{"id":5566,"date":"2017-03-27T22:49:10","date_gmt":"2017-03-27T22:49:10","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/27\/umwongerezakazi-violette-wari-ufungiye-mu-rwanda-yarekuwe-by-agateganyo\/"},"modified":"2025-02-12T16:51:42","modified_gmt":"2025-02-12T14:51:42","slug":"umwongerezakazi-violette-wari-ufungiye-mu-rwanda-yarekuwe-by-agateganyo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566","title":{"rendered":"Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by\u2019agateganyo"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo mu mujyi wa Kigali rwategetse ko Violette Uwamahoro arekurwa by&#8217;agateganyo agakurikiranirwa hanze nyuma yo gushimangira ko ibivugwa n&#8217;umutangabuhamya bidahagije ngo abe yakekwaho ibyaha ashinjwa .<\/strong><br \/>\nUmucamanza muri uru rukiko yavuze ko umutangabuhamya Jean Pierre Shumbusho yaranzwe no kwivuguruza mu byo ashinja Uwamahoro bityo ko ibyo yavuze bitashingirwaho bamuhamya ibyo ashinjwa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUru rukiko kandi rwagaragaje ko nta kimenyetso na kimwe kigaragaza ko ibyaha bitatu Violette aregwa yaba yarabikoze bityo rutegeka ko afungurwa.<br \/>\nNubwo uyu mugore unatwite yarekuwe, nta mabwiriza yahawe agomba kubahiriza nk&#8217;uko bisanzwe bigenda ku bandi barekuwe by&#8217;agateganyo, ndetse ntihanagaragazwa ikimenyetso cyerekana ko hari ukundi gukurikiranwa kuzabaho nyuma.<br \/>\nUmupolisi Jean Pierre Shumbusho ari nawe wari umutanagbuhamya w\u2019uyu mugore, yasabiwe kuba akomeje gufungwa kuko yiyemereye ibyaha kandi ibi byaha bikaba biri mu rwego rw&#8217;ubugizi bwa nabi.<br \/>\nViolette Uwamahoro yaranzwe no guhakana ibyaha aregwa birimo gushaka kurema umutwe w&#8217;ingabo, kumena amabanga y&#8217;igihugu no gushaka kugirira nabi umukuru w&#8217;igihugu.<br \/>\nUbushinjacyaha bwavuze ko ibyo byaha yabikoze mu buryo bw&#8217;ibiganiro yagiranye na mubyara we Shumbusho Jean Pierre, ubarizwa muri Polisi y&#8217; u Rwanda ishami ryihariye.<br \/>\nNi mu gihe Shumbusho we yemera ibyaha aregwa, aho yasobanuye ko yizezwaga gufashwa kujya kwiga mu Bwongereza, gusa akanavuga ko nubwo yemera ibyaha aregwa ko ngo ngo atiyegeze agira umugambi wo kubishyira mu bikorwa kuko byaheze mu biganiro gusa hifashishijwe urubuga nkoranyambanga rwa whatsap.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nViolette yavuze ko ari nta biganiro byerekeye umutekano w&#8217;igihugu yagiranye na Shumbusho, yavuze ko bavugaye iby&#8217;imiryango gusa.<br \/>\nYanavuze kandi ko yifuza ko haba iperereza rikozwe na Polisi y&#8217;u Rwanda n&#8217;iy&#8217;u Bwongereza hagacukumburwa neza ubutumwa bwa telefone bamushinja.<br \/>\nUwamahoro yasabye kurekurwa akaburana ari hanze kubera impamvu z&#8217;uko atwite kandi hari ibyo akenera ntabibone birimo n\u2019ibiribwa.<br \/>\nUmwunganizi we,Me Mukamusoni Antoinette yasabye urukiko ko rwakurikiza itegeko rirengera umwana atwite maze rukarekura by&#8217;agateganyo uwo yunganira.<br \/>\nAmbasade y&#8217; u Bwongeraza mu Rwanda nayo yemera kuba yatanga inzu Violette yacumbikamo kugirango abonekere ku gihe ubushinjacyaha bwaba bumukeneye.<br \/>\nUwamahoro yafatiwe ku butaka bw&#8217; u Rwanda mu kwezi gushize kwa Gashyantare, ubwo yari yaje gushyingura umubyeyi we.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUmyanzuro w&#8217;urukiko uzasomwa ku wa mbere w&#8217;icyumweru gitaha.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/abana-ba-uwamahoro-violette-bandikiye-perezida-kagame-bamusaba-gufungura-nyina\/\">Ni nyuma kandi y&#8217;uko mu minsi ishize abana b&#8217;uyu mugore bandikiye Perezida wa Repubulika y&#8217;u Rwanda Paul Kagame bamusaba ko yabarekurira umubyeyi.<\/a><br \/>\n <strong> <em>Abakeneye ko bwiza.com yazabasura,n\u2019igihe mukeneye ko hari ibitangazwa mu ibinyamakuru byayo wakwandika kuri E-mail ya <a href=\"mailto:meckypro@gmail.com,info@bwiza,com\">meckypro@gmail.com,<\/a>cyangwa mugahamagara kuri 0784685981.<\/em><br \/>\n<\/strong><br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n<a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo mu mujyi wa Kigali rwategetse ko Violette Uwamahoro arekurwa by&#8217;agateganyo agakurikiranirwa hanze nyuma yo gushimangira ko ibivugwa n&#8217;umutangabuhamya bidahagije ngo abe yakekwaho ibyaha ashinjwa . Umucamanza muri uru rukiko yavuze ko umutangabuhamya Jean Pierre Shumbusho yaranzwe no kwivuguruza mu byo ashinja Uwamahoro bityo ko ibyo yavuze bitashingirwaho bamuhamya ibyo ashinjwa. [xyz-ihs [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5566","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by\u2019agateganyo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by\u2019agateganyo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo mu mujyi wa Kigali rwategetse ko Violette Uwamahoro arekurwa by&#8217;agateganyo agakurikiranirwa hanze nyuma yo gushimangira ko ibivugwa n&#8217;umutangabuhamya bidahagije ngo abe yakekwaho ibyaha ashinjwa . Umucamanza muri uru rukiko yavuze ko umutangabuhamya Jean Pierre Shumbusho yaranzwe no kwivuguruza mu byo ashinja Uwamahoro bityo ko ibyo yavuze bitashingirwaho bamuhamya ibyo ashinjwa. [xyz-ihs [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-27T22:49:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:51:42+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5566#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5566\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by\u2019agateganyo\",\"datePublished\":\"2017-03-27T22:49:10+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:51:42+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5566\"},\"wordCount\":439,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5566#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5566\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5566\",\"name\":\"Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by\u2019agateganyo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-27T22:49:10+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:51:42+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5566#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5566\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5566#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by\u2019agateganyo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by\u2019agateganyo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by\u2019agateganyo - BWIZA","og_description":"Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo mu mujyi wa Kigali rwategetse ko Violette Uwamahoro arekurwa by&#8217;agateganyo agakurikiranirwa hanze nyuma yo gushimangira ko ibivugwa n&#8217;umutangabuhamya bidahagije ngo abe yakekwaho ibyaha ashinjwa . Umucamanza muri uru rukiko yavuze ko umutangabuhamya Jean Pierre Shumbusho yaranzwe no kwivuguruza mu byo ashinja Uwamahoro bityo ko ibyo yavuze bitashingirwaho bamuhamya ibyo ashinjwa. [xyz-ihs [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-27T22:49:10+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:51:42+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by\u2019agateganyo","datePublished":"2017-03-27T22:49:10+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:51:42+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566"},"wordCount":439,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5566#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566","name":"Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by\u2019agateganyo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-27T22:49:10+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:51:42+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5566"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5566#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umwongerezakazi Violette wari ufungiye mu Rwanda yarekuwe by\u2019agateganyo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5566","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5566"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5566\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5566"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5566"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5566"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}