{"id":56200,"date":"2023-02-13T12:28:50","date_gmt":"2023-02-13T10:28:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=56200"},"modified":"2023-02-13T12:28:50","modified_gmt":"2023-02-13T10:28:50","slug":"papa-fransisiko-yasabye-abantu-kwita-ku-barwayi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200","title":{"rendered":"Papa Fransisiko yasabye abantu kwita ku barwayi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ku nshuro ya 31, Isi yose yongeye kwizihiza umunsi mpuzamahanga w&#8217;abarwayi aho umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika, Papa Fransisiko yasabye abantu bose kwita ku barwayi mu nsanganyamatsiko igira iti &#8220;Umwiteho.&#8221;<\/strong><\/p>\n<p>Yagize ati: <em>&#8220;Impamvu nyamukuru yo kwita ku barwayi ni uko indwara ibashyira mu gice cy&#8217;abarushye n\u2019abaremerewe, ba bandi Yezu yitayeho kandi ashyizeho umutima. Yezu ni we rumuri rubamurikira mu bihe bikomeye by\u2019uburwayi, kandi ni we ubahumuriza akanabizeza kubakiza. Kristu wababaye, agapfa kandi akazuka akomeza kutubohora ku ngoyi y\u2019ikibi akaduhumuriza mu byago abigiranye urukundo n\u2019impuhwe.<\/p>\n<p>Birumvikana ko mu burwayi bwabo bakeneye ahantu baruhukira. Kiliziya irifuza kurushaho kubabera icumbi, nka rya rindi ry\u2019umusamaritani w\u2019umunyampuhwe (reba Luka 10,34). Ni muri icyo gikorwa cyo gukomeza abavandimwe barwaye, dusangamo urwego rw\u2019abakozi bita ku buzima barimo abaganga, abaforomo, abayobozi b\u2019inzego z\u2019ubuzima, ababunganira mu buvuzi n\u2019abakorerabushake.<\/p>\n<p>Mu bushobozi bwabo n\u2019ibikorwa bya buri munsi, bafasha abarwayi mbere y&#8217;Imana, gusuzumwa, bagahabwa imiti bagakira kuko igihe cyose baganwe n&#8217;abarwayi, barasuzumwa, bagahabwa imiti, ndetse bagakora n&#8217;ubushakashatsi, bityo bagomba mbere na mbere kumenya ko babikorera umuntu aho kumurutisha uburwayi bwe! Bityo rero, icyo ari cyo cyose umurwayi akorerwa kigomba kurangwa iteka no kubahiriza agaciro n\u2019ubuzima bwa muntu.<\/p>\n<p>Ni muri urwo rwego abaganga n&#8217;abandi bakorana badakwiye na rimwe guha urwaho ibikorwa biganisha ku guhuhura abarwayi (Etanasie), ku kubafasha kwiyahura cyangwa kwiheba kabone n\u2019iyo byaba bigaragara ko indwara barwaye idashobora gukira.<\/em><\/p>\n<p>Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri, Musenyeri Harolimana Vincent yasabye abita ku barwayi ko aho ubushobozi bwabo bwaba bugeze bagomba kwibuka inkomoko ya muntu. Yagize ati: &#8220;Aho ubushobozi bwanyu bugarukira cyangwa aho ubumenyi mu by\u2019ubuvuzi butarenga ku ndwara zimwe na zimwe zikomeye z\u2019inzaduka kandi zigoye gusuzuma, mugomba kwibuka inkomoko ya muntu kugira ngo mubashe kumva neza akamaro k\u2019umwuga wanyu cyane ko ubuzima ari ndakorwaho, ni ubw\u2019Imana yonyine. Bityo rero kirazira kubuvogera ndetse nta n\u2019ugomba kubugenga uko yishakiye.&#8221;<\/p>\n<p>Dr Muhire Philbert uyobora ibitaro bikuru bya Ruhengeri yavuze ko kwizihiza uyu munsi ari ukwereka abarwayi ko n\u2019ubwo bari mu bitaro hari ababari hafi ndetse babifuriza gukira vuba. Ati: &#8220;Kwizihiza uyu munsi ntihazirikanwa gusa abarwayi bari muri ibi bitaro ahubwo ko hanazirikanwa n\u2019abandi bari hirya no hino ku Isi, mu ngo zabo ari nayo mpamvu witwa umunsi mpuzamahanga w&#8217;abarwayi.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yongeyeho ko mu kwizihiza uyu munsi bituma herekanwa ko umurwayi adakeneye imiti gusa. Yagize ati: &#8220;Mu kwizihiza uyu munsi kandi, twe nk\u2019abakozi b\u2019ibitaro tuboneraho umwanya wo kwereka umurwayi ko adakeneye ubuvuzi gusa, ahubwo ko anakeneye kwerekwa urukundo n&#8217;impuhwe, kwihanganishwa kugira ngo abashe kumva ko atari wenyine.&#8221; <\/p>\n<p>Dr Muhire yasoje asaba abaganga muri rusange kwita ku muhamagaro wabo kuko arizo nshingano zabo ndetse asaba n&#8217;abarwayi kumva inshingano zabo ndetse n\u2019abakozi bakarushaho kubahiriza uburenganzira bw\u2019abarwayi. Ati: &#8220;None twizihiza uyu munsi rero, turasaba abarwayi baba abo dufite ndetse n\u2019abatari hano kumva inshingano zabo ndetse n\u2019abakozi bakarushaho kubahiriza uburenganzira bw\u2019abarwayi no kubereka umutima w\u2019urukundo byiyongera ku kwitanga kutizigama bagira.&#8221;<\/p>\n<p>Uwari umushyitsi mukuru kuri uyu munsi mpuzamahanga w&#8217;abarwayi ni umujyanama wa Guverineri w&#8217;intara y&#8217;Amajyaruguru, Karake Ferdinand. Yatangiye yihanganisha abarwayi ndetse anashimira abagira uruhare ku kwita ku barwayi.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Nk&#8217;ubuyobozi, turashimira abaganga, abakozi batandukanye, abanyamadini n&#8217;amatorero bagira uruhare mu kwita ku barwayi by&#8217;umwihariko abaganga kubwo kwihangana bagira babasuzuma, bakabandikira imiti bakabavura, bagakira. Baganga bacu turabasaba ko ibitagenda neza, byakosorwa noneho umuhamagaro wanyu w&#8217;urukundo n&#8217;impuhwe bigakomeza kubaranga mugakomeza gufatanya n&#8217;Imana kubungabunga Ubuzima bw&#8217;abantu.&#8221;<\/p>\n<p>Mu gusoza, yasabye n&#8217;abaturage kujya bivuza batararemba kandi bakagira n&#8217;ubwisungane mu kwivuza. Yagize ati: &#8220;Turasaba abaturage kujya mwivuza hakiri kare kugira ngo mutarembera mu ngo zanyu bikabagiraho izindi ngaruka. Ikindi ni uko buri wese agomba kugira ubwisungane mu kwivuza kuko bituma mwivuza bitabahenze ndetse mu kirinda ibyabatera indwara mugira isuku aho muri hose, mu byo murya cyangwa munywa, mwirinda ibiyobyabwenge n&#8217;inzoga z&#8217;inkorano kuko byose byica ubuzima, bigakurura indwara zitandukanye.&#8221;<\/p>\n<p>Uwavuze mu izina ry&#8217;abarwayi, Dushimirimana Protog\u00e8ne yavuze ko bashimira abaganga, abarwaza n&#8217;abandi bagira uruhare mu burwayi bwabo. Yagize ati: &#8220;Turashimira abatwitaho bose by&#8217;umwihariko abaganga, abarwaza, abadusura bose kuko nkanjye nageze muri ibi bitaro ku wa 07 Nyakanga 2022 ariko iyo tubonye uburyo abaganga batwitaho, abadusuye bakaduhumuriza, twumva twishimye bikatwongerera imbaraga zo kutiheba. Gusa sinasoza ntabwiye n&#8217;abarwayi bagenzi banjye ko nyuma y&#8217;abaganga, Imana irakora, ari na yo mpamvu tubashimira umutima w&#8217;urukundo n&#8217;impuhwe bagira.&#8221;<\/p>\n<p>Kuri uyu munsi mpuzamahanga w&#8217;abarwayi, mu bitaro bikuru bya Ruhengeri habaye ibikorwa byo kugaburira abarwayi n&#8217;abarwaza, gutanga imyambaro, ubwisungane mu kwivuza, imiti n&#8217;ibindi bikoresho nkenerwa ku babirwariyemo batagira kirwaza n&#8217;abatishoboye.<br \/>\n<figure id=\"attachment_56197\" aria-describedby=\"caption-attachment-56197\" style=\"width: 624px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-56197\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg\" alt=\"Musenyeri Harolimana uyobora diyosezi ya Ruhengeri\" title=\"Musenyeri Harolimana uyobora diyosezi ya Ruhengeri\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"624\" height=\"500\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg 624w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri-300x240.jpg 300w\" sizes=\"(max-width: 624px) 100vw, 624px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-56197\" class=\"wp-caption-text\">Musenyeri Harolimana uyobora diyosezi ya Ruhengeri<\/figcaption><\/figure><br \/>\n<figure id=\"attachment_56198\" aria-describedby=\"caption-attachment-56198\" style=\"width: 1040px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-56198\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/karake_wari_uhagarariye_ubuyobozi_bw_intara.jpg\" alt=\"Karake wari uhagarariye ubuyobozi bw'intara\" title=\"Karake wari uhagarariye ubuyobozi bw'intara\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"1040\" height=\"780\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/karake_wari_uhagarariye_ubuyobozi_bw_intara.jpg 1040w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/karake_wari_uhagarariye_ubuyobozi_bw_intara-300x225.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/karake_wari_uhagarariye_ubuyobozi_bw_intara-1024x768.jpg 1024w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/karake_wari_uhagarariye_ubuyobozi_bw_intara-768x576.jpg 768w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/karake_wari_uhagarariye_ubuyobozi_bw_intara-860x645.jpg 860w\" sizes=\"(max-width: 1040px) 100vw, 1040px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-56198\" class=\"wp-caption-text\">Karake wari uhagarariye ubuyobozi bw&#8217;intara<\/figcaption><\/figure><br \/>\n<figure id=\"attachment_56199\" aria-describedby=\"caption-attachment-56199\" style=\"width: 809px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-56199\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/dushimimana_yashimiye_abita_ku_barwayi_bose.jpg\" alt=\"Dushimimana yashimiye abita ku barwayi bose\" title=\"Dushimimana yashimiye abita ku barwayi bose\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"809\" height=\"1080\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/dushimimana_yashimiye_abita_ku_barwayi_bose.jpg 809w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/dushimimana_yashimiye_abita_ku_barwayi_bose-225x300.jpg 225w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/dushimimana_yashimiye_abita_ku_barwayi_bose-767x1024.jpg 767w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/dushimimana_yashimiye_abita_ku_barwayi_bose-768x1025.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 809px) 100vw, 809px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-56199\" class=\"wp-caption-text\">Dushimimana yashimiye abita ku barwayi bose<\/figcaption><\/figure><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku nshuro ya 31, Isi yose yongeye kwizihiza umunsi mpuzamahanga w&#8217;abarwayi aho umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika, Papa Fransisiko yasabye abantu bose kwita ku barwayi mu nsanganyamatsiko igira iti &#8220;Umwiteho.&#8221; Yagize ati: &#8220;Impamvu nyamukuru yo kwita ku barwayi ni uko indwara ibashyira mu gice cy&#8217;abarushye n\u2019abaremerewe, ba bandi Yezu yitayeho kandi ashyizeho umutima. Yezu ni [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":36,"featured_media":56197,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-56200","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Papa Fransisiko yasabye abantu kwita ku barwayi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Papa Fransisiko yasabye abantu kwita ku barwayi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku nshuro ya 31, Isi yose yongeye kwizihiza umunsi mpuzamahanga w&#8217;abarwayi aho umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika, Papa Fransisiko yasabye abantu bose kwita ku barwayi mu nsanganyamatsiko igira iti &#8220;Umwiteho.&#8221; Yagize ati: &#8220;Impamvu nyamukuru yo kwita ku barwayi ni uko indwara ibashyira mu gice cy&#8217;abarushye n\u2019abaremerewe, ba bandi Yezu yitayeho kandi ashyizeho umutima. Yezu ni [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-02-13T10:28:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"624\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"500\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"SETORA Janvier\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"SETORA Janvier\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200\"},\"author\":{\"name\":\"SETORA Janvier\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/141ef4c78e35727625f678284ea39640\"},\"headline\":\"Papa Fransisiko yasabye abantu kwita ku barwayi\",\"datePublished\":\"2023-02-13T10:28:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200\"},\"wordCount\":808,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/02\\\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg\",\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200\",\"name\":\"Papa Fransisiko yasabye abantu kwita ku barwayi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/02\\\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg\",\"datePublished\":\"2023-02-13T10:28:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/02\\\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/02\\\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg\",\"width\":624,\"height\":500,\"caption\":\"Musenyeri Harolimana uyobora diyosezi ya Ruhengeri\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56200#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Papa Fransisiko yasabye abantu kwita ku barwayi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/141ef4c78e35727625f678284ea39640\",\"name\":\"SETORA Janvier\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=36\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Papa Fransisiko yasabye abantu kwita ku barwayi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Papa Fransisiko yasabye abantu kwita ku barwayi - BWIZA","og_description":"Ku nshuro ya 31, Isi yose yongeye kwizihiza umunsi mpuzamahanga w&#8217;abarwayi aho umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika, Papa Fransisiko yasabye abantu bose kwita ku barwayi mu nsanganyamatsiko igira iti &#8220;Umwiteho.&#8221; Yagize ati: &#8220;Impamvu nyamukuru yo kwita ku barwayi ni uko indwara ibashyira mu gice cy&#8217;abarushye n\u2019abaremerewe, ba bandi Yezu yitayeho kandi ashyizeho umutima. Yezu ni [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-02-13T10:28:50+00:00","og_image":[{"width":624,"height":500,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"SETORA Janvier","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"SETORA Janvier","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200"},"author":{"name":"SETORA Janvier","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/141ef4c78e35727625f678284ea39640"},"headline":"Papa Fransisiko yasabye abantu kwita ku barwayi","datePublished":"2023-02-13T10:28:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200"},"wordCount":808,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg","keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56200#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200","name":"Papa Fransisiko yasabye abantu kwita ku barwayi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg","datePublished":"2023-02-13T10:28:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56200"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/02\/musenyeri_harolimana_uyobora_diyosezi_ya_ruhengeri.jpg","width":624,"height":500,"caption":"Musenyeri Harolimana uyobora diyosezi ya Ruhengeri"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56200#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Papa Fransisiko yasabye abantu kwita ku barwayi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/141ef4c78e35727625f678284ea39640","name":"SETORA Janvier","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=36"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56200","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/36"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=56200"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56200\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/56197"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=56200"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=56200"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=56200"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}