{"id":5641,"date":"2017-04-06T15:17:58","date_gmt":"2017-04-06T15:17:58","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/06\/burera-kuzirikana-uruhare-rwabo-mu-kugezwaho-ibikorwa-remezo-byateje-imbere\/"},"modified":"2025-02-12T16:40:26","modified_gmt":"2025-02-12T14:40:26","slug":"burera-kuzirikana-uruhare-rwabo-mu-kugezwaho-ibikorwa-remezo-byateje-imbere","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641","title":{"rendered":"Burera: Kuzirikana uruhare rwabo mu kugezwaho ibikorwa remezo byateje imbere imiyoborere myiza"},"content":{"rendered":"<p>Bamwe mu batuye Akarere ka Burera basanga igihe basabye kugezwaho bimwe mu bikorwaremezo birimo nk\u2019amazi cyangwa amashanyarazi na bo bagomba kuzirikana uruhare rwabo muri gahunda yo kubibagezaho. Abo baturage ariko hagati yabo ntibemeranya kuri icyo gitekerezo kuko hari abavuga ko kugena uwahabwa ingurane y\u2019ahanyujijwe amazi cyangwa amashanyarazi byajyana no kureba imibereho ya nyir\u2019ubutaka kuko wasanga ariho hari hamutunze.<\/p>\n<p>Umwalimu ku ishuri ry\u2019uburezi bw\u2019imyaka cumi n\u2019ibiri rya Kirambo, G.S Kirambo asanga nk\u2019abatuye akarere ka Burera bakwiye kugira umwihariko ku myumvire yo gutanga umusanzu wabo igihe bagezwaho bimwe mu bikorwa remezo. Kuri we ngo ninabyo bishimangira imiyoborere myiza bagizemo uruhare. Aragira ati\u201d  <em>nta kuntu wajya usaba ubuyobozi ngo muzaduhe amazi, hanyuma nibanyuza itiyo mu murima wawe ujye kurega ngo wangirijwe ibyawe, nk\u2019abaturage ba Burera jye numva twakagombye guhindura imyumvire tukirinda ibibazo nk\u2019ibyo tujya twumva ahandi\u201d. <\/em> <\/p>\n<p>Bitandukanye n\u2019ibyo uwo mwalimu avuga, umusaza uri mu kigero cy\u2019imyaka 70 twahuye agiye kugurisha inkwi mu gasanteri k\u2019ubucuruzi ka Ndago we avuga ko atumva ukuntu yaba afite akarima kamwe bagashingamo ipironi ntibamuhe ingurane kandi ariko arambirijeho, aragira ati\u201d <em>nawe se ubu mfite akarima kamwe hari haruguru y\u2019urugo, none se ushinzemo kiriya gipironi nakongera kuhahinga, ubwo se natungwa n\u2019iki? Jye rwose bampa ingurane nkagura ahandi nkakomeza kubaho.\u201d<\/em> <\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Cyakora Akarere ka Burera ko gashimangira ko hari abaturage bumvise ko hakenewe uruhare rwabo mu kubagezaho ibyo bikorwaremezo ndetse ngo bikaba byaratanze umusaruro mu miyoborere myiza. Umuyobozi w\u2019Akarere ka Burera Uwambajemariya Florence avuga ko hari abamaze kumva ko umuturage adakwiye gusaba amazi, ngo ejo abyuke avuga ko batabaye bamunyuriza itiyo mu murima.<\/p>\n<p>Aragira ati\u201d <em>bijya bigorana iyo ari mwe mwagaragaje ko mukeneye amazi, ariko mugahindukira mukajya kuregana n\u2019ubuyobozi muvuga ko babanyurije itiyo mu murima, wowe uruhare rwawe ruraba uruhe? Bityo uruhare rw\u2019ubuyobozi rukagaragara n\u2019uruhare rw\u2019umuturage rukagaragara\u201d<\/em> <\/p>\n<p>Anavuga ko ibyo bagiye babikora bubakiye ku bibazo by\u2019ingurane byagiye bigaragara, aho agira ati\u201d <em>ariko ibyo twagiye tubikora twubakiye ku bibazo by\u2019ingurane bya hato na hato namwe mwagiye mwumva byagiye bigaragara\u201d. <\/em> <\/p>\n<p>Uruhare rw\u2019abaturage mu bikorwa nk\u2019ibyo byagize byafashije mu kwihutisha umushinga wo kugeza amazi meza ku baturage. Bikaba byari mu iyubakwa ry\u2019umuyoboro w\u2019amazi wa  Ruhunde-Rushara ku gice cyawo cya mbere kiri ku birometero 62.<\/p>\n<p> <strong> <em>Abakeneye ko bwiza.com yazabasura, n\u2019igihe mukeneye ko hari ibitangazwa mu binyamakuru byayo wakwandika kuri E-mail ya <a href=\"mailto:meckypro@gmail.com,info@bwiza,com\">meckypro@gmail.com,<\/a>cyangwa mugahamagara kuri 0784685981.<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>TWARABANYE Venuste<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu batuye Akarere ka Burera basanga igihe basabye kugezwaho bimwe mu bikorwaremezo birimo nk\u2019amazi cyangwa amashanyarazi na bo bagomba kuzirikana uruhare rwabo muri gahunda yo kubibagezaho. Abo baturage ariko hagati yabo ntibemeranya kuri icyo gitekerezo kuko hari abavuga ko kugena uwahabwa ingurane y\u2019ahanyujijwe amazi cyangwa amashanyarazi byajyana no kureba imibereho ya nyir\u2019ubutaka kuko wasanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5641","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Burera: Kuzirikana uruhare rwabo mu kugezwaho ibikorwa remezo byateje imbere imiyoborere myiza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Burera: Kuzirikana uruhare rwabo mu kugezwaho ibikorwa remezo byateje imbere imiyoborere myiza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu batuye Akarere ka Burera basanga igihe basabye kugezwaho bimwe mu bikorwaremezo birimo nk\u2019amazi cyangwa amashanyarazi na bo bagomba kuzirikana uruhare rwabo muri gahunda yo kubibagezaho. Abo baturage ariko hagati yabo ntibemeranya kuri icyo gitekerezo kuko hari abavuga ko kugena uwahabwa ingurane y\u2019ahanyujijwe amazi cyangwa amashanyarazi byajyana no kureba imibereho ya nyir\u2019ubutaka kuko wasanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-06T15:17:58+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:40:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5641#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5641\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Burera: Kuzirikana uruhare rwabo mu kugezwaho ibikorwa remezo byateje imbere imiyoborere myiza\",\"datePublished\":\"2017-04-06T15:17:58+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:26+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5641\"},\"wordCount\":428,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5641#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5641\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5641\",\"name\":\"Burera: Kuzirikana uruhare rwabo mu kugezwaho ibikorwa remezo byateje imbere imiyoborere myiza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-06T15:17:58+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:26+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5641#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5641\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5641#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Burera: Kuzirikana uruhare rwabo mu kugezwaho ibikorwa remezo byateje imbere imiyoborere myiza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Burera: Kuzirikana uruhare rwabo mu kugezwaho ibikorwa remezo byateje imbere imiyoborere myiza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Burera: Kuzirikana uruhare rwabo mu kugezwaho ibikorwa remezo byateje imbere imiyoborere myiza - BWIZA","og_description":"Bamwe mu batuye Akarere ka Burera basanga igihe basabye kugezwaho bimwe mu bikorwaremezo birimo nk\u2019amazi cyangwa amashanyarazi na bo bagomba kuzirikana uruhare rwabo muri gahunda yo kubibagezaho. Abo baturage ariko hagati yabo ntibemeranya kuri icyo gitekerezo kuko hari abavuga ko kugena uwahabwa ingurane y\u2019ahanyujijwe amazi cyangwa amashanyarazi byajyana no kureba imibereho ya nyir\u2019ubutaka kuko wasanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-06T15:17:58+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:40:26+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Burera: Kuzirikana uruhare rwabo mu kugezwaho ibikorwa remezo byateje imbere imiyoborere myiza","datePublished":"2017-04-06T15:17:58+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:26+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641"},"wordCount":428,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5641#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641","name":"Burera: Kuzirikana uruhare rwabo mu kugezwaho ibikorwa remezo byateje imbere imiyoborere myiza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-06T15:17:58+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:26+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5641"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5641#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Burera: Kuzirikana uruhare rwabo mu kugezwaho ibikorwa remezo byateje imbere imiyoborere myiza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5641","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5641"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5641\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5641"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5641"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5641"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}