{"id":56981,"date":"2023-03-10T12:17:21","date_gmt":"2023-03-10T10:17:21","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=56981"},"modified":"2023-03-10T12:17:21","modified_gmt":"2023-03-10T10:17:21","slug":"ibiciro-mu-rwanda-byiyongereyeho-hejuru-ya-30-muri-gashyantare-2023","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981","title":{"rendered":"Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023"},"content":{"rendered":"<p><strong>Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), cyatagaje ko mu kwezi gushize kwa Gashyantare uyu mwaka ibiciro mu gihugu hose byiyongereyeho 30.3% ugereranyije no muri Gashyantare 2022.<\/strong><\/p>\n<p>Ni ibigaragarira muri raporo iki kigo giheruka gusohora. Ni raporo iki kigo cyasohoye mu gihe Abanyarwanda hirya no hino mu gihugu bakomeje kwinubira izamuka rikabije ry&#8217;ibicuruzwa, by&#8217;umwihariko ibyo kurya.<\/p>\n<p>Raporo ya NISR ivuga ko mu kwezi gushize ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 20,8% ugereranyije na Gashyantare 2022. <\/p>\n<p>Ni ibiciro kandi byiyongeye ugereranyije no mu kwezi kwa Mutarama 2023, dore ko bwo byari byiyongereyeho 20,7%.<\/p>\n<p>NISR ivuga ko mu kwezi gushize ibiciro byiyongereye bitewe ahanini n\u2019ibiciro by\u2019ibiribwa n\u2019ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 42,4%, ibiciro by\u2019ibinyobwa bisembuye n\u2019itabi byiyongereyeho 23,2%, ibiciro by\u2019amazu, amazi, amashanyarazi, gazi n\u2019ibindi bicanwa byiyongereyeho 7,1% ndetse n\u2019ibiciro by\u2019ibijyanye n\u2019ubwikorezi byiyongereyeho 12,1%. <\/p>\n<p>Ugereranyije Gashyantare 2023 na Gashyantare 2022, usanga ibiciro by\u2019ibintu bitarimo ibiribwa n\u2019ibikomoka ku ngufu byariyongereyeho 14,4%; wagereranya Gashyantare 2023 na Mutarama 2023 ugasanga ibiciro byariyongereyeho 1,8%.<\/p>\n<p>Ni izamuka ahanini ngo ryatewe n\u2019ibiciro by\u2019ibiribwa n\u2019ibinyobwa bidasembuye byazamutseho 4,7%.<\/p>\n<p>Mu byaro ku rundi ruhande ho muri Gashyantare 2023, ibiciro byiyongereyeho 37,1% ugereranyije na Gashyantare 2023. Ibiciro mu kwezi kwa Mutarama 2023 byari byiyongereyeho 38,8%. <\/p>\n<p>Bimwe mu byatumye ibiciro byiyongera mu kwezi kwa Gashyantare na bwo NISR ishyira mu majwi ibiciro by\u2019ibiribwa n\u2019ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 67,7% n\u2019ibiciro by\u2019ibinyobwa bisembuye n\u2019itabi byiyongereyeho 20,6%. <\/p>\n<p>Ugereranyije Gashyantare 2023 na Mutarama 2023 usanga ibiciro byariyongereyeho 3,2%.<\/p>\n<p>Ni izamuka ryatewe ahanini n\u2019ibiciro by\u2019ibiribwa n\u2019ibinyobwa bidasembuye byazamutseho 6,8%.<\/p>\n<p>Muri rusange ukomatanyije biriya biciro byo mu mijyi ndetse n&#8217;ibyo mu byaro, usanga muri Gashyantare 2023 ibiciro mu Rwanda byariyongereyeho 30,3% ugereranyije na Gashyantare 2022. <\/p>\n<p>Ni mu gihe muri Mutarama 2023 ibiciro byari byiyongereyeho 31,1%. <\/p>\n<p>Bimwe mu byatumye ibiciro byiyongera mu kwezi kwa Gashyantare 2023, ni ibiciro by\u2019ibiribwa n\u2019ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 59,7% n\u2019ibiciro by\u2019ibinyobwa bisembuye n\u2019itabi byiyongereyeho 21,4%. <\/p>\n<p>Ugereranyije Gashyantare 2023 na Mutarama 2023 ibiciro byiyongereyeho 2,7%; iryo zamuka ahanini rikaba ryaratewe n\u2019ibiciro by\u2019ibiribwa n\u2019ibinyobwa bidasembuye byazamutseho 6,2%.<\/p>\n<p>Minisitiri w&#8217;Intebe Dr Edouard Ngirente ubwo yari mu nama y&#8217;umushyikirano mu ntangiriro z&#8217;iku kwezi, yavuze ko hari icyizere ko ibi biciro bizakomeza kumanuka muri uyu mwaka ahanini bitewe n&#8217;umusaruro w&#8217;ibikomoka ku buhinzi.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nk\u2019ubu iyo turebye umusaruro turimo kugenda tuganaho wavuye mu gihembwe A, icyiciro cy\u2019ubuhinzi cyatangiye mu kwezi kwa cyenda mu mwaka ushize, ubu turimo gusarura muri uku kwezi kwa mbere n\u2018ukwa kabiri, dufite icyizere ko umusaruro w\u2019ibigori wikubye kabiri, uw\u2019ibirayi na wo wikubye hafi kabiri, uw\u2019ibishyimbo wagabanutseho akantu gato cyane kubera amapfa yari yashatse kuba mu Ntara y\u2019Amajyepfo ndetse n\u2019igice kimwe cy\u2019Intara y\u2019Iburasirazuba.\u201d<\/p>\n<p>\u201cIbyo bisobanuye ko mu minsi turimo ubungubu, twatangiye kubona igiciro cy\u2019ibigori kimanuka, kiva ku 800 Frw kigenda kigana kuri 400 Frw. Ubwo ni ukuvuga ngo n\u2018ibindi biragenda bimanuka, n\u2019ibirayi biragenda bimanuka, ni cyo cyizere dufite.&#8221;<\/p>\n<p>Minisitiri w&#8217;Intebe icyo gihe yavuze ko ikibazo cy&#8217;izamuka ry&#8217;ibiciro cyakurikiranwe, ndetse ko hari byinshi leta yakoze itanga Nkunganire mu buryo bunyuranye.<\/p>\n<p>Yavuze ko iyo nyunganizi iyo itaza gutangwa &#8220;ibiciro dufite uyu munsi byari kuba bikubye inshuro ebyiri. N\u2019aho biri uyu munsi, ni uko leta hari ikintu yakoze kandi gikomeye.\u201d<\/p>\n<p>Mu byakozwe yavuze harimo inyunganizi mu biciro by\u2019ibikomoka kuri peteroli, muri mazutu y\u2019amakamyo atwara ibiribwa n\u2019imodoka zitwara abantu, na lisansi z\u2019abagenda ku mapikipiki.<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Iriya nyuganizi iyo itabamo, ni ukuvuga ngo ibiciro byo gutwara ibiribwa biba byarabaye birebire cyane, ubu tukaba dufite ibiciro bitari ibi dufite uyu munsi, wenda byari kuba bikubye ishuro ebyiri cyangwa eshatu.\u201d<\/p>\n<p>Minisitiri w&#8217;Intebe yavuze ko leta itari ifite ubushobozi bwo gukuraho ingaruka zose zabaye ku izamuka ry\u2019ibiciro 100%, gusa ikaba yaragerageje gukumira izamuka ry\u2019ibiciro ritewe n\u2018ibindi byazamutse.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), cyatagaje ko mu kwezi gushize kwa Gashyantare uyu mwaka ibiciro mu gihugu hose byiyongereyeho 30.3% ugereranyije no muri Gashyantare 2022. Ni ibigaragarira muri raporo iki kigo giheruka gusohora. Ni raporo iki kigo cyasohoye mu gihe Abanyarwanda hirya no hino mu gihugu bakomeje kwinubira izamuka rikabije ry&#8217;ibicuruzwa, by&#8217;umwihariko ibyo kurya. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-56981","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), cyatagaje ko mu kwezi gushize kwa Gashyantare uyu mwaka ibiciro mu gihugu hose byiyongereyeho 30.3% ugereranyije no muri Gashyantare 2022. Ni ibigaragarira muri raporo iki kigo giheruka gusohora. Ni raporo iki kigo cyasohoye mu gihe Abanyarwanda hirya no hino mu gihugu bakomeje kwinubira izamuka rikabije ry&#8217;ibicuruzwa, by&#8217;umwihariko ibyo kurya. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-03-10T10:17:21+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56981#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56981\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023\",\"datePublished\":\"2023-03-10T10:17:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56981\"},\"wordCount\":606,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56981#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56981\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56981\",\"name\":\"Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-03-10T10:17:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56981#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56981\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=56981#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023 - BWIZA","og_description":"Ikigo cy\u2019Igihugu cy\u2019Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), cyatagaje ko mu kwezi gushize kwa Gashyantare uyu mwaka ibiciro mu gihugu hose byiyongereyeho 30.3% ugereranyije no muri Gashyantare 2022. Ni ibigaragarira muri raporo iki kigo giheruka gusohora. Ni raporo iki kigo cyasohoye mu gihe Abanyarwanda hirya no hino mu gihugu bakomeje kwinubira izamuka rikabije ry&#8217;ibicuruzwa, by&#8217;umwihariko ibyo kurya. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-03-10T10:17:21+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023","datePublished":"2023-03-10T10:17:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981"},"wordCount":606,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56981#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981","name":"Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-03-10T10:17:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=56981"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=56981#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibiciro mu Rwanda byiyongereyeho hejuru ya 30% muri Gashyantare 2023"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56981","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=56981"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/56981\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=56981"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=56981"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=56981"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}