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:53:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5443#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5443\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira\",\"datePublished\":\"2017-03-19T13:49:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:53:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5443\"},\"wordCount\":402,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5443#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5443\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5443\",\"name\":\"Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-19T13:49:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:53:17+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5443#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5443\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5443#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira - BWIZA","og_description":"Urwibutso rwa Jenoside rwo mu ntara y\u2019Uburasirazuba mu karere ka Bugesera rushyinguyemo abasaga ibihumbi 40. Gusa hari impungenge ko mu gihe nta gikozwe, iyi mibiri ishobora kwangirika igashira kuko n&#8217;ubundi byatangiye. Iri yangirika ry\u2019imiriri ishyinguye muri uru rwibutso rikaba ryaratewe kutitabwaho kwayo, aho ubukonje ndetse n&#8217;ubuhehere bukabije ari bimwe mu biyangiza bityo hakaba hari impungenge [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-19T13:49:13+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:53:17+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira","datePublished":"2017-03-19T13:49:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:53:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443"},"wordCount":402,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5443#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443","name":"Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-19T13:49:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:53:17+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5443"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5443#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bugesera: Nta gikozwe mu maguru mashya, imibiri ishyinguye mu rwibutso yakwangirika igashira"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5443","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5443"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5443\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5443"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5443"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5443"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}