{"id":55303,"date":"2023-01-15T08:26:38","date_gmt":"2023-01-15T06:26:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=55303"},"modified":"2023-01-15T08:26:38","modified_gmt":"2023-01-15T06:26:38","slug":"uncle-austin-yatahuye-ikintu-kidasanzwe-meddy-yakoze-mu-ndirimbo-ye-nshya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303","title":{"rendered":"Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuhanzi Luwano Austin Tosh uzwi nka Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Ngabo Medard uzwi nka Meddy yakoze mu ndirimbo ye \u2018Grateful&#8217; yo gushima Imana yashyize hanze kuri uyu wa 14 Mutarama 2023.<\/strong><\/p>\n<p>Iyi ndirimbo Meddy yashyize hanze nyuma y\u2019igihe kirekire atangaje ko agiye kujya aririmba iziramya n\u2019izihimbaza Imana, imaze kurebwa inshuro zirenga ibihumbi 191 mu masaha 21 imaze ku rubuga rwa YouTube.<\/p>\n<p>Austin uri mu bahanzi bamaze igihe mu muziki w\u2019u Rwanda kandi bahozaho, amaze kureba iyi ndirimbo, yasanze hari ikintu gikomeye Meddy yakoze, na we ubwe ashobora kuba atamenye. Yagize ati: &#8220;Cyakoze bro Meddy, akantu ukoze utazi ka danger ni uko nta stress zo gushaka umukobwa wo kujya muri video uzongera kugira kararenze\u2026\u201d<\/p>\n<p>Uyu muhanzi yagaragaje ko videwo ya Meddy yamufunguye amaso, abona ko bitari ngombwa cyane gushakisha umukobwa wo kwifashisha mu ndirimbo, Ati: &#8220;Bro, mwaduhenze ubwenge kuva kera weee [yongeraho akamenyetso ko guseka]\u201d<\/p>\n<p>Dr Muyombo Thomas uzwi Tom Close na we yemeranyije na Austin koko ko ibyo Meddy yakoze bidasanzwe, kandi ko bitari ngombwa cyane guhangayikishwa no gushaka umukobwa ujya muri videwo y\u2019indirimbo, agira ati: \u201cAkon ni ko kbs (kabisa).\u201d<\/p>\n<p>Meddy yaherukaga gushyira hanze indirimbo tariki ya 20 Nzeri 2021. Yitwa Queen of Sheba, ivuga urukundo rwe n&#8217;umugore we Mimi Mehfira bari bamaze amezi 2 bashakanye.<br \/>\n<figure id=\"attachment_55302\" aria-describedby=\"caption-attachment-55302\" style=\"width: 900px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-55302\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg\" alt=\"Austin (uri ibumoso) abona bitakiri ngombwa ko umuhanzi ahangayikishwa no gushaka umukobwa wo gushyira muri videwo y'indirimbo\" title=\"Austin (uri ibumoso) abona bitakiri ngombwa ko umuhanzi ahangayikishwa no gushaka umukobwa wo gushyira muri videwo y'indirimbo\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"900\" height=\"492\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg 900w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo-300x164.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo-768x420.jpg 768w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo-860x470.jpg 860w\" sizes=\"(max-width: 900px) 100vw, 900px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-55302\" class=\"wp-caption-text\">Austin (uri ibumoso) abona bitakiri ngombwa ko umuhanzi ahangayikishwa no gushaka umukobwa wo gushyira muri videwo y&#8217;indirimbo<\/figcaption><\/figure><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhanzi Luwano Austin Tosh uzwi nka Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Ngabo Medard uzwi nka Meddy yakoze mu ndirimbo ye \u2018Grateful&#8217; yo gushima Imana yashyize hanze kuri uyu wa 14 Mutarama 2023. Iyi ndirimbo Meddy yashyize hanze nyuma y\u2019igihe kirekire atangaje ko agiye kujya aririmba iziramya n\u2019izihimbaza Imana, imaze kurebwa inshuro zirenga ibihumbi 191 mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":55302,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-55303","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhanzi Luwano Austin Tosh uzwi nka Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Ngabo Medard uzwi nka Meddy yakoze mu ndirimbo ye \u2018Grateful&#8217; yo gushima Imana yashyize hanze kuri uyu wa 14 Mutarama 2023. Iyi ndirimbo Meddy yashyize hanze nyuma y\u2019igihe kirekire atangaje ko agiye kujya aririmba iziramya n\u2019izihimbaza Imana, imaze kurebwa inshuro zirenga ibihumbi 191 mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-01-15T06:26:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"900\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"492\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya\",\"datePublished\":\"2023-01-15T06:26:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303\"},\"wordCount\":242,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg\",\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303\",\"name\":\"Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg\",\"datePublished\":\"2023-01-15T06:26:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg\",\"width\":900,\"height\":492,\"caption\":\"Austin (uri ibumoso) abona bitakiri ngombwa ko umuhanzi ahangayikishwa no gushaka umukobwa wo gushyira muri videwo y'indirimbo\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55303#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya - BWIZA","og_description":"Umuhanzi Luwano Austin Tosh uzwi nka Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Ngabo Medard uzwi nka Meddy yakoze mu ndirimbo ye \u2018Grateful&#8217; yo gushima Imana yashyize hanze kuri uyu wa 14 Mutarama 2023. Iyi ndirimbo Meddy yashyize hanze nyuma y\u2019igihe kirekire atangaje ko agiye kujya aririmba iziramya n\u2019izihimbaza Imana, imaze kurebwa inshuro zirenga ibihumbi 191 mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-01-15T06:26:38+00:00","og_image":[{"width":900,"height":492,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya","datePublished":"2023-01-15T06:26:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303"},"wordCount":242,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg","keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55303#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303","name":"Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg","datePublished":"2023-01-15T06:26:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55303"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/austin_uri_ibumoso_abona_bitakiri_ngombwa_ko_umuhanzi_ahangayikishwa_no_gushaka_umukobwa_wo_gushyira_muri_videwo_y_indirimbo.jpg","width":900,"height":492,"caption":"Austin (uri ibumoso) abona bitakiri ngombwa ko umuhanzi ahangayikishwa no gushaka umukobwa wo gushyira muri videwo y'indirimbo"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55303#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uncle Austin yatahuye ikintu kidasanzwe Meddy yakoze mu ndirimbo ye nshya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55303","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=55303"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55303\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/55302"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=55303"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=55303"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=55303"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}