{"id":5703,"date":"2017-04-10T21:40:23","date_gmt":"2017-04-10T21:40:23","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/10\/nyamagabe-babiri-bakurikiranweho-kwihanira-bakica-umuntu-bamuziza-amateke\/"},"modified":"2025-02-12T16:39:11","modified_gmt":"2025-02-12T14:39:11","slug":"nyamagabe-babiri-bakurikiranweho-kwihanira-bakica-umuntu-bamuziza-amateke","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703","title":{"rendered":"Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke"},"content":{"rendered":"<p>Mu miryango no mu bantu muri rusange, birashoboka ko habamo amakimbirane, kutumvikana cyangwa umwe agakoserereza undi, nyamara ariko uburyo bwo gukemura ibibazo abantu bafitanye si ukwihorera kuko ari icyaha kandi bishobora gutera ingaruka nyinshi.<\/p>\n<p>Ni byiza rero ko abafitanye amakimbirane no kutumvikana cyangwa hari uwakosereje undi, bagana ubutabera aho kwihanira kuko hari ubwo bivamo gukomereka cyangwa gupfa kw\u2019abantu.<\/p>\n<p>Ni muri urwo rwego Polisi y\u2019u Rwanda yibutsa abafitanye amakimbirane kwirinda kwihanira ahubwo bakegera inzego zibishinzwe zigashakira ibisubizo ibibazo byabo.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ibi Polisi y\u2019u Rwanda ibyibukije nyuma y\u2019aho mu rukerera rwo kuri iki cyumweru tariki ya 9 Mata mu Murenge wa Mbazi akarere ka Nyamagabe abagabo 2 aribo Nshimiyimana Anastase na Ndungutse Callixte bafatiye mu cyuho abandi bagabo 3 aribo Butera Frederick, Niryoshema Jean Pierre na Rushogoro Jean barimo kwiba amateke mu kibaya cya Rukarara bakabakubita kugeza ubwo Butera apfa, naho aba bandi bakabakomeretsa, ubu bakaba bari kwitabwaho n\u2019abaganga mu bitaro bya Kaduha, naho aba babakubise, mu gihe iperereza rikomeje bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Musange.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu ntara y\u2019Amajyepfo Chief Inspector of Police (CIP) Andre Hakizimana yagaye ibi byakozwe n\u2019aba bakubise bagenzi babo, avuga ko nubwo bibaga imyaka y\u2019abandi igisubizo kitari ukwihanira. Aha yavuze ati:\u201dAbantu bakwiye kwirinda umuco wo kwihanira, ahubwo buri gihe bakajya bashyikiriza ibabazo n\u2019ibirego byabo inzego z\u2019ibanze, iza Polisi n\u2019iz\u2019 ubutabera. N\u2019ubwo aba bafatiwe mu cyuho biba imyaka y\u2019abandi, igisubizo nticyari ukubakubita no kwica umwe muri bo, bari kubafata bakabashyikiriza inzego z\u2019umutekano bagakorerwa dosiye bagashyikirizwa ubutabera bagahanirwa icyaha bakoze cy\u2019ubujura, ariko ubu aba bamwishe bagiye gukurikiranwaho icyaha cy\u2019ubwicanyi.\u201d<\/p>\n<p>Yasabye abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze cyane cyane ab\u2019 inzego z\u2019imidugudu n\u2019 utugari kujya bakurikirana, bakanamenya abantu batabanye neza ndetse n\u2019ingo zirangwamo amakimbirane kandi bakihutira gukemura ibibazo muri iyo miryango kugira ngo bene ubwo bwicanyi bukumirwe.<\/p>\n<p>CIP Hakizimana yasoje asaba abaturage kugira uruhare mu kurwanya no gukumira ibyaha nk\u2019ibi kimwe n\u2019 ibindi muri rusange, cyane cyane binyuze mu guhanahana amakuru n\u2019 inzego z\u2019 umutekano ku bantu abo aribo bose bakekwaho gukora ibyaha kugirango  bashyikirizwe ubutabera.<\/p>\n<p>Ingingo ya 140 yo mu gitabo cy\u2019amategeko ahana ibyaha mu Rwanda ivuga ko kwica umuntu ubishaka byitwa ubwicanyi kandi bihanishwa igifungo cya burundu.<\/p>\n<p>\u00a0<br \/>\n <strong> <em>Abakeneye ko bwiza.com yazabasura, n\u2019igihe mukeneye ko hari ibitangazwa mu binyamakuru byayo wakwandika kuri E-mail ya <a href=\"mailto:meckypro@gmail.com,info@bwiza,com\">meckypro@gmail.com, <\/a>cyangwa mugahamagara kuri 0784685981.<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong><br \/>\n@bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu miryango no mu bantu muri rusange, birashoboka ko habamo amakimbirane, kutumvikana cyangwa umwe agakoserereza undi, nyamara ariko uburyo bwo gukemura ibibazo abantu bafitanye si ukwihorera kuko ari icyaha kandi bishobora gutera ingaruka nyinshi. Ni byiza rero ko abafitanye amakimbirane no kutumvikana cyangwa hari uwakosereje undi, bagana ubutabera aho kwihanira kuko hari ubwo bivamo gukomereka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5703","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu miryango no mu bantu muri rusange, birashoboka ko habamo amakimbirane, kutumvikana cyangwa umwe agakoserereza undi, nyamara ariko uburyo bwo gukemura ibibazo abantu bafitanye si ukwihorera kuko ari icyaha kandi bishobora gutera ingaruka nyinshi. Ni byiza rero ko abafitanye amakimbirane no kutumvikana cyangwa hari uwakosereje undi, bagana ubutabera aho kwihanira kuko hari ubwo bivamo gukomereka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-10T21:40:23+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:39:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5703#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5703\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke\",\"datePublished\":\"2017-04-10T21:40:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:39:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5703\"},\"wordCount\":419,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5703#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5703\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5703\",\"name\":\"Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-10T21:40:23+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:39:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5703#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5703\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5703#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke - BWIZA","og_description":"Mu miryango no mu bantu muri rusange, birashoboka ko habamo amakimbirane, kutumvikana cyangwa umwe agakoserereza undi, nyamara ariko uburyo bwo gukemura ibibazo abantu bafitanye si ukwihorera kuko ari icyaha kandi bishobora gutera ingaruka nyinshi. Ni byiza rero ko abafitanye amakimbirane no kutumvikana cyangwa hari uwakosereje undi, bagana ubutabera aho kwihanira kuko hari ubwo bivamo gukomereka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-10T21:40:23+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:39:11+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke","datePublished":"2017-04-10T21:40:23+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:39:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703"},"wordCount":419,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5703#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703","name":"Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-10T21:40:23+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:39:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5703"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5703#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamagabe: Babiri bakurikiranweho kwihanira bakica umuntu bamuziza amateke"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5703","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5703"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5703\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5703"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5703"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5703"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}