{"id":5627,"date":"2017-04-06T08:50:44","date_gmt":"2017-04-06T08:50:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/06\/gasabo-polisi-yaburijemo-ubujura-bwakorerwaga-mu-iduka\/"},"modified":"2025-02-12T16:40:41","modified_gmt":"2025-02-12T14:40:41","slug":"gasabo-polisi-yaburijemo-ubujura-bwakorerwaga-mu-iduka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627","title":{"rendered":"Gasabo: Polisi yaburijemo ubujura bwakorerwaga mu iduka"},"content":{"rendered":"<p>Mu gicuku cyo ku wa 4 Mata, mu mudugudu w\u2019Iriba, mu kagari ka Kibaza  , Umurenge wa Kacyiru, iduka ry\u2019uwitwa Bizimana Isaac, riri ku Kinamba ryarafunguwe, ryibwamo bimwe mu bintu bicururizwamo ariko Polisi iratabara iburizamo ibwo bujura.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police(SP) Emmanuel Hitayezu abitangaza, ngo igihe iri duka ryariho risahurwa,   abapolisi bari mu kazi babonye amakuru ko hari ahantu harimo gusahurwa, nibwo bahitaga batabara bakaburizamo ubwo bujura.<\/p>\n<p>SP Hitayezu yagize ati:\u201d Twabonye amakuru duhawe n\u2019umuturage wagize amakenga  aciye kuri ririya duka ricuruza ibikoresho by\u2019ubwubatsi n\u2019iby\u2019amazi ry\u2019uwitwa Bizimana riri ku Kinamba , nyuma yo kubona barimo gupakira ibicuruzwa mu gicuku,  abapolisi bihutiye kuhagera basanga hari abantu bahagaritse imodoka imbere yaryo barimo gutundiramo bimwe mu biricururizwamo.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko, umwe muri bo  waje kumenyekana ku mazina ya Bizumukiza Ildephonse utuye ahitwa Gasanze mu murenge wa Nduba mu karere ka Gasabo, wari wazanye imodoka RAA 184 J barimo bapakiramo ibyibano,   yabonye ko abapolisi bagiye kumufata , maze asatira umwe mu bapolisi  bari batabaye ashaka kumwambura imbunda maze abandi baramurasa ahita agwa aho; mugenzi we wahise wiruka n\u2019ubu aracyashakishwa.<\/p>\n<p>Kuri ubu bujura  SP Hitayezu yagize ati:\u201d Twasanze aba bagabo baracurishije imfunguzo ebyiri, urw\u2019urugi n\u2019urw\u2019imwe mu ngufuri zari ziri ku rugi rw\u2019iduka,  maze indi bayicisha umutarimba twahasanze;  Bizumukiza yari umuntu uhamenereye kuko ngo yakundaga kuhaza nyuma y\u2019uko afungiye akabari ke kari hafi y\u2019ahantu yashakaga kwiba .\u201d<\/p>\n<p>Yavuze kandi ko baciye mu mwenge w\u2019idari (Plafon) , aba bagabo bari bamaze no kugeza imifuka  mu iduka rikurikiye iryo bibagamo kugira ngo batwareyo ibindi bicuruzwa, ariko baguwe gitumo nta kintu barakurayo.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali akaba ashima imyitwarire y\u2019abaturage batanga amakuru ku gihe kugira ngo ibyaha nk\u2019ibi biburizwemo kuko ubwabyo ari umutekano muke kubabikorerwa  aho yagize ati:\u201d Iyi ni intwambwe nziza abaturage bamaze kugeraho, aho umuntu wese ugize amakenga ku gikorwa runaka yihutira kubimenyesha Polisi cyangwa urundi rwego rushinzwe umutekano.\u201d<\/p>\n<p>Yavuze ko kugeza ubu, ibyari byapakiwe muri iriya modoka byashyikirijwe nyirabyo mu gihe iperereza rikomeje ngo hamenyekane abari inyuma y\u2019iki gikorwa bose harimo no gushakisha uriya watorotse.<\/p>\n<p> Yongeyeho ati:\u201d Abishora mu bikorwa bihungabanya umutekano birimo n\u2019ubujura babireke kuko  mwanya bafite muri iki gihugu kandi bamenyeko  abaturage n\u2019inzego zishinzwe umutekano bari maso kandi bazakomeza kuburizamo imigambi n\u2019ibikorwa byabo.\u201d<\/p>\n<p>Yaboneyeho guhamagarira abaturage kwitabaza inzego zishinzwe umutekano igihe cyose babonye imyitwarire n\u2019ibikorwa bidasanzwe ;  bihutira kubimenyesha Polisi ibegereye nk\u2019uko uriya muturage yabigenje, cyangwa bagahamagara ku murongo utishyurwa wa 112 nawo wa Polisi y\u2019u Rwanda bagahabwa ubutabazi.  <\/p>\n<p> <strong> <em>Abakeneye ko bwiza.com yazabasura, n\u2019igihe mukeneye ko hari ibitangazwa mu binyamakuru byayo wakwandika kuri E-mail ya <a href=\"mailto:meckypro@gmail.com,info@bwiza,com\">meckypro@gmail.com,<\/a>cyangwa mugahamagara kuri 0784685981.<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>@bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gicuku cyo ku wa 4 Mata, mu mudugudu w\u2019Iriba, mu kagari ka Kibaza , Umurenge wa Kacyiru, iduka ry\u2019uwitwa Bizimana Isaac, riri ku Kinamba ryarafunguwe, ryibwamo bimwe mu bintu bicururizwamo ariko Polisi iratabara iburizamo ibwo bujura. Nk\u2019uko umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police(SP) Emmanuel Hitayezu abitangaza, ngo igihe iri duka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5627","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gasabo: Polisi yaburijemo ubujura bwakorerwaga mu iduka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gasabo: Polisi yaburijemo ubujura bwakorerwaga mu iduka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gicuku cyo ku wa 4 Mata, mu mudugudu w\u2019Iriba, mu kagari ka Kibaza , Umurenge wa Kacyiru, iduka ry\u2019uwitwa Bizimana Isaac, riri ku Kinamba ryarafunguwe, ryibwamo bimwe mu bintu bicururizwamo ariko Polisi iratabara iburizamo ibwo bujura. Nk\u2019uko umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police(SP) Emmanuel Hitayezu abitangaza, ngo igihe iri duka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-06T08:50:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:40:41+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5627#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5627\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Gasabo: Polisi yaburijemo ubujura bwakorerwaga mu iduka\",\"datePublished\":\"2017-04-06T08:50:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5627\"},\"wordCount\":472,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5627#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5627\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5627\",\"name\":\"Gasabo: Polisi yaburijemo ubujura bwakorerwaga mu iduka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-06T08:50:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5627#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5627\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5627#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gasabo: Polisi yaburijemo ubujura bwakorerwaga mu iduka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gasabo: Polisi yaburijemo ubujura bwakorerwaga mu iduka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gasabo: Polisi yaburijemo ubujura bwakorerwaga mu iduka - BWIZA","og_description":"Mu gicuku cyo ku wa 4 Mata, mu mudugudu w\u2019Iriba, mu kagari ka Kibaza , Umurenge wa Kacyiru, iduka ry\u2019uwitwa Bizimana Isaac, riri ku Kinamba ryarafunguwe, ryibwamo bimwe mu bintu bicururizwamo ariko Polisi iratabara iburizamo ibwo bujura. Nk\u2019uko umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police(SP) Emmanuel Hitayezu abitangaza, ngo igihe iri duka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-06T08:50:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:40:41+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Gasabo: Polisi yaburijemo ubujura bwakorerwaga mu iduka","datePublished":"2017-04-06T08:50:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627"},"wordCount":472,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5627#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627","name":"Gasabo: Polisi yaburijemo ubujura bwakorerwaga mu iduka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-06T08:50:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5627"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5627#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gasabo: Polisi yaburijemo ubujura bwakorerwaga mu iduka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5627","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5627"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5627\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5627"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5627"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5627"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}