{"id":5479,"date":"2017-03-21T16:36:50","date_gmt":"2017-03-21T16:36:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/21\/urutonde-rw-abahanzikazi-b-abagande-barwanye-inkundura-bapfa-abagabo\/"},"modified":"2025-02-03T01:51:17","modified_gmt":"2025-02-02T23:51:17","slug":"urutonde-rw-abahanzikazi-b-abagande-barwanye-inkundura-bapfa-abagabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479","title":{"rendered":"Urutonde rw\u2019abahanzikazi b\u2019Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Abahanzi muri rusange basanzwe bazwiho  gususurutsa abantu  binyuze mu bihangano byabo bitandukanye  ariko nk\u2019uko babivuga ko nta Ntwari katanyaruka hari igihe usanga  bapfa abagore cyangwa abagabo  bityo bakaba  havuka amakimbirane.<\/strong> <\/em><br \/>\nAkesnhi iyo abahanzi bagiranye amakimbirane  havuka intambara zitandukanye  harimo gutukana babinyujije mu bihangano  ,gutukana imbona nkubone cyangwa se kurwana  byo gufatana mu mashati.Hari igihe aya makimbirane  arangira  babaye abanzi  b\u2019ubuzima bwose  ndetse uhasanga  n\u2019inyungu zabahuzaga zivuyeho cyangwa se amatsinda bahuriragamo agasenyuka.<br \/>\nIkinyamakuru gitangaza inkuru z\u2019imyidagaduro gikorera mu gihugu cya Uganda(Howwe.bz) cyakoze urutonde rw\u2019abahanzikazi  bo muri iki  gihugu barwanye inkundura bapfa abagabo.<br \/>\n <strong>1.Irene Namubiru na Maureen Kabasita<\/strong><br \/>\nIntambara yabo ya mbere yasaga n\u2019urwenya.Bose bari muri Band imwe  ya  Muzika yayoborwaga n\u2019uwitwa Captain Kassami.Yari yabahaye akazi mu rwego rwo kuzamura  Band.Irene  yasanze Maureen muri Band ndetse ari umukunzi wa Kassami ndetse bari barabyaranye umwana umwe.<br \/>\nNyuma  gato Kassami yatangiye  gukururwa n\u2019ikimero  cya Irene ndetse  Maureen aza kumenya ko   bafitanye  umubano wihariye  ari naho intambara yatangiye barahangana.<br \/>\nKubera aya makimbirane byaje kurangira ya Band bari bahuriyemo isenyutse  kubera intambara ikomeye   yabayeho ndetse kugeza n\u2019ubu  baracyarebana ay\u2019ingwe.<br \/>\n <strong>2.Ruth Wanyana na Mariam Ndagire<\/strong><br \/>\nAba bakobwa barwanye bapfa  uwitwa  John ndetse intambara hagati yabo ikaba yaragarutsweho mu  bitangazamakuru bitandukanye muri Uganda.Bagiye bashyira  hanze indirimbo zitukana ubwabo.John yakundanaga nabo  bose , yabatereye inda rimwe .Iyi ni inkuru  itazibagira mu mateka ya muzika mu gihugu  cya Uganda  kuko nta  kandi gashya kugeza n\u2019ubu karabaho.<br \/>\n <strong>3.Jackie Chandiru and Cindy<\/strong><br \/>\nAba bahanzi  bombi babarizwaga mu Itsinda rimwe  bigeze kurwana  bapfurana imisatsi bapfa umugabo.Bari inshuti  magara ndetse babarizwa mu itsinda rimwe.Amakimbiranye yabo yaturutse ku muterankunga mushya  bari babonye.Yaryamanye nabo bombi.Baje kubimenya ubwo Cindy yasezeraga mu tsinda  agahitamo kujya mu biruhuko n\u2019uyu mugabo.Icyo gihe Cindy yifuje ko Chandiru yapfa.Kugeza n\u2019ubu aba bombi  bangana urunuka.<br \/>\n <strong>4.Karitas na  Bebe cool<\/strong><br \/>\nBebecool  na  Karitas  bagiranye  amakimbirane aho yamubuzaga kwegera umugore we Zuena.Bebe cool yashinjaga  Karitas kuba ariwe nyirabayazana wo kwahukana kwa Zuena mu 2000.Zuena  yahukanye avuga ko  arambwiye gucibwa inyuma  no gufatwa n\u2019ikintu kidafite agaciro.Bebe cool  kandi  yagayaga  Karitas  kuba yari inshuti ya Zuena  agashaka kubateranya. Kugeza n\u2019ubu aba bombi ni abanzi  bakomeye.<br \/>\n <strong>5.Catherine Kusasira  na Irene Namubiru<\/strong><br \/>\nIntambara y\u2019aba mbombi yantangiye bibana indirimbo .Irene yashinjaga Catherine  kumwiba indirimbo.Catherine  nawe  yamaze ijoro ryose  adasinziriye kubera iyi ndirimo.Howwe.biz itangaza ko  yamenye amakuru ko  nyuma Catherine yatangiye kwiyegereza  uwari umukunzi wa Irene,Kassim ashaka kumumutwara.Nyuma Irene akaba yaravuze ko agiye guha Catherine isomo ndetse ko yabigezeho.<br \/>\n <strong>6.Juliana Kanyomozi  na Irene Namubiru<\/strong><br \/>\nNamubiru na Juliana baririmbye mu itsinda rimwe ,bari  inshuti magara ndetse  buri wese yari abitse amabanga akomeye ya mugenzi we.Ubwo Umufaransa witwa Morel yatangiraga  kubatera inkunga hatangiye ibihuha  bivuga ko aryamana nabo bombi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNyuma yaho Irene yaje gukurura Morel ibintu bitashimishije na gato Juliana bahita batandukana kandi nabi.Gusa nyuma yaho baje kwiyunga .Ubu bakaba banaganira.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong>Gabriel Habineza\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abahanzi muri rusange basanzwe bazwiho gususurutsa abantu binyuze mu bihangano byabo bitandukanye ariko nk\u2019uko babivuga ko nta Ntwari katanyaruka hari igihe usanga bapfa abagore cyangwa abagabo bityo bakaba havuka amakimbirane. Akesnhi iyo abahanzi bagiranye amakimbirane havuka intambara zitandukanye harimo gutukana babinyujije mu bihangano ,gutukana imbona nkubone cyangwa se kurwana byo gufatana mu mashati.Hari igihe aya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[],"class_list":["post-5479","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Urutonde rw\u2019abahanzikazi b\u2019Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Urutonde rw\u2019abahanzikazi b\u2019Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abahanzi muri rusange basanzwe bazwiho gususurutsa abantu binyuze mu bihangano byabo bitandukanye ariko nk\u2019uko babivuga ko nta Ntwari katanyaruka hari igihe usanga bapfa abagore cyangwa abagabo bityo bakaba havuka amakimbirane. Akesnhi iyo abahanzi bagiranye amakimbirane havuka intambara zitandukanye harimo gutukana babinyujije mu bihangano ,gutukana imbona nkubone cyangwa se kurwana byo gufatana mu mashati.Hari igihe aya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-21T16:36:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:51:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5479#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5479\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Urutonde rw\u2019abahanzikazi b\u2019Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo\",\"datePublished\":\"2017-03-21T16:36:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:51:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5479\"},\"wordCount\":516,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5479#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5479\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5479\",\"name\":\"Urutonde rw\u2019abahanzikazi b\u2019Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-21T16:36:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:51:17+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5479#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5479\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5479#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Urutonde rw\u2019abahanzikazi b\u2019Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Urutonde rw\u2019abahanzikazi b\u2019Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Urutonde rw\u2019abahanzikazi b\u2019Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo - BWIZA","og_description":"Abahanzi muri rusange basanzwe bazwiho gususurutsa abantu binyuze mu bihangano byabo bitandukanye ariko nk\u2019uko babivuga ko nta Ntwari katanyaruka hari igihe usanga bapfa abagore cyangwa abagabo bityo bakaba havuka amakimbirane. Akesnhi iyo abahanzi bagiranye amakimbirane havuka intambara zitandukanye harimo gutukana babinyujije mu bihangano ,gutukana imbona nkubone cyangwa se kurwana byo gufatana mu mashati.Hari igihe aya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-21T16:36:50+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:51:17+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Urutonde rw\u2019abahanzikazi b\u2019Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo","datePublished":"2017-03-21T16:36:50+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:51:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479"},"wordCount":516,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5479#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479","name":"Urutonde rw\u2019abahanzikazi b\u2019Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-21T16:36:50+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:51:17+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5479"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5479#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Urutonde rw\u2019abahanzikazi b\u2019Abagande barwanye inkundura bapfa abagabo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5479","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5479"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5479\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5479"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5479"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5479"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}