{"id":5622,"date":"2017-03-31T12:57:17","date_gmt":"2017-03-31T12:57:17","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/03\/31\/gen-nkunda-na-makenga-ntibahiriwe-ese-intambara-ya-gen-masunzu-yo-yaba-yaraheze\/"},"modified":"2025-02-12T16:40:47","modified_gmt":"2025-02-12T14:40:47","slug":"gen-nkunda-na-makenga-ntibahiriwe-ese-intambara-ya-gen-masunzu-yo-yaba-yaraheze","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622","title":{"rendered":"Gen Nkunda na Makenga ntibahiriwe, Ese intambara ya Gen Masunzu yo yaba yaraheze he?"},"content":{"rendered":"<p>Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ni igihugu kinini ndetse kinakungahaye ku butunzi kamere ku mugabane wa Afurika, iki gihugu gihoramo intambara ahanini biturutse ku butunzi gifite. Uko imyaka yagiye ihita na n\u2019ubu havugwa imitwe y\u2019inyeshyamba ikavuka abayobozi bayo bavuga ko bagamije ibi cyangwa biriya bifitanye isano na politiki ariko nyuma ugasanga ni ukwishakira ubutunzi.<br \/>\nNyuma y\u2019itabaruka rya Marchal Mobutu mu 1997, wari warafashe amaraso abaturage ba Zayire abayoboye imyaka igera 35, urupfu rwe rwakurikiwe n\u2019intambara z\u2019urudaca kugeza n\u2019ubu zigikomeje.<br \/>\nDesire Kabila akimara gufata ubutegetsi biciye mu nzira ndetse umuntu yakwita iy\u2019amakuba yo guhirika Mobutu,  aho kugirango umutuzo uboneke muri iki gihugu ahubwo ibintu byasubiye i Rudubi kugeza ubwo nawe yaje kuraswa n\u2019umwe mu bamurindaga ku wa 16 Mutarama 2001.<br \/>\nImfura ingana se, Joseph Kabila ntiyazuyaje yahise afata ubutegetsi muri uwo mwaka se yiciwemo, Leta ya Kabila umuntu ntiyabura kuvuga ko yaranzwe n\u2019umuriro kuko kuva icyo gihe n\u2019ubu intambara imwe irarangira hagatangira indi.<br \/>\nIntambara ya kabiri ya Congo 2000-2003 ubwo yari imaze kurangira, nibwo habaye igikorwa cyo guhuriza hamwe imitwe yose yarwaniraga muri Congo, aha Gen Nkunda nawe wari mu nyeshyamba , yinjijwe mu gisirikare cya Leta nyuma aza kukivamo ashinga CNDP (Congr\u00e9s National Pour la Defense du Peuple).<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google&#8221;]<br \/>\nIyi ntambara ya CNDP nayo iri mu ntambara zahungabanyije umutekano wa Congo, dore ko yarangiye hatangira iya M23, iyi mitwe uko ari ibiri yose mu byo yaharaniraga harimo n\u2019uburenganzira bw\u2019Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda bahohoterwa bamwe banaheze mu buhunzi.<br \/>\nUretse izi ntambara z\u2019iyi mitwe, hari n\u2019izindi z\u2019inyeshyamba nka FDLR, za Mai Mai, ADF Nalu n\u2019indi mitwe y\u2019inyeshyamba itandukanye irwanira ku butaka bwa Congo. Kubera aya makuba ahora muri Congo, hari abagiye batangaza ko bagiye gucungura Congo ndetse hakaba hajyaho Leta ebyiri.<br \/>\n <strong>2014:<\/strong>   <strong>Gen. Masunzu Pacfique ati: \u201cNgiye gushyiraho Leta ya Kivu\u201d<\/strong><br \/>\nGen.Masunzu Pacfique ni umusirikare wa Congo ukomoka mu bwoko bw\u2019Abanyamulenge, muri 2014, nibwo inkuru mu binyamakuru bitanduanye zavugaga ko agiye gushinga Leta ya Kivu. Benshi babifataga nk\u2019ibishoboka kuko uyu musirikare afite imbaraga kandi yashyigikirwa.<br \/>\nByatangazwaga ko Gen Masunzu wayoboraga ingabo mu gace ka Minembwe yanze kujya aho yari yimuriwe na Perezida Kabila mu ntara ya Equateur, bigatangazwa ko arimo gushakisha urubyiruko rw\u2019abanyekongo n\u2019Abarundi mu misozi ya Kivu y\u2019Amajyepfo mu gace ka Uvila kugira ngo abashyire mu gisirikare, bamufashe muri urwo rugamba.<br \/>\nByatangazwaga ko Gen Masunzu arimo kubifashwamo n\u2019umuvandimwe we Michel Rukunda Makanika. Abantu benshi bategereje uru rugamba rwa Masunzu, amaso yaheze mu kirere.<br \/>\nAbasesenguzi mu bya politiki, bibazaga niba Masunzu agiye gucukumbura ikivi cya Gen Nkunda na Makenga dore ko bo urugamba rutabahiriye, ubu bari mu buhunzi ari nako bashinjwa ibyaha bitandukanye.<br \/>\nNkunda ajya gutangira urugamba hari ibyo atahuzagaho na Masunzu mwene wabo, hagendewe ku ibyo yatangaje mu kiganiro Imvonimvano kuri BBC, tariki ya 29 Kanama 2004.<br \/>\n <strong>2016: Alex Byicaza Sebatware ati: \u201cNje gucamo Congo ibice bibiri\u201d<\/strong><br \/>\nAlex Byicaza yavugiraga umutwe mushya FAS (Forces Armees Secesionistes ) yavugaga ko uje ugamije gukuraho Perezida Kabila ndetse ugacamo RDC ibihugu 2 byigenga ndetse no guca akarengane n\u2019ivangura yavugaga bakorerwa na  Leta ya Kabila abavuga Ikinyarwanda.<br \/>\nYakomeje avuga ko FAS ari umutwe mushya utandukanye n\u2019iyindi yose yigeze kuvugwa muri Congo harimo M23 n\u2019indi itandukanye, bashaka ko Kivu y\u2019Amajyaruguru n\u2019Amajyepfo biba igihugu kimwe ku kindi bikitwa Repubulika ya Kivu y\u2019Amajyepfo n\u2019iy\u2019 Amajyaruguru.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google&#8221;]<br \/>\nAganira n\u2019itangazamakuru mu Ukwakira 2016, yagize ati: \u201cHari ibintu byinshi izi ngabo zigamije birimo guca akarengane n\u2019ivangura  Leta ya Kabila ikorera Abakongomani bavuga ikinyarwanda tukaba dushaka ko tugira igihugu cyacu kigenga kandi turiteguye kubigeraho\u201d.<br \/>\nAlex Byicaza abajijwe niba imigambi yabo bazayigeraho dore ko hari abababanjirije mbere bakananirwa yavuze ko bizeye 100% ko ibyo bagamije bazabigeraho.<br \/>\nAlex Byicaza yagize ati \u201cKabila ubu nta mbaraga afite kuko ubu tuvugana hari abasirikare benshi cyane bari mugisirikare cye bategereje ko dutangira bakadusanga tugafatanya urugamba.<br \/>\nIbi Byicaza yatangaje, ubu bifatwa nk\u2019inzozi kuko ubwo yabitangazaga yari inkuru ishyushye abantu bategereza kumva ko yashyize mu bikorwa urwo rugamba arenganure abo yavugaga ko barenganye, ishwi, dore ko yatangazaga ko hari abasirikare babiri b\u2019abajenerali bazaruyobora.<br \/>\nUyu mutwe wagombaga gutangira urugamba ku wa 19 Ukuboza 2016,  bamwe bifashe ku itama dore ko byari ibihe bibi kuri Perezida Kabila, byahuraga n\u2019amatora yari ateganyijwe muri RDC ariko bikaza gutangazwa ko yigijwe inyuma ho imyaka 2.<br \/>\nIbi bikaba ari isura mbi kuri Kabila ushinjwa gushaka kugundira ubutegetsi, ko bishobora kubyara imvururu mbi nk\u2019izo mu Burundi, bamwe bemeza ko uyu mutwe watizwa umurindi n\u2019izo mvururu ukagera ku ntego. Urugamba rwarategerejwe amaso yaheze mu kirere, itariki yarageze harenzeho amezi 4.<\/p>\n<p> <strong> <em>Abakeneye ko bwiza.com yazabasura, n\u2019igihe mukeneye ko hari ibitangazwa mu binyamakuru byayo wakwandika kuri E-mail ya <a style=\"color: #000080\" href=\"mailto:meckypro@gmail.com,info@bwiza,com\">meckypro@gmail.com,<\/a>cyangwa mugahamagara kuri 0784685981.<\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><\/em> <\/strong>  <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ni igihugu kinini ndetse kinakungahaye ku butunzi kamere ku mugabane wa Afurika, iki gihugu gihoramo intambara ahanini biturutse ku butunzi gifite. Uko imyaka yagiye ihita na n\u2019ubu havugwa imitwe y\u2019inyeshyamba ikavuka abayobozi bayo bavuga ko bagamije ibi cyangwa biriya bifitanye isano na politiki ariko nyuma ugasanga ni ukwishakira ubutunzi. Nyuma [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5622","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gen Nkunda na Makenga ntibahiriwe, Ese intambara ya Gen Masunzu yo yaba yaraheze he? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gen Nkunda na Makenga ntibahiriwe, Ese intambara ya Gen Masunzu yo yaba yaraheze he? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ni igihugu kinini ndetse kinakungahaye ku butunzi kamere ku mugabane wa Afurika, iki gihugu gihoramo intambara ahanini biturutse ku butunzi gifite. Uko imyaka yagiye ihita na n\u2019ubu havugwa imitwe y\u2019inyeshyamba ikavuka abayobozi bayo bavuga ko bagamije ibi cyangwa biriya bifitanye isano na politiki ariko nyuma ugasanga ni ukwishakira ubutunzi. Nyuma [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-03-31T12:57:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:40:47+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5622#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5622\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gen Nkunda na Makenga ntibahiriwe, Ese intambara ya Gen Masunzu yo yaba yaraheze he?\",\"datePublished\":\"2017-03-31T12:57:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5622\"},\"wordCount\":804,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5622#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5622\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5622\",\"name\":\"Gen Nkunda na Makenga ntibahiriwe, Ese intambara ya Gen Masunzu yo yaba yaraheze he? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-03-31T12:57:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5622#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5622\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5622#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gen Nkunda na Makenga ntibahiriwe, Ese intambara ya Gen Masunzu yo yaba yaraheze he?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gen Nkunda na Makenga ntibahiriwe, Ese intambara ya Gen Masunzu yo yaba yaraheze he? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gen Nkunda na Makenga ntibahiriwe, Ese intambara ya Gen Masunzu yo yaba yaraheze he? - BWIZA","og_description":"Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ni igihugu kinini ndetse kinakungahaye ku butunzi kamere ku mugabane wa Afurika, iki gihugu gihoramo intambara ahanini biturutse ku butunzi gifite. Uko imyaka yagiye ihita na n\u2019ubu havugwa imitwe y\u2019inyeshyamba ikavuka abayobozi bayo bavuga ko bagamije ibi cyangwa biriya bifitanye isano na politiki ariko nyuma ugasanga ni ukwishakira ubutunzi. Nyuma [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-03-31T12:57:17+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:40:47+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gen Nkunda na Makenga ntibahiriwe, Ese intambara ya Gen Masunzu yo yaba yaraheze he?","datePublished":"2017-03-31T12:57:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622"},"wordCount":804,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5622#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622","name":"Gen Nkunda na Makenga ntibahiriwe, Ese intambara ya Gen Masunzu yo yaba yaraheze he? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-03-31T12:57:17+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5622"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5622#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gen Nkunda na Makenga ntibahiriwe, Ese intambara ya Gen Masunzu yo yaba yaraheze he?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5622","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5622"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5622\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5622"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5622"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5622"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}