{"id":5546,"date":"2017-03-26T10:19:43","date_gmt":"2017-03-26T10:19:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/26\/nyarugenge-abaturage-basabwe-gufatanya-na-polisi-kurwanya-ibiyobyabwenge\/"},"modified":"2025-02-12T16:51:54","modified_gmt":"2025-02-12T14:51:54","slug":"nyarugenge-abaturage-basabwe-gufatanya-na-polisi-kurwanya-ibiyobyabwenge","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546","title":{"rendered":"Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge"},"content":{"rendered":"<div>\nKu itariki ya 25 Werurwe, abaturage b\u2019umurenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge basabwe gufatanya na Polisi y\u2019u Rwanda ndetse n\u2019izindi nzego kurwanya ibiyobyabwenge kuko bigira ingaruka mbi ku mibereho yabo n\u2019iterambere ry\u2019imiryango yabo. Ubu butumwa bwahawe abo mu kagari ka Rwampara n\u2019imidugudu ituranye nako bagera ku bihumbi 3 nyuma y\u2019igikorwa cy\u2019umuganda ngarukakwezi, aho by\u2019umwihariko bagejejweho ubutumwa bwo gukumira ibiyobyabwenge.\n<\/div>\n<div>\nUyu muganda wahuriwemo n\u2019inzego zitandukanye zirimo iz\u2019ibanze, inzego z\u2019umutekano,  urubyiruko rw\u2019abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha, abagize itsinda ry\u2019abahanzi batandukanye barimo ab\u2019indirimbo, amakinamico, abashinzwe gususurutsa ibirori binyuranye, abanyamakuru,  n\u2019abandi;   bose bakaba ari ba ambasaderi ba  Polisi y\u2019u Rwanda mu kurwanya no gukumira ibyaha.<br \/>\nUbwo yagezaga ijambo rye ku bitabiriye uwo muganda, umuyobozi w\u2019akarere ka Nyarugenge Madamu Kayisime Nzaramba, yavuze ko bishoboka ko abakoresha ibiyobyabwenge n\u2019ababicuruza babireka kuko nta nyungu bakuramo. Yagize ati:\u201d ubuyobozi bw\u2019igihugu cyacu bwashyizeho gahunda nziza kandi nyinshi zifasha abaturage kwiteza imbere mu buryo butandukanye. Nta mpamvu rero n\u2019imwe yatuma abantu bishora mu biyobyabwenge kuko bibagiraho ingaruka nyinshi zirimo igifungo mu gihe bafatiwe mu byaha bitandukanye birimo gukubita no gukomeretsa, ihohoterwa rishingiye ku gitsina n\u2019ibindi\u201d.\n<\/div>\n<div>\nUmuyobozi w\u2019akarere ka Nyarugenge yasabye ko ubukangurambaga bwo kurwanya ibiyobyabwenge bwagera kuri buri muturage bityo bigafasha buri wese kujya atanga amakuru mu rwego rwo kubirwanya. By\u2019umwihariko yasabye abagore kugira uruhare mu kubirwanya, agaya bamwe muri bo bagiye babifatirwamo mu bihe byashize muri aka karere asaba buri wese kutabyishoramo.<br \/>\nUmuyobozi w\u2019ishami rya Polisi y\u2019u Rwanda rishinzwe imikoranire myiza n\u2019ubufatanye hagati ya Polisi y\u2019u Rwanda , abaturage n\u2019izindi nzego Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa, yagarutse ku bubi bw\u2019ibiyobyabwenge cyane cyane urumogi agira ati:\u201d umuntu ubinywa usanga yaracitse intege  ndetse ugasanga bimugiraho ingaruka zo kwandura indwara zitandukanye zirimo  icyorezo cya Sida\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]\n<\/div>\n<div>\nYakomeje avuga  kandi ko  n\u2019igihugu kibihomberamo kuko abishora mu biyobyabwenge iyo bafashwe bafungwa, bityo imiryango yabo ikahagirira ingorane ndetse n\u2019igihugu kikabatakazaho byinshi birimo no kubatunga kandi badakora.<br \/>\nACP Twahirwa yakomeje avuga ko mu gukemura icyo kibazo, Polisi y\u2019u Rwanda yafashe ingamba zitandukanye zirimo gukomeza kongera ubukangurambaga mu nzego zose n\u2019abaturage bugamije kwirinda ibiyobyabwenge, gushyiraho imirongo ya terefone zitishyurwa abaturage batangaho amakuru yo kubirwanya, gukoresha itangazamakuru n\u2019imbuga nkoranyambaga hanyuzwamo ubutumwa bwo kurwanya ibiyobyabwenge n\u2019ibindi.\n<\/div>\n<div>\nYasabye abakibikoresha kubireka kuko nk\u2019uko yasoje abivuga, abazavunira ibiti mu matwi bakanga kureka ibiyobyabwenge Polisi izakomeza kubafata ndetse ikabashyikiriza ubutabera.<br \/>\nUmwe mu bahanzi wari witabiriye icyo gikorwa witwa Muyombo Thomas uzwi ku izina ry\u2019ubuhanzi rya Tom Close yavuze ko nk\u2019abahanzi basanze ibihangano byabo bigera ku baturage benshi.<br \/>\nYagize ati:\u201d twifuza ko bakomeza  kudushyigikira.  Ariko ko mu gihe nta buzima buzira umuze bamwe mu bafana bacu bafite nta cyo byaba bimaze. Niyo mpamvu rero twiyemeje natwe gutanga umusanzu wo kwirinda ibiyobyabwenge no gufatanya na Polisi dusaba abaturage kutabyishoramo, ubutumwa bukanyura mu bihangano byacu\u201d.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <strong> <em>@Bwiza.com<\/em> <\/strong>\n<\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku itariki ya 25 Werurwe, abaturage b\u2019umurenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge basabwe gufatanya na Polisi y\u2019u Rwanda ndetse n\u2019izindi nzego kurwanya ibiyobyabwenge kuko bigira ingaruka mbi ku mibereho yabo n\u2019iterambere ry\u2019imiryango yabo. Ubu butumwa bwahawe abo mu kagari ka Rwampara n\u2019imidugudu ituranye nako bagera ku bihumbi 3 nyuma y\u2019igikorwa cy\u2019umuganda ngarukakwezi, aho by\u2019umwihariko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5546","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku itariki ya 25 Werurwe, abaturage b\u2019umurenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge basabwe gufatanya na Polisi y\u2019u Rwanda ndetse n\u2019izindi nzego kurwanya ibiyobyabwenge kuko bigira ingaruka mbi ku mibereho yabo n\u2019iterambere ry\u2019imiryango yabo. Ubu butumwa bwahawe abo mu kagari ka Rwampara n\u2019imidugudu ituranye nako bagera ku bihumbi 3 nyuma y\u2019igikorwa cy\u2019umuganda ngarukakwezi, aho by\u2019umwihariko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-26T10:19:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:51:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5546#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5546\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge\",\"datePublished\":\"2017-03-26T10:19:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:51:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5546\"},\"wordCount\":505,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5546#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5546\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5546\",\"name\":\"Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-26T10:19:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:51:54+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5546#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5546\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5546#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA","og_description":"Ku itariki ya 25 Werurwe, abaturage b\u2019umurenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge basabwe gufatanya na Polisi y\u2019u Rwanda ndetse n\u2019izindi nzego kurwanya ibiyobyabwenge kuko bigira ingaruka mbi ku mibereho yabo n\u2019iterambere ry\u2019imiryango yabo. Ubu butumwa bwahawe abo mu kagari ka Rwampara n\u2019imidugudu ituranye nako bagera ku bihumbi 3 nyuma y\u2019igikorwa cy\u2019umuganda ngarukakwezi, aho by\u2019umwihariko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-26T10:19:43+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:51:54+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge","datePublished":"2017-03-26T10:19:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:51:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546"},"wordCount":505,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5546#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546","name":"Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-26T10:19:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:51:54+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5546"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5546#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyarugenge: Abaturage basabwe gufatanya na Polisi kurwanya ibiyobyabwenge"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5546","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5546"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5546\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5546"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5546"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5546"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}