{"id":5752,"date":"2017-04-14T11:50:51","date_gmt":"2017-04-14T11:50:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/04\/14\/ibintu-byaranze-itariki-ya-14-mu-gihe-cya-jenoside-yakorewe-abatutsi\/"},"modified":"2025-02-12T16:36:02","modified_gmt":"2025-02-12T14:36:02","slug":"ibintu-byaranze-itariki-ya-14-mu-gihe-cya-jenoside-yakorewe-abatutsi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752","title":{"rendered":"Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yabaye mu gihe kingana n\u2019iminsi 100 gusa ihitana imbaga y\u2019abasaga Miliyoni.  Kuva Jenoside yatangira, Abatutsi bagendaga bicwa umunsi ku wundi ndetse n\u2019inzego z\u2019ubuyobozi, iz\u2019umutekano n\u2019iz\u2019amadini zigafasha mu gushaka uko batsemba Umututsi aho ari hose bataretse n\u2019uwabahungiragaho.<\/strong> <\/em><br \/>\nNi muri urwo rweho hari amatariki asa n\u2019ayihariye n\u2019ubwo nta munsi wabaye mwiza muri kiriya gihe, kubera ibikorwa by\u2019indengakamere byakorerwaga Abicwaga.<br \/>\nKu itariki ya 14 Mata 1994, ubwo Jenoside yari imaze icyumweru kimwe itangiye, nibwo abatutsi benshi biciwe mu kiliziya I Nyamata mu Bugesera aho bari bahungiye.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nBamwe mu Batutsi bari bamenyereye kubona ubuhungiro muri za kiliziya ntibicwe, ariko ubwo imbaga y\u2019Abatutsi yahungiraga muri Kiliziya ya Nyamata bizeye umutekano nk\u2019uko bisanzwe, baje kumishwaho za gerenade, maze interahamwe zinjiramo zitangira gutema n\u2019imihoro, babasogota n\u2019inkota n\u2019ibindi abatari bavamo umwuka barabahorahoza, abagera ku 1080 barahatikirira.<br \/>\nIyi kiliziya yaje kugirwa urwibutso, rushyinguyemo abasaga ibihumbi 45, ubariyemo n\u2019abasaga 1000 baguyemo bahungiyemo.<br \/>\nKu itariki ya 10 Mutarama 2014, nibwo hatashywe indi kiliziya nshya isimbura iyagizwe urwibutso.<br \/>\nKu itariki nk\u2019iyi kandi, nibwo Abatutsi basaga ibihumbi 20 bari bateraniye ku kiliziya ya Kibeho mu karere ka Nyaruguru, ubwo bagabwaho ibitero n\u2019Interahamwe ariko ingabo za RPF zikagoboka bamaze kwica abagera kuri 200 gusa.<br \/>\nKu munsi wawubanjirije ku itariki ya 13, hari habaye indi mirwano itoroshye hagati y\u2019Interahamwe n\u2019Abatutsi bari bahungiye kuri iriya Kiliziya, aho babashije no kuzirukana kuko bazirushaga ubwinshi ndetse banakoze ibishoboka ngo birwaneho ariko na bwo zikicamo abatari bacye.<br \/>\nUrwibutso rwa Kibeho rushyinguyemo abasaga ibihumbi 29 biganjemo abiciwe mu kiliziya.<br \/>\nKu itariki nk\u2019iyi na none, nibwo ingabo za RPA zigaruriye icyahoze ari Komini Murambi, ndetse zinakora ibarura ry\u2019Abatutsi bishwe zisanga basaga ibihumbi 50.<br \/>\nMurambi iherereye mu cyahoze ari Gikongoro cyangwa Nyamagabe y\u2019ubu, ni kamwe mu duce twiciwemo Abatutsi benshi ndetse urwibutso rwaho rukaba ari rumwe mu nzibutso zigiye kuzamurwa zikavanwa mu rwego rw\u2019akarere rugashyirwa ku rwego rw\u2019igihugu mu gihe kitarambiranye kubera amateka rubitse.<br \/>\nMu myaka yashize, nibwo ikinyamakuru jeunafrique cyashyize ahagaragara urutonde rw\u2019ahantu ndangamateka ku mugabane n\u2019uru rwibutso rwa Murambi ruzamo kubera ayo mateka. Ahandi hantu hagaragazwa kuri uru rutonde harimo ikirwa cya Gor\u00e9e, Gereza yafungiwe mo nyakwigendera Nelson Mandela, inyubako z\u2019abami ba Misiri bakera ( Pyramids of Egypt) n\u2019ibindi\u2026<br \/>\nKuriiyi tariki kandi, nibwo harangijwe ibikorwa byo gucyura abanyamahanga babaga mu mujyi wa Kigali, ndetse Abafaransa bagera ku 150 basubira iwabo mu gihe abagera kuri 450 bo bagumye mu Rwanda.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nLeta y\u2019u Rwanda ikomeje gutanga ubutumwa butandukanye bugamije gukumira burundu ko u Rwanda rwasubira mu bikorwa nk\u2019ibi byaruranze mu bihe byashize, aho mu butumwa butangwa n\u2019abayobozi batandukanye mu biganiro batanga bagaruka ku kintu cyo kwamagana ingengabitekerezo ya Jenoside kuko ari yo ntandaro ya byose, kwimakaza umuco w\u2019ubumwe no kurandura amacakubiri n\u2019ivangura binyuze muri gahunda ya <strong> \u201cNdi Umunyarwanda.\u201d<\/strong><br \/>\nAya makuru yakuwe kuri Twitter ya Ibuka no mu bindi bitabo<br \/>\n <strong>  <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong><a href=\"mailto:Nsengimana@Bwiza.com\">Nsengimana@Bwiza.com<\/a><\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yabaye mu gihe kingana n\u2019iminsi 100 gusa ihitana imbaga y\u2019abasaga Miliyoni. Kuva Jenoside yatangira, Abatutsi bagendaga bicwa umunsi ku wundi ndetse n\u2019inzego z\u2019ubuyobozi, iz\u2019umutekano n\u2019iz\u2019amadini zigafasha mu gushaka uko batsemba Umututsi aho ari hose bataretse n\u2019uwabahungiragaho. Ni muri urwo rweho hari amatariki asa n\u2019ayihariye n\u2019ubwo nta munsi wabaye mwiza muri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-5752","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yabaye mu gihe kingana n\u2019iminsi 100 gusa ihitana imbaga y\u2019abasaga Miliyoni. Kuva Jenoside yatangira, Abatutsi bagendaga bicwa umunsi ku wundi ndetse n\u2019inzego z\u2019ubuyobozi, iz\u2019umutekano n\u2019iz\u2019amadini zigafasha mu gushaka uko batsemba Umututsi aho ari hose bataretse n\u2019uwabahungiragaho. Ni muri urwo rweho hari amatariki asa n\u2019ayihariye n\u2019ubwo nta munsi wabaye mwiza muri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-04-14T11:50:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T14:36:02+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5752#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5752\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi\",\"datePublished\":\"2017-04-14T11:50:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:36:02+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5752\"},\"wordCount\":504,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5752#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5752\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5752\",\"name\":\"Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-04-14T11:50:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T14:36:02+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5752#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5752\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=5752#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi - BWIZA","og_description":"Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yabaye mu gihe kingana n\u2019iminsi 100 gusa ihitana imbaga y\u2019abasaga Miliyoni. Kuva Jenoside yatangira, Abatutsi bagendaga bicwa umunsi ku wundi ndetse n\u2019inzego z\u2019ubuyobozi, iz\u2019umutekano n\u2019iz\u2019amadini zigafasha mu gushaka uko batsemba Umututsi aho ari hose bataretse n\u2019uwabahungiragaho. Ni muri urwo rweho hari amatariki asa n\u2019ayihariye n\u2019ubwo nta munsi wabaye mwiza muri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-04-14T11:50:51+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T14:36:02+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi","datePublished":"2017-04-14T11:50:51+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:36:02+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752"},"wordCount":504,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5752#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752","name":"Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-04-14T11:50:51+00:00","dateModified":"2025-02-12T14:36:02+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=5752"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=5752#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibintu byaranze itariki ya 14 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5752","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=5752"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/5752\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=5752"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=5752"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=5752"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}