{"id":5728,"date":"2017-04-12T20:44:13","date_gmt":"2017-04-12T20:44:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/12\/washington-ivanka-trump-umukobwa-wa-perezida-trump-ngo-niwe-wasabye-se-kurasa\/"},"modified":"2025-02-12T16:38:44","modified_gmt":"2025-02-12T14:38:44","slug":"washington-ivanka-trump-umukobwa-wa-perezida-trump-ngo-niwe-wasabye-se-kurasa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728","title":{"rendered":"Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo  niwe wasabye se kurasa kuri Siriya"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubusanzwe si kenshi abantu bamenyereye kumva aho abagize umuryango wa Perezida w\u2019Amerika bagira uruhare mu bikorwa cyangwa operasiyo zikaze z\u2019intambara igihugu cyabo kiba kiri kurwana n\u2019amahanga.<\/em> <\/strong><br \/>\nKu isi yose, bikunze kugaragara ko abantu baba bagize umiryango wa Perezida uri ku butegetsi bari bakunze kwibanda ku bikorwa by\u2019ubutabazi no gukora ubuvugizi ku ngingo zibanda ku guhindura imibereho myiza y\u2019abatuye isi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nBene aba bantu, bakunze kugaragara mu gushakisha inkunga zifasha ahabaye ibyorezo n\u2019ibindi biza byibasira isi.<br \/>\nMuri Leta Zunze Ubumwe ariko siko kuri ubu bimeze, kuko Umukobwa wa Perezida Donald Trump aherutse kureba amashusho y\u2019aho ingabo zirwanira mu kirere za Syria zishe abaturage mu nkengero z\u2019umurwa mukuru Damascus, zibarasheho ibitwaro by\u2019ubumara.<br \/>\nInkuru dukesha ikinyamakuru The Times Of Israel, cyandikirwa muri Yerusalemu muri Israel, mu byo  cyatangaje iyi nkuru cyavuze ko aya ari amakuru afitiwe gihamya kuko yitangarijwe ku mugaragaro n\u2019umuhungu wa Donald Trump witwa Eric Trump mu kiganiro yagiranye n\u2019ikinyamakuru The Independent cyandikirwa i Londres mu Bwongereza.<br \/>\nUyu muhungu wa Perezida trump yagize ati \u00e2\u20ac\u00b3mu bubasha afite n\u2019ijambo afite kuri data maze bituma hafatwa umwanzuro wo kurasa no gusenya ibirindiro by\u2019Ingabo za Syria zirwanira mu kirere! \u00e2\u20ac\u00b3<br \/>\nMu icyo gitero cyagabwe n\u2019ingabo z\u2019Amerika zikoresheje misile zaraswaga zituruka ku mato y\u2019intambara aherereye mu Nyanja ya Mediterranee Amerika yahise irahirira kutazongera kurebera ibintu by\u2019agahomamunwa Syria na Perezida wayo, Bashar al-Assad akomeje gukorera abaturage be.<br \/>\nEric Trump yakomeje agira ati : \u201cIvanka Trump ni mushiki wanjye akaba n\u2019umubyeyi w\u2019abana batatu bityo afite ubushobozi bwo kwumvisha data icyo gukora .\u00e2\u20ac\u00b3<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nEric Trump ati : \u201cMwumve, kiriya ni ikintu cyabaye nk\u2019agahomamunwa imbere y\u2019amaso yacu ,byahagaritse imitima yacu kandi biteye isoni \u00e2\u20ac\u00b3\u2026<br \/>\nMuri iki gitero cy\u2019indege z\u2019intambara za Syria kibasiye agace ka Khan Sheikhoun muri Syria biravugwa ko bivugwa ko izi ndege za Bashar al-Assad zanaze ibisasu by\u2019ubumara ku bahatuye hatikirira imbaga y\u2019abantu 86 abandi 27 barakomereka biganjemo abana bato.<br \/>\nAmashusho ateye agahinda yahise atangira gucicikana ku bitangazamakuru byo ku isi yose binavugwa ko aribyo byaba byaranatumye uyu mukobwa wa Donald Trump n\u2019umuryango we baba nk\u2019abaguye mu gahundwe bagafata ibyemezo byo guhorera aba bantu bari bamaze kwicwa urw\u2019agashinyaguro.<br \/>\nIbisasu biremereye byo mu bwoko bwa Tomahwk Cruise Missiles byahose biterwa ku Kigo cy\u2019Ingabo zirwanira mu kirere cya Shayrat iki kigo gihita kiba umuyonga hamwe bicugwa ko Ingabo za Syria zirwanira mu kirere zashegeshwe ku ijanisha rya 20 % by\u2019ubushobozi zari zisanganywe.<br \/>\nEric Trump kandi yagaragarije ikinyamakuru The Independent ko ubusanzwe se Donald Trump yari yarahisemo kwigengesera iki kibazo cya Syria ko ariko kuri iyi nshuro ku bw\u2019ibi bitero byagabwe ku baturage yahise ahindura icyerekezo .<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nMu magambo ye yagize ati \u201c Data ntazongera kwifata mu bihe nkibi. Gusa ubusanzwe yigaragazaga nk\u2019utagize icyo yitaho ku cyakorerwa Syria mu myaka ibiri ishize yose nuko yabonaga ibintu . Ariko akimara kubona aho uwiyita umuyobozi ahangara gutera ubumara bw\u2019ibisasu abaturage be ,abana n\u2019abagore yahise ahinduka ako kanya\u2019\u2019\u2026<br \/>\nY0ngeyeho kandi agira ati \u2019\u2019 Amerika ni igihugu kiyoboye ibindi muri byinshi mu ruhando rw\u2019amahanga kandi turi igihangange ari nayo mpamvu igihugu cyacu kiba kigomba kwerekana aho gihagaze kuri uri ngingo yose ireba ibibazo biri mu isi kandi ibyo tukabikora twisunze umubano n\u2019imikoranire dufitanye n\u2019abafatanyabikorwa bacu \u2018\u2019!<br \/>\nEric Ivanka yabajijwe niba ibi mushiki we yakoze atari ukwikubira ubushobozi n\u2019ubutegetsi mu bagize umuryango wa Perezida bishobora kugaragara nko kubaka akazu muri The White House ,uyu mugabo yashubije ko nta muntu ku isi wifuza gutegekana n\u2019abo atizeye ko rero yaba ubushabitsi ,ubutegetsi n\u2019ibindi nta muntu n\u2019umwe ujya wifuza gukorana n\u2019abo atifuza cyangwa cyangwa yaba adafitiye ikizere.<br \/>\nIkibazo cy\u2019uruhare rw\u2019abana n\u2019abagore b\u2019aba Perezida mu butegetsi bwa ba se n\u2019abagabo babo ariko ukunze kubona gihora mu ngingo zinegurwa na benshi bo mu burengerazuba bw\u2019isi iyo banegura Afrika n\u2019ahandi nyamara bo iwabo n\u2019ikintu bakunze guha agaciro gahambaye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUku guha gaciro iyi mitegekere bita Nepotism umuntu yagereranya n\u2019akazu, bikorwa mu Burayi n\u2019Amerika bitera benshi kwibaza niba koko ibi bihugu biba bifite demokarasi ya nyayo cyangwa niba koko iri jambo demokarasi ritaba risobanurwa uko buri wese abyumva bijyanye n\u2019inyungu ze cyangwa umuco we aka wa muganingo \u201cAgahugu umuco akandi uwako\u201d!<br \/>\n <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\nYandiswe na Marshall Eugene David I Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubusanzwe si kenshi abantu bamenyereye kumva aho abagize umuryango wa Perezida w\u2019Amerika bagira uruhare mu bikorwa cyangwa operasiyo zikaze z\u2019intambara igihugu cyabo kiba kiri kurwana n\u2019amahanga. Ku isi yose, bikunze kugaragara ko abantu baba bagize umiryango wa Perezida uri ku butegetsi bari bakunze kwibanda ku bikorwa by\u2019ubutabazi no gukora ubuvugizi ku ngingo zibanda ku guhindura [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5728","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo niwe wasabye se kurasa kuri Siriya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo niwe wasabye se kurasa kuri Siriya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubusanzwe si kenshi abantu bamenyereye kumva aho abagize umuryango wa Perezida w\u2019Amerika bagira uruhare mu bikorwa cyangwa operasiyo zikaze z\u2019intambara igihugu cyabo kiba kiri kurwana n\u2019amahanga. Ku isi yose, bikunze kugaragara ko abantu baba bagize umiryango wa Perezida uri ku butegetsi bari bakunze kwibanda ku bikorwa by\u2019ubutabazi no gukora ubuvugizi ku ngingo zibanda ku guhindura [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-12T20:44:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:38:44+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5728#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5728\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo niwe wasabye se kurasa kuri Siriya\",\"datePublished\":\"2017-04-12T20:44:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:38:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5728\"},\"wordCount\":745,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5728#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5728\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5728\",\"name\":\"Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo niwe wasabye se kurasa kuri Siriya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-12T20:44:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:38:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5728#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5728\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5728#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo niwe wasabye se kurasa kuri Siriya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo niwe wasabye se kurasa kuri Siriya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo niwe wasabye se kurasa kuri Siriya - BWIZA","og_description":"Ubusanzwe si kenshi abantu bamenyereye kumva aho abagize umuryango wa Perezida w\u2019Amerika bagira uruhare mu bikorwa cyangwa operasiyo zikaze z\u2019intambara igihugu cyabo kiba kiri kurwana n\u2019amahanga. Ku isi yose, bikunze kugaragara ko abantu baba bagize umiryango wa Perezida uri ku butegetsi bari bakunze kwibanda ku bikorwa by\u2019ubutabazi no gukora ubuvugizi ku ngingo zibanda ku guhindura [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-12T20:44:13+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:38:44+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo niwe wasabye se kurasa kuri Siriya","datePublished":"2017-04-12T20:44:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:38:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728"},"wordCount":745,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5728#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728","name":"Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo niwe wasabye se kurasa kuri Siriya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-12T20:44:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:38:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5728"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5728#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Washington: Ivanka Trump, umukobwa wa perezida Trump ngo niwe wasabye se kurasa kuri Siriya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5728","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5728"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5728\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5728"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5728"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5728"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}