{"id":56239,"date":"2023-02-14T09:42:31","date_gmt":"2023-02-14T07:42:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=56239"},"modified":"2025-02-12T11:53:40","modified_gmt":"2025-02-12T09:53:40","slug":"minisitiri-mitchell-yariye-indimi-ubwo-yabazwaga-kuri-gahunda-y-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239","title":{"rendered":"Minisitiri Mitchell yariye indimi ubwo yabazwaga kuri gahunda y&#8217;u Rwanda yarwanyaga"},"content":{"rendered":"<p><strong>Minisitiri mu biro by\u2019u Bwongereza bishinzwe ububanyi n\u2019amahanga, Andrew Mitchell, warwanyaga gahunda yo kohereza by\u2019agateganyo abimukira mu Rwanda mu gihe yari umudepite, yamaze kwisubiraho.<\/strong><\/p>\n<p>Mitchell wari uhagarariye agace ka Sutton Coldfield mu nteko ishinga amategeko mu mwaka ushize, ni umwe mu badepite bamaganiye kure amasezerano ya guverinoma y\u2019u Bwongereza n\u2019iy\u2019u Rwanda yo kohereza aba bimukira, yasinywe tariki ya 14 Mata 2022.<\/p>\n<p>Uyu munyapolitiki kuri iyi tariki yavuze ko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda nta gisubizo izatanga ku kibazo cy\u2019abinjira mu Bwongereza bakoresheje ubwato buto, ariko yizeza uwari Umunyamabanga ushinzwe umutekano w\u2019imbere ko ashyigikiye ubundi buryo yakoresha bwo kugihagarika.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cNtabwo nizera ko gahunda y\u2019u Rwanda izakora ariko numva nshyigikiye cyane Umunyamabanga ushinzwe umutekano w\u2019imbere iyo agerageza guhagarika ubu bucuruzi [bw\u2019abimukira] bunyura mu nzira mbi kandi irimo urupfu.\u201d<\/p>\n<p>Mitchell yagaragaje ko guverinoma y\u2019u Bwongereza ikwiye gutera ikirenge mu cy\u2019iya Australia, na yo yahagaritse gahunda nk\u2019iyi nyuma yo gusanga ibangamira uburenganzira bw\u2019abimukira. Ati: \u201cAbadepite mu cyumba bagaragaje impungenge zo kwemeza gahunda Australia yahagaritse nk\u2019itaragize icyo itanga.\u201d<\/p>\n<p>Muri guverinoma ya Minisitiri w\u2019Intebe Rishi Sunak, Mitchell ni Minisitiri cyangwa Umunyamabanga mu biro by\u2019ububanyi n\u2019amahanga ushinzwe iterambere na Afurika, kuva tariki ya 25 Ukwakira 2022.<\/p>\n<p>Nk\u2019umwe mu bagize guverinoma yiyemeje gushyira mu bikorwa gahunda y\u2019u Rwanda n\u2019u Bwongereza, Mitchell yabajijwe n\u2019umunyamakuru Andrew Neil niba agihagaze ku ijambo yavuze muri Mata 2022.<\/p>\n<p>Umunyamakuru yagize ati: \u201cWagaragaje ko icyifuzo cya guverinoma cyo kohereza abimukira batemewe n\u2019amategeko, nk\u2019uko wabivuze \u2018kitazakora\u2019, ko ntacyo kizatanga kandi ko gihenze bikabije. Ni ko ukibyumva?\u201d <\/p>\n<p>Minisitiri Mitchell yasubije ati: \u201cByiza, ndatekereza, waba ushyigikiye cyangwa udashyigikiye gahunda y\u2019u Rwanda\u2026 Byiza, utayishyigikiye, ntabwo cyaba ari igisubizo. Byaba bigize igisubizo ariko ntabwo cyaba ari igisubizo.\u201d<\/p>\n<p>Neil yamusubirishijemo ati: \u201cNk\u2019uko ubivuze, wavuze ko bitagize igisubizo. Wavuze ko kubajyana muri Ritz ari byo bihendutse.\u201d Yasubije ati: \u201cNarebaga ku kiguzi, kandi ntekereza ko ikiguzi ari ikintu gikomeye.\u201d<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yavuze ko ariko nyuma yo kumva ibisobanuro bya guverinoma ya Rishi Sunak kuri iyi gahunda, yasanze bikwiye ko ubwato bujyana abimukira mu Bwongereza mu buryo butemewe n\u2019amategeko buhagarikwa.<\/p>\n<p>Neil yamubajije ati: \u201cNone birakwiye ko twohereza abantu mu Rwanda?\u201d Minisitiri Mitchell yasubije ati: \u201cMu gihe tutabohereza mu Rwanda, icyo nizera ni uko niba gahunda y\u2019u Rwanda ifite akamaro, atari yo gusa dukwiye kugira. Hazabamo inyungu nkeya. Icyo tugomba gukora ni uguhagarika ubu bwato kandi hari uburyo bwinshi twakoresha mu kubikora.\u201d<\/p>\n<p>Umunyamakuru yamusobanuje niba abona koko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda irimo inyungu nkeya, asubiza ati: \u201cByiza, ntekereza ko bikwiye kureba kuri gahunda y\u2019u Rwanda, ariko nk\u2019uko nabivuze, ndatekereza ko bitarimo igisubizo cyose.\u201d<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019aho Minisitiri Mitchell atangaje ko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda irimo inyungu nke, ikinyamakuru The Independent kivuga ko hari abadepite bo mu ishyaka Conservative riri ku butegetsi barakajwe n\u2019aya magambo. Ngo babona yakabaye ashyigikira guverinoma.<\/p>\n<p>Iki kinyamakuru kivuga ko cyashatse kumenya uko ibiro bya Minisitiri w\u2019Intebe byakiriye amagambo ya Mitchell, Umuvugizi wabyo asa n\u2019uwemeranya n\u2019uyu Minisitiri, ati: \u201cNta buryo bumwe, nta gahunda imwe yakemura iki kibazo mu ngunga imwe.\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri mu biro by\u2019u Bwongereza bishinzwe ububanyi n\u2019amahanga, Andrew Mitchell, warwanyaga gahunda yo kohereza by\u2019agateganyo abimukira mu Rwanda mu gihe yari umudepite, yamaze kwisubiraho. Mitchell wari uhagarariye agace ka Sutton Coldfield mu nteko ishinga amategeko mu mwaka ushize, ni umwe mu badepite bamaganiye kure amasezerano ya guverinoma y\u2019u Bwongereza n\u2019iy\u2019u Rwanda yo kohereza aba bimukira, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[478,131],"class_list":["post-56239","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw","tag-amamenyesha-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Minisitiri Mitchell yariye indimi ubwo yabazwaga kuri gahunda y&#039;u Rwanda yarwanyaga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Minisitiri Mitchell yariye indimi ubwo yabazwaga kuri gahunda y&#039;u Rwanda yarwanyaga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisitiri mu biro by\u2019u Bwongereza bishinzwe ububanyi n\u2019amahanga, Andrew Mitchell, warwanyaga gahunda yo kohereza by\u2019agateganyo abimukira mu Rwanda mu gihe yari umudepite, yamaze kwisubiraho. Mitchell wari uhagarariye agace ka Sutton Coldfield mu nteko ishinga amategeko mu mwaka ushize, ni umwe mu badepite bamaganiye kure amasezerano ya guverinoma y\u2019u Bwongereza n\u2019iy\u2019u Rwanda yo kohereza aba bimukira, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-02-14T07:42:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T09:53:40+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56239#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56239\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Minisitiri Mitchell yariye indimi ubwo yabazwaga kuri gahunda y&#8217;u Rwanda yarwanyaga\",\"datePublished\":\"2023-02-14T07:42:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T09:53:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56239\"},\"wordCount\":528,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56239#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56239\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56239\",\"name\":\"Minisitiri Mitchell yariye indimi ubwo yabazwaga kuri gahunda y'u Rwanda yarwanyaga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-02-14T07:42:31+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T09:53:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56239#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56239\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56239#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Minisitiri Mitchell yariye indimi ubwo yabazwaga kuri gahunda y&#8217;u Rwanda yarwanyaga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Minisitiri Mitchell yariye indimi ubwo yabazwaga kuri gahunda y'u Rwanda yarwanyaga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Minisitiri Mitchell yariye indimi ubwo yabazwaga kuri gahunda y'u Rwanda yarwanyaga - BWIZA","og_description":"Minisitiri mu biro by\u2019u Bwongereza bishinzwe ububanyi n\u2019amahanga, Andrew Mitchell, warwanyaga gahunda yo kohereza by\u2019agateganyo abimukira mu Rwanda mu gihe yari umudepite, yamaze kwisubiraho. Mitchell wari uhagarariye agace ka Sutton Coldfield mu nteko ishinga amategeko mu mwaka ushize, ni umwe mu badepite bamaganiye kure amasezerano ya guverinoma y\u2019u Bwongereza n\u2019iy\u2019u Rwanda yo kohereza aba bimukira, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-02-14T07:42:31+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T09:53:40+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Minisitiri Mitchell yariye indimi ubwo yabazwaga kuri gahunda y&#8217;u Rwanda yarwanyaga","datePublished":"2023-02-14T07:42:31+00:00","dateModified":"2025-02-12T09:53:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239"},"wordCount":528,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56239#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239","name":"Minisitiri Mitchell yariye indimi ubwo yabazwaga kuri gahunda y'u Rwanda yarwanyaga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-02-14T07:42:31+00:00","dateModified":"2025-02-12T09:53:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56239"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56239#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Minisitiri Mitchell yariye indimi ubwo yabazwaga kuri gahunda y&#8217;u Rwanda yarwanyaga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56239","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=56239"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56239\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=56239"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=56239"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=56239"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}