{"id":54728,"date":"2022-12-24T06:50:00","date_gmt":"2022-12-24T04:50:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=54728"},"modified":"2022-12-24T06:50:00","modified_gmt":"2022-12-24T04:50:00","slug":"kera-kabaye-apr-fc-yavuye-ku-izima-yongera-guha-rugari-abakinnyi-b","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728","title":{"rendered":"Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b&#8217;abanyamahanga"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ikipe ya APR FC yamaze kuva ku izima ku cyemezo cyo kudakinisha abakinnyi b&#8217;abanyamahanga yari imaze imyaka 10 yarafashe, itangaza ko yiteguye kongera kubaha rugari mu gihe cyose yabona itike yo gukina imikino mpuzamahanga.<\/strong><\/p>\n<p>Muri 2012 ni bwo APR FC yafashe icyemezo cyo guhagarika gukinisha abanyamahanga, ishyira imbaraga muri Politiki yo gukinisha abakinnyi b&#8217;Abanyarwanda gusa.<\/p>\n<p>Ni icyemezo iyi kipe y&#8217;Ingabo z&#8217;Igihugu yafashe bijyanye no kuba yaratakarizaga amafaranga menshi ku bakinnyi b&#8217;abanyamahanga, gusa ntibagire umusaruro ufatika bayiha ku ruhando rw&#8217;umugabane wa Afurika.<\/p>\n<p>Mu myaka 10 APR FC imaze ikinisha abakinnyi b&#8217;Abanyarwanda yashoboye kugumana ubushongore n&#8217;ubukaka yamye ifite hano mu Rwanda, gusa inzozi zayo zo kwitwara neza ku ruhando mpuzamahanga ndetse no gufasha ikipe y&#8217;Igihugu &#8216;Amavubi&#8217; kwitwara neza zikomeza gupfuba.<\/p>\n<p>Umuyobozi Mukuru wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yatangaje ko nyuma y&#8217;imyaka 10 iriya kipe ikinisha Abanyarwanda bonyine kuri ubu igihe kigeze ngo yongere ifungurire imiryango abanyamahanga.<\/p>\n<p>Lt Gen Muganga waganiraga n&#8217;ikinyamakuru IGIHE, yavuze ko APR FC izakomeza guha amahirwe Abanyarwanda mu mikino y&#8217;imbere mu gihugu, gusa iyi kipe nanone ikaba yiteguye kongera kwitabaza abanyamahanga mu gihe cyose izaba yabonye itike yo gukina imikino nyafurika.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Ku ruhando rw\u2019Akarere cyangwa urundi tujya guhataniramo twatangiye gutekereza ko igihe cyose tuzashobora kubonera itike idutwara hanze, ntibizatubuza gushakamo amaraso yandi, umuntu umwe cyangwa babiri, tukajyana muri urwo rugamba rwo gushaka kure hashoboka, aho tugarukiye, wa mugani wa ya mvugo ngo \u2018indege ntizima\u2019, aho izajya izimira ubwo izajya izimana n\u2019abanyamahanga bagende, tugaruke nk\u2019Abanyarwanda.&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Nitwongera tukayatsa ikagenda, twongere tubahe \u2018lift\u2019 cyangwa baduhe \u2018lift\u2019 ariko ni twe tubaha \u2018lift\u2019 kuko turi abakoresha. Tujyane muri urwo rugamba, aho duhagarariye bagende, tugaruke kuko twe mu Rwanda twumva politiki yo gukinisha abanyamahanga nka APR, iyo twarayisezereye.&#8221;<\/p>\n<p>Lt Gen Mubarakh Muganga yunzemo ati: &#8220;Mu Rwanda rero turavuga tuti tuzakomeza guha abana b\u2019Abanyarwanda ayo mahirwe, nitujya mu ruhando mpuzamahanga turebe cyane aho umutoza avuga ngo ntabonye uyu n\u2019ubundi turagaruka. Ni uko tumushakishe, nitumubona tumuzane, akine hanze hanyuma dutandukane tugarutse.&#8221;<\/p>\n<p>Umuyobozi wa APR FC ubwo yabazwaga niba bishoboka ko mu mwaka utaha iyi kipe yatangira gukinisha abanyamahanga mu gihe yaba isohokeye u Rwanda, yasabye abakunzi b&#8217;iriya kipe gutangira kurambagiza gusa nanone abasaba kugabanya ibyifuzo byinshi cyane.<\/p>\n<p>Yavuze ko kuri ubu umutoza ari we uzi abakinnyi akeneye, bityo ko ari we ufite ijambo rya nyuma.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ku mutoza sinamuvugira ngo mushake nimero icyenda [rutahizamu], ngo mushake nimero umunani, kuko ibyo ni iby\u2019umutoza. Umutoza rero, umwanya yatubwira ngo uyu ni we ubura, twashakira aho.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikipe ya APR FC yamaze kuva ku izima ku cyemezo cyo kudakinisha abakinnyi b&#8217;abanyamahanga yari imaze imyaka 10 yarafashe, itangaza ko yiteguye kongera kubaha rugari mu gihe cyose yabona itike yo gukina imikino mpuzamahanga. Muri 2012 ni bwo APR FC yafashe icyemezo cyo guhagarika gukinisha abanyamahanga, ishyira imbaraga muri Politiki yo gukinisha abakinnyi b&#8217;Abanyarwanda gusa. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-54728","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b&#039;abanyamahanga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b&#039;abanyamahanga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikipe ya APR FC yamaze kuva ku izima ku cyemezo cyo kudakinisha abakinnyi b&#8217;abanyamahanga yari imaze imyaka 10 yarafashe, itangaza ko yiteguye kongera kubaha rugari mu gihe cyose yabona itike yo gukina imikino mpuzamahanga. Muri 2012 ni bwo APR FC yafashe icyemezo cyo guhagarika gukinisha abanyamahanga, ishyira imbaraga muri Politiki yo gukinisha abakinnyi b&#8217;Abanyarwanda gusa. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-12-24T04:50:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54728#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54728\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b&#8217;abanyamahanga\",\"datePublished\":\"2022-12-24T04:50:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54728\"},\"wordCount\":428,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54728#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54728\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54728\",\"name\":\"Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b'abanyamahanga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-12-24T04:50:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54728#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54728\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=54728#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b&#8217;abanyamahanga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b'abanyamahanga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b'abanyamahanga - BWIZA","og_description":"Ikipe ya APR FC yamaze kuva ku izima ku cyemezo cyo kudakinisha abakinnyi b&#8217;abanyamahanga yari imaze imyaka 10 yarafashe, itangaza ko yiteguye kongera kubaha rugari mu gihe cyose yabona itike yo gukina imikino mpuzamahanga. Muri 2012 ni bwo APR FC yafashe icyemezo cyo guhagarika gukinisha abanyamahanga, ishyira imbaraga muri Politiki yo gukinisha abakinnyi b&#8217;Abanyarwanda gusa. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-12-24T04:50:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b&#8217;abanyamahanga","datePublished":"2022-12-24T04:50:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728"},"wordCount":428,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54728#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728","name":"Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b'abanyamahanga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-12-24T04:50:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=54728"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=54728#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kera kabaye APR FC yavuye ku izima, yongera guha rugari abakinnyi b&#8217;abanyamahanga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54728","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=54728"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/54728\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=54728"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=54728"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=54728"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}