{"id":55503,"date":"2023-01-22T09:48:41","date_gmt":"2023-01-22T07:48:41","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=55503"},"modified":"2023-01-22T09:48:41","modified_gmt":"2023-01-22T07:48:41","slug":"rusizi-bifuza-ko-umujyi-wabo-utakongera-kwitwa-uw-umwanda-n-akajagari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503","title":{"rendered":"Rusizi: Bifuza ko umujyi wabo utakongera kwitwa uw\u2019umwanda n\u2019akajagari"},"content":{"rendered":"<p><strong>Nyuma y\u2019imyaka itari mike,baba abayobozi basuraga umujyi wa Rusizi uhereye kuri Perezida Kagame, n\u2019abawutuye ubwabo binubira umwanda wawugaragaragamo, basaba ko byakosorwa byihuse, ubuyobozi bw\u2019aka karere buravuga ko watangiye kugaragaramo impinduka, abawutuye bakavuga ko batifuza ko hazongera kugira umuyobozi ubanenga umwanda n\u2019akajagari.<\/strong><\/p>\n<p>Ubwo umukuru w\u2019igihugu Paul Kagame yasuraga akarere ka Rusizi mu myaka yashize, akanenga umwanda wagaragaraga muri uyu mujyi n\u2019 inyubako z\u2019ibice, zishaje, zidasobanutse zawurangaga, mu myaka yakurikiyeho uwari Minisitiri w\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu Kaboneka Francis,yawusura na we akabivugaho, icyo gihe agasiga akujeho  bimwe mu byatumaga uwo mwanda, akajagari n\u2019ubujura biwiyongeramo, abaturage basigaye bavuga ko uwabaha imihanda hari icyahinduka.<\/p>\n<p>Bidatinze imwe mu mihanda y\u2019ibitaka yawinjiragamo,byavugwaga ko iri mu biwutezamo icyondo cyinshi iyo ku mvura, n\u2019ivumbi ryinshi ku zuba,bigatuma umwanda uwiyongeramo, n\u2019abaturage bakavuga ko isuku  idashoboka bikimeze bityo, yaje gushyirwamo kaburimbo, ngo harebwe ko icyondo n\u2019ivumbi byawusimburanagamo byagabanuka.<\/p>\n<p>Nubwo byari bimeze bityo ariko,hasyirwaho n\u2019ahashyirwa imyanda, isuku yaranze iba nke, ubuyobozi bw\u2019akarere buriho ubu,bukavuga ko bwaje gusanga icyatuma umwanda wakomeje kuwuranga ucika ari ukuvugurura inyubako zose ziwurimo, hakubakwa inshya,zijyanye n\u2019igihe.<\/p>\n<p>Gusa bukavuga ko ibyifuzwaga by\u2019uko inyubako hafi ya zose zaba amagorofa,ngo bitashobokaga kubera ubushobozi buke bwa ba nyirazo, hubakwa izijyanye n\u2019ubushobozi ariko zisukuye.<\/p>\n<p>Aganira na Bwiza.com ku by\u2019umwanda wakunze kuvugwa muri uyu mujyi n\u2019icyakorwa ngo ucike burundu, umuyobozi w\u2019aka karere  Dr Kibiriga Anicet yagize ati: \u201cByaravuzwe koko mu myaka ishize ariko uyu munsi isuku yarahagurukiwe, ndetse ubwo umukuru w\u2019igihugu aherutse gusura aka karere  umwaka ushize yishimiye intambwe iri guterwa ngo uyu mujyi nk\u2019uwunganira Kigali ube uri ku rwego rushimishije, kandi ntiwarubaho udasukuye bihagije.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yongeyeho ati\u2019\u2019 Hashyizwemo imbaraga nyinshi abaturage isuku bayigira iyabo bihereye ku myumvire aho bigishijwe ko kumena imyanda aho ubonye hose ari amakosa akomeye,anahanirwa, hashyirwaho ibishyirwamo imyanda kuko mbere bitahabaga, umaze kunywa amazi ntajugunya agacupa aho abonye.<\/p>\n<p>Twanavuguruye inyubako zari zishaje, turi gutera n\u2019imikindo izava Giheke aho duhanira imbibe n\u2019akarere ka Nyamasheke ikagera  Bugarama  ku mupaka wa Ruhwa,n\u2019uyu mujyi urimo, n\u2019ibindi byazana impinduka mu isuku, bikanajyana n\u2019umutekano kuko utavuga isuku utavuze umutekano.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Nubwo uyu muyobozi avuga ibi ariko bamwe mu bawutuye bavuga ko  hakiri ibigikoma mu nkokora isuku yifuzwa mu mujyi nk\u2019uyu wunganira Kigali, birimo imyumvire ya bamwe mu bawutuye n\u2019abawukoreramo ikiri hasi, aho usanga hari abihagarika aho babonye, cyane cyane ahasa n\u2019ahihishe hatarubakwa, abagicira aho babonye n\u2019abacuruzi bamena imyanda mu miferege y\u2019imbere y\u2019amaduka yabo ngo abashinzwe isuku bayihakure, n\u2019ibindi.<\/p>\n<p>Banagaragaza indi mihanda myinshi idakoze yinjira mu mujyi igakomeza guteza umwanda, kuba  ibiti bitera umwuka mwiza mu mujyi bitaragera ku rwego rushimishije, kuba baravuguruye inyubako z\u2019imbere ariko inyuma mu bikari umwanda n\u2019inyubako zishaje cyane, n\u2019abahanduza bahihagarika n\u2019ibindi bigakomeza kuba byose, aha abawutuye n\u2019abawugenda bifuza ko na byo byahinduka.<\/p>\n<p>Kubyerekeranye n\u2019akajagari k\u2019amakamyo  n\u2019izindi modoka kakiwugaragaramo, gashobora guteza impanuka, cyane cyane ko n\u2019umuhanda w\u2019umujyi  rwagati ari muto, kuwubyiganiramo n\u2019abanyamaguru bigiteje ikibazo gikomeye cyane, no kuba umujyi nta parikingi ugira igaragara,usanga imodoka ziparika aho umuntu yakwita mu muhanda, abawutuye n\u2019abawugenda na byo basanga bikwiye gucika.<\/p>\n<p>Umwe ati: \u201cNtitwifuza rwose ko hari umuyobozi mukuru uzongera kudusura ngo atugaye umwanda n\u2019akajagari. Turasaba ko nk\u2019abo bihagarika cyangwa bagaciragura aho babonye, abajugunya imyanda ahatarabugenewe n\u2019abagifite indi myumvire idahuye n\u2019isuku twifuza n\u2019iyo tubona mu yindi mijyi bahanwa by\u2019intangarugero.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Mugenzi we ati: \u201cIkindi twifuza ni ikorwa ry\u2019imihanda yinjira mu mujyi ikigaragara nk\u2019isoko y\u2019umwanda wakongera kwigaragaza igihe idakoze neza, ibikari by\u2019inyubako z\u2019imbere  bikavugururwa,umujyi ukagira parikingi ikenewe, akajagari k\u2019amakamyo n\u2019izindi modoka gatera bamwe mu bajura kwihishamo igihe bagize uwo biba ntababone na ko kagacika.<\/p>\n<p>Hagaterwa n\u2019ibindi biti bikurura umwuka mwiza,uwurimo agahumeza neza,ahatubatse hakiri ibibati byihishwamo n\u2019abajura nijoro  hakubakwa, tubona umujyi wagera ku rwego twishimiye.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Mu isuzuma ry\u2019isuku,umutekano,kurwanya imirire mibi n\u2019igwingira mu bana riherutse, aho bamwe mu bayobozi ku rwego rw\u2019intara y\u2019uburengerazuba n\u2019igihugu basuzumye n\u2019umurenge wa Kamembe, ugize igice kinini cy\u2019umujyi, Bwiza.com yabajije Meya Dr Kibiriga icyo asubiza abaturage bagira ibyo basaba ngo isuku n\u2019umutekano  by\u2019umujyi birusheho gutera imbere, avuga ko byose bitekerezwa.<\/p>\n<p>Ati: \u201cMuri iyi minsi twashyize ingufu nyinshi mu gucanira umujyi byuzuye, ariko icy\u2019imihanda ikibangamye byo ni byo, yose ntiyakuzurira rimwe,ariko mu ivugurura turimo uko ingengo y\u2019imari iboneka bizakorwa kuko n\u2019ubu hari uri gukorwa winjiramo n\u2019indi izagenda ikurikiraho,byose birateguye. N\u2019ibyo bikari by\u2019inyubako tuzabikurikizaho, n\u2019ikindi cyose dushoboye cyatuma tugira Rusizi ikeye inatekanye kizakorwa bidatinze.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Abaturage basanga kuri ibyo byose hakwiye gushyirwa n\u2019imbaraga mu bukangurambaga, bakagira umuco wo kubungabunga no gufata neza ibikorwa remezo begerezwa, umunyamabanga nshingwabiikorwa w\u2019umurenge wa Kamembe, Iyakaremye Jean Pierre akavuga ko bwatangiye aho buri gitondo umujyi ukorwamo isuku abaturage bakaganirizwa, bibutswa ko umwanda atari uw\u2019iRwanda,isuku ikwiye kwimakazwa nk\u2019ikirezi cyabo, akizera impinduka.<br \/>\n<figure id=\"attachment_55501\" aria-describedby=\"caption-attachment-55501\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-55501\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg\" alt=\"Uyu ni umwe mu mihanda bavuga ko igiteza umujyi umwanda, bivuza ko wakorwa vuba\" title=\"Uyu ni umwe mu mihanda bavuga ko igiteza umujyi umwanda, bivuza ko wakorwa vuba\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"1024\" height=\"576\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg 1024w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba-300x169.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba-768x432.jpg 768w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba-860x484.jpg 860w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-55501\" class=\"wp-caption-text\">Uyu ni umwe mu mihanda bavuga ko igiteza umujyi umwanda, bivuza ko wakorwa vuba<\/figcaption><\/figure><br \/>\n<figure id=\"attachment_55502\" aria-describedby=\"caption-attachment-55502\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-55502\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/umuyobozi_w_akarere_ka_rusizi_dr_kibiriga_anicet_n_wungirije_ushinzwe_imibereho_yiza_y_abaturage_dukuzumuremyi_anne-_marie_bawusura.jpg\" alt=\"Meya Dr Kibiriga na Visi Meya ushinzwe imibereho myiza basura umujyi wa Rusizi\" title=\"Meya Dr Kibiriga na Visi Meya ushinzwe imibereho myiza basura umujyi wa Rusizi\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"1024\" height=\"576\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/umuyobozi_w_akarere_ka_rusizi_dr_kibiriga_anicet_n_wungirije_ushinzwe_imibereho_yiza_y_abaturage_dukuzumuremyi_anne-_marie_bawusura.jpg 1024w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/umuyobozi_w_akarere_ka_rusizi_dr_kibiriga_anicet_n_wungirije_ushinzwe_imibereho_yiza_y_abaturage_dukuzumuremyi_anne-_marie_bawusura-300x169.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/umuyobozi_w_akarere_ka_rusizi_dr_kibiriga_anicet_n_wungirije_ushinzwe_imibereho_yiza_y_abaturage_dukuzumuremyi_anne-_marie_bawusura-768x432.jpg 768w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/umuyobozi_w_akarere_ka_rusizi_dr_kibiriga_anicet_n_wungirije_ushinzwe_imibereho_yiza_y_abaturage_dukuzumuremyi_anne-_marie_bawusura-860x484.jpg 860w\" sizes=\"(max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-55502\" class=\"wp-caption-text\">Meya Dr Kibiriga na Visi Meya ushinzwe imibereho myiza basura umujyi wa Rusizi<\/figcaption><\/figure><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019imyaka itari mike,baba abayobozi basuraga umujyi wa Rusizi uhereye kuri Perezida Kagame, n\u2019abawutuye ubwabo binubira umwanda wawugaragaragamo, basaba ko byakosorwa byihuse, ubuyobozi bw\u2019aka karere buravuga ko watangiye kugaragaramo impinduka, abawutuye bakavuga ko batifuza ko hazongera kugira umuyobozi ubanenga umwanda n\u2019akajagari. Ubwo umukuru w\u2019igihugu Paul Kagame yasuraga akarere ka Rusizi mu myaka yashize, akanenga umwanda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":9,"featured_media":55501,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-55503","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Bifuza ko umujyi wabo utakongera kwitwa uw\u2019umwanda n\u2019akajagari - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Bifuza ko umujyi wabo utakongera kwitwa uw\u2019umwanda n\u2019akajagari - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019imyaka itari mike,baba abayobozi basuraga umujyi wa Rusizi uhereye kuri Perezida Kagame, n\u2019abawutuye ubwabo binubira umwanda wawugaragaragamo, basaba ko byakosorwa byihuse, ubuyobozi bw\u2019aka karere buravuga ko watangiye kugaragaramo impinduka, abawutuye bakavuga ko batifuza ko hazongera kugira umuyobozi ubanenga umwanda n\u2019akajagari. Ubwo umukuru w\u2019igihugu Paul Kagame yasuraga akarere ka Rusizi mu myaka yashize, akanenga umwanda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-01-22T07:48:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"1024\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"576\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Bahuwiyongera Sylvestre\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Bahuwiyongera Sylvestre\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503\"},\"author\":{\"name\":\"Bahuwiyongera Sylvestre\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/0d7286adcfb4c3c5c7ed9dc5e05b374e\"},\"headline\":\"Rusizi: Bifuza ko umujyi wabo utakongera kwitwa uw\u2019umwanda n\u2019akajagari\",\"datePublished\":\"2023-01-22T07:48:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503\"},\"wordCount\":876,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg\",\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503\",\"name\":\"Rusizi: Bifuza ko umujyi wabo utakongera kwitwa uw\u2019umwanda n\u2019akajagari - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg\",\"datePublished\":\"2023-01-22T07:48:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg\",\"width\":1024,\"height\":576,\"caption\":\"Uyu ni umwe mu mihanda bavuga ko igiteza umujyi umwanda, bivuza ko wakorwa vuba\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55503#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Bifuza ko umujyi wabo utakongera kwitwa uw\u2019umwanda n\u2019akajagari\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/0d7286adcfb4c3c5c7ed9dc5e05b374e\",\"name\":\"Bahuwiyongera Sylvestre\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=9\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Bifuza ko umujyi wabo utakongera kwitwa uw\u2019umwanda n\u2019akajagari - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Bifuza ko umujyi wabo utakongera kwitwa uw\u2019umwanda n\u2019akajagari - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019imyaka itari mike,baba abayobozi basuraga umujyi wa Rusizi uhereye kuri Perezida Kagame, n\u2019abawutuye ubwabo binubira umwanda wawugaragaragamo, basaba ko byakosorwa byihuse, ubuyobozi bw\u2019aka karere buravuga ko watangiye kugaragaramo impinduka, abawutuye bakavuga ko batifuza ko hazongera kugira umuyobozi ubanenga umwanda n\u2019akajagari. Ubwo umukuru w\u2019igihugu Paul Kagame yasuraga akarere ka Rusizi mu myaka yashize, akanenga umwanda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-01-22T07:48:41+00:00","og_image":[{"width":1024,"height":576,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"Bahuwiyongera Sylvestre","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Bahuwiyongera Sylvestre","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503"},"author":{"name":"Bahuwiyongera Sylvestre","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/0d7286adcfb4c3c5c7ed9dc5e05b374e"},"headline":"Rusizi: Bifuza ko umujyi wabo utakongera kwitwa uw\u2019umwanda n\u2019akajagari","datePublished":"2023-01-22T07:48:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503"},"wordCount":876,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg","keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55503#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503","name":"Rusizi: Bifuza ko umujyi wabo utakongera kwitwa uw\u2019umwanda n\u2019akajagari - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg","datePublished":"2023-01-22T07:48:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55503"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/uyu_ni_umwe_mu_mihanda_bavuga_ko_uri_mu_yinjira_mu_mujyi_ikiwuteza_umwanda_bifuza_ko_wakorwa_vuba.jpg","width":1024,"height":576,"caption":"Uyu ni umwe mu mihanda bavuga ko igiteza umujyi umwanda, bivuza ko wakorwa vuba"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55503#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Bifuza ko umujyi wabo utakongera kwitwa uw\u2019umwanda n\u2019akajagari"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/0d7286adcfb4c3c5c7ed9dc5e05b374e","name":"Bahuwiyongera Sylvestre","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=9"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55503","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/9"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=55503"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55503\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/55501"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=55503"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=55503"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=55503"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}