{"id":55474,"date":"2023-01-21T12:57:35","date_gmt":"2023-01-21T10:57:35","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=55474"},"modified":"2023-01-21T12:57:35","modified_gmt":"2023-01-21T10:57:35","slug":"ibintu-7-ukwiye-kwihutira-gukora-ukirangiza-gukora-imibonano-mpuzabitsina","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474","title":{"rendered":"Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina"},"content":{"rendered":"<p>Mu busanzwe abantu bakunze kwibanda ku bintu umuntu agomba gukora mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina bakirengagiza ko na nyuma yayo hari ibyo bagomba gukora kugira ngo ubuzima burusheho kumera neza. <\/p>\n<p>Inzobere mu byerekeye icyo gikorwa zivuga ko hari uburyo bwinshi abantu bakwiye kwitwara nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina.<\/p>\n<p>BWIZA yabateguriye burindwi muri bwo.<\/p>\n<p><strong>Kujya mu bwiherero<\/strong><\/p>\n<p>Abahanga bavuga ko mu gihe cy&#8217;imibonano mpuzabitsina za microbe zishobora kujya mu muyoboro w&#8217;inkari cyane nko ku bagore, bityo kujya kwihagarika nyuma y&#8217;imibonano mpuzabitsina bikaba bituma izo microbe zisohoka hanze.<\/p>\n<p>Kutajya kwiherera nyuma y&#8217;imibonano mpuzabitsina ngo bishobora guteza ibyago birimo indwara zifata umuyoboro w&#8217;inkari.<\/p>\n<p><strong>Kwisukura<\/strong><\/p>\n<p>Dr. Sunny Rodgers, Umunyamerikakazi usanzwe ari inzobere mu bijyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina, avuga nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina ikintu cya mbere ugomba gukora ari ukujya muri douche ukoga. <\/p>\n<p>By\u2019umwihariko ngo ugomba koza ibice by\u2019ibanga ukoresheje amazi y\u2019akazuyaze, cyangwa ukabihanaguza agatambaro gafite isuku.<\/p>\n<p>Ku bwe &#8220;Ibi bituma wumva uguwe neza kandi bikakurinda kwandura microbe nk\u2019iyitwa UTIs igutera ububabare.&#8221;<\/p>\n<p><strong>Kwambara ikariso ikurekuye<\/strong><\/p>\n<p>Rodgers avuga ko nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina ari byiza ko ahindura ikariso kandi agahitamo ituma mu bice bye by\u2019ibanga hinjiramo akayaga akambara iya cotton kandi itamuhambira mu matako. <\/p>\n<p><strong>Kuganirizwa uwo mwakoranaga imibonano mpuzabitsina<\/strong><\/p>\n<p>Mu busanzwe hari abarangiza imibonano mpuzabitsina ngo bagahita bigira mu bindi, urugero nko kuri terefoni.<\/p>\n<p>Ibi ngo ni amakosa akomeye kuko uba buri umwe mu bari baryamanye aba akwiye kubaza mugenzi we uko igikorwa cyagenze, ibyo abahanga bavuga ko bifasha imibiri kurekura umusemburo urema urukundo hagati ya bombi witwa \u2018oxytocin\u2019. <\/p>\n<p>Chamin Ajjan usanzwe ari inzobere mu bijyanye n\u2019ubuvuzi bw\u2019indwara z\u2019imitekerereze akaba n\u2019inzobere mu bijyanye no kugira inama abafite ibibazo mu bijyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina, avuga ibiganiro bya nyuma y\u2019imibonano byongera ubwizerane hagati yanyu.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Mushobora no kuganira ku byifuzo byanyu by\u2019ahazaza hanyu, intumbero ufite kuri uwo muntu, cyangwa n\u2019ikindi cyose mubona kibafitiye akamaro mwembi nacyo mwakivugaho.&#8221;<\/p>\n<p><strong>Kunywa amazi<\/strong><\/p>\n<p>Burya ngo ni byiza kwiyegereza icupa ry\u2019amazi yo kunywa mu gihe ugiye gukora imibonano mpuzabitsina cyangwa ukaba wizeye ko amazi ari hafi yawe.<\/p>\n<p>Rodgers avuga ko ari ngombwa kunywa amazi nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina kuko muri iki gikorwa uba urangije hari amatembabuzi menshi uba watakaje, ibyuya, amavangingo n\u2019ibindi.<\/p>\n<p>Ku bwe, ngo &#8220;ibi bikurinda umwuma kandi bikagufasha kugarura vuba imbaraga yatakaje.&#8221;<\/p>\n<p><strong>Kurya indyo yoroheje<\/strong><\/p>\n<p>Chamin Ajjan na Rodjers icyo bahurizaho ni uko nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina umuntu akwiye kurya byoroheje nk\u2019utubiswi, cyangwa mwembi mukajyana mu gikoni mugategura nk\u2019umureti mukawusangira.<\/p>\n<p>Ajjan avuga ko &#8220;ibi bibaha n\u2019umwanya uhagije wo gukomeza kwiyumvanamo no gukomeza kuganira.&#8221;<\/p>\n<p><strong>Gushimirana<\/strong><\/p>\n<p>Karla Ivankovich, umujyanama w\u2019abakundana ukora mu kigo &#8216;One global health&#8217;, avuga ko ari ngombwa kubwira mugenzi wawe icyo wamukunzeho mu gikorwa muvuyemo mukabikora ako kanya umusemburo wa oxytocin ukiri mwinshi mu mibiri yanyu.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Mubwire icyo wakunze haba mu marangamutima yakweretse, imbaraga yakoresheje ni inzira nzira yo kuboha umurunga ubahuza.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu busanzwe abantu bakunze kwibanda ku bintu umuntu agomba gukora mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina bakirengagiza ko na nyuma yayo hari ibyo bagomba gukora kugira ngo ubuzima burusheho kumera neza. Inzobere mu byerekeye icyo gikorwa zivuga ko hari uburyo bwinshi abantu bakwiye kwitwara nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina. BWIZA yabateguriye burindwi muri bwo. Kujya mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-55474","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu busanzwe abantu bakunze kwibanda ku bintu umuntu agomba gukora mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina bakirengagiza ko na nyuma yayo hari ibyo bagomba gukora kugira ngo ubuzima burusheho kumera neza. Inzobere mu byerekeye icyo gikorwa zivuga ko hari uburyo bwinshi abantu bakwiye kwitwara nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina. BWIZA yabateguriye burindwi muri bwo. Kujya mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-01-21T10:57:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55474#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55474\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina\",\"datePublished\":\"2023-01-21T10:57:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55474\"},\"wordCount\":488,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55474#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55474\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55474\",\"name\":\"Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-01-21T10:57:35+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55474#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55474\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55474#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina - BWIZA","og_description":"Mu busanzwe abantu bakunze kwibanda ku bintu umuntu agomba gukora mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina bakirengagiza ko na nyuma yayo hari ibyo bagomba gukora kugira ngo ubuzima burusheho kumera neza. Inzobere mu byerekeye icyo gikorwa zivuga ko hari uburyo bwinshi abantu bakwiye kwitwara nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina. BWIZA yabateguriye burindwi muri bwo. Kujya mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-01-21T10:57:35+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina","datePublished":"2023-01-21T10:57:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474"},"wordCount":488,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55474#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474","name":"Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-01-21T10:57:35+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55474"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55474#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibintu 7 ukwiye kwihutira gukora ukirangiza gukora imibonano mpuzabitsina"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55474","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=55474"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55474\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=55474"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=55474"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=55474"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}