{"id":57014,"date":"2023-03-12T13:32:15","date_gmt":"2023-03-12T11:32:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=57014"},"modified":"2023-03-12T13:32:15","modified_gmt":"2023-03-12T11:32:15","slug":"kigali-umumotari-ntiyumvikana-na-polisi-kuri-moto-yagurishijwe-muri-cyamunara","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014","title":{"rendered":"Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umumotari witwa Twahirwa Jean Claude utuye mu karere ka Nyarugenge ntiyumvikana na Polisi y\u2019u Rwanda kuri moto avuga ko yagurishijwe muri cyamunara mu mwaka w\u20192018, nyuma yo kumara umwaka urenga yibiwe i Gikondo mu karere ka Kicukiro.<\/strong><\/p>\n<p>Twahirwa yatangarije BWIZA ko tariki ya 28 Mata 2017 yibwe moto ye ya TVS VICTOR GLX125 yari ifite plaque RC171G, ahamagarwa n\u2019umukozi w\u2019ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019imisoro n\u2019amahoro (RRA) muri Mata 2022, amubaza niba akiyifite, na we amusubiza ko yayibwe mu myaka itanu ishize.<br \/>\n<iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/FCsnZFGmk20\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture; web-share\" allowfullscreen><\/iframe><br \/>\nUmukozi wa RRA ngo yamubwiye ko iyi moto yafashwe, iri kuri sitasiyo ya Polisi ya Byimana mu karere ka Ruhango, amusaba kujyayo agatanga ibisobanuro, kuko hari undi wavugaga ko ari we nyirayo.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Uburyo yafashwemo, nagiye kumva numva umuntu arampamagaye. Arambaza ati \u2018moto plaque ifite RC171G waba uyizi?\u2019 Ndamubaza nti \u2018Ngo iki?\u2019 Nahamagawe n\u2019umuntu ukora muri Rwanda Revenue aho bita mu Ruhango mu Byimana. Mubwira ko iyo moto yibwe. Arambwira ati \u2018Iri mu Ruhango kuri sitasiyo ya Polisi, waza ukazasobanura uko byaba byaragenze kuko ubu ngubu ni ho iri\u2019.\u201d<\/p>\n<p>Uyu mumotari yatangaje ko yagiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Byimana tariki 25 Mata 2022, ahahurira n\u2019undi uvuga ko ari iye. Umwe yerekanye ibyangombwa byemeza ko moto ari ye, undi yerekana ibyemeza ko yayiguze muri cyamunara ya Polisi tariki ya 25 Nyakanga 2018.<\/p>\n<p>Twahirwa yasobanuye ko Komanda wa sitasiyo ya Polisi ya Byimana yasabye bombi kujya kuri RRA kugira ngo ibereke uwo iyi moto ibaruyeho. Umukozi wa RRA yerekanye ko nyirayo ari Twahirwa, amuha n\u2019icyangombwa cy\u2019umutungo kigaragaza nimero ya \u2018plaque\u2019, nimero ya chassis n\u2019ibindi birango.<br \/>\n<figure id=\"attachment_57011\" aria-describedby=\"caption-attachment-57011\" style=\"width: 720px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-57011\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_13_.png\" alt=\"Kopi y'icyemezo cya RRA yemeza ko iyi moto ari umutungo we\" title=\"Kopi y'icyemezo cya RRA yemeza ko iyi moto ari umutungo we\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"720\" height=\"547\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_13_.png 720w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_13_-300x228.png 300w\" sizes=\"(max-width: 720px) 100vw, 720px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-57011\" class=\"wp-caption-text\">Kopi y&#8217;icyemezo cya RRA yemeza ko iyi moto ari umutungo we<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Uyu mumotari avuga ko bitandukanye n\u2019ibyo yari yiteze, nyuma yo kujyana icyemezo cy\u2019umutungo kuri sitasiyo ya Polisi ya Byimana, atasubijwe iyi moto, ahubwo uwayiguze muri cyamunara arayisubizwa.<\/p>\n<p>Aremeza ko ariko plaque ya moto ye yahinduwe, ishyirwaho iya Boxer nimero RC319G idahuye na nimero ya \u2018chassis\u2019, kuko chassis yo ntiyigeze ihinduka kuko hakirimo ifite nimero ihura n\u2019iya plaque nimero RC171G.<\/p>\n<p><strong>Polisi yari yaramwemereye moto nshya<\/strong><\/p>\n<p>Twahirwa yatangaje ko nyuma yo kudahabwa moto kandi RRA igaragaza ko ari iye, yandikiye uwari Umuyobozi Mukuru wa Polisi, CG Dan Munyuza, ibaruwa imusaba kumurenganura, tariki ya 9 Gicurasi 2022, ayohereza kuri email.<br \/>\n<figure id=\"attachment_57012\" aria-describedby=\"caption-attachment-57012\" style=\"width: 715px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-57012\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_14_.png\" alt=\"Ibaruwa Twahirwa yandikiye CG Munyuza, gusa ngo yibeshye umwaka yandikaho 2021, aho kuba 2022\" title=\"Ibaruwa Twahirwa yandikiye CG Munyuza, gusa ngo yibeshye umwaka yandikaho 2021, aho kuba 2022\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"715\" height=\"537\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_14_.png 715w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_14_-300x225.png 300w\" sizes=\"(max-width: 715px) 100vw, 715px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-57012\" class=\"wp-caption-text\">Ibaruwa Twahirwa yandikiye CG Munyuza, gusa ngo yibeshye umwaka yandikaho 2021, aho kuba 2022<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Yavuze ko mu gihe yari agitegereje igisubizo, tariki ya 8 Ukuboza 2022 i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge habereye ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro, bwari buyobowe na CG Munyuza wari ukiri Umuyobozi Mukuru wa Polisi.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ku itariki ya 8\/12 hariho gahunda y\u2019igikorwa cya Gerayo Amahoro i Nyamirambo. Njye ngira amahirwe y\u2019uko Umuyobozi Mukuru wa Polisi, Dan Munyuza, yari yahaje. Noneho, mu biganiro haza no kubamo ko baduha umwanya kugira ngo bumve ibibazo twari dufite, noneho nanjye njya gusaba ijambo, bararimpa.\u201d<\/p>\n<p>Uwo munsi, Twahirwa yagejeje kuri CG Munyuza ikibazo cye, na we amubwira ko Polisi izi ikibazo cye, amusezeranya ko Polisi izamuha moto nshya. Muri videwo yatambutse kuri Ukwezi TV, bigaragara ko uyu mumotari yari yishimye ndetse yashimye ko agiye gushumbushwa.<\/p>\n<p>Muri iyi videwo, umunyamakuru yaramubajije ati: &#8220;Wiyumva gute mu gihe umaze kwemererwa moto nshyashya?\u201d, Twahirwa yasubije ati: &#8220;Urumva ibyishimo ni byose n\u2019akanyamuneza n\u2019ubwo igihe gishize cyari kinini cyane.\u201d<\/p>\n<p>Twahirwa yakomeje ati: &#8220;Byangizeho ingaruka nyinshi ariko no kuba nari nanabivuze n\u2019ubu nkaba nongeye kubigaragaza, bakaba bagiye kumpa moto nshyashya, byibuze birangaragariza ko uko biri kose, ikibazo cyawe ugitanze, ugifitiye ibimenyetso, aho wagitanga bakakumva, bagikemura. N\u2019ubwo batambwiye umunsi bazayimpa, ariko ubu ngubu mbashije kumva ko bazayimpa.\u201d<\/p>\n<p><strong>Polisi ivuga ko yasanze moto atari iya Twahirwa<\/strong><\/p>\n<p>Uyu mumotari avuga ko hashize amezi arenga atatu atarahabwa moto yasezeranyijwe n\u2019uwari Umuyobozi Mukuru wa Polisi y\u2019u Rwanda, kandi ko nta yandi makuru afite. <\/p>\n<p>BWIZA yashatse kumenya icyo Polisi y\u2019u Rwanda ivuga ku kibazo cya Twahirwa, Umuvugizi wayo, CP John Bosco Kabera, ayitangariza ko hakozwe iperereza, uyu mumotari agezwaho umwanzuro.<\/p>\n<p>CP Kabera agira ati: &#8220;Uwo muntu ikibazo cye turakizi, kandi iperereza ryarakozwe n&#8217;ibyavuyemo arabimenyeshwa. Icyo gihe koko yabwiye ikibazo uwari IGP, nyuma turamuhamagaye dusanga iperereza ryarabaye, kandi polisi yaramugejejeho umwanzuro. Ibyo byose ntabwo yari yabivuze. Murakoze.\u201d<\/p>\n<p>Imubajije iby\u2019umwanzuro w\u2019iri perereza, Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda yasubije ati: \u201cIyo moto avuga ntabwo ari iye. Umwanzuro ni uwo.\u201d<\/p>\n<p>BWIZA yahamagaye Twahirwa ku murongo wa telefone, imumenyesha ko Polisi yasanze atari iye, kandi ivuga ko yabimumenyesheje. Yabihakanye agira ati: \u201cReka reka reka! Ibyo ni ukubeshya. Niba avuga ngo baramenyesheje, bambwira ko moto atari iyanjye, bakagaragaje undi nyirayo, niberekane undi nyirayo noneho.\u201d<\/p>\n<p>Twahirwa arasaba ko Polisi yamumenyesha uyu mwanzuro kuri email nk\u2019uko na we yabigenje, akabona uko akomeza gukurikirana ikibazo cye.<br \/>\n<figure id=\"attachment_57013\" aria-describedby=\"caption-attachment-57013\" style=\"width: 779px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-57013\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/twahirwa_yari_yashimiye_polisi_nyuma_yo_kumusezeranya_moto_nshya.jpg\" alt=\"Twahirwa yari yashimiye Polisi nyuma yo kumusezeranya moto nshya\" title=\"Twahirwa yari yashimiye Polisi nyuma yo kumusezeranya moto nshya\" class=\"caption\" align=\"center\" width=\"779\" height=\"498\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/twahirwa_yari_yashimiye_polisi_nyuma_yo_kumusezeranya_moto_nshya.jpg 779w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/twahirwa_yari_yashimiye_polisi_nyuma_yo_kumusezeranya_moto_nshya-300x192.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/twahirwa_yari_yashimiye_polisi_nyuma_yo_kumusezeranya_moto_nshya-768x491.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 779px) 100vw, 779px\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-57013\" class=\"wp-caption-text\">Twahirwa yari yashimiye Polisi nyuma yo kumusezeranya moto nshya<\/figcaption><\/figure><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umumotari witwa Twahirwa Jean Claude utuye mu karere ka Nyarugenge ntiyumvikana na Polisi y\u2019u Rwanda kuri moto avuga ko yagurishijwe muri cyamunara mu mwaka w\u20192018, nyuma yo kumara umwaka urenga yibiwe i Gikondo mu karere ka Kicukiro. Twahirwa yatangarije BWIZA ko tariki ya 28 Mata 2017 yibwe moto ye ya TVS VICTOR GLX125 yari ifite [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":57011,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,131],"class_list":["post-57014","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umumotari witwa Twahirwa Jean Claude utuye mu karere ka Nyarugenge ntiyumvikana na Polisi y\u2019u Rwanda kuri moto avuga ko yagurishijwe muri cyamunara mu mwaka w\u20192018, nyuma yo kumara umwaka urenga yibiwe i Gikondo mu karere ka Kicukiro. Twahirwa yatangarije BWIZA ko tariki ya 28 Mata 2017 yibwe moto ye ya TVS VICTOR GLX125 yari ifite [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-03-12T11:32:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_13_.png\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"720\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"547\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara\",\"datePublished\":\"2023-03-12T11:32:15+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014\"},\"wordCount\":804,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/03\\\/screenshot_13_.png\",\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014\",\"name\":\"Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/03\\\/screenshot_13_.png\",\"datePublished\":\"2023-03-12T11:32:15+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/03\\\/screenshot_13_.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2023\\\/03\\\/screenshot_13_.png\",\"width\":720,\"height\":547,\"caption\":\"Kopi y'icyemezo cya RRA yemeza ko iyi moto ari umutungo we\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57014#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara - BWIZA","og_description":"Umumotari witwa Twahirwa Jean Claude utuye mu karere ka Nyarugenge ntiyumvikana na Polisi y\u2019u Rwanda kuri moto avuga ko yagurishijwe muri cyamunara mu mwaka w\u20192018, nyuma yo kumara umwaka urenga yibiwe i Gikondo mu karere ka Kicukiro. Twahirwa yatangarije BWIZA ko tariki ya 28 Mata 2017 yibwe moto ye ya TVS VICTOR GLX125 yari ifite [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-03-12T11:32:15+00:00","og_image":[{"width":720,"height":547,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_13_.png","type":"image\/png"}],"author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara","datePublished":"2023-03-12T11:32:15+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014"},"wordCount":804,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_13_.png","keywords":["Amamenyesha","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=57014#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014","name":"Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_13_.png","datePublished":"2023-03-12T11:32:15+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=57014"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_13_.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2023\/03\/screenshot_13_.png","width":720,"height":547,"caption":"Kopi y'icyemezo cya RRA yemeza ko iyi moto ari umutungo we"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57014#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/57014","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=57014"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/57014\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/57011"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=57014"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=57014"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=57014"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}