{"id":5594,"date":"2017-03-29T13:44:36","date_gmt":"2017-03-29T13:44:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/29\/mbarushimana-ushinjwa-uruhare-muri-jenoside-yasabye-ibyemeza-ko-abantu-aregwa\/"},"modified":"2025-02-12T16:51:15","modified_gmt":"2025-02-12T14:51:15","slug":"mbarushimana-ushinjwa-uruhare-muri-jenoside-yasabye-ibyemeza-ko-abantu-aregwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594","title":{"rendered":"Mbarushimana ushinjwa uruhare muri jenoside yasabye ibyemeza ko abantu aregwa bapfuye koko"},"content":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Werurwe hasubukuwe urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo Emmanuel Mbarushimana kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aho bwahawe ijambo bukamusabira ibihano bugendeye ku byaha buvuga ko yakoze. Mbere yo gutangira urubanza ariko, Mbarushimana akaba yabwiye urukiko ko atigeze yunganirwa muri uru rubanza narwo rurabyandika. Ubusanzwe Mbarushimana Emmanuel agira abamwunganira 2 ariko uwitabiriye iri buranisha ni umwe.<\/p>\n<p>Mbarushimana yazanywe mu Rwanda avuye mu gihugu cya Denmark mu mwaka wa 2014.<\/p>\n<p>Abahagarariye ubushinjacyaha muri uru rubanza ari bo; Jean Bosco Mutangana, Umushinjacyaha mukuru na mugenzi we, Charity Wibabara, babwiye urukiko ko kuba Mbarushimana asaba icyangombwa kigaragaza ko abantu aregwa bapfuye koko  byateshwa agaciro kuko bitashoboka.<\/p>\n<p>Basabye urukiko guha agaciro ibyavuzwe n&#8217;abatangabuhamya babibonye ndetse babivugiye mu rukiko kandi hatirengagijwe ko hashize igihe kinini bikaba bishoboka ko mu mvugo zabo habayeho kudahuza imvugo zabo aho hamwe batahuje itariki ndetse n&#8217;uburyo Mbarushimana yakoreshaga agenda. Basabye Urukiko ko abatangabuhamya bose nta n&#8217;umwe uvuyemo bahabwa agaciro kuko bose bavuze ibyo babonye n&#8217;amaso yabo.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha kandi bwavuze ko kuba Mbarushimana ashaka inyandiko zose z&#8217;imanza zaciwe n&#8217;urukiko rwa Arusha nta gaciro byahabwa kuko ngo butazigendeyeho. Yavuze ko icyaha ari gatozi kandi ari Mbarushimana we ubwe warezwe nta wundi.Bityo ko ubwo buhamya ntacyo bwafasha mu rubanza.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwasabye urukiko gutesha agaciro imyiregurire ya Bwana Emmanuel Mbarushimana burega ibyaha bya jenoside n&#8217;ibyibasiye inyokomuntu, buvuga ko imyiregurire y&#8217;uregwa idashingiye ku mategeko. Uregwa arasaba ko ikirego cy&#8217;ubushinjacyaha giteshwa agaciro kubera ko asanga giteguye nabi. <\/p>\n<p>Bwana Jean Bosco Mutangana umushinjacyaha mukuru mu Rwanda yasobanuriye umucamanza ko ku cyaha cyo kurimbura imbaga nk\u2019icyaha cyibasiye inyokomuntu urwego ahagarariye rurega Mbarushimana kigaragazwa n\u2019amabwiriza yatangaga yo kwica abatutsi ahantu hatandukanye mu cyahoze ari Komini Muganza muri Prefegitura ya Butare. Yavuze ko aho kugira icyo akora ngo akumire jenoside ahubwo yashoyemo abahutu na we ubwe arayikora.<\/p>\n<p>Umushinjacyaha yashinjije Mbarushimana uhakana ibyaha byose aregwa, kugira uruhare rutaziguye mu ishyirwaho ry\u2019amabariyeri yo mu Ndatemwa , Kabuga n\u2019ahandi hose yicirwagaho abatutsi, yibutsa umucamanza ko Mbarushimana mu 1994 yazanye abasirikare ku musozi wa Kabuye baharimburira abatutsi bagera ku 50,000.<\/p>\n<p>Ni nacyo kimwe no ku cyaha cy\u2019ubwicanyi aho Bwana Mutangana yavuze ko uretse no gutanga amabwiriza ku bahutu yo kwica abatutsi, Mbarushimana na we ubwe yabishe ku buryo n\u2019abatarapfuye muri icyo gihe bahakuye ubumuga.<\/p>\n<p>Mbarushimana waranzwe no gutega amatwi , mu myiregurire ye yakunze kubwira umucamanza ko ubushinjacyaha bwagombye kuba bugaragaza ibimenyetso bya muganga bigaragaza koko ko abo bumurega bazize jenoside.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha burashinja Mbarushimana kuyobora no kwitabirira ibitero byahitanye abatutsi I Muganza. Buravuga ko yari afite moto yifashishaga mu bikorwa byo kugenzura uko jenoside yakorwaga mu bice bya Dahwe, Rubona n\u2019ahandi.<\/p>\n<p>Ashinjwa imvugo z\u2019amarenga buvuga ko yakoreshaga akangurira abahutu kurimbura abatutsi; Nk\u2019aho buvuga ko yababwiraga ngo bakore ashaka gusobanura kwica, ko abatarabikoraga ngo bafatwaga nk\u2019ibyitso by\u2019inkotanyi.<\/p>\n<p>Hari kandi abashinjije Mbarushimana barakatiwe ibihano byo gufungwa burundu na burundu y\u2019umwihariko bazira ibyaha bya jenoside. Aba na bo Mbarushimana aravuga ko inkiko zabambuye uburenganzira bemererwa nk\u2019abanyarwanda agasaba kubakura ku rutonde rw\u2019abagombye kuba bamushinja.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Umushinjacyaha wa Repubulika yabwiye urukiko ko ibyo Mbarushimana avuga byose nta ngingo z\u2019amategeko abishingiraho uretse kubivuga uko abyitekerereza. Bwatsimbaraye ku batangabuhamya bwabwo bushimangira ko nta nenge n\u2019imwe bubona zatuma bateshwa agaciro.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwasobanuye ko abatambutse imbere y\u2019umucamanza barahamwe n\u2019ibyaha bya genoside inkiko zikabakatira ibihano byo guhera mu buroko bakwiye gufatwa nk\u2019abatangamakuru mu rubanza buburanamo na Mbarushimana. Urukiko rukazasuzuma niba ibyo bavuga ntaho bihurira n\u2019ibindi bimenyetso ubushinjacyaha bwarushyikirije. Umushinjacyaha mukuru yibukije ko urukiko ari rwo rutanga umurongo ku bibazo byose bishobora kuvuka mu rubanza.<\/p>\n<p>Iki cyiciro cyo kunenga ibyavuzwe n\u2019abatangabuhamya Mbarushimana ntiyigeze akiburanaho kuko mu gihe yagombye kukiburanaho atabonetse mu iburanisha, umucamanza yanzuye ko urubanza rugomba gukomeza . Ingingo uregwa yafashe nk\u2019igamije kumupfukirana kuko yasobanuye ko yabuze mu iburanisha kubera uburwayi.<\/p>\n<p>Bwana Emmanuel Mbarushimana w\u2019imyaka 55 y\u2019amavuko ubushinjacyaha bw\u2019u Rwanda bumukurikiranyeho ibyaha 5 bikomeye kandi bidasaza bya jenoside n\u2019ibyibasiye inyokomuntu. Ni icyaha cya jenoside, icyaha cyo gucura umugambi wa jenoside, kuba icyitso mu cyaha cya jenoside, ubwicanyi nk\u2019icyaha cyibasiye inyokomuntu no kurimbura imbaga nk\u2019icyaha cyibasiye inyokomuntu.<\/p>\n<p>Ni ibyaha ubushinjacyaha bumukekaho ko yakoreye mu cyahoze ari Komini Muganza hari muri Prefegitura ya Butare mu 1994 aho yari umugenzuzi w\u2019amashuli abanza, ubu ni mu karere ka Gisagara mu Ntara y\u2019Amajyepfo.<\/p>\n<p>Biteganyijwe ko urubanza ruzasubukurwa kuwa 03 Mata 2017 ku isaha ya saa mbiri n&#8217;igice (8h30) hakomeza kumvwa ubushinjacyaha buzaba bumusabira ibihano.<\/p>\n<p> <strong> <em>Abakeneye ko bwiza.com yazabasura,n\u2019igihe mukeneye ko hari ibitangazwa mu ibinyamakuru byayo wakwandika kuri E-mail ya <a href=\"mailto:meckypro@gmail.com,info@bwiza,com\">meckypro@gmail.com,<\/a>cyangwa mugahamagara kuri 0784685981.<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Werurwe hasubukuwe urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo Emmanuel Mbarushimana kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aho bwahawe ijambo bukamusabira ibihano bugendeye ku byaha buvuga ko yakoze. Mbere yo gutangira urubanza ariko, Mbarushimana akaba yabwiye urukiko ko atigeze yunganirwa muri uru rubanza narwo rurabyandika. Ubusanzwe Mbarushimana Emmanuel agira abamwunganira 2 ariko uwitabiriye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5594","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mbarushimana ushinjwa uruhare muri jenoside yasabye ibyemeza ko abantu aregwa bapfuye koko - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mbarushimana ushinjwa uruhare muri jenoside yasabye ibyemeza ko abantu aregwa bapfuye koko - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Werurwe hasubukuwe urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo Emmanuel Mbarushimana kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aho bwahawe ijambo bukamusabira ibihano bugendeye ku byaha buvuga ko yakoze. Mbere yo gutangira urubanza ariko, Mbarushimana akaba yabwiye urukiko ko atigeze yunganirwa muri uru rubanza narwo rurabyandika. Ubusanzwe Mbarushimana Emmanuel agira abamwunganira 2 ariko uwitabiriye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-29T13:44:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:51:15+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5594#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5594\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Mbarushimana ushinjwa uruhare muri jenoside yasabye ibyemeza ko abantu aregwa bapfuye koko\",\"datePublished\":\"2017-03-29T13:44:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:51:15+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5594\"},\"wordCount\":782,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5594#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5594\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5594\",\"name\":\"Mbarushimana ushinjwa uruhare muri jenoside yasabye ibyemeza ko abantu aregwa bapfuye koko - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-29T13:44:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:51:15+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5594#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5594\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5594#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mbarushimana ushinjwa uruhare muri jenoside yasabye ibyemeza ko abantu aregwa bapfuye koko\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mbarushimana ushinjwa uruhare muri jenoside yasabye ibyemeza ko abantu aregwa bapfuye koko - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mbarushimana ushinjwa uruhare muri jenoside yasabye ibyemeza ko abantu aregwa bapfuye koko - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Werurwe hasubukuwe urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo Emmanuel Mbarushimana kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aho bwahawe ijambo bukamusabira ibihano bugendeye ku byaha buvuga ko yakoze. Mbere yo gutangira urubanza ariko, Mbarushimana akaba yabwiye urukiko ko atigeze yunganirwa muri uru rubanza narwo rurabyandika. Ubusanzwe Mbarushimana Emmanuel agira abamwunganira 2 ariko uwitabiriye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-29T13:44:36+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:51:15+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Mbarushimana ushinjwa uruhare muri jenoside yasabye ibyemeza ko abantu aregwa bapfuye koko","datePublished":"2017-03-29T13:44:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:51:15+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594"},"wordCount":782,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5594#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594","name":"Mbarushimana ushinjwa uruhare muri jenoside yasabye ibyemeza ko abantu aregwa bapfuye koko - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-29T13:44:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:51:15+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5594"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5594#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mbarushimana ushinjwa uruhare muri jenoside yasabye ibyemeza ko abantu aregwa bapfuye koko"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5594","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5594"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5594\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5594"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5594"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5594"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}