{"id":5478,"date":"2017-03-21T17:08:13","date_gmt":"2017-03-21T17:08:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/21\/zimwe-mu-mpamvu-zituma-abasore-batongera-kureba-irihumye-abakobwa-nyuma-yo\/"},"modified":"2025-07-01T19:53:44","modified_gmt":"2025-07-01T17:53:44","slug":"zimwe-mu-mpamvu-zituma-abasore-batongera-kureba-irihumye-abakobwa-nyuma-yo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478","title":{"rendered":"Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ni kenshi usanga abantu bakundana ariko nyuma bakaza gutandukana. Muri uko gutandukana, hari ubwo usanga byatewe n\u2019impamvu ifatika wenda nk\u2019umwe hari inenge yasanganye undi cyangwa bahararukanywe n\u2019ibindi.<\/em> <\/strong><br \/>\nKu rundi ruhande, hari ubwo abantu bakundana cyangwa bakiyumvanamo bikagaragarira buri wese ariko ntuzamenye uko rwa rukundo cyangwa ka gahararo kazimiriye. Burya akenshi ibi biza nyuma yo kuryamana ndetse umwe yareba undi akumva nta cyo avuze imbere ye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAha turagaruka ku mpamvu zikunze kugaragara ahanini zituma umusore yanga umukobwa nyuma y\u2019uko baryamanye.<br \/>\nAbashakashatsi mu bijyanye n\u2019ubumenyamuntu(psychology) bavuga ko umuntu atakariza icyizere uwo baryamanye mu buryo butemewe n\u2019amategeko ku munsi wa mbere babikoze.<br \/>\nIbi ngo bigaterwa no kuba umwe muri bo aba amaze kugera ku ndunduro y\u2019urukundo cyangwa yumva ashize irari ry\u2019ibyo yashakaga ndetse akenshi akanamwanga bakiri ku buriri nubwo adahita abimubwira.<br \/>\n <strong> <em>Dore zimwe mu mpamvu nyamukuru zitangwa<\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Kuba amaze kugera ku ntego<\/strong><br \/>\nAkenshi abasore bakunda abakobwa bafite intego yo kuryamana na bo gusa. Icyo gihe nta rundi rukundo baba babafitiye uretse kwikundira imiterere ya bo ndetse n\u2019ikimero bityo bareba uko bateye inyuma bakifuza no kumenya imbere uko ateye yambaye ubusa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAha rero impamvu nyamukuru ituma uyu musore yanga umukobwa nyuma yo kuryamana, ni ukuba aba amaze kumubona ubwambure bwe kuko icyo yashakaga aba amaze kukigeraho.<br \/>\n <strong>Imyumvire <\/strong><br \/>\nHari abasore bumva ko umukobwa bakundana iyo amaze kubemerera ko baryamana nta gaciro aba agifite kuko batangira gukeka ko banaryamana n\u2019abandi basore. Aha umusore usanga yibaza ati\u201dniba yemeye ko turyamana ni gute atakwemerera n\u2019abandi?\u2019\u2019<br \/>\nNyamara ibi akenshi abakobwa babyemera kuko baba barabisabwe kenshi n\u2019aba basore baba bita ko ari inshuti zabo kandi bo bakabikora babyita ko bari gutuma urukundo rukomera.<br \/>\n <strong>Kumubonana inenge (nk\u2019umunuko n\u2019ibindi)<\/strong><br \/>\nAbasore bashobora no wanga umukobwa nyuma yo kuryamana na we kuko hari inenge runaka bamusanganye ku mubiri we, uburyo wenda yamwitayeho mu buriri n\u2019ibindi.<br \/>\nAha inenge zishobora gutuma abaryamanye batongera zigaragazwa n\u2019aba bashakashatsi ni nyinshi ariko iziza ku isonga zikaba zishingiye ahanini ku buryo bujyanye no gushimishanya aho umusore aba atanyuzwe bitewe n\u2019uko yisanze ku bo babanje kuryamana.<br \/>\n <strong>Imyitwarire idahwwitse (Gucana inyuma)<\/strong><br \/>\nNubwo hari abakora imibonano mpuzabitsina mu buryo bunyuranyijwe n\u2019amategeko, ntibikuraho ko abaryamana cyangwa bakundana badafuhirana. Icyo gihe iyo umwe amenye ko mugenzi we aryamana n\u2019abandi byanze bikonze bituma batandukana kubera iyo mpamvu.<br \/>\nHari abahungu cyangwa abakobwa bagira ingeso yo gushurashura bityo akumva ko umuntu umwe atamuhagije bitewe n\u2019amaronko akura muri uko kujajaba mu bantu batandukanyije igitsina. Aha kandi, umwe aba abasha kwiyorobeka agahisha ka kageso ariko amaherezo kakazagaragara.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAkenshi rero usanga umwe mu bakundana tabasha kwihanganira bene iyi myitwarire bityo agahitamo gukuramo ake karenge ubudasubiza amaso inyuma. Gusa igitangaje ni uko abantu batandukanye nta kintu gifatika bapfuye bigorana no kongera kubona igifatika kibahua ngo babe bacyiyungiraho bongere bakundane.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"mailto:Gentille@Bwiza.com\">Gentille@Bwiza.com<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ni kenshi usanga abantu bakundana ariko nyuma bakaza gutandukana. Muri uko gutandukana, hari ubwo usanga byatewe n\u2019impamvu ifatika wenda nk\u2019umwe hari inenge yasanganye undi cyangwa bahararukanywe n\u2019ibindi. Ku rundi ruhande, hari ubwo abantu bakundana cyangwa bakiyumvanamo bikagaragarira buri wese ariko ntuzamenye uko rwa rukundo cyangwa ka gahararo kazimiriye. Burya akenshi ibi biza nyuma yo kuryamana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-5478","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ni kenshi usanga abantu bakundana ariko nyuma bakaza gutandukana. Muri uko gutandukana, hari ubwo usanga byatewe n\u2019impamvu ifatika wenda nk\u2019umwe hari inenge yasanganye undi cyangwa bahararukanywe n\u2019ibindi. Ku rundi ruhande, hari ubwo abantu bakundana cyangwa bakiyumvanamo bikagaragarira buri wese ariko ntuzamenye uko rwa rukundo cyangwa ka gahararo kazimiriye. Burya akenshi ibi biza nyuma yo kuryamana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-21T17:08:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-01T17:53:44+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5478#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5478\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana\",\"datePublished\":\"2017-03-21T17:08:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5478\"},\"wordCount\":483,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5478#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5478\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5478\",\"name\":\"Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-21T17:08:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:53:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5478#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5478\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5478#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana - BWIZA","og_description":"Ni kenshi usanga abantu bakundana ariko nyuma bakaza gutandukana. Muri uko gutandukana, hari ubwo usanga byatewe n\u2019impamvu ifatika wenda nk\u2019umwe hari inenge yasanganye undi cyangwa bahararukanywe n\u2019ibindi. Ku rundi ruhande, hari ubwo abantu bakundana cyangwa bakiyumvanamo bikagaragarira buri wese ariko ntuzamenye uko rwa rukundo cyangwa ka gahararo kazimiriye. Burya akenshi ibi biza nyuma yo kuryamana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-21T17:08:13+00:00","article_modified_time":"2025-07-01T17:53:44+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana","datePublished":"2017-03-21T17:08:13+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478"},"wordCount":483,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5478#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478","name":"Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-21T17:08:13+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:53:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5478"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5478#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Zimwe mu mpamvu zituma abasore batongera kureba irihumye abakobwa nyuma yo kuryamana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5478","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5478"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5478\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5478"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5478"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5478"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}