{"id":56385,"date":"2023-02-18T10:46:04","date_gmt":"2023-02-18T08:46:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=56385"},"modified":"2023-02-18T10:46:04","modified_gmt":"2023-02-18T08:46:04","slug":"aho-gen-kabarebe-ahagaze-ku-gitekerezo-cy-uko-abarangije-kaminuza-bajya-bahabwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385","title":{"rendered":"Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy&#8217;uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe, yatangaje ko ashyigikiye igitekerezo cy&#8217;uko abanyeshuri bakirangiza amasomo ya Kaminuza bajya bahabwa amasomo ya gisirikare mbere yo kujya mu zindi nshingano.<\/strong><\/p>\n<p>Ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri Kaminuza y&#8217;u Rwanda ishami rya Huye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gashyantare 2023, Gen. James Kabarebe yagejejweho igitekerezo cyo guha abanyeshuri bakirangiza Kaminuza amasomo ya gisirikare mbere yo kujya mu zindi nshingano. <\/p>\n<p>Acyumva icyo gitekerezo, Gen. James Kabarebe yagize ati: &#8220;Iki ni igitekerezo cyiza, njyewe ndagishyigikiye kuko ubwirinzi bw&#8217;u Rwanda ni abaturage barwo.&#8221;<\/p>\n<p>Gen Kabarebe kandi yavuze ko bitaba ari ibintu ari bishya, dore ko na kera Abanyarwanda b&#8217;ingeri zose batangaga umusanzu wabo mu kurinda igihugu.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Kuva na kera na kare u Rwanda rukirema abarurengeraga buri mugabo wese, ndetse n&#8217;abagore bakagira uruhare rwabo rwihariye ku rugamba, ubwo rero si ikintu gishya twaba dutangiye.&#8221;<\/p>\n<p>Gen Kabarebe ku rundi ruhande yanagaraje ko hari imbogamizi ziri mu ishyirwa mu bikorwa ry&#8217;icyo gitekerezo.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Icyo gihe cyari icy&#8217;imiheto, amacumu n&#8217;inkota. Ariko kuri ubu gutanga ayo masomo bisaba amikoro n&#8217;ibikoresho, kuko haba hatozwa abantu benshi icyarimwe kandi hari n&#8217;abagikeneye gufashwa ngo bige.&#8221;<\/p>\n<p>Yunzemo ko kuri ubu igihugu kiri mu nzira nziza y&#8217;iterambere kandi ko hari icyizere cy&#8217;uko byazagerwaho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe, yatangaje ko ashyigikiye igitekerezo cy&#8217;uko abanyeshuri bakirangiza amasomo ya Kaminuza bajya bahabwa amasomo ya gisirikare mbere yo kujya mu zindi nshingano. Ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri Kaminuza y&#8217;u Rwanda ishami rya Huye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gashyantare 2023, Gen. James Kabarebe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-56385","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy&#039;uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy&#039;uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe, yatangaje ko ashyigikiye igitekerezo cy&#8217;uko abanyeshuri bakirangiza amasomo ya Kaminuza bajya bahabwa amasomo ya gisirikare mbere yo kujya mu zindi nshingano. Ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri Kaminuza y&#8217;u Rwanda ishami rya Huye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gashyantare 2023, Gen. James Kabarebe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-02-18T08:46:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56385#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56385\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy&#8217;uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare\",\"datePublished\":\"2023-02-18T08:46:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56385\"},\"wordCount\":228,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56385#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56385\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56385\",\"name\":\"Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy'uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-02-18T08:46:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56385#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56385\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56385#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy&#8217;uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy'uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy'uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare - BWIZA","og_description":"Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe, yatangaje ko ashyigikiye igitekerezo cy&#8217;uko abanyeshuri bakirangiza amasomo ya Kaminuza bajya bahabwa amasomo ya gisirikare mbere yo kujya mu zindi nshingano. Ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri Kaminuza y&#8217;u Rwanda ishami rya Huye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gashyantare 2023, Gen. James Kabarebe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-02-18T08:46:04+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy&#8217;uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare","datePublished":"2023-02-18T08:46:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385"},"wordCount":228,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56385#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385","name":"Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy'uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-02-18T08:46:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56385"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56385#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Aho Gen Kabarebe ahagaze ku gitekerezo cy&#8217;uko abarangije Kaminuza bajya bahabwa imyitozo ya gisirikare"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56385","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=56385"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56385\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=56385"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=56385"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=56385"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}