{"id":5706,"date":"2017-04-11T09:52:33","date_gmt":"2017-04-11T09:52:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/11\/hari-abakoze-jenoside-bahura-n-ihungabana-bagatinya-kubigaragaza\/"},"modified":"2025-02-12T16:39:07","modified_gmt":"2025-02-12T14:39:07","slug":"hari-abakoze-jenoside-bahura-n-ihungabana-bagatinya-kubigaragaza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706","title":{"rendered":"Hari abakoze Jenoside bahura n\u2019ihungabana bagatinya kubigaragaza"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe ibijyanye n\u2019indwara zo mu mutwe gitangaza ko ikibazo cy\u2019ihungabana gikomeje gufata indi ntera ariko cyane cyane kigakaragara muri ibi bihe byo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside yabaye muri Mata 1994. <\/em> <\/strong><br \/>\nIki kibazo kandi kigaragara mu nzego zose ari iz\u2019abiciwe ndetse n\u2019abagize uruhare muri Genocide yakorewe Abatutsi nubwo bamwe batinya kubigaragaza.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nDr Yvonne Kayiteshonga, uyobora ishami rishinzwe uburwayi bwo mu mutwe muri Minisiteri y\u2019ubuzima, avuga ko muri ibi bihe byo kwibuka, ihungabana rigaragara ariko cyane cyane ku barokotse Jenoside kubera ibihe bibi baba baraciyemo. Gusa ngo si umwihariko wa bo  gusa kuko n\u2019abagize uruhare muri Jenoside ihungabana ritabasiga.<br \/>\nMurangira Jean Baptiste wahoze yungirije Burugumesitiri wa Komini Kanzenze mbere ya Jenoside. Ni umwe mu bagize uruhare muri Jenoside, waje kwirega akanasaba imbabazi ubu akaba yarafunguwe.<br \/>\nMu kiganiro yagiranye n\u2019ijwi ry\u2019Amerika, yavuze ko na we muri uku kwezi kwa 4 ahura n\u2019ikibazo cy\u2019ihungabana kubera ubwicanyi yakoze.<br \/>\nAgira ati\u201dndababwiza ukuri, hari igihe njya kumva kumva akantu karaje cyane cyane muri iki gihe cyo kwibuka, nkibaza nti ese buriya kanaka namuhoye iki ko nanjye navaga amaraso nka bo, urugero nk\u2019uriya musaza, se wa Seremani, ahora angaruka imbere kandi yari anasanzwe ari ikimuga, nkibaza icyo namuhoye ndetse n\u2019ijambo namubwiye mbere yo kumwica kuko nasanze bamaze kwica umugore we, umurambo ukiri aho, naramubwiye ngo abakundanye barajyana mpita mwica.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu ijwi ryuzuye agahinda ku buryo uyu mugabo yagaragaje amarangamutima cyane, yavuze ko bimubabaza ndetse bikanamutera intimba ikomeye.<br \/>\nIhungabana kubakoze ibyaha byo kwica abatutsi ngo rinagaragara cyane mu magereza kuko ho banashyiriweho uburyo bwo kubafasha mu gihe bitoroshye gufasha abamaze kugera mu buzima bwo hanze.<br \/>\nLadislas Matabaro nawe ni uwagize uruhare mu itsembabwoko ryakorewe Abatutsi akaba ari mu buzima bwo hanze nyuma yo kwemera icyaha akanasaba imbabazi. Avuga ko agira ipfunwe ryo kujya kwaka ubufasha avuga ko yahungabanye kandi bijya bimubaho cyane cyane mu ibihe byo kwibuka.<br \/>\nAgira ati\u201dubu hari ikintu ntazibagirwa cyambabaje, niyo nkibutse ndi njyenyine mpita njenga amarira mu maso. Nageze hariya i Rulindo, bukeye haza umwana w\u2019umuhungu afata umwana amushyira mu mufuka, arangije uwo mufuka ahita awujomba igicumu yari afite, ibyo bintu iyo mbyibutse numva ikiniga.\u201d<br \/>\nYakomeje avuga ko ihungabana ahura na ryo kubera ibihe aba yaraciyemo nko kubona abantu bapfa, kurenga imirambo irenga 50 n\u2019ibindi.<br \/>\nYakomeje agira ati\u201dnanjy umutima wanjy ntabwo uguma hamwe, ariko nibaza ukuntu najya hariya ngasaba ubufasha bikanyobera, bimbaho ku bwanjye gusa nta we najya kwaka ubufasha, n\u2019uwo nabibwira yavuga ko nasaze.\u201d<br \/>\nNi mu gihe kandi abantu benshi baba biyumvisha ko umuntu utaracitse ku icumu nta ho yahurira n\u2019ihungabana.<br \/>\nMuganga Marius Gasana, impuguke mu by\u2019ubuvuzi bw\u2019indwara zo mu mutwe. Yemeza ko  n\u2019abakoze jenoside bashobora guhura n\u2019ibi bibazo by\u2019ihungabana nubwo batitabira gushaka ubufasha.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAgira ati\u201dabenshi bishinja kugaruka mu bandi, kuko baba bumva nibigaragaza bazagirirwa nabi ndetse bakanagirirwa ibirenze ibyo bakoze.\u201d<br \/>\nAvuga ko bene aba bisaba kubanza kubumva no kujyana na bo muri ibyo bintu byose bagizemo ubwoba, kuko hari nubwo barara babirota bakanashikagurika bityo bakaba bagomba kwitabwaho byanaba ngombwa hakaba hari imiti bahabwa.<br \/>\nMinisiteri y\u2019ubuzima yo itangaza ko abagize uruhare muri Jenoside bahura n\u2019ibibazo by\u2019ihungabana na bo bahabwa ubufasha nk\u2019abandi bose mu gihe batinyutse kubigaragaza bakagana inzego zibishinzwe.<br \/>\n <strong> <em>Abakeneye ko bwiza.com yazabasura, n\u2019igihe mukeneye ko hari ibitangazwa mu binyamakuru byayo wakwandika kuri E-mail ya <a href=\"mailto:meckypro@gmail.com,info@bwiza,com\">meckypro@gmail.com,<\/a>cyangwa mugahamagara kuri 0784685981.<\/em> <\/strong><br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n<a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe ibijyanye n\u2019indwara zo mu mutwe gitangaza ko ikibazo cy\u2019ihungabana gikomeje gufata indi ntera ariko cyane cyane kigakaragara muri ibi bihe byo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside yabaye muri Mata 1994. Iki kibazo kandi kigaragara mu nzego zose ari iz\u2019abiciwe ndetse n\u2019abagize uruhare muri Genocide yakorewe Abatutsi nubwo bamwe batinya kubigaragaza. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Dr [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5706","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hari abakoze Jenoside bahura n\u2019ihungabana bagatinya kubigaragaza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hari abakoze Jenoside bahura n\u2019ihungabana bagatinya kubigaragaza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe ibijyanye n\u2019indwara zo mu mutwe gitangaza ko ikibazo cy\u2019ihungabana gikomeje gufata indi ntera ariko cyane cyane kigakaragara muri ibi bihe byo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside yabaye muri Mata 1994. Iki kibazo kandi kigaragara mu nzego zose ari iz\u2019abiciwe ndetse n\u2019abagize uruhare muri Genocide yakorewe Abatutsi nubwo bamwe batinya kubigaragaza. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Dr [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-11T09:52:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:39:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5706#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5706\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Hari abakoze Jenoside bahura n\u2019ihungabana bagatinya kubigaragaza\",\"datePublished\":\"2017-04-11T09:52:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:39:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5706\"},\"wordCount\":592,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5706#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5706\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5706\",\"name\":\"Hari abakoze Jenoside bahura n\u2019ihungabana bagatinya kubigaragaza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-11T09:52:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:39:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5706#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5706\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5706#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hari abakoze Jenoside bahura n\u2019ihungabana bagatinya kubigaragaza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hari abakoze Jenoside bahura n\u2019ihungabana bagatinya kubigaragaza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hari abakoze Jenoside bahura n\u2019ihungabana bagatinya kubigaragaza - BWIZA","og_description":"Ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe ibijyanye n\u2019indwara zo mu mutwe gitangaza ko ikibazo cy\u2019ihungabana gikomeje gufata indi ntera ariko cyane cyane kigakaragara muri ibi bihe byo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside yabaye muri Mata 1994. Iki kibazo kandi kigaragara mu nzego zose ari iz\u2019abiciwe ndetse n\u2019abagize uruhare muri Genocide yakorewe Abatutsi nubwo bamwe batinya kubigaragaza. [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Dr [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-11T09:52:33+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:39:07+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Hari abakoze Jenoside bahura n\u2019ihungabana bagatinya kubigaragaza","datePublished":"2017-04-11T09:52:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:39:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706"},"wordCount":592,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5706#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706","name":"Hari abakoze Jenoside bahura n\u2019ihungabana bagatinya kubigaragaza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-11T09:52:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:39:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5706"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5706#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hari abakoze Jenoside bahura n\u2019ihungabana bagatinya kubigaragaza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5706","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5706"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5706\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5706"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5706"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5706"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}