{"id":564,"date":"2016-02-12T12:53:42","date_gmt":"2016-02-12T12:53:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/12\/ubuhamya-inzira-ndende-n-ibigeragezo-mu-rukundo-yahuye-nabyo\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:23","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:23","slug":"ubuhamya-inzira-ndende-n-ibigeragezo-mu-rukundo-yahuye-nabyo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564","title":{"rendered":"Ubuhamya: Inzira ndende n\u2019ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo"},"content":{"rendered":"<p>Atangira gutanga ubuhamya yagize ati: ndi umugore mfite abana babiri ariko ubu ndibana kuko natandukanye n\u2019umugabo mu mwaka ushize ariko byose mbishinza umuryango wanjye. Nakundanye n\u2019umusore tumara imyaka itanu dukundana bihambaye ariko iwabo bakaba abakene bikabije.<br \/>\nTwe iwacu twari twifashije ndetse tubarirwa mu bakire bo mu cyahoze ari Gitarama. Nyuma yo kurangiza amashuri yisumbuye njye n\u2019umukunzi wanjye twifuje kumenyesha ababyeyi iby\u2019urukundo rwacu maze mugejeje iwacu igikuba kiracika ngo narasaze, ngo ntangiye gusuzuguza no gutesha agaciro umuryango bityo bamagana ibyo gukundana n\u2019umusore bitaga ngo ni umutindi.<br \/>\n<figure id=\"attachment_24037\" aria-describedby=\"caption-attachment-24037\" style=\"width: 700px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/amour.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-24037 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/amour.jpg\" alt=\"amour\" width=\"700\" height=\"473\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-24037\" class=\"wp-caption-text\">Yakoraga imibonano mpuzabitsina atabishaka<\/figcaption><\/figure><br \/>\nSerge yari imfura kandi n\u2019ubu niyo, yari umugabo w\u2019ibitekerezo kandi yari intwari mu byo yakoraga byose bikiyongeraho ko yari umusore w\u2019uburanga bityo nkamukunda n\u2019umutima wanjye wose ariko umuryango navukiyemo wambereye umuvumo uramumvutsa ari nabyo byanyimye umunezero na n\u2019ubu bikinkurikirana.<br \/>\nKuva papa yamenya iby\u2019urukundo rwanjye na Serge yaramutoteje kugeza ubwo yaje gufungwa ku maherere bitewe n\u2019uko twembi ntawemeraga gutandukana n\u2019undi kuko twarakundanaga birenze uko wabyumva.<br \/>\nYarafunzwe kuko papa yari afite ububasha nyuma ya jenoside kugeza ubwo banshyingiye ku gahato umugabo ntakunze kandi ntazigera nakunda ariko kubera igitsure n\u2019igitutu cy\u2019umuryango ubukwe bwaratashye ariko nta byishimo namba byaranze umubano wacu kugeza dutandukanye nkitwa nyiramiruho.<br \/>\nUmugabo twabanye sinashoboraga kumwubaha cyangwa kumuha ibyangombwa byose bikwiye umugabo ku mugore we kuko ntamukundaga kandi nkamufata nk\u2019igikangisho cyatumye mvutswa Serge wanjye. Ibyo byatumaga duhora mu ntonganya n\u2019amatiku kugeza ndambiwe nkabona ibyiza ari ukwibana aho kubana n\u2019impyisi ngo ni umuntu.<br \/>\nKugeza ubu Serge yiga muri kaminuza muri Canada nyuma yo gufungurwa agakomeza amashuri ye muri Kaminuza nkuru y\u2019u Rwanda akarangiza abona bourse yo kwiga muri Canada. Ndacyamukunda n\u2019ubwo ibyo kubana nawe byarangiye kandi nawe aho ari iyo tuvuganye (n\u2019ubwo atajya akunda kuvuga cyane kuva ibyo byaba), ambwira ko yakunze rimwe bikamwangira ariko ibyo gukundana no gushaka yabyikuyemo burundu ariko akankomeza uko ashoboye.<br \/>\nIbyanjye nawe ni birebire kuburyo iyo mbitekereje amarira ashoka ndetse nkumva nta n\u2019akamaro ko kubaho ariko nkikomeza ngo byibura abana banjye nzabiteho mbahe amahirwe yo guhitamo uko umutima wabo ushaka batazamera nkanjye.<br \/>\nNdumva ndushye ariko rwose urukundo rubaho n\u2019ubwo abanzi barwo ari benshi. Ntabwo nabona imbaraga n\u2019umwanya ngo mvuge byose mu byaranze urukundo rwanjye na Serge ariko umuryango wanjye Imana izawubaze ubuzima bwanjye. Gusa icyo natanga nk\u2019inama ku rubyiruko ruteganya kurwubaka, ntihazagire ubabeshya ko urukundo rutakibaho ahubwo bo bajye bagendera ku marangamutima y\u2019urukundo aho kugendera ku bintu, amashuri n\u2019ibindi.<br \/>\nIkindi kandi ndabiginze ntimuzigere muha umwanya ababyeyi ngo babahitiremo ndetse nibashaka no kubibahatira muzabipfe ariko murwanire ishyaka abo mwikundiye urukundo rudashingiye ku bukire no ku bintu muri rusange.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\nLeki@bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Atangira gutanga ubuhamya yagize ati: ndi umugore mfite abana babiri ariko ubu ndibana kuko natandukanye n\u2019umugabo mu mwaka ushize ariko byose mbishinza umuryango wanjye. Nakundanye n\u2019umusore tumara imyaka itanu dukundana bihambaye ariko iwabo bakaba abakene bikabije. Twe iwacu twari twifashije ndetse tubarirwa mu bakire bo mu cyahoze ari Gitarama. Nyuma yo kurangiza amashuri yisumbuye njye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-564","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhamya: Inzira ndende n\u2019ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=564\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhamya: Inzira ndende n\u2019ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Atangira gutanga ubuhamya yagize ati: ndi umugore mfite abana babiri ariko ubu ndibana kuko natandukanye n\u2019umugabo mu mwaka ushize ariko byose mbishinza umuryango wanjye. Nakundanye n\u2019umusore tumara imyaka itanu dukundana bihambaye ariko iwabo bakaba abakene bikabije. Twe iwacu twari twifashije ndetse tubarirwa mu bakire bo mu cyahoze ari Gitarama. Nyuma yo kurangiza amashuri yisumbuye njye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=564\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-12T12:53:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/amour.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubuhamya: Inzira ndende n\u2019ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo\",\"datePublished\":\"2016-02-12T12:53:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564\"},\"wordCount\":468,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/amour.jpg\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564\",\"name\":\"Ubuhamya: Inzira ndende n\u2019ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/amour.jpg\",\"datePublished\":\"2016-02-12T12:53:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:23+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/amour.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/amour.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=564#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhamya: Inzira ndende n\u2019ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhamya: Inzira ndende n\u2019ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhamya: Inzira ndende n\u2019ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo - BWIZA","og_description":"Atangira gutanga ubuhamya yagize ati: ndi umugore mfite abana babiri ariko ubu ndibana kuko natandukanye n\u2019umugabo mu mwaka ushize ariko byose mbishinza umuryango wanjye. Nakundanye n\u2019umusore tumara imyaka itanu dukundana bihambaye ariko iwabo bakaba abakene bikabije. Twe iwacu twari twifashije ndetse tubarirwa mu bakire bo mu cyahoze ari Gitarama. Nyuma yo kurangiza amashuri yisumbuye njye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-12T12:53:42+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:23+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/amour.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubuhamya: Inzira ndende n\u2019ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo","datePublished":"2016-02-12T12:53:42+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564"},"wordCount":468,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/amour.jpg","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=564#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564","name":"Ubuhamya: Inzira ndende n\u2019ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/amour.jpg","datePublished":"2016-02-12T12:53:42+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:23+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=564"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/amour.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/amour.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=564#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhamya: Inzira ndende n\u2019ibigeragezo mu rukundo yahuye nabyo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/564","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=564"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/564\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=564"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=564"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=564"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}