{"id":57162,"date":"2023-03-16T16:22:39","date_gmt":"2023-03-16T14:22:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=57162"},"modified":"2023-03-16T16:22:39","modified_gmt":"2023-03-16T14:22:39","slug":"perezida-kagame-yavuze-imyato-gen-marcel-gatsinzi-washyinguwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162","title":{"rendered":"Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w&#8217;ikirenga w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda, yavuze imyato Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi uheruka kwitaba Imana, anizeza umuryango we ko RDF izawuba hafi.<\/strong><\/p>\n<p>Ku itariki ya 06 Werurwe ni bwo Gen Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda yitabye Imana aguye i Brussels mu Bubiligi, aho yari amaze igihe gito arwariye.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Werurwe ni bwo yashyinguwe mu irimbi rya Gisirikare ry&#8217;i Kanombe.<\/p>\n<p>Ni umuhango wabimburiwe na Misa yo kumusabira yabereye muri Kiliziya ya Regina Pacis i Remera.<\/p>\n<p>Umuhango wo kumushyingura witabiriwe n&#8217;abayobozi batandukanye biganjemo abasirikare bakuru mu ngabo z&#8217;u Rwanda. Barimo Umugaba Mukuru w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura, Minisitiri w&#8217;Ingabo, Maj Gen Albert Murasira, Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe; ba Gen Patrick Nyamvumba, Karusisi Ruki, Vincent Nyakarundi n&#8217;abandi benshi.<\/p>\n<p>Muri uyu muhango hasomwe ubutumwa bwa  Perezida Paul Kagame wavuze imyato Gen Gatsinzi ku bwo gukorera igihugu atizigama, ndetse anihanganisha umuryango we.<\/p>\n<p>Ubutumwa bw&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu buvuga ko &#8220;Iki ni igihe cy\u2019akababaro gakomeye cyane cyane ku muryango, ni igihe cy\u2019akababaro no ku muryango mugari w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda no ku gihugu cyane iyo twibutse ibihe bitandukanye twabanyemo na Gen Gatsinzi, mu mirimo myiza n\u2019ibigwi bye, haba mu rugamba rwo kurinda umutekano n\u2019ubusugire bw\u2019igihugu no kugiteza imbere kugeza agiye mu kiruhuko.&#8221;<\/p>\n<p>Bukomeza bugira buti: &#8220;Yakoreye Ingabo z\u2019u Rwanda na Guverinoma mu nzego zitandukanye. Izi nshingano yazihabwaga kubera ubushobozi n\u2019indangagaciro. Atabarutse igihugu n\u2019umuryango we twese tukimukeneye. Icyo twazirikana ni ugukomeza umurage mwiza wo gukunda igihugu no kugikorera byaranze Gen Marcel Gatsinzi.&#8221;<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yijeje umuryango wa Gen Gatsinzi ko ubuyobozi bw\u2019igihugu binyuze muri RDF, &#8220;buzakomeza kubaba hafi nk\u2019uko amategeko abiteganya kandi bisanzwe no mu muco wacu.&#8221;<\/p>\n<p><strong>Gen Gatsinzi ni muntu ki?<\/strong><\/p>\n<p>Gen Marcel Gatsinzi wari ufite imyaka 75 y&#8217;amavuko, yabaye Minisitiri w\u2019Ingabo z\u2019u Rwanda hagati ya 2000 na 2010, mbere yo kugirwa Minisitiri ushinzwe gucunga ibiza no gucyura impunzi.<\/p>\n<p>Ni inshingano yakoze kugera muri 2013 ari na bwo yasezerewe mu ngabo z\u2019u Rwanda (RDF).<\/p>\n<p>Gatsinzi mu myaka ibarirwa muri 40 yamaze mu gisirikare, azwiho kuba umwe mu basirikare babaye mu gisirikare cyari icya Leta ya Habyarimana (Ex-FAR) mbere yo kwinjira mu ngabo zari iza FPR-Inkotanyi (RPA).<\/p>\n<p>Uyu mujenerali wasezerewe muri RDF afite inyenyeri enye, yavukiye mu mujyi wa Kigali ku itariki ya 09 Mutarama mu 1948.<\/p>\n<p>Ubuzima bwe bwa gisirikare bwatangiye mu 1968 ubwo yari arangije amashuri yisumbuye mu ishuri rya St Andr\u00e9 i Nyamirambo.<\/p>\n<p>Nk\u2019umusirikare yize mu Ishuri rya Gisirikare ry\u2019i Kigali (mu 1970), mbere yo gukomereza mu Ishuri ry\u2019intambara ryo mu Bubiligi hagati y\u2019umwaka wa 1974 na 1976.<\/p>\n<p>Gatsinzi yakurikijeho ubuzima mu gisirikare cy\u2019ubutegetsi bwa General Habyarimana mbere y\u2019uko uyu yicwa mu mwaka wa 1994.<\/p>\n<p>Hagati y\u2019umwaka wa 1990 na 1994 General Gatsinzi yabaye mu mutwe w\u2019indorerezi hagati y\u2019ingabo za Habyarimana n\u2019iz\u2019umutwe wa FPR barwanaga.<\/p>\n<p>Kuva aho FPR ifatiye ubutegetsi mu Rwanda, General Gatsinzi yagaragaye mu myanya ikomeye y\u2019ubutegetsi haba mu gisirikare ndetse no muri politiki.<\/p>\n<p>Mu mwaka wa 1995 General Gatsinzi yabaye umugaba wungirije w\u2019igisirikare cya leta nshya yari imaze gushingwa mu Rwanda.<\/p>\n<p>Hagati y\u2019umwaka wa 1997 na 2000, General Gatsinzi yashinzwe kuyobora Gendarmerie y\u2019igihugu aho yavuye ajya gushingwa urwego rw\u2019igihugu rw\u2019ubutasi (National Security Service), kugeza mu mwaka wa 2002 ubwo yagirwaga Minisitiri w\u2019Ingabo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w&#8217;ikirenga w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda, yavuze imyato Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi uheruka kwitaba Imana, anizeza umuryango we ko RDF izawuba hafi. Ku itariki ya 06 Werurwe ni bwo Gen Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda yitabye Imana aguye i Brussels mu Bubiligi, aho yari amaze igihe gito arwariye. Kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126,133,131],"class_list":["post-57162","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha","tag-in-business-today","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w&#8217;ikirenga w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda, yavuze imyato Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi uheruka kwitaba Imana, anizeza umuryango we ko RDF izawuba hafi. Ku itariki ya 06 Werurwe ni bwo Gen Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda yitabye Imana aguye i Brussels mu Bubiligi, aho yari amaze igihe gito arwariye. Kuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2023-03-16T14:22:39+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57162#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57162\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe\",\"datePublished\":\"2023-03-16T14:22:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57162\"},\"wordCount\":566,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\",\"In Business Today\",\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57162#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57162\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57162\",\"name\":\"Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2023-03-16T14:22:39+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57162#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57162\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=57162#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe - BWIZA","og_description":"Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w&#8217;ikirenga w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda, yavuze imyato Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi uheruka kwitaba Imana, anizeza umuryango we ko RDF izawuba hafi. Ku itariki ya 06 Werurwe ni bwo Gen Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w&#8217;Ingabo z&#8217;u Rwanda yitabye Imana aguye i Brussels mu Bubiligi, aho yari amaze igihe gito arwariye. Kuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2023-03-16T14:22:39+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe","datePublished":"2023-03-16T14:22:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162"},"wordCount":566,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha","In Business Today","In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=57162#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162","name":"Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2023-03-16T14:22:39+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=57162"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=57162#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/57162","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=57162"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/57162\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=57162"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=57162"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=57162"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}