{"id":56649,"date":"2023-02-28T00:30:00","date_gmt":"2023-02-27T22:30:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=56649"},"modified":"2023-02-28T00:30:00","modified_gmt":"2023-02-27T22:30:00","slug":"u-rwanda-rwakajije-ingamba-zo-kurinda-ikirere-n-imipaka-yarwo-ibitero-bya-fardc","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649","title":{"rendered":"U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n&#8217;imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR"},"content":{"rendered":"<p><strong>Leta y&#8217;u Rwanda yamenyesheje umuryango mpuzamahanga ko yamaze gukaza ingamba zo kurinda imipaka ndetse n&#8217;ikirere cyarwo, ku mpamvu z&#8217;uko impungenge zo kuba rwahungabanyirizwa umutekano n&#8217;Igisirikare cya Congo ndetse n&#8217;umutwe wa FDLR zikomeje kwiyongera.<\/strong><\/p>\n<p>Bikubiye mu itangazo Guverinoma y&#8217;u Rwanda yasohoye ikomoza ku makimbirane yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.<\/p>\n<p>Kugeza ubu u Rwanda na RDC bimaze igihe bidacana uwaka, ku mpamvu zijyanye n&#8217;umutwe wa M23 umaze igihe mu mirwano n&#8217;Ingabo za Congo. Uyu mutwe umaze igihe wigarurira ibice bitandukanye by&#8217;Intara ya Kivu y&#8217;Amajyaruguru.<\/p>\n<p>Congo Kinshasa imaze igihe ivuga ko u Rwanda ari rwo ruwuha ubufasha, gusa rwo rukavuga ko ibibazo byawo na Leta y&#8217;i Kinshasa bireba bo ubwabo nk&#8217;abanye-Congo.<\/p>\n<p>Mu rwego rwo gukemura ibibazo bya M23 na Congo, Inama y&#8217;Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe iheruka gusaba impande zombi guhagarika imirwano zikayoboka inzira y&#8217;ibiganiro; gusa imyanzuro yafatiwe muri iriya nama ntacyo yigeze igeraho.<\/p>\n<p>Ni imyanzuro ishyigikira ibiganiro bya Nairobi na Luanda na byo bigamije gukemura amakimbirane yo muri Congo, gusa ibyo biganiro kugeza ubu nta cyo birabasha kugeraho, n&#8217;ubwo ibihugu nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Umuryango w&#8217;Abibumbye ndetse n&#8217;uw&#8217;Ubumwe bw&#8217;u Burayi na bo batangaje ko bayishyigikiye.<\/p>\n<p>U Rwanda ku ruhande rwarwo ruvuga ko kuba biriya biganiro bishyigikiwe n&#8217;Umuryango mpuzamahanga ari ibyo &#8220;kwakirizwa yombi kandi ni ingirakamaro.&#8221;<\/p>\n<p>Ruvuga kandi ko ari byiza kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu itangazo zasohoye ku wa 22 Gashyantare 2023 zarashimangiye ibyemezo by&#8217;akarere ku byerekeye imvugo z&#8217;urwango [muri RDC], imvururu zishingiye ku moko, gahunda yo gucyura impunzi ndetse no kwambura intwaro FDLR.<\/p>\n<p>Itangazo rya Guverinoma rivuga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyakora zisa n&#8217;izihora zirengagiza inzira z&#8217;akarere &#8220;binyuze mu gushyigukira imvugo z&#8217;ibinyoma za RDC zishyira ibirego ku Rwanda ku byerekeye ibibazo byayo.&#8221;<\/p>\n<p>Ku bwa Guverinoma y&#8217;u Rwanda, &#8220;kuba Umuryango mpuzamahanga buri gihe unanirwa kwamagana Guverinoma ya RDC ku bwo gusigasira FDLR bitera RDC umurava wo gukomeza guha intwaro no gufatanya mu mirwano n&#8217;uyu mutwe w&#8217;abajenosideri, wagabye ibitero byambukiranya imipaka mu Rwanda ufatanyije n&#8217;Igisirikare cya Congo (FARDC).&#8221;<\/p>\n<p>U Rwanda ruvuga ko biriya bitero byerekana ko FDLR na FARDC ari ikibazo ku mutekano warwo.<\/p>\n<p>Rwunzemo ruti: &#8220;FDLR si umutwe wo kurenza ingohe, kandi impamvu nyamukuru y&#8217;imikoranire yayo na FARDC ni ugutera u Rwanda.&#8221;<\/p>\n<p>Guverinoma yamenyesheje amahanga ko kuri ubu Leta ya Congo imaze amezi menshi yongera Ingabo hafi n&#8217;umupaka wayo n&#8217;u Rwanda, ibirenze ibyo ikaba inakomeje kuhongera ibikoresho bya gisirikare ndetse n&#8217;abacancuro.<\/p>\n<p>Ibi biri mu byatumye u Rwanda rukaza ingamba zo kurinda imipaka yarwo ndetse n&#8217;ikirere cyarwo, ku bw&#8217;impungenge z&#8217;umutekano warwo, nk&#8217;uko itangazo rya Guverinoma rikomeza ribivuga.<\/p>\n<p>Riti: &#8220;Bijyanye n&#8217;impungenge zikomeye z&#8217;u Rwanda ku mutekano warwo, ingamba z&#8217;ubwirinzi ndetse n&#8217;izo kwirwanaho zakajijwe uko bikwiye mu kwirinda ivogera ry&#8217;ikirere cyacu ndetse n&#8217;imipaka. Izo ngamba ziteguye kwitabazwa mu kwirinda ikibazo icyo aricyo cyose cyambukiranya umupaka, hagendewe ku buremere bwacyo, inkomoko ndetse n&#8217;ubwoko.&#8221;<\/p>\n<p>U Rwanda rwavuze ko rutazigera na rimwe rwemera ko hari umutwe n&#8217;umwe warutezamo ibibazo, rushimangira ko rutazahwema kwita ku mutekano w&#8217;abaturage barwo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Leta y&#8217;u Rwanda yamenyesheje umuryango mpuzamahanga ko yamaze gukaza ingamba zo kurinda imipaka ndetse n&#8217;ikirere cyarwo, ku mpamvu z&#8217;uko impungenge zo kuba rwahungabanyirizwa umutekano n&#8217;Igisirikare cya Congo ndetse n&#8217;umutwe wa FDLR zikomeje kwiyongera. Bikubiye mu itangazo Guverinoma y&#8217;u Rwanda yasohoye ikomoza ku makimbirane yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kugeza ubu u Rwanda na [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,131],"class_list":["post-56649","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n&#039;imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n&#039;imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Leta y&#8217;u Rwanda yamenyesheje umuryango mpuzamahanga ko yamaze gukaza ingamba zo kurinda imipaka ndetse n&#8217;ikirere cyarwo, ku mpamvu z&#8217;uko impungenge zo kuba rwahungabanyirizwa umutekano n&#8217;Igisirikare cya Congo ndetse n&#8217;umutwe wa FDLR zikomeje kwiyongera. Bikubiye mu itangazo Guverinoma y&#8217;u Rwanda yasohoye ikomoza ku makimbirane yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kugeza ubu u Rwanda na [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-02-27T22:30:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56649#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56649\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n&#8217;imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR\",\"datePublished\":\"2023-02-27T22:30:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56649\"},\"wordCount\":536,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56649#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56649\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56649\",\"name\":\"U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n'imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-02-27T22:30:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56649#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56649\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56649#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n&#8217;imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n'imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n'imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR - BWIZA","og_description":"Leta y&#8217;u Rwanda yamenyesheje umuryango mpuzamahanga ko yamaze gukaza ingamba zo kurinda imipaka ndetse n&#8217;ikirere cyarwo, ku mpamvu z&#8217;uko impungenge zo kuba rwahungabanyirizwa umutekano n&#8217;Igisirikare cya Congo ndetse n&#8217;umutwe wa FDLR zikomeje kwiyongera. Bikubiye mu itangazo Guverinoma y&#8217;u Rwanda yasohoye ikomoza ku makimbirane yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kugeza ubu u Rwanda na [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-02-27T22:30:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n&#8217;imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR","datePublished":"2023-02-27T22:30:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649"},"wordCount":536,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56649#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649","name":"U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n'imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-02-27T22:30:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56649"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56649#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda ikirere n&#8217;imipaka yarwo ibitero bya FARDC na FDLR"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56649","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=56649"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56649\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=56649"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=56649"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=56649"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}