{"id":55417,"date":"2023-01-19T10:40:08","date_gmt":"2023-01-19T08:40:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=55417"},"modified":"2023-01-19T10:40:08","modified_gmt":"2023-01-19T08:40:08","slug":"nkundabanyanga-wagizwe-umwere-ku-byaha-bya-jenoside-arashinja-karangwa-charles","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417","title":{"rendered":"Nkundabanyanga wagizwe umwere ku byaha bya jenoside arashinja Karangwa Charles kumushinyagurira"},"content":{"rendered":"<p><strong>Nkundabanyanga Eugenie wagizwe umwere n\u2019urukiko rukuru muri Gashyantare 2022 ku byaha bya jenoside yakorewe Abatutsi, arashinja uwitwa Karangwa Charles ubarizwa mu karere ka Kicukiro kumushinyagurira.<\/strong><\/p>\n<p>Uyu mukecuru w\u2019imyaka 82 y\u2019amavuko yumvikanye cyane mu binyamakuru mu mwaka ushize, ubwo ubushinjacyaha bwemezaga ko ari we &#8216;Nyirankundabanyanga&#8217; wakatiwe n\u2019Urukiko Gacaca igifungo cy\u2019imyaka 30, agatoroka ubutabera.<\/p>\n<p>Yarafunzwe, ariko nyuma arafungurwa hashingiwe ku cyemezo cy\u2019urukiko rwasanze atari we Nyirankundabanyanga, asobanura ko intandaro yo kuregwa ari amakimbirane ashingiye ku isambu apfa na Karangwa iherereye mu murenge wa Gatenga ifite agaciro k\u2019amafaranga miliyoni 100.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa 18 Mutarama 2023, Nkundabanyanga yasubiye mu rukiko rukuru, aho Karangwa yamureze hamwe n&#8217;abandi barimo uwahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Byumba, uwari umupolisi n\u2019umunyamategeko, abashinja gukora inyandiko mpimbano no guhindura umwirondoro; dosiye ifitanye isano n\u2019urubanza rwabanje.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko byatangajwe na Ukwezi TV, Karangwa yumvikanye avuga ko Birushyabagabo wari umugabo wa Nkundabanyanga akiriho, ariko ngo uwari Gitifu wa Byumba yasohoye icyemezo cyemeza ko yapfuye (Death Certificate), gusa abajijwe niba azi aho aherereye ngo amurange, yasubije ko atabishinzwe.<\/p>\n<p>Nkundabanyanga yavuze ko Karangwa yamukoze mu mabere ubwo yahamirizaga mu rukiko ko Birushyabagabo akiriho. Ati: &#8220;Karangwa akaba noneho yankoze mu mabere, neza neza akaba yanyeretse ko amfite mu gipfunsi cye. Yavuze ko nahunze n\u2019abana banjye, n\u2019umugabo wanjye, akaba ari njye ngaruka njyenyine, ntazi yuko umugabo wanjye yapfuye. Yahambwe n\u2019abavandimwe, barabajijwe na RIB, barahari.&#8221;<\/p>\n<p>Umukobwa wa Nkundabanyanga na we wari witabiriye uru rubanza, aremeza ko se yapfiriye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ati: &#8220;Ibyo turi gukorerwa byose ni agashinyaguro. Papa wanjye yapfuye tukigera muri Congo. N\u2019ubu Karangwa uyu munsi yavuze ko Papa wacu ariho. Ese iryo jambo kuba arivuga abona twebwe tudakomereka? Ese Papa yishe nde? Mama yishe nde?\u201d<\/p>\n<p>Karangwa aracyahamya ko Nkundabanyanga ari we Nyirakundabanyanga, akemeza ko yakoze jenoside, ndetse yasabye ubushinjacyaha kujuririra icyemezo cy\u2019urukiko rukuru. Urubanza ruteganyijwe tariki ya 2 Gashyantare 2023, mu rukiko rukuru, urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n\u2019ibyambukiranya imipaka ruherereye i Nyanza.<\/p>\n<p>Umuryango wa Nkundabanyanga urahamya ko uwasaba Karangwa kuvuga amazina y&#8217;abantu avuga ko bishwe n&#8217;uyu mukecuru muri jenoside yakorewe Abatutsi atababona, ukemeza ko icyo yimirije imbere ari iyi sambu yaba ashaka kuwuhuguza, yifashishije izi manza.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nkundabanyanga Eugenie wagizwe umwere n\u2019urukiko rukuru muri Gashyantare 2022 ku byaha bya jenoside yakorewe Abatutsi, arashinja uwitwa Karangwa Charles ubarizwa mu karere ka Kicukiro kumushinyagurira. Uyu mukecuru w\u2019imyaka 82 y\u2019amavuko yumvikanye cyane mu binyamakuru mu mwaka ushize, ubwo ubushinjacyaha bwemezaga ko ari we &#8216;Nyirankundabanyanga&#8217; wakatiwe n\u2019Urukiko Gacaca igifungo cy\u2019imyaka 30, agatoroka ubutabera. Yarafunzwe, ariko nyuma [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[50],"tags":[126],"class_list":["post-55417","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ubutabera","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nkundabanyanga wagizwe umwere ku byaha bya jenoside arashinja Karangwa Charles kumushinyagurira - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nkundabanyanga wagizwe umwere ku byaha bya jenoside arashinja Karangwa Charles kumushinyagurira - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nkundabanyanga Eugenie wagizwe umwere n\u2019urukiko rukuru muri Gashyantare 2022 ku byaha bya jenoside yakorewe Abatutsi, arashinja uwitwa Karangwa Charles ubarizwa mu karere ka Kicukiro kumushinyagurira. Uyu mukecuru w\u2019imyaka 82 y\u2019amavuko yumvikanye cyane mu binyamakuru mu mwaka ushize, ubwo ubushinjacyaha bwemezaga ko ari we &#8216;Nyirankundabanyanga&#8217; wakatiwe n\u2019Urukiko Gacaca igifungo cy\u2019imyaka 30, agatoroka ubutabera. Yarafunzwe, ariko nyuma [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-01-19T08:40:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55417#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55417\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Nkundabanyanga wagizwe umwere ku byaha bya jenoside arashinja Karangwa Charles kumushinyagurira\",\"datePublished\":\"2023-01-19T08:40:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55417\"},\"wordCount\":368,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"ubutabera\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55417#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55417\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55417\",\"name\":\"Nkundabanyanga wagizwe umwere ku byaha bya jenoside arashinja Karangwa Charles kumushinyagurira - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-01-19T08:40:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55417#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55417\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55417#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nkundabanyanga wagizwe umwere ku byaha bya jenoside arashinja Karangwa Charles kumushinyagurira\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nkundabanyanga wagizwe umwere ku byaha bya jenoside arashinja Karangwa Charles kumushinyagurira - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nkundabanyanga wagizwe umwere ku byaha bya jenoside arashinja Karangwa Charles kumushinyagurira - BWIZA","og_description":"Nkundabanyanga Eugenie wagizwe umwere n\u2019urukiko rukuru muri Gashyantare 2022 ku byaha bya jenoside yakorewe Abatutsi, arashinja uwitwa Karangwa Charles ubarizwa mu karere ka Kicukiro kumushinyagurira. Uyu mukecuru w\u2019imyaka 82 y\u2019amavuko yumvikanye cyane mu binyamakuru mu mwaka ushize, ubwo ubushinjacyaha bwemezaga ko ari we &#8216;Nyirankundabanyanga&#8217; wakatiwe n\u2019Urukiko Gacaca igifungo cy\u2019imyaka 30, agatoroka ubutabera. Yarafunzwe, ariko nyuma [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-01-19T08:40:08+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Nkundabanyanga wagizwe umwere ku byaha bya jenoside arashinja Karangwa Charles kumushinyagurira","datePublished":"2023-01-19T08:40:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417"},"wordCount":368,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["ubutabera"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55417#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417","name":"Nkundabanyanga wagizwe umwere ku byaha bya jenoside arashinja Karangwa Charles kumushinyagurira - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-01-19T08:40:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55417"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55417#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nkundabanyanga wagizwe umwere ku byaha bya jenoside arashinja Karangwa Charles kumushinyagurira"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55417","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=55417"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55417\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=55417"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=55417"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=55417"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}