{"id":5567,"date":"2017-03-28T08:48:52","date_gmt":"2017-03-28T08:48:52","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/28\/kamonyi-abagabo-2-bakurikiranyweho-kuyogoza-umujyi-n-039-ibyaro-biba-insinga\/"},"modified":"2025-02-12T16:51:41","modified_gmt":"2025-02-12T14:51:41","slug":"kamonyi-abagabo-2-bakurikiranyweho-kuyogoza-umujyi-n-039-ibyaro-biba-insinga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567","title":{"rendered":"Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n&#039;ibyaro biba insinga"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Polisi ikorera mu karere ka Kamonyi ifunze abagabo babiri bakekwaho kwiba insinga zitwara murandasi z\u2019ikigo kiyicuruza cyitwa KT Rwanda Networks Company.<\/strong> <\/em><br \/>\nPolisi ivugako aba bagabo, Uwiringiyimana Aphrodis na Muhawenimana Aaron bafashwe n\u2019abaturage igihe barimo gucukura izi nsinga maze bakabashyikiriza Polisi.<br \/>\nBivugwa ko aba bombi na mbere yaho bari baracuruje insinga z\u2019ubu bwoko mu Mujyi wa Kigali kandi bari baribye izindi nsinga z\u2019amashanyarazi nyinshi mu mujyi ,ubu bakaba bari baraguriye ibikorwa byabo bigayitse mu bice by\u2019icyaro.<br \/>\nAba bagabo bombi bakaba bareretswe abaturage bo mu murenge wa Kigali, akarere ka Nyarugenge bari bitabiriye umuganda rusange wo ku wa gatandatu ushize, ndetse n\u2019abo mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi mbere y\u2019uko bashyirwa kuri sitasiyo ya Polisi ya Runda ari naho bafungiye.<br \/>\nUmuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Supt Emmanuel Hitayezu avuga ko KT Rwanda Networks yari yagejeje ikirego kuri Polisi ku birebanan\u2019ubujura bwakorwaga ku nsinga zayo aho agira ati:\u201d Nyuma yaho twakoranye n\u2019abaturage begereye aho izo nsinga zigaragara hose, niko twashoboye kubafata.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nYakomeje avuga ko Polisi yari yamaze gutangiza iperereza ryimbitse kuri ubu bujura ngo hamenyekane ibyangijwe na mbere y\u2019uko aba bafatwa, kandi ko rikomeje ngo haboneke andi makuru kuri ubu bujura.<br \/>\nSP Hitayezu yagize ati:\u201d Tumaze kumenya ko bari baragurishije n\u2019insinga z\u2019amashanyarazi nyinshi, tukaba tuboneyeho gusaba abaturage ko uwo bazabona wese ugira ibyo akora kuri izi nsinga atambaye ibiranga ikigo akorera azahita abimenyesha Polisi imwegereye.\u201d<br \/>\nYakomeje yamagana ubujura nk\u2019ubu maze asaba ko hakazwa amarondo kandi abaturage bose bakagira iki kibazo icyabo , kandi bakarwaya n\u2019ibindi byaha muri rusange kimwe n\u2019ibindi bikorwa bitemewe kandi bakagira uruhare mu gushyikiriza inzego zibishinzwe ababifatirwamo.<br \/>\nAha akaba yagize ati:\u201dUbujura bw\u2019ibikorwaremezo nk\u2019ibi busubiza inyuma iterambere traze kugeraho , ni yo mpamvu kubirwanya ari inshingano ya buri wese.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIngingo ya 406 y\u2019igitabo cy\u2019amategeko ahana ivuga ko, umuntu wese ku bushake, usenya cyangwa wonona, ku buryo ubwo ari bwo bwose, burundu cyangwa igice kimwe, amazu, amateme, ingomero, impombo z\u2019amazi n\u2019inzira yazo, imihanda, inzira za gari ya moshi cyangwa ibikoresho ibyo ari byo byose by\u2019itumanaho cyangwa by\u2019ingufu z\u2019amashanyarazi, amariba cyangwa izindi nyubako zose bitari ibye, ahanishwa igifungo kuva ku myaka ibiri (2) kugeza ku myaka itanu (5)  n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga yikubye inshuro kuva kuri ebyiri (2) kugeza ku nshuro icumi (10) z\u2019agaciro k\u2019ibyangijwe.<br \/>\n <em> <strong>Abakeneye ko bwiza.com yazabasura,n\u2019igihe mukeneye ko hari ibitangazwa mu ibinyamakuru byayo wakwandika kuri E-mail ya<\/strong> <\/em>  <strong> <em> <\/em> <\/strong>  <em> <strong><a style=\"font-weight: inherit\" href=\"mailto:meckypro@gmail.com,info@bwiza,com\">meckypro@gmail.com,<\/a>cyangwa mugahamagara kuri 0784685981.<\/strong> <\/em><br \/>\n <strong><a style=\"font-weight: inherit\" href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a style=\"font-weight: inherit\" href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a style=\"font-weight: inherit\" href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n<a style=\"font-weight: inherit\" href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi ikorera mu karere ka Kamonyi ifunze abagabo babiri bakekwaho kwiba insinga zitwara murandasi z\u2019ikigo kiyicuruza cyitwa KT Rwanda Networks Company. Polisi ivugako aba bagabo, Uwiringiyimana Aphrodis na Muhawenimana Aaron bafashwe n\u2019abaturage igihe barimo gucukura izi nsinga maze bakabashyikiriza Polisi. Bivugwa ko aba bombi na mbere yaho bari baracuruje insinga z\u2019ubu bwoko mu Mujyi wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5567","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n&#039;ibyaro biba insinga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n&#039;ibyaro biba insinga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi ikorera mu karere ka Kamonyi ifunze abagabo babiri bakekwaho kwiba insinga zitwara murandasi z\u2019ikigo kiyicuruza cyitwa KT Rwanda Networks Company. Polisi ivugako aba bagabo, Uwiringiyimana Aphrodis na Muhawenimana Aaron bafashwe n\u2019abaturage igihe barimo gucukura izi nsinga maze bakabashyikiriza Polisi. Bivugwa ko aba bombi na mbere yaho bari baracuruje insinga z\u2019ubu bwoko mu Mujyi wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-28T08:48:52+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:51:41+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5567#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5567\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n&#039;ibyaro biba insinga\",\"datePublished\":\"2017-03-28T08:48:52+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:51:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5567\"},\"wordCount\":441,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5567#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5567\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5567\",\"name\":\"Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n&#039;ibyaro biba insinga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-28T08:48:52+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:51:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5567#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5567\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5567#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n&#039;ibyaro biba insinga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n&#039;ibyaro biba insinga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n&#039;ibyaro biba insinga - BWIZA","og_description":"Polisi ikorera mu karere ka Kamonyi ifunze abagabo babiri bakekwaho kwiba insinga zitwara murandasi z\u2019ikigo kiyicuruza cyitwa KT Rwanda Networks Company. Polisi ivugako aba bagabo, Uwiringiyimana Aphrodis na Muhawenimana Aaron bafashwe n\u2019abaturage igihe barimo gucukura izi nsinga maze bakabashyikiriza Polisi. Bivugwa ko aba bombi na mbere yaho bari baracuruje insinga z\u2019ubu bwoko mu Mujyi wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-28T08:48:52+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:51:41+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n&#039;ibyaro biba insinga","datePublished":"2017-03-28T08:48:52+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:51:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567"},"wordCount":441,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5567#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567","name":"Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n&#039;ibyaro biba insinga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-28T08:48:52+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:51:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5567"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5567#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kamonyi: Abagabo 2 bakurikiranyweho kuyogoza umujyi n&#039;ibyaro biba insinga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5567","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5567"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5567\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5567"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5567"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5567"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}