{"id":55368,"date":"2023-01-17T09:43:14","date_gmt":"2023-01-17T07:43:14","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=55368"},"modified":"2023-01-17T09:43:14","modified_gmt":"2023-01-17T07:43:14","slug":"rra-yemeye-guhara-frw-miliyari-27-mu-rwego-rwo-kugabanyiriza-abasora-umutwaro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368","title":{"rendered":"RRA yemeye guhara Frw miliyari 27 mu rwego rwo kugabanyiriza abasora umutwaro"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Imisoro n&#8217;Amahooro (RRA), kiri gukora amavugurura yerekeye koroshya ibipimo by&#8217;imisoro mu Rwanda azasiga muri uyu mwaka wa 2023 gitakaje Frw miliyari 27 ugereranyije n&#8217;amafaranga cyinjizaga mu misoro.<\/strong><\/p>\n<p>RRA yatangiye aya mavugurura, nyuma y&#8217;igihe Abanyarwanda bijujutira imisoro ihanitse mu Rwanda.<\/p>\n<p>Ni ikibazo cyanahagurukije Perezida Paul Kagame, mu minsi ishize asaba inzego bireba kukivugutira umuti.<\/p>\n<p>Muri uku kwezi ubwo Umukuru w&#8217;Igihugu yakiraga indahiro ya Perezida wa Sena, Dr Kalinda Fran\u00e7ois Xavier, yavuze ko kuremereza imisoro atari byo byatuma haboneka myinshi.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Imisoro impamvu yayo cyangwa n\u2019icyo tuyikeneraho, ibyo ntabwo ari ikibazo na busa. Ngira ngo birumvikana ni yo mpamvu n\u2019abantu batanga imisoro uko bimeze kose. Sinibwira ko icyo kibazo tugifite cy\u2019imyumvire, ahubwo uburyo bw\u2019inyoroshyo.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: &#8220;Ntabwo bivuze ko kuremereza imisoro ari byo biguha imisoro myinshi. Kandi hari ababishinzwe, hari ababizi bashobora kubyiga bakaduha uburyo twashaka igisubizo kuri ibyo ngibyo tudafite n\u2019icyo dutakaje.&#8221;<\/p>\n<p>U Rwanda kuri ubu ni kimwe mu bihugu abacuruzi bavuga ko bakwa imisoro myinshi cyangwa iri hejuru. Urugero nk\u2019umusoro ku nyongeragaciro (TVA), u Rwanda rusaba umusoro wa 18 % kimwe n\u2019ibindi bihugu nk\u2019u Burundi, Tanzania na Uganda. Muri Kenya ho uwo musoro ni 16 % ari nacyo gihugu kiri hasi.<\/p>\n<p>Icyakora n&#8217;ubwo umusoro waba ungana n\u2019indi, biterwa n\u2019ubukungu bw\u2019igihugu, amikoro yo guhaha mu baturage, ingano y\u2019ibyo umucuruzi acuruza, uko arangura n\u2019ibindi.<\/p>\n<p>Komisero Mukuru wa RRA, Pascal Bizimana Ruganintwali, yatangaje ko kuri ubu kiriya kigo cyemeye guhara imisoro y&#8217;abarirwa muri Frw miliyari 27 mu rwego rwo koroshya uriya muzigo.<\/p>\n<p>Ruganintwali wari mu kiganiro Imboni cya Televiziyo y&#8217;u Rwanda, yavuze ko mu byo RRA igiye gusuzuma harimo ibipimo by&#8217;imisoro mu rwego rwo kubyoroshya.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Harageze ko tureba ku Isi tugereranyije n&#8217;uko ahandi bimeze,  twige ku misoro yaba iyo ku butaka, iyo ku mutungo utimukanwa, kuri Corporal Tax, TVA; muri make turebe imisoro yose icyahinduka.&#8221;<\/p>\n<p>Komiseri wa RRA avuga ko kuri ubu kiriya kigo cy&#8217;amaze kohereza amatsinda y&#8217;abakozi bacyo hirya no hino mu gihugu mu rwego rwo gusuzuma Politiki ijyanye n&#8217;imisoro, hanyuma izindi mpinduka zikazatangazwa nyuma.<\/p>\n<p>Yakoze kandi mu mavugurura Rwanda Revenue Authority iri gukora harimo na gahunda yo kongera umubare w&#8217;abasora, bijyanye no kuba hari abasora bavunika cyane.<\/p>\n<p>Komiseri wa RRA yavuze ko kuri ubu mu Rwanda hari abasora babarirwa mu 3,00,000 barimo 378 bavunika kurusha abandi bijyanye no kuba bishyura 58% by&#8217;umusoro igihugu kinjiza buri mwaka.<\/p>\n<p>Yavuze ko hari abandi basora baciriritse 845 bishyura 12% by&#8217;umusoro, hanyuma abandi benshi basigaye bakaba bishyura 30% konyine.<\/p>\n<p>Ku bwa Ruganintwali, igihe kirageze kugira ngo muri bariya basora 300,000 hajonjorwemo abakwiye gutanga imisoro irimo TVA basa n&#8217;abihishe mu rwego rwo kuzamura ubukungu bw&#8217;igihugu.<\/p>\n<p>Yavuze kandi ko hari abandi bantu bakora ubucuruzi RRA yamaze gufatira ingamba kugira ngo bajye batanga umusoro, barimo nk&#8217;ababukora bifashishije internet.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Imisoro n&#8217;Amahooro (RRA), kiri gukora amavugurura yerekeye koroshya ibipimo by&#8217;imisoro mu Rwanda azasiga muri uyu mwaka wa 2023 gitakaje Frw miliyari 27 ugereranyije n&#8217;amafaranga cyinjizaga mu misoro. RRA yatangiye aya mavugurura, nyuma y&#8217;igihe Abanyarwanda bijujutira imisoro ihanitse mu Rwanda. Ni ikibazo cyanahagurukije Perezida Paul Kagame, mu minsi ishize asaba inzego bireba kukivugutira umuti. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-55368","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>RRA yemeye guhara Frw miliyari 27 mu rwego rwo kugabanyiriza abasora umutwaro - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RRA yemeye guhara Frw miliyari 27 mu rwego rwo kugabanyiriza abasora umutwaro - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Imisoro n&#8217;Amahooro (RRA), kiri gukora amavugurura yerekeye koroshya ibipimo by&#8217;imisoro mu Rwanda azasiga muri uyu mwaka wa 2023 gitakaje Frw miliyari 27 ugereranyije n&#8217;amafaranga cyinjizaga mu misoro. RRA yatangiye aya mavugurura, nyuma y&#8217;igihe Abanyarwanda bijujutira imisoro ihanitse mu Rwanda. Ni ikibazo cyanahagurukije Perezida Paul Kagame, mu minsi ishize asaba inzego bireba kukivugutira umuti. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-01-17T07:43:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55368#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55368\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"RRA yemeye guhara Frw miliyari 27 mu rwego rwo kugabanyiriza abasora umutwaro\",\"datePublished\":\"2023-01-17T07:43:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55368\"},\"wordCount\":476,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55368#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55368\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55368\",\"name\":\"RRA yemeye guhara Frw miliyari 27 mu rwego rwo kugabanyiriza abasora umutwaro - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-01-17T07:43:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55368#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55368\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55368#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RRA yemeye guhara Frw miliyari 27 mu rwego rwo kugabanyiriza abasora umutwaro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RRA yemeye guhara Frw miliyari 27 mu rwego rwo kugabanyiriza abasora umutwaro - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RRA yemeye guhara Frw miliyari 27 mu rwego rwo kugabanyiriza abasora umutwaro - BWIZA","og_description":"Ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;Imisoro n&#8217;Amahooro (RRA), kiri gukora amavugurura yerekeye koroshya ibipimo by&#8217;imisoro mu Rwanda azasiga muri uyu mwaka wa 2023 gitakaje Frw miliyari 27 ugereranyije n&#8217;amafaranga cyinjizaga mu misoro. RRA yatangiye aya mavugurura, nyuma y&#8217;igihe Abanyarwanda bijujutira imisoro ihanitse mu Rwanda. Ni ikibazo cyanahagurukije Perezida Paul Kagame, mu minsi ishize asaba inzego bireba kukivugutira umuti. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-01-17T07:43:14+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"RRA yemeye guhara Frw miliyari 27 mu rwego rwo kugabanyiriza abasora umutwaro","datePublished":"2023-01-17T07:43:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368"},"wordCount":476,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55368#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368","name":"RRA yemeye guhara Frw miliyari 27 mu rwego rwo kugabanyiriza abasora umutwaro - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-01-17T07:43:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55368"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55368#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RRA yemeye guhara Frw miliyari 27 mu rwego rwo kugabanyiriza abasora umutwaro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55368","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=55368"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55368\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=55368"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=55368"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=55368"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}