{"id":5636,"date":"2017-04-06T12:45:08","date_gmt":"2017-04-06T12:45:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/06\/iperereza-rikozwe-2-rifata-ubusa-ese-kayumba-nyamwasa-niwe-uzerekana-uwahanuye\/"},"modified":"2025-02-12T16:40:32","modified_gmt":"2025-02-12T14:40:32","slug":"iperereza-rikozwe-2-rifata-ubusa-ese-kayumba-nyamwasa-niwe-uzerekana-uwahanuye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636","title":{"rendered":"Iperereza rikozwe 2 rifata ubusa, Ese Kayumba Nyamwasa niwe uzerekana uwahanuye indege ya Habyarimana"},"content":{"rendered":"<p>Ku wa 6 Mata 1994, nibwo indege yari itwaye uwari Perezida w\u2019u Rwanda, Juvenal Habyarimana yarashwe n\u2019umuntu utaramenyakana kugeza saha izi, Ubufaransa bukoze iperereza inshuro 2 bifata ubusa.<br \/>\nUmwaka ushize nibwo abacamanza bo mu Bufransa batangaje ko bwiteguye kumva ubuhamya bw&#8217;uwahoze ari umugaba w&#8217;ingabo z&#8217;u Rwanda, Kayumba Nyamwasa ubu uba mu gihugu cya Africa y\u2019Epfo aho yahungiye.<br \/>\nUbu buhamya bukumvwa hakorwa iperereza ku nshuro ya 3, harebwa mu by\u2019ukuri uwaba yarahanuye indege yari itwaye Habyarimana na Perezida Ntaryamira wari uw\u2019u Burundi bari bavanye i Arusha muri Tanzania.<br \/>\nAganira na BBC, Me Philippe Meilhac, wunganira imiryango ya Juvenal Habyarimana na Cyprien Ntaryamira baguye muri iyo ndege, yatangaje ko ubuhamya bwa Gen Kayumba Nyamwasa bugomba kumvwa.<br \/>\nKur iyi nshuro ya 3, ubutabera bw\u2019Ubufaransa bushaka gukoresha Kayumba Nyamwasa mu gushaka kumenya uwahanuye indege, nabwo ubwa bwo butungwa agatoki ko bushobora kuba bubifitemo uruhare rukomeye.<br \/>\nIkindi kandi Gen Kayumba Nyamwasa yari umuyobozi mu gisirikare cy\u2019Inkotanyi, na nyuma akaza kuba umugaba mukuru w\u2019ingabo z\u2019u Rwanda aho hafatiwe ubutegetsi, ndetse nyuma aza no guhunga, akatirwa n\u2019urukiko adahari ashinjwa ibyaha birimo n\u2019iterabwoba.<br \/>\nKuba ubu aribwo yibutse gutanga ubuhamya avuga ko ari Inkotanyi zahanuye iyi ndege, benshi mu basesenguzi mu bya politiki nibyo bagiye bibazaho bati: \u201cKuki atatanze ubu buhamya kera\u201d .<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nKayumba Nyamwasa yakatiwe adahari mu 2011 n\u2019urukiko rukuru rwa Gisirikare, gufungwa imyaka 24 no kwamburwa impeta za gisirikare, biturutse ku byaha birimo kurema umutwe w\u2019iterabwoba, kubangamira umutekano w\u2019igihugu, kurema amacakubiri no gutoroka igisirikare.<br \/>\nKuba ashinjwa ibi byaha byose yanahaniwe adahari muri uwo mwaka watangajwe haruguru, ubu akaba ari bwo yibutse gutanga ubuhamya ku ihanurwa ry\u2019indege ya Habyarimana, iyo aza kubutanga akiri umugaba mukuru w\u2019ingabo  z\u2019u Rwanda cyangwa akiri mu yindi mirimo mu gihugu, abenshi babona ko aribwo bwari guhabwa agaciro kurusha ubu afatwa nk\u2019umwe mubarwanya Leta y\u2019u Rwanda.<br \/>\n <strong>N\u2019ubwo Ubufaransa bushaka kwifashisha Kayumba nabwo butungwa agatoki<\/strong><br \/>\nMu Ukuboza 2015, nibwo Ikinyamakuru Le Canard Encha\u00e0\u00aen\u00e9 cyo mu Bufaransa cyatangaje inyandiko zo mu buyobozi bukuru bushinzwe umutekano hanze y\u2019igihugu mu Bufaransa buzwi nka DGSE ndetse n\u2019urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare, DRM, zigaragaza ko abasirikare b\u2019Abafaransa bagize uruhare mu guhanura indege ya Habyarimana.<br \/>\nUmutwe w\u2019iyo nkuru ugira uti: \u201c <strong> <em>Les trous de m\u00e9moire de la France au Rwanda<\/em> <\/strong> \u201d, inyandiko zo muri DRM na DGSE zigaragaza uruhare rw\u2019ingabo zidasanzwe z\u2019u Bufaransa mu gitero cyahanuye indege yari itwaye perezida Habyarimana.<br \/>\nIki kinyamakuru kivuga ko byari bisanzwe bizwi ko u Bufaransa bwafashije mu nzego z\u2019ubukungu, politiki n\u2019igisirikare abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi igihe yabaga na nyuma yayo, ariko ngo ubu ngo bibaye impamo ko ari nabwo bwateje u Rwanda akaga buhanura indege ya Habyarimana icyo gihe u Bufaransa bwaba bwarayigizemo uruhare kuva kuri A kugera kuri Z.<br \/>\nUretse ibi kandi Ikinyamakuru Lib\u00e9ration cyo mu Bufaransa, ku wa gatatu tariki ya 9 Mutarama 2013, cyasohoye inkuru irimo ikimenyetso gishobora kugaragaza uruhare rwa Leta y\u2019u Bufaransa ku ihanurwa ry\u2019indege yari itwaye Habyarimana.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/abafar-1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-60602 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/abafar-1.jpg\" alt=\"abafar\" width=\"626\" height=\"380\" \/><\/a><br \/>\nIcyo kinyamakuru kivuga ko ubwo umucamanza w\u2019umufaransa Marc Tr\u00e9vidic yakoraga icukumbura ku ihanurwa ry\u2019iyo ndege, yavumbuye urupapuro rwemeza ko hari abasirikare b\u2019abajandarume 2, bakomoka mu Bufaransa, bapfiriye mu Rwanda muri Mata 1994.<br \/>\nAbishwe ni umusirikare w\u2019umujandarume witwa Ren\u00e9 Maier, wari kumwe na Alain Didot wiciwe hamwe n\u2019umugore we Gilda Didot, bikaba bivugwa ko bishwe hagati y\u2019itariki ya 12 na 13 Mata 1994, ariko ngo iby\u2019urupfu rwabo bikaba bitarigeze bisobanuka kugeza iki gihe.<br \/>\nIkinyamakuru Lib\u00e9ration kibazaga niba urupfu rw\u2019abo bantu batatu, rutazabangamira ubushakashatsi bwa Tr\u00e9vidic, cyangwa se kitaba ikimenyetso kiganisha ku ruhare rwa Leta y\u2019u Bufaransa mu ihanurwa ry\u2019indege yari itwaye Habyarimana na Ntaryamira Cyprien wari Perezida w\u2019u Burundi.<br \/>\nAbo basirikare b\u2019abajandarume bishwe, bari abajyanama mu bya Tekiniki, bakaba bari bashinzwe n\u2019ibijyanye n\u2019itumanaho \u201ctransmission radio\u201d hagati ya Ambasade y\u2019u Bufaransa n\u2019igisirikare cy\u2019u Rwanda.<br \/>\nUmwanditsi w\u2019iyi nkuru avuga ko bishoboka ko bazize ko baba barumvise ibiganiro byabaye hagati ya Ambasade y\u2019u Bufaransa i Kigali n\u2019ingabo zari iz\u2019u Rwanda, mbere y\u2019uko indege yarimo Habyarimana ihanurwa, bityo Leta y\u2019u Bufaransa ikaba yarifuzaga ko amakuru ajyanye n\u2019iby\u2019iyo ndege atazagaragazwa.<br \/>\nKuba Ubufaransa bwikuraho iri hanurwa ry\u2019indege bugashaka kubigereka kuri Perezida Kagame wari uyoboye ingabo z\u2019Inkotanyi ni ikibazo cyakunze gukurura umwuka mubi hagati y&#8217;u Rwanda n&#8217;Ubufaransa.<br \/>\nMu mwaka wa 2006 ubwo bushyamirane bwageze ku iyirukanwa ry&#8217;uwari uhagarariye Ubufaransa i Kigali ndetse u Rwanda runahamagaza intumwa yari iruhagarariye mu Bufransa.<br \/>\nImyaka 23 yuzure kuri uyu wa kane iyi ndege ihanuwe ndetse n\u2019ukuri kutarajya ahabona. Habyarimana yishwe tariki ya 6 Mata 1994. Yabaye Perezida wa Repubulika y\u2019u Rwanda kuva kuwa 5 Nyakanga 1973 kugeza kuwa 6 Mata 1994, yapfuye afite imyaka 57 akaba yari amaze imyaka 21 ku butegetsi yarahawe amazina (Umubyeyi, kinani,\u2026).<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n <em> <strong>Nsengiyumva Philipe\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku wa 6 Mata 1994, nibwo indege yari itwaye uwari Perezida w\u2019u Rwanda, Juvenal Habyarimana yarashwe n\u2019umuntu utaramenyakana kugeza saha izi, Ubufaransa bukoze iperereza inshuro 2 bifata ubusa. Umwaka ushize nibwo abacamanza bo mu Bufransa batangaje ko bwiteguye kumva ubuhamya bw&#8217;uwahoze ari umugaba w&#8217;ingabo z&#8217;u Rwanda, Kayumba Nyamwasa ubu uba mu gihugu cya Africa y\u2019Epfo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5636","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Iperereza rikozwe 2 rifata ubusa, Ese Kayumba Nyamwasa niwe uzerekana uwahanuye indege ya Habyarimana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Iperereza rikozwe 2 rifata ubusa, Ese Kayumba Nyamwasa niwe uzerekana uwahanuye indege ya Habyarimana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku wa 6 Mata 1994, nibwo indege yari itwaye uwari Perezida w\u2019u Rwanda, Juvenal Habyarimana yarashwe n\u2019umuntu utaramenyakana kugeza saha izi, Ubufaransa bukoze iperereza inshuro 2 bifata ubusa. Umwaka ushize nibwo abacamanza bo mu Bufransa batangaje ko bwiteguye kumva ubuhamya bw&#8217;uwahoze ari umugaba w&#8217;ingabo z&#8217;u Rwanda, Kayumba Nyamwasa ubu uba mu gihugu cya Africa y\u2019Epfo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-06T12:45:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:40:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/abafar-1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Iperereza rikozwe 2 rifata ubusa, Ese Kayumba Nyamwasa niwe uzerekana uwahanuye indege ya Habyarimana\",\"datePublished\":\"2017-04-06T12:45:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636\"},\"wordCount\":819,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/04\\\/abafar-1.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636\",\"name\":\"Iperereza rikozwe 2 rifata ubusa, Ese Kayumba Nyamwasa niwe uzerekana uwahanuye indege ya Habyarimana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/04\\\/abafar-1.jpg\",\"datePublished\":\"2017-04-06T12:45:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/04\\\/abafar-1.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/04\\\/abafar-1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5636#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Iperereza rikozwe 2 rifata ubusa, Ese Kayumba Nyamwasa niwe uzerekana uwahanuye indege ya Habyarimana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Iperereza rikozwe 2 rifata ubusa, Ese Kayumba Nyamwasa niwe uzerekana uwahanuye indege ya Habyarimana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Iperereza rikozwe 2 rifata ubusa, Ese Kayumba Nyamwasa niwe uzerekana uwahanuye indege ya Habyarimana - BWIZA","og_description":"Ku wa 6 Mata 1994, nibwo indege yari itwaye uwari Perezida w\u2019u Rwanda, Juvenal Habyarimana yarashwe n\u2019umuntu utaramenyakana kugeza saha izi, Ubufaransa bukoze iperereza inshuro 2 bifata ubusa. Umwaka ushize nibwo abacamanza bo mu Bufransa batangaje ko bwiteguye kumva ubuhamya bw&#8217;uwahoze ari umugaba w&#8217;ingabo z&#8217;u Rwanda, Kayumba Nyamwasa ubu uba mu gihugu cya Africa y\u2019Epfo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-06T12:45:08+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:40:32+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/abafar-1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Iperereza rikozwe 2 rifata ubusa, Ese Kayumba Nyamwasa niwe uzerekana uwahanuye indege ya Habyarimana","datePublished":"2017-04-06T12:45:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636"},"wordCount":819,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/abafar-1.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5636#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636","name":"Iperereza rikozwe 2 rifata ubusa, Ese Kayumba Nyamwasa niwe uzerekana uwahanuye indege ya Habyarimana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/abafar-1.jpg","datePublished":"2017-04-06T12:45:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5636"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/abafar-1.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/04\/abafar-1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5636#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Iperereza rikozwe 2 rifata ubusa, Ese Kayumba Nyamwasa niwe uzerekana uwahanuye indege ya Habyarimana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5636","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5636"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5636\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5636"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5636"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5636"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}