{"id":5654,"date":"2017-04-07T11:58:19","date_gmt":"2017-04-07T11:58:19","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/07\/burera-imirimo-yo-mu-rugo-ibangamira-uburezi-bw-abana-biga-bataha\/"},"modified":"2025-02-12T16:40:11","modified_gmt":"2025-02-12T14:40:11","slug":"burera-imirimo-yo-mu-rugo-ibangamira-uburezi-bw-abana-biga-bataha","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654","title":{"rendered":"Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw\u2019abana biga bataha"},"content":{"rendered":"<p> <em>Akarere ka Burera kavuga ko kugira ubwinshi bw\u2019ibyumba by\u2019amashuri atari byo bisobanuye ko hatangwa uburezi bufite ireme. Ubuyobozi bw\u2019ako karere bukavuga ko hari ibyo buri gukora kugira ngo abagana amashuri arimo ay\u2019uburezi bw\u2019imyaka icyenda na cumi n\u2019ibiri ndetse n\u2019ay\u2019ubumenyingiro bahakure uburezi bufite ireme, ariko ababyeyi na bo bagasabwa kumva uruhare rwabo.<\/em> <\/p>\n<p>Muri rusange abana n\u2019ababyeyi bishimira kuba bafite amashuri abegereye kuburyo hari n\u2019imirenge ifite ibigo by\u2019amashuri birenze kimwe. Nzabarinda ufite umwana wiga ku ishuri ry\u2019uburezi bw\u2019imyaka cumi n\u2019ibiri rya Kirambo ( <em>G.S Kirambo<\/em> ) avuga ko abana babo biga hafi bakabasha no gufasha ababyeyi mu yindi mirimo. Aragira ati <em>\u201dubu se perezida wa repubulika ataraduha amashuri abana bacu ntibakoraga urugendo bakagenda kare bakagera mu rugo bwije! None ubu umwana agera ku ishuri adakoze urugendo rurerure bakanadufasha uturimo\u201d.<\/em> <\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande abanyeshuri binubira imibereho iri mu miryango yabo no gukoreshwa imirimo ibabuza gusubiramo amasomo. Umwe muri abo banyeshuri witwa Immaculee Muragijimana, aragira ati\u201d <em>buriya iyo ugeze mu rugo bakaguha iyo mirimo ubura umwanya wo gusubira mu masomo ejo bakubaza ugatsindwa bikaba byabangamira rya reme ry\u2019uburezi<\/em> \u201d. <\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere ka Burera Madame Uwambajemariya Florence avuga ko ubuzima abanyeshuri babamo iwabo bushobora kuba imbogamizi ku myigire yabo, agasaba ababyeyi guha abana babo umwanya wo kwiga aragira ati\u201d <em>burya ireme ry\u2019uburezi harimo ibyumba, hari aho umunyeshuri yigira, hari imyitwarire ya mwalimu n\u2019umunyeshuri, ariko hari n\u2019imibereho ya wa munyeshuri mu rugo iwabo kuko wa mwana udafite umutekano mu rugo, cyangwa indangagaciro nziza akomora ku babyeyi be ntabwo yakurikira kimwe n\u2019abandi<\/em> \u201d.<\/p>\n<p>Ashimangira ko kugira ubwinshi bw\u2019ibyumba by\u2019amashuri atari byo bisobanuye ko hari ireme ry\u2019uburezi. Ahubwo akavuga ko muri rusange hifashishijwe integanyanyigisho n\u2019imfashanyigisho bishingiye ku bumenyingiro bari kwita cyane ku ireme ry\u2019uburezi muri ako karere.<\/p>\n<p>Aragira ati\u201d <em>muzi neza ko integanyanyigisho yavuguruwe, ntabwo yari ishingiye ku bumenyingiro, ibyo rero bikaba bifasha ko wa mwana adasbwa gufata mu mutwe gusa ahubwo ahuza ibyo yiga, nibyo yakwifashisha mu buzima busanzwe muri rusange kuburyo atangira kumenya ngo nakora iki, nacuruza ntya bishingiye kubyo yamenye<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Uretse  imirimo yo mu rugo, Akarere ka Burera kandi kemeza ko hari n\u2019ikibazo cy\u2019ubucucike bw\u2019abana mu byumba by\u2019amashuri nabyo bidindiza ireme ry\u2019uburezi. Ubuyobozi bukaba bwaratangiye kongera ibyumba by\u2019amashuri, hakaba hamaze kubakwa ibyumba 512 bijyanye n\u2019umuhigo wa Burera muri gahunga ya guverinoma y\u2019imyaka irindwi mu burezi, bukavuga ko hasigaye kubakwa ibyumba 134.<\/p>\n<p> <strong> <em>Abakeneye ko bwiza.com yazabasura, n\u2019igihe mukeneye ko hari ibitangazwa mu binyamakuru byayo wakwandika kuri E-mail ya <a href=\"mailto:meckypro@gmail.com,info@bwiza,com\">meckypro@gmail.com,<\/a>cyangwa mugahamagara kuri 0784685981.<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong><br \/>\n <em>TWARABANYE Venuste<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Akarere ka Burera kavuga ko kugira ubwinshi bw\u2019ibyumba by\u2019amashuri atari byo bisobanuye ko hatangwa uburezi bufite ireme. Ubuyobozi bw\u2019ako karere bukavuga ko hari ibyo buri gukora kugira ngo abagana amashuri arimo ay\u2019uburezi bw\u2019imyaka icyenda na cumi n\u2019ibiri ndetse n\u2019ay\u2019ubumenyingiro bahakure uburezi bufite ireme, ariko ababyeyi na bo bagasabwa kumva uruhare rwabo. Muri rusange abana n\u2019ababyeyi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5654","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw\u2019abana biga bataha - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw\u2019abana biga bataha - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Akarere ka Burera kavuga ko kugira ubwinshi bw\u2019ibyumba by\u2019amashuri atari byo bisobanuye ko hatangwa uburezi bufite ireme. Ubuyobozi bw\u2019ako karere bukavuga ko hari ibyo buri gukora kugira ngo abagana amashuri arimo ay\u2019uburezi bw\u2019imyaka icyenda na cumi n\u2019ibiri ndetse n\u2019ay\u2019ubumenyingiro bahakure uburezi bufite ireme, ariko ababyeyi na bo bagasabwa kumva uruhare rwabo. Muri rusange abana n\u2019ababyeyi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-07T11:58:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:40:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5654#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5654\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw\u2019abana biga bataha\",\"datePublished\":\"2017-04-07T11:58:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5654\"},\"wordCount\":458,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5654#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5654\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5654\",\"name\":\"Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw\u2019abana biga bataha - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-07T11:58:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5654#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5654\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5654#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw\u2019abana biga bataha\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw\u2019abana biga bataha - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw\u2019abana biga bataha - BWIZA","og_description":"Akarere ka Burera kavuga ko kugira ubwinshi bw\u2019ibyumba by\u2019amashuri atari byo bisobanuye ko hatangwa uburezi bufite ireme. Ubuyobozi bw\u2019ako karere bukavuga ko hari ibyo buri gukora kugira ngo abagana amashuri arimo ay\u2019uburezi bw\u2019imyaka icyenda na cumi n\u2019ibiri ndetse n\u2019ay\u2019ubumenyingiro bahakure uburezi bufite ireme, ariko ababyeyi na bo bagasabwa kumva uruhare rwabo. Muri rusange abana n\u2019ababyeyi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-07T11:58:19+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:40:11+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw\u2019abana biga bataha","datePublished":"2017-04-07T11:58:19+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654"},"wordCount":458,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5654#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654","name":"Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw\u2019abana biga bataha - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-07T11:58:19+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5654"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5654#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw\u2019abana biga bataha"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5654","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5654"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5654\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5654"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5654"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5654"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}