{"id":55525,"date":"2023-01-22T16:25:00","date_gmt":"2023-01-22T14:25:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=55525"},"modified":"2023-01-22T16:25:00","modified_gmt":"2023-01-22T14:25:00","slug":"nyabihu-umuturage-arashinja-ubuyobozi-gucura-umugambi-wo-kumutwarira-isambu-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525","title":{"rendered":"Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuturage witwa Nemeye Ezron wo mu kagari ka Marangara ho mu murenge wa Rugera w&#8217;akarere ka Nyabihu, arashinja ubuyobozi bw&#8217;akagari atuyemo gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya mu nyungu z&#8217;uwiyita umukazana we.<\/strong><\/p>\n<p>Nemeye ni umubyeyi wa Semasaka Jean Damasc\u00e8ne, umuhungu we uba mu karere ka Mubende muri Uganda.<\/p>\n<p>Muri 2013 Semasaka yashakanye n&#8217;uwitwa Uwamariya Solange, batangira kubana ariko mu buryo butemewe n&#8217;amategeko.<\/p>\n<p>Aba bombi babanaga mu gikoni Nemeye yari yarabatije cyari cyubatse iwe mu rugo; icyo gihe kandi uyu musaza akaba yaranabatije isambu iri iruhande rw&#8217;aho atuye kugira ngo babone ikibatunga.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;igihe Semasaka yaje kuva iwabo yerekeza muri Uganda gushaka imibereho, hashize igihe Uwamariya na we aza kumusangayo atorotse ahitwaga kwa sebukwe.<\/p>\n<p>BWIZA yabwiwe ko uyu mugore ava mu Rwanda ajya muri Uwanda yajyanwe n&#8217;umuturanyi w&#8217;aho yabaga [kwa sebukwe] uzwi nka Rwiyemezamirimo.<\/p>\n<p>Icyo gihe Uwamariya akigera muri Uganda yaje gusubirana n&#8217;uwari umugabo we, gusa nyuma baza gutandukana. Aba bombi batandukanye bamaze kubyarana abana babiri, barimo umwe wapfuye.<\/p>\n<p>Nemeye avuga ko mu Ukuboza umwaka ushize yaje gutungurwa no kubona Uwamariya agarutse mu Rwanda, nyuma akaza kumenya amakuru y&#8217;uko yazanwe no kumutwara bwa butaka yari yaramutije we n&#8217;umugabo we.<\/p>\n<p>Uyu musaza avuga ko uyu mugambi uyu mugore ari kuwufashwamo n&#8217;ubuyobozi bw&#8217;akagari ka Murangara atuyemo, hagashyirwa mu majwi Seruvugo D\u00e9o usanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wako, Kazagiriza B\u00e9atrice ukuriye Komisiyo y&#8217;Igihugu y&#8217;Abagore muri kariya kagari cyo kimwe na Bashima Faustin ukuriye Komite y&#8217;Abunzi muri Murangara.<\/p>\n<p>Amakuru yizewe BWIZA ifite ni uko aba bayobozi uko ari batatu bamaze gushyira umukono ku nyandiko yemeza ko ubutaka bwa Nemeye bugomba guhabwa Uwamariya.<\/p>\n<p>Ni inyandiko kandi nta gihindutse uriya mugore ngo agomba gushyikiriza ubuyobozi bw&#8217;akarere ka Nyabihu kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Mutarama 2023, hanyuma bukayiteraho icyiswe &#8216;kashi (Cachet) mpuruza&#8217; igira Uwamariya nyiri buriya butaka.<\/p>\n<p>Nemeye asobanura ikibazo cye yagize ati: &#8220;Nyuma [umukazana we] yaje kugaruka ajya kwa Gitifu, agezeyo aho atamusobanuje ati &#8216;wabaga he, byagenze gute?&#8217;, ahubwo avugana na Bashima ngo ajye guteza Kashi mpuruza kugira ngo bamuheshe imirima.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu musaza avuga ko nta rubanza bwerekeye buriya butaka asanzwe afitiye icyangombwa yigeze aburana na Uwamariya, ibyo aheraho avuga ko ibiri gukorwa ari ukumwambura ibye ku mbaraga.<\/p>\n<p>Umuturanyi wa Nemeya witwa Bizimana Celestin yabwiye BWIZA ko yabonaga Uwamariya ahinga iriya sambu, gusa akavuga niba atazi niba yari yarayihawe.<\/p>\n<p><strong>Uwamariya yemera ko ubutaka aburana atari ubwe<\/strong><\/p>\n<p>Umunyamakuru wa BWIZA ubwo yageraga muri Marangara yavuganye na Uwamariya Solange, ku murongo wa terefoni undi amubwira ko ari mu karere ka Rubavu.<\/p>\n<p>Uyu mudamu nyuma yo kubanza kuvuga ko ntacyo yatangaza kuri kiriya kibazo, yaje kwemera ko ubutaka aburana atari ubwe, gusa avuga ko abana yabyaranye n&#8217;umuhungu wa Nemeye bagomba kubona ibibatunga.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nk&#8217;umunyamakuru wowe bwira ba databukwe bagire imitima ya kimuntu. Bumve ko umwuzukuru wabo agomba kubaho, ntibumve ko yapfa. Njyewe nta bushobozi bwo kuvuga ngo narera umwana &#8216;forever&#8217; kandi afite iwabo.&#8221;<\/p>\n<p>Uwamariya yakomeje avuga ko ibyo Nemeye yari yarahaye umuhungu we bigomba kurera abo yabyaye, gusa abajijwe niba hari ikigaragaza ko we n&#8217;umugabo we bari barahawe ubwo butaka avuga ko hari &#8216;kashi mpuruza&#8217;.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ikibyemeza kirahari na kashi mpuruza naraziteje, abo babyeyi ni babi&#8230;&#8221;.<\/p>\n<p>Uwamariya kandi avuga ko inkiko zamuhaye uburenganzira kuri buriya butaka, abajijwe urukiko rwaba rwaraciye urwo rubanza ahitamo kuruca ararumira.<\/p>\n<p>Cyakora cyo yavuze ko sebukwe hari kopi y&#8217;urubanza baburanye abitse, gusa iyo BWIZA yashoboye kubona n&#8217;iy&#8217;urubanza rwo muri Gicurasi 2014 yarezemo Nemeye gusarura imyaka yari yarahinze; icyo gihe abunzi bakaba barategetse uriya musaza kumuha indishyi ihwanye na Frw 32,400 yaje kwishyura.<\/p>\n<p>Umwanzuro w&#8217;urwo rubanza kandi uvuga ko nyuma y&#8217;uko Nemeye yari amaze kwishyura umukazana we iyo ndishyi undi yagombaga &#8220;kumuha amahoro [mu rugo rwe].&#8221;<\/p>\n<p>Umwanzuro kandi uvuga ko n&#8217;ubwo Nemeye yemeye kwishyura ariya mafaranga, yanze imikirize y&#8217;urubanza bijyanye n&#8217;uko Uwamariya ari we ubwe wari warasuye imyaka yari yarahinze, ikindi uturima yari yaramutije akaba atarigeze yemera ko yari yaratumutekesheje [we n&#8217;umugabo we].<\/p>\n<p><strong>Semasaka yasabye Umuryango we guhagarika uwari umugore we mu bintu bya se<\/strong><\/p>\n<p>Mu ibaruwa BWIZA ifitiye kopi, yo ku wa 24 Gicurasi 2016 Semasaka Jean Damasc\u00e8ne yandikiye umuryango we [w&#8217;Abarihira] asaba ko Uwamariya Solange ahagarikwa mu bintu bya se.<\/p>\n<p>Icyo gihe yasobanuye ko uyu wahoze ari umugore we yamusanze muri Uganda &#8220;mu buryo butazwi&#8221;, hanyuma akamujugunyira umwana bari barabyaranye mbere y&#8217;uko akomeza inzira ye.<\/p>\n<p>Icyo gihe Semakasa yasabye umuryango we &#8220;guhagarika burundu Uwamariya Solange mu bintu bya data kuko atakiturerera umwana, ari njye uri kumwirerera.&#8221;<\/p>\n<p>Yasabye kandi ko &#8220;ibintu bicungwe na data nka nyirabyo, inzu na yo (igikoni) igaruke mu maboko ya data kuko yari intizanyo na yo.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu mugabo mu kiganiro na BWIZA ku murongo wa terefoni, yemeye koko ko iriya baruwa ari we wayanditse.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" size-full wp-image-55524\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/screenshot_20230122-153234_1.jpg\" alt=\"screenshot_20230122-153234_1.jpg\" width=\"549\" height=\"774\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/screenshot_20230122-153234_1.jpg 549w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/screenshot_20230122-153234_1-213x300.jpg 213w\" sizes=\"(max-width: 549px) 100vw, 549px\" \/><\/p>\n<p><strong>Gitifu ushyirwa mu majwi avuga ko ibivugwa ari bwo yabyumva<\/strong><\/p>\n<p>Mu bo Nemeye yashyize mu majwi abashinja gucura umugambi wo kumutwara ibye, BWIZA yashoboye kuvuganamo na Gitifu Seruvugo D\u00e9o.<\/p>\n<p>Uyu mu butumwa yahaye umunyamakuru ku rubuga rwa Whatsapp, yavuze ko ibigwa ari bwo yabyumva.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Iyi nkuru nibwo nayumva!&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: &#8220;None se ko uziko Abunzi bafite ububasha bugenwa n&#8217;amategeko, ubuyobozi bugira uruhare rwo kurengaya umuturage mu bunzi gute? Arengaye se proc\u00e9dures (inzira) zo kurenganurwa ntizizwi? Mumugire inama, kuko abunzi cyangwa njye nk&#8217;umuyobozi iyo dukoze amakosa tugira aho turegwa tukabazwa cyangwa tukaryozwa ibitagenze neza tubigizemo uruhare.&#8221;<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Ikindi, ukuriye abunzi ntafata icyemezo wenyine, CNF (ukuriye abagore) uvugwa ni mushiki wa Nemeye Heslon, byongeye nta myanzuro yabo ndarangiza ngo ahereho avuga ibyo. Ubwo namurenganije nte?&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Keretse niba umuntu aje kuturegera tukakira ikirego kigasuzumwa n&#8217;urwego bireba twaba turenganije uregwa kuko twakiye ikirego? Yewe ntibyiroshye!&#8221;<\/p>\n<p><strong>Meya wa Nyabihu yemeye gukurikirana ikibazo<\/strong><\/p>\n<p>Umuyobozi w&#8217;akarere ka Nyabihu, Mukandayisenga Antoinette, yabwiye BWIZA ko kiriya kibazo nta cyo azi, gusa yiyemeza kugikurikirana.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Ibyo aribyo byose icyo kibazo ntabwo nari nkizi, nka gutyo mukitumenyesheje icyo umuntu akwiye gukora ni ukumenya uko ikibazo giteye, ariko urengana agomba kurenganurwa.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuturage witwa Nemeye Ezron wo mu kagari ka Marangara ho mu murenge wa Rugera w&#8217;akarere ka Nyabihu, arashinja ubuyobozi bw&#8217;akagari atuyemo gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya mu nyungu z&#8217;uwiyita umukazana we. Nemeye ni umubyeyi wa Semasaka Jean Damasc\u00e8ne, umuhungu we uba mu karere ka Mubende muri Uganda. Muri 2013 Semasaka yashakanye n&#8217;uwitwa Uwamariya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":55524,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[132],"class_list":["post-55525","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw","tag-featured-post"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuturage witwa Nemeye Ezron wo mu kagari ka Marangara ho mu murenge wa Rugera w&#8217;akarere ka Nyabihu, arashinja ubuyobozi bw&#8217;akagari atuyemo gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya mu nyungu z&#8217;uwiyita umukazana we. Nemeye ni umubyeyi wa Semasaka Jean Damasc\u00e8ne, umuhungu we uba mu karere ka Mubende muri Uganda. Muri 2013 Semasaka yashakanye n&#8217;uwitwa Uwamariya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-01-22T14:25:00+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/screenshot_20230122-153234_1.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"549\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"774\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya\",\"datePublished\":\"2023-01-22T14:25:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525\"},\"wordCount\":993,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/screenshot_20230122-153234_1.jpg\",\"keywords\":[\"Featured Post\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525\",\"name\":\"Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/screenshot_20230122-153234_1.jpg\",\"datePublished\":\"2023-01-22T14:25:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/screenshot_20230122-153234_1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/01\\\/screenshot_20230122-153234_1.jpg\",\"width\":549,\"height\":774,\"caption\":\"screenshot_20230122-153234_1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=55525#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya - BWIZA","og_description":"Umuturage witwa Nemeye Ezron wo mu kagari ka Marangara ho mu murenge wa Rugera w&#8217;akarere ka Nyabihu, arashinja ubuyobozi bw&#8217;akagari atuyemo gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya mu nyungu z&#8217;uwiyita umukazana we. Nemeye ni umubyeyi wa Semasaka Jean Damasc\u00e8ne, umuhungu we uba mu karere ka Mubende muri Uganda. Muri 2013 Semasaka yashakanye n&#8217;uwitwa Uwamariya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-01-22T14:25:00+00:00","og_image":[{"width":549,"height":774,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/screenshot_20230122-153234_1.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya","datePublished":"2023-01-22T14:25:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525"},"wordCount":993,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/screenshot_20230122-153234_1.jpg","keywords":["Featured Post"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55525#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525","name":"Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/screenshot_20230122-153234_1.jpg","datePublished":"2023-01-22T14:25:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=55525"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/screenshot_20230122-153234_1.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/01\/screenshot_20230122-153234_1.jpg","width":549,"height":774,"caption":"screenshot_20230122-153234_1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=55525#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyabihu: Umuturage arashinja ubuyobozi gucura umugambi wo kumutwarira isambu mu buriganya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55525","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=55525"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/55525\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/55524"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=55525"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=55525"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=55525"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}