{"id":5662,"date":"2017-04-08T08:35:48","date_gmt":"2017-04-08T08:35:48","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/08\/mugomba-kugira-uruhare-ku-mutekano-w-aho-mutuye-guverineri-musabyimana\/"},"modified":"2025-02-12T16:40:04","modified_gmt":"2025-02-12T14:40:04","slug":"mugomba-kugira-uruhare-ku-mutekano-w-aho-mutuye-guverineri-musabyimana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662","title":{"rendered":"Mugomba kugira uruhare ku mutekano w\u2019aho mutuye- Guverineri Musabyimana"},"content":{"rendered":"<div>\nUmuyobozi w\u2019Intara y\u2019Amajyaruguru Musabyimana Jean Claude yakanguriye abaturage b\u2019imirenge ya Gatebe na Bungwe mu karere ka Burera kuba ijisho rya bagenzi babo kugirango bakumire ibyaha bityo barusheho kugira uruhare mu gusigasira umutekano w\u2019aho batuye.\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\nUbu butumwa yabutangiye mu nama yagiranye n\u2019abaturage  bagera kuri 800   bari bateraniye mu murenge wa Gatebe  ku italiki 6 Mata, ari kumwe n\u2019umuyobozi wa Polisi mu Ntara y\u2019Amajyaruguru, ACP Bertin Mutezintare n\u2019abandi bayobozi ku rwego rw\u2019intara.\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\nMu byo uyu muyobozi yibanzeho mu kiganiro yatanze, yabasabye gufatanya n\u2019inzego z\u2019ibanze n\u2019izishinzwe umutekano zibegereye mu kwicungira umutekano , baca ibiyobyabwenge byiganjemo kanyanga igaragara muri iyi mirenge aho yagize ati:\u201d Nta terambere twageraho tukibana n\u2019abanywi n\u2019abacuruza kanyanga kuko iduteza ibindi byaha bitandukanye.\u201d\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\nGuverineri Musabyimana  yabwiye abitabiriye inama ati,&#8221;Umutekano ureba buri muturarwanda wese, ni yo mpamvu buri wese akwiye kuba ijisho rya mugenzi we kugirango akumire kandi arwanye ikintu gishobora guteza umutekano muke.&#8221;\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\nYakanguriye abaturage kwirinda amakimbirane no kuyakemura mu bwumvikane mu gihe abayeho, kandi abagira inama yo kujya begera inzego zibishinzwe kugirango zibagire inama cyangwa zibakiranure n\u2019abo bafitanye ikibazo aho kwihanira,  bamwe bafata nka bumwe mu buryo bwo kubikemura.\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\nYabasabye  kandi gukaza amarondo no kujya batanga amakuru ku gihe yatuma hakumirwa ikintu cyose kinyuranyije n\u2019amategeko kandi yatuma hafatwa abagikoze cyangwa abategura kugikora, aha akaba yarabasabye kwitabira gahunda zose zijyanye no kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, gahunda zatangiye ku italiki ya 7 Mata.\n<\/div>\n<div> [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/div>\n<div>\nUmuyobozi wa Polisi y\u2019u Rwanda mu Ntara y\u2019Amajyaruguru, ACP Mutezintare  we yabwiye abo baturage, ko ibiyobyabwenge  biri ku isonga mu bitera abaturage  gukora ibyaha nko gukubita no gukomeretsa, ubujura, ihohoterwa rishingiye ku gitsina, gufata ku ngufu, no gusambanya abana.\n<\/div>\n<div><\/div>\n<div>\nYagize ati,&#8221; Nta munywi w\u2019ibiyobyabwenge utekereza iterambere, kuko ibyakabaye bimuteza imbere n\u2019umuryango we nko kwitabira umurimo, aba arimo kunywa ibyo biyobyabwenge ari nako ata umwanya.&#8221;\n<\/div>\n<div> ACP Mutezintare  yagiriye inama abaturage ko nyuma yo kwicungira umutekano, aba ari igihe cyo gutekereza ibyabateza imbere maze aboneraho kubasaba kwitabira gahunda za Leta kuko zibaganisha aheza kuri bo no ku gihugu .<\/div>\n<div><\/div>\n<div> Yababwiye kwirinda gukora ikintu cyose kinyuranyije n\u2019amategeko no kugira uruhare mu kukirwanya no kugikumira, batanga amakuru ku gihe ku wagikoze cyangwa uteganya kugikora kugira ngo bafatwe bashyikirizwe ubutabera.<\/div>\n<div><\/div>\n<div><\/div>\n<div>\n <strong> <em>Abakeneye ko bwiza.com yazabasura, n\u2019igihe mukeneye ko hari ibitangazwa mu binyamakuru byayo wakwandika kuri E-mail ya <a href=\"mailto:meckypro@gmail.com,info@bwiza,com\">meckypro@gmail.com,<\/a>cyangwa mugahamagara kuri 0784685981.<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0\n<\/div>\n<p> <strong> <em>@bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi w\u2019Intara y\u2019Amajyaruguru Musabyimana Jean Claude yakanguriye abaturage b\u2019imirenge ya Gatebe na Bungwe mu karere ka Burera kuba ijisho rya bagenzi babo kugirango bakumire ibyaha bityo barusheho kugira uruhare mu gusigasira umutekano w\u2019aho batuye. Ubu butumwa yabutangiye mu nama yagiranye n\u2019abaturage bagera kuri 800 bari bateraniye mu murenge wa Gatebe ku italiki 6 Mata, ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5662","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mugomba kugira uruhare ku mutekano w\u2019aho mutuye- Guverineri Musabyimana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mugomba kugira uruhare ku mutekano w\u2019aho mutuye- Guverineri Musabyimana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi w\u2019Intara y\u2019Amajyaruguru Musabyimana Jean Claude yakanguriye abaturage b\u2019imirenge ya Gatebe na Bungwe mu karere ka Burera kuba ijisho rya bagenzi babo kugirango bakumire ibyaha bityo barusheho kugira uruhare mu gusigasira umutekano w\u2019aho batuye. Ubu butumwa yabutangiye mu nama yagiranye n\u2019abaturage bagera kuri 800 bari bateraniye mu murenge wa Gatebe ku italiki 6 Mata, ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-08T08:35:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:40:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5662#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5662\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Mugomba kugira uruhare ku mutekano w\u2019aho mutuye- Guverineri Musabyimana\",\"datePublished\":\"2017-04-08T08:35:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5662\"},\"wordCount\":417,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5662#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5662\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5662\",\"name\":\"Mugomba kugira uruhare ku mutekano w\u2019aho mutuye- Guverineri Musabyimana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-08T08:35:48+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:40:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5662#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5662\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5662#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mugomba kugira uruhare ku mutekano w\u2019aho mutuye- Guverineri Musabyimana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mugomba kugira uruhare ku mutekano w\u2019aho mutuye- Guverineri Musabyimana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mugomba kugira uruhare ku mutekano w\u2019aho mutuye- Guverineri Musabyimana - BWIZA","og_description":"Umuyobozi w\u2019Intara y\u2019Amajyaruguru Musabyimana Jean Claude yakanguriye abaturage b\u2019imirenge ya Gatebe na Bungwe mu karere ka Burera kuba ijisho rya bagenzi babo kugirango bakumire ibyaha bityo barusheho kugira uruhare mu gusigasira umutekano w\u2019aho batuye. Ubu butumwa yabutangiye mu nama yagiranye n\u2019abaturage bagera kuri 800 bari bateraniye mu murenge wa Gatebe ku italiki 6 Mata, ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-08T08:35:48+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:40:04+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Mugomba kugira uruhare ku mutekano w\u2019aho mutuye- Guverineri Musabyimana","datePublished":"2017-04-08T08:35:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662"},"wordCount":417,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5662#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662","name":"Mugomba kugira uruhare ku mutekano w\u2019aho mutuye- Guverineri Musabyimana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-08T08:35:48+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:40:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5662"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5662#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mugomba kugira uruhare ku mutekano w\u2019aho mutuye- Guverineri Musabyimana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5662","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5662"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5662\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5662"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5662"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5662"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}