{"id":5676,"date":"2017-04-09T10:07:55","date_gmt":"2017-04-09T10:07:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/09\/perezida-hollande-yasabwe-kugaragaza-ibyakozwe-n-u-bufaransa-mu-rwanda-1990\/"},"modified":"2025-02-12T16:39:44","modified_gmt":"2025-02-12T14:39:44","slug":"perezida-hollande-yasabwe-kugaragaza-ibyakozwe-n-u-bufaransa-mu-rwanda-1990","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676","title":{"rendered":"Perezida Hollande yasabwe kugaragaza ibyakozwe n\u2019u Bufaransa mu Rwanda, 1990-1994"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu gihe u Bufaransa bwitegura kwinjira mu bikorwa by\u2019amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu, umuryngo mpuzamahanga urwanya ibyaha bishingiye ku ivanguramoko, LICRA wasabye Perezida Francois Hollande gusiga atanze amakuru yose yerekana ibikorwa by\u2019u Bufaransa ku Rwanda guhera mu mwaka w\u20191990-1994.<\/em> <\/strong><br \/>\nRFI ivuga ko uyu muryango wasabye Perezida Hollande gutanga izi dosiye kuko hari abo bigaragara ko biyamamariza uyu mwanya wo kuyobora igihugu kandi na bo bashobora kuba baragize uruhare cyangwa hari amakuru batanga kuri izo dosiye zivuga ku Rwanda.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNi no muri urwo rwego umwe mu biyamamaza witwa Emmanuel Macron aherutse guhamagarwa go atange amakuru kuri icyo kibazo.<br \/>\nImyaka 23 irashize, u Rwanda ruvuye mu icuraburindi ry\u2019ubwicanyi bwakorewe Abatutsi, aho abasaga Miliyoni bishwe guhera mu kwezi kwa kane kugeza mu kwa karindwi gusa. Aha u Bufaransa bukaba bushinjwa kugira uruhare muri iyi Jenoside ndetse no gutoza interahamwe ariko bwo bukabihakana.<br \/>\nNi mu gihe kandi uyu muryango ushinja u Bufaransa kwihutira kwerekana abanyarwanda bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994 ariko ntibushake kugaragaza uruhare rwa bamwe mu basirikare ba bwo bakekwa.<br \/>\nMu mwaka ushize wa 2016, nibwo Komisiyo ishinzwe kurwanya Jenoside mu Rwanda yohereje dosiye mu gihugu cy\u2019u bufaransa iriho abasirikare ba bwo bagera kuri 20 bashinjwa uruhare muri Jenoside yo mu Rwanda ariko u Bufaransa bwanga ko abo bantu bakurikiranwa mu gihe uyu muryango wo usaba ko amakuru kuri izi dosiye yatangwa mbere y\u2019uko Perezida Hollande ava mu biro.<br \/>\nMu mwaka wa 2016, nibwo u Bufaransa bwaburanishije abanyarwanda 3 bakurikiranyweho kugira uruhare muri Jenoside, uheruka akaba ari Pascal Simbikangwa, ku byaha by\u2019itsembabwoko yakoreye mu mujyi wa Kigali, umuryango LICRA ukaba warakurikiranye urubanza rwe guhera mu mizi kimwe n\u2019abandi bose bamubanjirije.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUyu muryango uvuga ko u Bufaransa burajwe ishinga no kwerekana abanyarwanda bagize uruhare muri ririya tsembabwoko ariko ntibwerekane uruhare rw\u2019abafaransa mu gihe cya Jenoside yo mu Rwanda.<br \/>\nGuhera mu myaka 20 ishize, amashyirahamwe, abashakashatsi, abatangabuhamya batandukanye n\u2019abandi basabye ko u Bufaransa bwatanga ubusobanuro ku ruhare rwabwo ndetse bugashyira ahagaragara dosiye zivuga ku Rwanda na nubu bukibitse.<br \/>\nIyi miryango ivuga ko u Bufaransa bufite impapuro ziriho uburyo bateguye imikoranire mu bya gisirikare, politiki, gutera inkunga n\u2019ibindi byakozwe muri iriya myaka yagaragajwe mu gihugu byo mu karere k\u2019ibiyaga bigali by\u2019umwihariko mu Rwanda.<br \/>\nUyu muryango ugira uti\u201ddufite amakuru ahagije kandi yihariye ko u Bufaransa bufite uruhare runini ku byaha bikorerwa ikiremwamuntu. Ukubiceceka kwa bwo bikaba ari bimwe mu byatumye uburakari bw\u2019ababushinja bwiyongera umunsi ku wundi mu gihe abakekwa badashyizwe ahagaragara ngo batange ubuhamya kandi ibi ari byo bakabaye bifasha mu kubaka amahoro n\u2019ubwiyunge.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nWagize uti\u201dFran\u00e0\u00a7ois Hollande yari akwiye gufungura imiryango n\u2019amadirishya n\u2019abo bakorana bose bakamenya ukuri ku byabaye bityo abantu bakabimenya mbere y\u2019uko asoza manda ye.\u201d<br \/>\nUbuyobozi bw\u2019uyu muryango kandi buvuga ko naramuka avuye ku butegetsi adashyize ukuri ahagaragara, ko bizabazwa uzamusimbura.<br \/>\nLICRA yasabye abiyamamariza umwanya w\u2019umukuru w\u2019igihugu cy\u2019u Bufaransa kubanza gutanga amakuru n\u2019ibitekerezo kuri iki kibazo mu  rwego rwo kwihesha agaciro ndetse no kumenyekanisha ukuri ku byaha byibasira ihohotera rikorerwa ikiremwamuntu u Bufaransa buhora bushinjwa.<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n<a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe u Bufaransa bwitegura kwinjira mu bikorwa by\u2019amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu, umuryngo mpuzamahanga urwanya ibyaha bishingiye ku ivanguramoko, LICRA wasabye Perezida Francois Hollande gusiga atanze amakuru yose yerekana ibikorwa by\u2019u Bufaransa ku Rwanda guhera mu mwaka w\u20191990-1994. RFI ivuga ko uyu muryango wasabye Perezida Hollande gutanga izi dosiye kuko hari abo bigaragara ko biyamamariza uyu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5676","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Hollande yasabwe kugaragaza ibyakozwe n\u2019u Bufaransa mu Rwanda, 1990-1994 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Hollande yasabwe kugaragaza ibyakozwe n\u2019u Bufaransa mu Rwanda, 1990-1994 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe u Bufaransa bwitegura kwinjira mu bikorwa by\u2019amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu, umuryngo mpuzamahanga urwanya ibyaha bishingiye ku ivanguramoko, LICRA wasabye Perezida Francois Hollande gusiga atanze amakuru yose yerekana ibikorwa by\u2019u Bufaransa ku Rwanda guhera mu mwaka w\u20191990-1994. RFI ivuga ko uyu muryango wasabye Perezida Hollande gutanga izi dosiye kuko hari abo bigaragara ko biyamamariza uyu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-09T10:07:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:39:44+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5676#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5676\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Perezida Hollande yasabwe kugaragaza ibyakozwe n\u2019u Bufaransa mu Rwanda, 1990-1994\",\"datePublished\":\"2017-04-09T10:07:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:39:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5676\"},\"wordCount\":542,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5676#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5676\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5676\",\"name\":\"Perezida Hollande yasabwe kugaragaza ibyakozwe n\u2019u Bufaransa mu Rwanda, 1990-1994 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-09T10:07:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:39:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5676#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5676\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5676#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Hollande yasabwe kugaragaza ibyakozwe n\u2019u Bufaransa mu Rwanda, 1990-1994\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Hollande yasabwe kugaragaza ibyakozwe n\u2019u Bufaransa mu Rwanda, 1990-1994 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Hollande yasabwe kugaragaza ibyakozwe n\u2019u Bufaransa mu Rwanda, 1990-1994 - BWIZA","og_description":"Mu gihe u Bufaransa bwitegura kwinjira mu bikorwa by\u2019amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu, umuryngo mpuzamahanga urwanya ibyaha bishingiye ku ivanguramoko, LICRA wasabye Perezida Francois Hollande gusiga atanze amakuru yose yerekana ibikorwa by\u2019u Bufaransa ku Rwanda guhera mu mwaka w\u20191990-1994. RFI ivuga ko uyu muryango wasabye Perezida Hollande gutanga izi dosiye kuko hari abo bigaragara ko biyamamariza uyu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-09T10:07:55+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:39:44+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Perezida Hollande yasabwe kugaragaza ibyakozwe n\u2019u Bufaransa mu Rwanda, 1990-1994","datePublished":"2017-04-09T10:07:55+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:39:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676"},"wordCount":542,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5676#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676","name":"Perezida Hollande yasabwe kugaragaza ibyakozwe n\u2019u Bufaransa mu Rwanda, 1990-1994 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-09T10:07:55+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:39:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5676"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5676#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Hollande yasabwe kugaragaza ibyakozwe n\u2019u Bufaransa mu Rwanda, 1990-1994"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5676","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5676"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5676\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5676"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5676"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5676"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}