{"id":55085,"date":"2023-01-09T15:40:00","date_gmt":"2023-01-09T13:40:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=55085"},"modified":"2023-01-09T15:40:00","modified_gmt":"2023-01-09T13:40:00","slug":"p-kagame-yihanganishije-abana-bakomerekeye-mu-mpanuka-yo-ku-rebero-abaha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085","title":{"rendered":"P. Kagame yihanganishije abana bakomerekeye mu mpanuka yo ku Rebero, abaha isezerano"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yihanganishije abanyeshuri bakomerekeye mu modoka yari ibatwaye yakoreye impanuka mu mujyi wa Kigali, abasezeranya ko haza gukorwa ibishoboka byose kugira ngo bitabweho uko bikwiye.<\/strong><\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter yavuze ko yamenye iyi mpanuka ahumuriza imiryango ya bariya banyeshuri, abizeza ko Leta ikora ibishoboka byose kugira ngo bose bitabweho uko bikwiye.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Namenye amakuru y\u2019impanuka ya bisi y\u2019ishuri yabereye i Rebero muri iki gitondo. Twifurije gukira vuba abana bose kandi turahumuriza imiryango yabo. Turakora ibishoboka byose kugira ngo abana bari bayirimo bose bitabweho uko bikwiye.&#8221;<\/p>\n<p>Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 09 Mutarama 2023 ni bwo imodoka yo mu bwoko bwa Coaster yari itwaye abanyeshuri biga ku Ishuri rya Path to Success yakoreye impanuka ku i Rebero mu karere ka Kicukiro.<\/p>\n<p>Iyi modoka yakoze impanuka ubwo bariya banyeshuri bari bagiye gutangira amasomo y&#8217;igihembwe cya kabiri.<\/p>\n<p>Umuvugizi w\u2019Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SSP Ren\u00e9 Irere, yavuze ko abana 25, umushoferi n\u2019umwalimu aribo bakomerekeye muri iriya mpanuka.<\/p>\n<p>Abanyeshuri bari batwawe n&#8217;iriya modoka bavuze ko batangiye kumva ko imodoka yagize ikibazo, bageze ahantu hamanuka cyane ku i Rebero igatangira gusa n\u2019izengera mu muhanda. <\/p>\n<p>Imodoka ngo yageze mu masangano y\u2019imihanda ku i Rebero ahari umuhanda umanuka i Gikondo n\u2019undi ukata ujya mu Miduha na Nyamirambo, umushoferi ayikase ngo yerekeze ku ishuri biranga, imanuka epfo mu ishyamba.<\/p>\n<p>SSP Irere yavuze ko &#8220;Nta mwana wahaburiye ubuzima, abakomeretse nabo bajyanywe ku bitaro bitandukanye birimo CHUK, ibitaro bya Nyarugenge ndetse na DMC biri hano mu Karere ka Kicukiro.&#8221;<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Abaganga baratubwira ko kugeza ubu nta bafite ibibazo bikomeye byatuma bahaburira ubuzima, usibye umwe urimo yongerrwa amaraso muri CHUK. Kugeza ubu abakomeretse ni shoferi, ni umwalimu n\u2019abana 25.&#8221;<\/p>\n<p>Umubare w\u2019abana bose bari mu modoka wahise umenyekana, gusa bikekwa ko bari hejuru ya 25 bakomeretse kuko hari ababyeyi bahise batwara abana babo nyuma yo kubona nta kibazo gikomeye bagize, bakabajyana mu ngo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yihanganishije abanyeshuri bakomerekeye mu modoka yari ibatwaye yakoreye impanuka mu mujyi wa Kigali, abasezeranya ko haza gukorwa ibishoboka byose kugira ngo bitabweho uko bikwiye. Umukuru w&#8217;Igihugu abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter yavuze ko yamenye iyi mpanuka ahumuriza imiryango ya bariya banyeshuri, abizeza ko Leta ikora ibishoboka byose kugira ngo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-55085","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>P. Kagame yihanganishije abana bakomerekeye mu mpanuka yo ku Rebero, abaha isezerano - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"P. Kagame yihanganishije abana bakomerekeye mu mpanuka yo ku Rebero, abaha isezerano - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yihanganishije abanyeshuri bakomerekeye mu modoka yari ibatwaye yakoreye impanuka mu mujyi wa Kigali, abasezeranya ko haza gukorwa ibishoboka byose kugira ngo bitabweho uko bikwiye. Umukuru w&#8217;Igihugu abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter yavuze ko yamenye iyi mpanuka ahumuriza imiryango ya bariya banyeshuri, abizeza ko Leta ikora ibishoboka byose kugira ngo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-01-09T13:40:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55085#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55085\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"P. Kagame yihanganishije abana bakomerekeye mu mpanuka yo ku Rebero, abaha isezerano\",\"datePublished\":\"2023-01-09T13:40:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55085\"},\"wordCount\":337,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55085#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55085\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55085\",\"name\":\"P. Kagame yihanganishije abana bakomerekeye mu mpanuka yo ku Rebero, abaha isezerano - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-01-09T13:40:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55085#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55085\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55085#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"P. Kagame yihanganishije abana bakomerekeye mu mpanuka yo ku Rebero, abaha isezerano\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"P. Kagame yihanganishije abana bakomerekeye mu mpanuka yo ku Rebero, abaha isezerano - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"P. Kagame yihanganishije abana bakomerekeye mu mpanuka yo ku Rebero, abaha isezerano - BWIZA","og_description":"Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yihanganishije abanyeshuri bakomerekeye mu modoka yari ibatwaye yakoreye impanuka mu mujyi wa Kigali, abasezeranya ko haza gukorwa ibishoboka byose kugira ngo bitabweho uko bikwiye. Umukuru w&#8217;Igihugu abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter yavuze ko yamenye iyi mpanuka ahumuriza imiryango ya bariya banyeshuri, abizeza ko Leta ikora ibishoboka byose kugira ngo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-01-09T13:40:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"P. Kagame yihanganishije abana bakomerekeye mu mpanuka yo ku Rebero, abaha isezerano","datePublished":"2023-01-09T13:40:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085"},"wordCount":337,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55085#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085","name":"P. Kagame yihanganishije abana bakomerekeye mu mpanuka yo ku Rebero, abaha isezerano - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-01-09T13:40:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55085"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55085#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"P. Kagame yihanganishije abana bakomerekeye mu mpanuka yo ku Rebero, abaha isezerano"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55085","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=55085"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55085\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=55085"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=55085"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=55085"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}