{"id":57082,"date":"2023-03-14T18:08:28","date_gmt":"2023-03-14T16:08:28","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=57082"},"modified":"2025-02-12T11:50:33","modified_gmt":"2025-02-12T09:50:33","slug":"minisitiri-musabyimana-atekereza-ko-ibyiciro-by-ubudehe-byaje-nk-uko-amoko-yaje","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082","title":{"rendered":"Minisitiri Musabyimana atekereza ko ibyiciro by&#8217;ubudehe byaje nk&#8217;uko amoko yaje mu Banyarwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Minisitiri w\u2019ubutegetsi w\u2019igihugu, Musabyimana Jean Claude, yavuze ko atekereza ko ibyiciro by\u2019ubudahe byaje nk\u2019uko amoko yaje mu Banyarwanda, bityo ko bidakwiye guhabwa agaciro.<\/strong><\/p>\n<p>Uyu muyobozi yabivuze ubwo yari imbere y\u2019abasenateri mu nteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda bagize komisiyo y\u2019imibereho myiza, tariki ya 10 Gashyantare 2023.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cBuriya iyo utekereje [wenda ntabwo nari mpari biba] ariko ntekereza ko n\u2019ubwoko mu Rwanda ari ko bwagiye buza. Ni ko ntekereza. Gushyira abantu mu byiciro, ukavuga ngo category iyi n\u2019iyi, wowe uri iyi, eeeh, biri dangerous.\u201d<\/p>\n<p>Minisitiri Musabyimana yakomeje ati: \u201cKubibwira umuntu ngo ari muri iki cyiciro, akicara ngo, kuko tujya tubona uwandika ibaruwa, akandika ngo \u2018njyewe ndi mu cyiciro cya mbere\u2019. Byahindutse indangamuntu, ntabwo bishoboka.\u201d<\/p>\n<p>Tariki ya 25 Kamena 2020, Minisiteri y\u2019ubutegetsi bw\u2019igihugu yari yatangarije Abanyarwanda ko ibyiciro by\u2019ubudehe bishya (A,B,C,D na E), bitangira gukoreshwa mu mezi atandatu yari imbere bigasimbura ibyari bifite amazina y\u2019imibare.<\/p>\n<p>Inzego za Leta zirimo iyi Minisiteri zasobanuraga ko impamvu y\u2019ishyirwaho ry\u2019ibyiciro by\u2019ubudehe ari ukugira ngo bijye byifashishwa mu gutegura igenamigambi ry\u2019igihugu, kuko ubusanzwe bifatwa nk\u2019igipimo kigaragaza ubushobozi bwa buri muryango wo mu Rwanda.<\/p>\n<p>Minisitiri Musabyimana, imbere y\u2019abasenateri, yasubije ababaza impamvu ibi byiciro bidasohoka ngo bitangire gukoreshwa ko atari byo bikenewe, ahubwo ngo icyo buri wese asabwa ni ukwimenya, akagerageza kuvugurura imibereho ye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisitiri w\u2019ubutegetsi w\u2019igihugu, Musabyimana Jean Claude, yavuze ko atekereza ko ibyiciro by\u2019ubudahe byaje nk\u2019uko amoko yaje mu Banyarwanda, bityo ko bidakwiye guhabwa agaciro. Uyu muyobozi yabivuze ubwo yari imbere y\u2019abasenateri mu nteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda bagize komisiyo y\u2019imibereho myiza, tariki ya 10 Gashyantare 2023. Yagize ati: \u201cBuriya iyo utekereje [wenda ntabwo nari mpari biba] [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[478],"class_list":["post-57082","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw","tag-amamenyesha-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Minisitiri Musabyimana atekereza ko ibyiciro by&#039;ubudehe byaje nk&#039;uko amoko yaje mu Banyarwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Minisitiri Musabyimana atekereza ko ibyiciro by&#039;ubudehe byaje nk&#039;uko amoko yaje mu Banyarwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisitiri w\u2019ubutegetsi w\u2019igihugu, Musabyimana Jean Claude, yavuze ko atekereza ko ibyiciro by\u2019ubudahe byaje nk\u2019uko amoko yaje mu Banyarwanda, bityo ko bidakwiye guhabwa agaciro. Uyu muyobozi yabivuze ubwo yari imbere y\u2019abasenateri mu nteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda bagize komisiyo y\u2019imibereho myiza, tariki ya 10 Gashyantare 2023. Yagize ati: \u201cBuriya iyo utekereje [wenda ntabwo nari mpari biba] [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-03-14T16:08:28+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T09:50:33+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57082#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57082\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Minisitiri Musabyimana atekereza ko ibyiciro by&#8217;ubudehe byaje nk&#8217;uko amoko yaje mu Banyarwanda\",\"datePublished\":\"2023-03-14T16:08:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T09:50:33+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57082\"},\"wordCount\":237,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57082#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57082\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57082\",\"name\":\"Minisitiri Musabyimana atekereza ko ibyiciro by'ubudehe byaje nk'uko amoko yaje mu Banyarwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-03-14T16:08:28+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T09:50:33+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57082#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57082\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57082#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Minisitiri Musabyimana atekereza ko ibyiciro by&#8217;ubudehe byaje nk&#8217;uko amoko yaje mu Banyarwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Minisitiri Musabyimana atekereza ko ibyiciro by'ubudehe byaje nk'uko amoko yaje mu Banyarwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Minisitiri Musabyimana atekereza ko ibyiciro by'ubudehe byaje nk'uko amoko yaje mu Banyarwanda - BWIZA","og_description":"Minisitiri w\u2019ubutegetsi w\u2019igihugu, Musabyimana Jean Claude, yavuze ko atekereza ko ibyiciro by\u2019ubudahe byaje nk\u2019uko amoko yaje mu Banyarwanda, bityo ko bidakwiye guhabwa agaciro. Uyu muyobozi yabivuze ubwo yari imbere y\u2019abasenateri mu nteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda bagize komisiyo y\u2019imibereho myiza, tariki ya 10 Gashyantare 2023. Yagize ati: \u201cBuriya iyo utekereje [wenda ntabwo nari mpari biba] [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2023-03-14T16:08:28+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T09:50:33+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Minisitiri Musabyimana atekereza ko ibyiciro by&#8217;ubudehe byaje nk&#8217;uko amoko yaje mu Banyarwanda","datePublished":"2023-03-14T16:08:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T09:50:33+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082"},"wordCount":237,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=57082#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082","name":"Minisitiri Musabyimana atekereza ko ibyiciro by'ubudehe byaje nk'uko amoko yaje mu Banyarwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-03-14T16:08:28+00:00","dateModified":"2025-02-12T09:50:33+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=57082"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57082#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Minisitiri Musabyimana atekereza ko ibyiciro by&#8217;ubudehe byaje nk&#8217;uko amoko yaje mu Banyarwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/57082","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=57082"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/57082\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=57082"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=57082"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=57082"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}