{"id":55013,"date":"2023-01-07T09:53:38","date_gmt":"2023-01-07T07:53:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=55013"},"modified":"2023-01-07T09:53:38","modified_gmt":"2023-01-07T07:53:38","slug":"byinshi-ku-ndwara-y-imitezi-iri-mu-zandurira-mu-mibonano-mpuzabitsina","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013","title":{"rendered":"Byinshi ku ndwara y&#8217;imitezi iri mu zandurira mu mibonano mpuzabitsina"},"content":{"rendered":"<p><strong>Imitezi ni imwe mu ndwara akenshi zandurira mu mibonano mpuzabitsina, gusa ubwandu bwayo hari n&#8217;ubwo buturuka ku kuba wagira aho uhurira n\u2019ibyavuye k&#8217;uyirwaye bishobora kuyanduza.<\/strong><\/p>\n<p>Urugero, nk&#8217;umubyeyi hari ubwo ashobora kuyanduza umwana we mu gihe cyo kwibaruka.<\/p>\n<p>Ikigo Centers for disease Prevention (CDC) kivuga ko indwara y&#8217;imitezi ikwirakwira vuba, yemwe igakunda kwibasira abagirana imibonano mpuzabitsina idakingiye n\u2019abantu benshi.<\/p>\n<p>Abantu bari mu kigero cy&#8217;imyaka iri hagati ya 15 na 24 bari mu bo ikunda kwibasira.<\/p>\n<p>Iyi ndwara kandi ku bagabo badakebye (badasiramuye) bashobora kuyandura batanakoze imibonano, kubera kudasukura bihagije igitsina cyabo noneho mikorobi iyitera yahagera ikororoka.<\/p>\n<p><strong>Imitezi iterwa n\u2019iki?<\/strong><\/p>\n<p>Imitezi iterwa na mikorobe yo mu bwoko bwa bagiteri yitwa Neisseria gonorrheae, ikaba ikura ku buryo bworoshye iyo igeze ahari ururenda mu mubiri. Bivuze ko iyi mikorobi ikura cyane iyo igeze mu myanya ndangagitsina y\u2019umugore, mu nkondo y\u2019umura, mu mura, no mu miyoborantanga, ku bagore. <\/p>\n<p>Ku bagabo yororokera cyane mu muyoboro w\u2019inkari, ari naho hanyura amasohoro. Iyi bagiteri kandi ishobora no gukurira mu kanwa ku bakora imibonano mu kanwa, mu kibuno ku baryamana bahuje ibitsina, no mu muhogo.<\/p>\n<p><strong>Imitezi irangwa n\u2019iki?<\/strong><\/p>\n<p>Ntabwo abantu bose banduye iyi ndwara bagaragaza ibimenyetso, ari na yo mpamvu ushobora kuyandura utabizi. <\/p>\n<p>Iyo ibimenyetso bije, biza hagati y\u2019iminsi 2 n\u2019iminsi 10 nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye, gusa bishobora no kuza nyuma y\u2019iminsi 30.<\/p>\n<p>Iyo bije ku bagore no ku bagabo ntibiba bimwe.<\/p>\n<p>Nko ku bagore mu gitsina hasohokamo ibisa n\u2019umweru cyangwa umuhondo umeze nk\u2019uvanzemo icyatsi, kubabara mu kiziba cy\u2019inda, kokerwa cyane iyo uri kunyara, gutukura amaso akazamo n\u2019imirishyi, kuva nk\u2019uri mu mihango kandi atari igihe cyayo no kubyimba ibice by\u2019inyuma by\u2019igitsina.<\/p>\n<p>Ku bagore bayirwaye kandi abaho kuribwa uri gukora imibonano, kokerwa mu muhogo iyo ukora imibonano mu kanwa ndetse no kubyimba mu muhogo.<\/p>\n<p>Ku bagore benshi ibimenyetso biza bidakanganye ku buryo byijyana utanabimenye ko byari ibimenyetso by\u2019indwara.<\/p>\n<p>Ku bagabo ku rundi ruhande mu gitsina hasohokamo ibimeze nk\u2019amashyira bishobora kuba nk\u2019umweru cyangwa umuhondo uvanze n\u2019icyatsi, kokerwa uri kunyara, kubabara no kubyimba ubugabo, kokerwa mu muhogo iyo ukoresha ururimi mu gitsina cy\u2019umugore no kubyimba mu muhogo.<\/p>\n<p>Ku bagabo akenshi ibimenyetso biza hagati y\u2019iminsi 2 na 14 nyuma yo kwandura.<\/p>\n<p><strong>Imitezi isuzumwa ite?<\/strong><\/p>\n<p>Imitezi nyuma yuko ugaragaje ibimenyetso byayo, kwa muganga bazapima ibisohoka mu gitsina. Nibiba ngombwa uzanapimwa ibyo mu kanwa cyangwa mu kibuno niba naho hagaragaza ibimenyetso.<\/p>\n<p>Kuko akenshi uwanduye imitezi ahita anandura chlamydia, na yo bazayipima, bakuvure byose icyarimwe.<\/p>\n<p><strong>Uko imitezi ivurwa<\/strong><\/p>\n<p>Mu kuvura imitezi hifashishwa imiti yo mu bwoko bwa antibiyotike.<\/p>\n<p>Muganga ni we uzagena niba uri buhabwe ibinini cyangwa ugaterwa inshinge. Bizaterwa n\u2019igihe umaze ugaragaje ibimenyetso n\u2019uburyo mikorobe zingana muri wowe, nyuma yo gupima ibizamini.<\/p>\n<p>Bizaba byiza ko uwo mwakoranye imibonano na we avurwa kugira ngo atazongera kukwanduza cyangwa akaba yakwirakwiza indwara mu bandi.<\/p>\n<p>Mu gihe uri gufata imiti y&#8217;imitezi ntiwemerewe gukora imibonano, unayikoze wakoresha agakingirizo.<\/p>\n<p>Ni byiza gufata imiti uko muganga yagutegetse kandi ukayimara. Kuyifata nabi kimwe no kwivura magendu bigira ingaruka zinyuranye haba ku bagabo no ku bagore.<\/p>\n<p>Ku bagore iyo itavuwe neza bishobora guteza kubyimbirwa mu kiziba cy\u2019inda bikaba byatera kwangirika kw\u2019imiyoborantanga, bityo hakaba hazamo n\u2019ubugumba. <\/p>\n<p>Bishobora kandi gutera gutwitira inyuma y\u2019umura, ibi bikaba bigira ingaruka z\u2019uko inda ivamo, yaba itanavuyemo bikaba byatera ikibazo umugore utwite.<\/p>\n<p>Kuyandura atwite bigira ingaruka ku mwana kuko iyo atavuwe neza umwana we arayivukana. Ikindi ni uko byateza gukuramo inda, kubyara umwana udashyitse cyangwa umwana akavukana ubwandu bw\u2019amaraso.<\/p>\n<p>Ku bagabo kutavurwa neza bishobora gutera epididymitis, indwara yo guhora utonekara ubugabo, na byo bikaba byatera ubugumba udafatiranye hakiri kare.<\/p>\n<p>Bishobora kandi gufata kuri porositate bikaba byatera gufungana k\u2019umuyoboro w\u2019inkari bigatera ikibazo cyo kunyara zidasohoka neza.<\/p>\n<p>Imitezi ishobora kwinjira mu maraso no mu ngingo, ibishobora no kuvamo urupfu. Kwandura imitezi kandi bituma kwandura agakoko gatera SIDA byoroha.<\/p>\n<p><strong>Uko wakwirinda imitezi<\/strong><\/p>\n<p>Bijyanye no kuba iyi ndwara yandurira cyane mu mibonano mpuzabitsina, no ngombwa kwimakaza uburyo bwo kwifata, ubudahemuka ndetse n&#8217;agakingirizo. <\/p>\n<p>Ibi bivuze ko niba ukiri ingaragu ari ngombwa kureka gukora imibonano mpuzabitsina. Niba warashatse, reka guca inyuma uwo mwashakanye. Niba bibananiye mwese, mwitabaze agakingirizo.<\/p>\n<p>Ni ngombwa kandi ko umwana wese ukivuka ahabwa umuti wo mu maso wo kumukingira.<\/p>\n<p>Ku bagabo, kwisiramuza ni bumwe mu buryo bwo kugabanya ibyago byo kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina harimo n\u2019imitezi.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imitezi ni imwe mu ndwara akenshi zandurira mu mibonano mpuzabitsina, gusa ubwandu bwayo hari n&#8217;ubwo buturuka ku kuba wagira aho uhurira n\u2019ibyavuye k&#8217;uyirwaye bishobora kuyanduza. Urugero, nk&#8217;umubyeyi hari ubwo ashobora kuyanduza umwana we mu gihe cyo kwibaruka. Ikigo Centers for disease Prevention (CDC) kivuga ko indwara y&#8217;imitezi ikwirakwira vuba, yemwe igakunda kwibasira abagirana imibonano mpuzabitsina [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-55013","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Byinshi ku ndwara y&#039;imitezi iri mu zandurira mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Byinshi ku ndwara y&#039;imitezi iri mu zandurira mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Imitezi ni imwe mu ndwara akenshi zandurira mu mibonano mpuzabitsina, gusa ubwandu bwayo hari n&#8217;ubwo buturuka ku kuba wagira aho uhurira n\u2019ibyavuye k&#8217;uyirwaye bishobora kuyanduza. Urugero, nk&#8217;umubyeyi hari ubwo ashobora kuyanduza umwana we mu gihe cyo kwibaruka. Ikigo Centers for disease Prevention (CDC) kivuga ko indwara y&#8217;imitezi ikwirakwira vuba, yemwe igakunda kwibasira abagirana imibonano mpuzabitsina [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-01-07T07:53:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55013#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55013\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Byinshi ku ndwara y&#8217;imitezi iri mu zandurira mu mibonano mpuzabitsina\",\"datePublished\":\"2023-01-07T07:53:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55013\"},\"wordCount\":731,\"commentCount\":6,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55013#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55013\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55013\",\"name\":\"Byinshi ku ndwara y'imitezi iri mu zandurira mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-01-07T07:53:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55013#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55013\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55013#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Byinshi ku ndwara y&#8217;imitezi iri mu zandurira mu mibonano mpuzabitsina\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Byinshi ku ndwara y'imitezi iri mu zandurira mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Byinshi ku ndwara y'imitezi iri mu zandurira mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA","og_description":"Imitezi ni imwe mu ndwara akenshi zandurira mu mibonano mpuzabitsina, gusa ubwandu bwayo hari n&#8217;ubwo buturuka ku kuba wagira aho uhurira n\u2019ibyavuye k&#8217;uyirwaye bishobora kuyanduza. Urugero, nk&#8217;umubyeyi hari ubwo ashobora kuyanduza umwana we mu gihe cyo kwibaruka. Ikigo Centers for disease Prevention (CDC) kivuga ko indwara y&#8217;imitezi ikwirakwira vuba, yemwe igakunda kwibasira abagirana imibonano mpuzabitsina [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-01-07T07:53:38+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Byinshi ku ndwara y&#8217;imitezi iri mu zandurira mu mibonano mpuzabitsina","datePublished":"2023-01-07T07:53:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013"},"wordCount":731,"commentCount":6,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55013#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013","name":"Byinshi ku ndwara y'imitezi iri mu zandurira mu mibonano mpuzabitsina - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-01-07T07:53:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55013"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55013#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Byinshi ku ndwara y&#8217;imitezi iri mu zandurira mu mibonano mpuzabitsina"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55013","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=55013"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55013\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=55013"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=55013"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=55013"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}