{"id":56975,"date":"2023-03-10T09:22:32","date_gmt":"2023-03-10T07:22:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=56975"},"modified":"2023-03-10T09:22:32","modified_gmt":"2023-03-10T07:22:32","slug":"colonel-bora-yasubije-abavuga-ko-yatanze-ubuhamya-kuri-fdlr-ahagarikiwe-n-ufite","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975","title":{"rendered":"Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n&#8217;ufite ishoka"},"content":{"rendered":"<p><strong>Colonel (Rtd) Nshimiyimana Augustin wamenyekanye nka Bora Manasseh ubwo yari ashinzwe ubutasi muri FDLR, yasubije abavuze ko yatanze ubuhamya kuri uyu mutwe witwaje intwaro ahagarikiwe n\u2019umuntu wari ufite intorezo (ishoka).<\/strong><\/p>\n<p>Mu nama yo gusigasira ubumwe bw\u2019Abanyarwanda no kubaka amahoro arambye yabereye mu kigo cyo gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero cya Mutobo mu karere ka Musanze, kuri uyu wa 9 Werurwe 2023, Col. Bora ni umwe mu batanze ubuhamya.<\/p>\n<p>Bora wafashwe n\u2019ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo mu mwaka w\u20192021, akoherezwa mu Rwanda, yabwiye abitabiriye iyi nama mu kigo cya Mutobo ko aherutse kuganiriza umunyamakuru, atanga ubuhamya kuri FDLR yabayemo igihe kirekire.<\/p>\n<p>Gusa ngo nyuma y\u2019aho ubwo buhamya bugiye hanze, hari abavuze ko hari umuntu wari umuhagarikiye afite intorezo. Ati: \u201cEjo bundi navuganye n\u2019umunyamakuru, bisohotse hanze, baravuga ngo \u2018Hari umuyobozi\u2019, ngo buriya yari ari inyuma yanjye, afashe intorezo.\u201d<\/p>\n<p>Yabihakanye, anatanga umugabo ku bantu bamubonye aganira n\u2019umunyamakuru. Ati: \u201cRwose namwe, niba hari abambonye. Na n\u2019ubu nageze hano, nta muntu ndabonana na we. Banyakuye [bampamagaye] ntazi n\u2019ikinzanye, ibi ndi kuvuga ni ibyanjye, nta muntu wabimbwiye. Izo za media rero ziba zibeshya.\u201d<\/p>\n<p>Bora yongeye asubiramo ibivugwa n\u2019izi media (ibinyamakuru). Ati: &#8220;Ngo buriya hari umuntu uba uri inyuma ufashe agatorezo, ngo kandi baba bampaye ikintu, nakibolotse mu mutwe.\u201d Yabihakanye abaza niba umuntu ufite imfi yashobora gufata ibintu mu mutwe, ati: \u201cIzi mvi ziracyaboloka mu mutwe ahari ra? Simbizi. Ni ibyanjye rwose nivaniyemo, ni ukuri kw\u2019impamo, ni ibyambayeho, ni ibyo nabonye.&#8221;<\/p>\n<p>Iyi nama yari yitabiriwe n\u2019abayobozi batandukanye barimo umujyanama wa Perezida w\u2019u Rwanda mu bijyanye n\u2019umutekano, General James Kabarebe, Minisitiri w\u2019ubumwe bw\u2019Abanyarwanda n\u2019inshingano mboneragihugu, Dr Bizimana Emmanuel na Minisitiri Musabyimana Jean Claude ushinzwe ubutegetsi bw\u2019igihugu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Colonel (Rtd) Nshimiyimana Augustin wamenyekanye nka Bora Manasseh ubwo yari ashinzwe ubutasi muri FDLR, yasubije abavuze ko yatanze ubuhamya kuri uyu mutwe witwaje intwaro ahagarikiwe n\u2019umuntu wari ufite intorezo (ishoka). Mu nama yo gusigasira ubumwe bw\u2019Abanyarwanda no kubaka amahoro arambye yabereye mu kigo cyo gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero cya Mutobo mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[32],"tags":[126],"class_list":["post-56975","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-umutekano","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n&#039;ufite ishoka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n&#039;ufite ishoka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Colonel (Rtd) Nshimiyimana Augustin wamenyekanye nka Bora Manasseh ubwo yari ashinzwe ubutasi muri FDLR, yasubije abavuze ko yatanze ubuhamya kuri uyu mutwe witwaje intwaro ahagarikiwe n\u2019umuntu wari ufite intorezo (ishoka). Mu nama yo gusigasira ubumwe bw\u2019Abanyarwanda no kubaka amahoro arambye yabereye mu kigo cyo gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero cya Mutobo mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-03-10T07:22:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56975#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56975\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n&#8217;ufite ishoka\",\"datePublished\":\"2023-03-10T07:22:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56975\"},\"wordCount\":301,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"umutekano\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56975#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56975\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56975\",\"name\":\"Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n'ufite ishoka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-03-10T07:22:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56975#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56975\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56975#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n&#8217;ufite ishoka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n'ufite ishoka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n'ufite ishoka - BWIZA","og_description":"Colonel (Rtd) Nshimiyimana Augustin wamenyekanye nka Bora Manasseh ubwo yari ashinzwe ubutasi muri FDLR, yasubije abavuze ko yatanze ubuhamya kuri uyu mutwe witwaje intwaro ahagarikiwe n\u2019umuntu wari ufite intorezo (ishoka). Mu nama yo gusigasira ubumwe bw\u2019Abanyarwanda no kubaka amahoro arambye yabereye mu kigo cyo gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero cya Mutobo mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-03-10T07:22:32+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n&#8217;ufite ishoka","datePublished":"2023-03-10T07:22:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975"},"wordCount":301,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["umutekano"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56975#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975","name":"Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n'ufite ishoka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-03-10T07:22:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56975"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56975#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n&#8217;ufite ishoka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56975","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=56975"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56975\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=56975"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=56975"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=56975"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}