{"id":576,"date":"2016-02-13T08:12:47","date_gmt":"2016-02-13T08:12:47","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/13\/kicukiro-abatutage-biyubakiye-iriba-abanyozi-barashima-wasac-iburisha-amazi\/"},"modified":"2016-02-13T08:12:47","modified_gmt":"2016-02-13T08:12:47","slug":"kicukiro-abatutage-biyubakiye-iriba-abanyozi-barashima-wasac-iburisha-amazi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576","title":{"rendered":"Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati"},"content":{"rendered":"<p> <em>Abatuye mu Mudugudu w\u2019Ubumwe mu Murenge wa Kanombe, biyubakiye iriba rivomwaho n\u2019Imidugudu isaga 12, ibyo bakaba barabikoze mu rwego rwo gukemura ikibazo cy\u2019ibura rya hato na hato ry\u2019amazi ya wasac,mu gihe abanyonzi bo bavuga imyato Wasac  bitewe nuko kubura kw&#8217;amazi hirya no hino aribyo bituma babona umugati.<\/em><br \/>\nBwiza.com yegereye Umuyobozi w\u2019Umudugudu w\u2019Ubumwe Bwana Mudahemuka Matata Jean Baptiste  avuga ko icyo gitekerezo cyaje hashingiwe kwishakamo ibisubizo aho babigize umuco badategereje ko ibyo bakeneye byose babihabwa bo ntaruhare na rumwe babigizemo.<br \/>\n<figure id=\"attachment_24119\" aria-describedby=\"caption-attachment-24119\" style=\"width: 846px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-24119 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg\" alt=\"Mudahemuka Jean Matata (Umuyobozi w'Umudugudu w'Ubumwe) Photo Igihe.com\" width=\"846\" height=\"846\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-24119\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Mudahemuka Jean Matata Umuyobozi w&#8217;Umudugudu w&#8217;Ubumwe<\/strong><\/figcaption><\/figure><br \/>\nAbaturage bo mu mudugudu w&#8217;ubumwe kubera ukuntu amazi ya Wasac akunda kubura cyane byajya biba ngombwa ko abaturage bo  mu mudugudu bajya kuvoma ibinamba mu gishanga. Ibyo bigatuma nta mukozi wamaraga kabiri kubera kwinubira imvune bakuragamo.<br \/>\nUmuyobozi w\u2019Umudugudu w\u2019Ubumwe Mudahemuka Matata yakomeje avuga ko Abaturage bafatanyije n\u2019Ubuyobozi bw\u2019Umudugudu bafata icyemezo cyo kwishakira isoko bagakora iriba riciriritse, bakusanyije amafaranga bararyubaka. Umudugudu wabo  ukaba ugendera ku intego eshatu (Ubumwe, Urukundo, Ubutwari). Mubyo bakora baritwararika kugirango babane neza kandi biyubakire Igihugu badategereje akimuhana. Ibyo bikaba biterwa nuko abaturage bafite imyumvire myiza no gushyira hamwe.<br \/>\niri vomo ryubatswe ryuzuye ritwaye amafaranga ageze kuri miliyoni imwe n\u2019ibihumbi magana inani, rikaba rivomwaho n\u2019Imidugudu 12 igize Akagari ka Rubirizi ndetse n\u2019abatuye mu Kagari ka Kabeza.<br \/>\n<figure id=\"attachment_24115\" aria-describedby=\"caption-attachment-24115\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-24115 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Bari-kuvoma-1024x614.jpg\" alt=\"Bari kuvoma\" width=\"1024\" height=\"614\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-24115\" class=\"wp-caption-text\">Abaturage baba ari benshi kuri iri Vomo<\/figcaption><\/figure><br \/>\nIri vomo rikaba ryareguriwe rwiyemeza mirimo, dore ko iyo urigezeho usanga isuku ari yose. Agurisha amazi ku giciro cyo hasi, amafaranga 20, akaba yarasabwe n\u2019ubuyobozi bw\u2019Umudugudu ko adashobora kurenza icyo giciro. Amafaranga avuyemo afasha Umudugudu gukemura ibibazo by\u2019iterambere, igihe cyose kandi ibikorwa byose Ubuyobozi bw\u2019Umudugudu bubikora bubyumvikanyeho n\u2019abaturage mu nama rusange.<br \/>\nUmunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Kanombe, Nirere Marie Rose, yavuze ko abatuye muri uwo Mudugudu ari indashyikirwa, abasaba gukomeza gusigasira ibyo bagezeho barushaho gukora ibikorwa by\u2019ubutwari baharanira kuzabiraga abazabakomokaho.<br \/>\n<figure id=\"attachment_24114\" aria-describedby=\"caption-attachment-24114\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Abanyonzi-bahereye-mu-gitondo-bavoma.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-24114 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Abanyonzi-bahereye-mu-gitondo-bavoma-1024x614.jpg\" alt=\"Abanyonzi bahereye mu gitondo bavoma\" width=\"1024\" height=\"614\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-24114\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Abanyonzi bahereye mu gitondo bavoma<\/strong><\/figcaption><\/figure><br \/>\n <strong>Iri vomo ryatanze akazi:<\/strong><br \/>\numukozi ushinze kwishyuza abavomyi, amafaranga avuyemo  agashyikirizwa Rwiyemeza mirimo watsindiye isoko, dore ko haba ipiganwa buri gihe nyuma y\u2019amezi atatu kandi Abaturage bo mu Mudugudu w\u2019Ubumwe akaba aribo bonyine bemerewe gupiganirwa isoko. Hari kandi abanyonzi baza kuvoma bakagenda bayagurisha mu ngo mu ma restaurant n\u2019ahandi.<br \/>\n<figure id=\"attachment_24118\" aria-describedby=\"caption-attachment-24118\" style=\"width: 614px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Tuyisenge-Jean-Bosco-Umukozi-ukora-isuku-akanavomesha.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-24118 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Tuyisenge-Jean-Bosco-Umukozi-ukora-isuku-akanavomesha-614x1024.jpg\" alt=\"Tuyisenge Jean Bosco Umukozi ukora isuku akanavomesha\" width=\"614\" height=\"1024\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-24118\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Tuyisenge Jean Bosco Umukozi ukora isuku akanavomesha<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\n <strong>Tuyisenge Jean Bosco: <\/strong> Umukozi ufite inshingano yo gukora isuku kuri iri vomo no kwishyuza uje kuvoma wese, yadutangarije ko abavomyi batangira saa kumi n\u2019imwe za mu gitondo bakageza saa mbiri za n\u2019imugoroba hakaba n\u2019igihe barenza ayo masaha bakivoma. Akaba ashobora gukorera amafararanga 15.000 igihe amazi yabuze mu tugari twose, dore ko ngo hari nigihe amamodoka aza kuvoma kuri uwo mugezi. Ayo mafaranga ngo niyo make kuko hari igihe ayarenza.<br \/>\nNdabategereje Pierre Umusore twasanze kumugezi yaje ku voma, adutangariza ko ashobora kuvoma amajerekani 10 ku munsi ahwanye n\u2019amafaranga 200. Akaba abona ari imvune ikomeye cyane kuza kuri iryo vomo kubera inkomati ikomeye cyane. Akaba asaba wasac ko yajya isaranganya amazi kuburyo imurinda iyo mvune dore ko ngo amazi ashobora kuboneka rimwe mu cyumweru cyangwa kigashira batayohereje.<br \/>\n<figure id=\"attachment_24114-2\" aria-describedby=\"caption-attachment-24114-2\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Abanyonzi-bahereye-mu-gitondo-bavoma.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-24114 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Abanyonzi-bahereye-mu-gitondo-bavoma-1024x614.jpg\" alt=\"Abanyonzi bahereye mu gitondo bavoma\" width=\"1024\" height=\"614\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-24114-2\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Abanyonzi bahereye mu gitondo bavoma<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\nAbandi twaganiriye bifuje ko tutatangaza amazina yabo, ubona ntacyo bibatwaye ngo baba bishimiye guhura na bagenzi babo dore ko urwenya aba ari rwose. Ngo iyo amazi abuze baboneraho gucika ibipangu by\u2019abakire. Abanyamagare nabo twaganiriye usanga bashobora gushyira nk\u2019amajerekani ane ku igare baragira bati: \u201c <em>twabyungukiyemo kuko amazi tugurisha tuyavanamo inyungu cyane cyane iyo amazi yabuze mu Murenge wose wa Kanombe. Bakaba baradutangarije ko aya mazi abantu bose bayakunda, cyane cyane aborozi, kuko amatungo ari itegeko ko anywa amazi y\u2019isoko. Kandi ngo yarapimwe basanga yujuje ubuziranenge.<\/em><br \/>\nUmuturage twaganiriye nawe utarashatse ko dutangaza izina rye yanga nuko tumufata ifoto, ubona arakariye wasac cyane, ngo ihora ihindura amazina kugirango ibone uko itanga service itanoze kugirango amafuti yakoze aharirwe nankana, ngaho ngo Electrogaz, Ewasa, Wasac n\u2019ayandi\u2026 Ngo hari igihe yakoresheje abakozi bane mu kwezi kumwe kubera gusezera akazi binubira kuvoma mu binamba.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Kayigana Victor@bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abatuye mu Mudugudu w\u2019Ubumwe mu Murenge wa Kanombe, biyubakiye iriba rivomwaho n\u2019Imidugudu isaga 12, ibyo bakaba barabikoze mu rwego rwo gukemura ikibazo cy\u2019ibura rya hato na hato ry\u2019amazi ya wasac,mu gihe abanyonzi bo bavuga imyato Wasac bitewe nuko kubura kw&#8217;amazi hirya no hino aribyo bituma babona umugati. Bwiza.com yegereye Umuyobozi w\u2019Umudugudu w\u2019Ubumwe Bwana Mudahemuka Matata [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-576","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=576\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abatuye mu Mudugudu w\u2019Ubumwe mu Murenge wa Kanombe, biyubakiye iriba rivomwaho n\u2019Imidugudu isaga 12, ibyo bakaba barabikoze mu rwego rwo gukemura ikibazo cy\u2019ibura rya hato na hato ry\u2019amazi ya wasac,mu gihe abanyonzi bo bavuga imyato Wasac bitewe nuko kubura kw&#8217;amazi hirya no hino aribyo bituma babona umugati. Bwiza.com yegereye Umuyobozi w\u2019Umudugudu w\u2019Ubumwe Bwana Mudahemuka Matata [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=576\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-13T08:12:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati\",\"datePublished\":\"2016-02-13T08:12:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576\"},\"wordCount\":711,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576\",\"name\":\"Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg\",\"datePublished\":\"2016-02-13T08:12:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=576#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati - BWIZA","og_description":"Abatuye mu Mudugudu w\u2019Ubumwe mu Murenge wa Kanombe, biyubakiye iriba rivomwaho n\u2019Imidugudu isaga 12, ibyo bakaba barabikoze mu rwego rwo gukemura ikibazo cy\u2019ibura rya hato na hato ry\u2019amazi ya wasac,mu gihe abanyonzi bo bavuga imyato Wasac bitewe nuko kubura kw&#8217;amazi hirya no hino aribyo bituma babona umugati. Bwiza.com yegereye Umuyobozi w\u2019Umudugudu w\u2019Ubumwe Bwana Mudahemuka Matata [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-13T08:12:47+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati","datePublished":"2016-02-13T08:12:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576"},"wordCount":711,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=576#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576","name":"Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg","datePublished":"2016-02-13T08:12:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=576"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Mudahemuka-Jean-Matata-Umuyobozi-wUmudugudu-wUbumwe-Photo-Igihe.com_1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=576#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kicukiro: Abatutage biyubakiye iriba,abanyozi barashima wasac iburisha amazi bakibonera umugati"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/576","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=576"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/576\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=576"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=576"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=576"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}